NTIMUGIRENGO Nshira ISONI😳Umugabo Utagushimisha mu Buriri ARAKANYAGWA|Buri Mugabo Ibi Biramureba
HTML-код
- Опубликовано: 26 сен 2024
- Hari inyunganizi wifuza kuduha ku biganiro tubagezaho cyangwa hari Inkuru idasanzwe n'Ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri#Bahati_0788579324
Bahati we, iyo myumvire yawe niya banebwe no gukandamiza abagore. Hari abagore bakorera urugo bagashaka ibitunga urugo kurusha abagabo babo. Haba n'abagabo bakora neza imirimo yo murugo. Mu bihugu byateye imbere umugabo akora byose usibye gutwita no konsa. Mushukwa nuko mukigira abakozi. Gufatanya nibyo byiza
Uretse gutwita no konsa nta kindi umugabo atakora✅bahati imyumvire yawe iraciriritse cyane tu es encore villageois
Uyu mugore azi ubwenge pe,umugabo byose yabikora uretse gutwita no konsa.ndagukunze pe
Ndakwemeye wowe rwose
Bahati we ntago umugore ari we wubaka gusa, kko hari igihe uba ushaka kubaka ark umugabo akakunanira
Jewe nibazako Bahati uriko uvuga ivyo mu Rwanda canke muri Africa. Muri bino bihugu twese turi imitima. Ivyo bikorwa umugabo ntabikora nko gutanga care, abikora nk’inshingano. Nkuko n’umugore abikora nk’inshingano
Inashima zabagole 😂😂😂
Esperance❤