Mbega Umugabo Ukuntu YIGISHA Wee😅👏🏼 Pastor MATAYO😍 Ije Gukora Ibintu Byananiranye mu Buzima Bwawe🙌🏼
HTML-код
- Опубликовано: 15 окт 2024
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
INDIRIMBO NSHYASHYA YA PLAISIR NA SHILOH CHOIR ruclips.net/video/KIN1sn2wIeo/видео.html
Pastor nuko ndumukene ntagira ico mbona ngo nkiguhe gusa uzunshimisha cane nkanasubirana intege mu bugingo, Imana ize iguha umugisha mwinshi cane
The piano guy understands his/her role very well
Sure!🤣🤣
Un pasteur complet,qui est véritablement spirituel, merci mon frère.dieu te bénisse tjrs.❤❤❤
I'mana iguhe umugisha
Imana ibyo mukora ntiyitera ubwoba nagato murabe mugarukire uhoraho bigishoboka mureke kuyobya abantu bayo.
You are here for 30:12
You brought us here @OfentseMwaseFilms 😀
😂😅
Good day brethren, I love this man of God... Is it possible to get his sermons with English subtitles... I also love the second song may someone please translate it for me.
You brother in the Lord Jesus Christ
Hallelujah irahari ituberey Maso cyane❤❤
Only God knows how much I love this pastor, uramfasha mubuzima bwanjye bwa buri munsi ,God bless you🙏🙏
Uyu iyo mubonye numva. Ahwiiiii 🤣🤣 mukunda mumabara yose ❤❤❤ 🙌🙌🙌🙌
Paster Jetiri nange ndamwemeye too
Muraho ni amahoro,
Sura urubuga INYANDIKO tv''
Hari ibindi tugomba kumenya
Ariko Mama weee. Umuriro watse kugira Ute? Hahiye!!!!? Bajya gavuga inyigisho zitavuga agakiza ka Yesu sinzisobanukitwe neza. Uyu mushyushya rugamba arabinsobanuriye.
Amen Imana ishimwe Kandi ikomeze igushyigikire paster Matayo
Muraho ni amahoro,
Sura urubuga INYANDIKO tv''
Hari ibindi tugomba kumenya
Ubarikiwe sana mtumishi wa Mungu kwa mahubiri
PASTOR please can you preach in English or swahili for me to understand. I feel the power
Wee ile energy ako nayo 😂😂😂
Urinshuti y'Imana pastor ubanza iyusinziriye urara kumarembo y'Ijuru
This piano man is on point can't understand some words but lm happy
Where is this church. I don't understand language but I can see that I would get healed just by watching this pastor
He is in Rwanda BUT HE LIVES IN UGANDA.HE WAS GUEST
Kakakaka twarabamenye byari kera tutaramenya ukuri kumwuka w, imana
Paster jetiri amen amen
Be blessed Matayo turagukumbuye Kenya
Papa mayo ndakunda inyigisho gituma duhinduka turafashwa so much
Mana yaje weeeeee🙆Matayo uzogende wibereho nukuri Uwiteka aze ayobora intabwe zawe kdi iguhe n'amavuta yo kuyikorera ndagukunda pi❤😊
Numusazi ubwose aho yavugiye yavuziki?
Uyu mukunda ukwange ❤️❤️
Ndagukunda cyane uzi kuvuga Oman’s❤️
Ubutekamutwe munsengero z Imana
Yewewe uwampa inka nkayiguha umvugira Imana neza. Imana ikunkorere muntoki
Ahokugirango muhunge musohoke muriryo dini rya Babuloni mwikiriza amena
Kutareba birababaza?
@@Bisengimana-ezekiele Idini rya baburoni risengera he?
@@nadineninani9014 ibyo bisengimana avuze Matayo we arabyumva neza kuko ibyo arimo abizi neza.
Abameze nka Nadine nibo Matayo yifuza aRiko abameze nka bisengimana Matayo ntiyifuza ko bagera hariya arimo abagira abantu kuko rezo ze zacika.
@@Bisengimana-ezekiele Ngaho re! utanyaruka kubasohora ???
@@Bisengimana-ezekiele ijambo ry,Imana riravugango umwuka wera naza azatsinda ab,isi abemeze ibyaha byabo wowe urinde wo kwemeza abantu ibyaha?
Bapfunyikire kuko bijyanye nirari ryabo witahire Matayo we, ariko ushatse wabwiriza ubutumwa bwiza bukiza ibyaha no kwihana
Ese wagirango ababwirize gute?gusenya ,kurandura,kubika ibyaha byose bidutandukanya n,Imana harubundi butumwa bwiza bwaruta ubwo
Nukuri muvandi ikibazo abantu muriyiminsi bakunze ubutumwa bubanezeza Gusa ntago bagishaka ubutumwa bwiza bwokwihanga nokuvugako Yesu arihafi kuza
Pastor Matayo na EV Rwiyereka ndabakunda cyane muravuga nkumva ndanyuzwe😂
Ubwose ubawajye kubwiriza cyangwa kubyina ?
Matayo wee ngukunda kubi nuko ndazi uhusengera ngonzahaze
Ndafashijwe weee ubu mbigenze nte😊
Ni koko bible yabivuze ukuri ko abantu bazakunda ibibanezeza aho gukunda Imana ayiiiiii biteye agahinda Umunyabwenge Yihane ibyaha kuko ubwami bwimana buri hafi knd twibukeko hari abo uwiteka azabwira ati Mumve Imbere Sinigeze kubamenya 😭😭😭😭😭
Amenaaaaa imana ikongerer amavuta
Ark c nkumuntu wicaye hano iyatashye atahana iki bury imana ntikunda akavuyo
Mwarasaze pe! Muzafashwa n'isi da!
Nabuze ikintu yigishije. Mana tabara.
Ntiyakubyiniye se?
@@gersoncaetanodenis5529 Ibi ntabyo nkeneye. Ntabwo nkunda izo mbyino
Jyewe iyumukoziwimana simuzi ariko nkunda ukuntu anererwa abyinira imana izaguhe ubugingo
Ark muvuzewito nze mwabicyi
Imana ndahamyanezako
Ntacyibazocyamatwi
Ufite sibyo ?
Kd muze mugerageza
Kubyina mucyubahiro.
Kwijugunya gutya ndabona
Wapi rwose pee!!!
Ubyunva nkajye nampe rike.
Amen Imana nukuri yarahabaye.
Asante
Yesu ashimwe bantu bo kuri Zaburi mweee!ndasomye numva munteye kuvuga gato!ndasaba buri wese nanjye mbyisaba kurinda izamu rye kuko ukuri kwibyuzuye umuntu kuzwi n'Imana gusa!rero ibyiza mbona nuko twareka guca imanza ahubwo tugafata iby'ingenzi kuko buri wese afite uko afashwa kdi nuko yahamagawe!rero gutukana no guca imanza ntamumaro bigira benedata ahubwo buri wese ategure itabaza rye kdi ashakishe amauvuta kugirango umukwe naza tutazabura ibyo ducana kubwo kurangarira mubitari ngombwa !murakoze cyane mbifirije paska nziza.
Mwubahw mukozi wimana matayo
Nukuri kwimana ndagukunda
Nuko ntashobora gutaraka nanjye namenyeko harumunsi bitazemera ❤❤❤❤❤ tukabyifuza bikanga. Uzi abantu amaguru amanitse kwamuganga abo cancer zamaze ko ubu muntu rwose mureke tujye twirekura munzu yiMana❤
Ubwo nubuyobe gisa3ese gutaraka byagufashiki kubyerekeye ubugingo kubwanje mbona ari ukubyinura abazimu ababikira bitwaza Dawidi ariko muzamenya ukuri
Ndagukunda
Ibi byose yesu arabireba akibuka ko yakumeneye amaraso nshuti ese ujya wibuka ko uzabazwa intama wazimije wiyita umunya kuri
Nonese kubwiriza abantu kuva mu byaha nicyo gituma umucira urubanza
Ndagukund ❤
Ubarikiwe sana
mana we amena🙏🙏🙏🙏
I would love to get it in english
Ndanyuzwe kubwawe
Ndabakunda rwose
Iyi ni yo mpamvu muhora mushyingura impinja zakenyutse ngo zari zikijijwe, ibi byakiza nde uretse kumurikira abantu imbaraga z'umwijima.
Ndagukunda cyane mutumishi
Hallelujah hallelujah hallelujah
Mbega ibintu byiza
Imana ibahe imigisha ❤ imana idukoreho rwose peee.
Muraho ni amahoro,
Sura urubuga INYANDIKO tv''
Hari ibindi tugomba kumenya
Pasite sengera musaza wange baramuroze ibisazi yitwa ntiyimabayo etsiyene fasha
Be yourself. I love how you dance
Mwaduhaye nimero za pasiter
God is great
Thanks all for your prayers.
IMANA IBONGERI IGISHA
Amen 👏👏👏
Uyumugabo arakomeye
Fite akabazo aha ni muri ADPL basigaye bigosha nkuko Mana yange😢birambabaje Ese iryo jambo jyahindura umumunyabyaha beshi muri commenter mwabihaye umugisha iyo ngoma yo urimo dayimoni muve mu madini ariwe maraya Zaburi nayo yabihesheje umugisha yewe byarayangeye vraiment
Abadamoni baragwira urubona ukuntu bagukoresha wa muhabowe
Icyampa tukihurira tukadiha hamwe ndagukunze uri mukirere kizima😊
Amen
Mbega pastor kunda cyaneeeeee ❤❤❤❤
The part from instagram starts at 30:12
Ndagukanda pastor
Amin
Uritara rimurikira isi 🙏🏻🙏🏻🙏🏻🙏🏻🙏🏻
Mbega imyigishirize ibfuy
Abasazi baragwira
Genda Matayo ngukunda ukwawe
HaLuya utumye njyamumwuka
Nibyiza cane kabisa
Pardon pasteur cherche sil te plaît l'interprète en français ❤❤
Warasobanukiwe past 🤝🤝🤝🤝🤝🤝🤝🤝🤝🤝🤝🤝🤝🤝🤝🤝🤝🤝🤝
Ubalikiwe 🙌🙌🙌
Vrai comédien !
amatangazo y isi ntacyo atubwiye dufite irikomeye, senga
Wubahwe cn pp❤❤
Ndafashijwe rwose uwiteka adushoboze gusenya no kurandura ibyaha ndabona harabagututse muri comments ariko uwiteka ugukomereze mu murimo we kandi imigisha yo mu gakiza k,Imana ujye uyihabwa .turagukunda
Twari twarakubuze kbs
Ishyari, urwango, kutanyurwa nibyufite ,umuntu urwayizindwara ,acyeneye bomboni kuko ararebye izi nindwara zongera umuvuduko wamaraso nisukari
Ésé Wa mugabôwe mubyùkùrî ùbu nubùtumwa çyàngwà uràkinà çomédî ÿénÿîné,‹
Ibi bikabyo tukiri mubujiji twarabyemeraga cyane,tukagirango Imana yaje🤣🤣🤣🤣
None c basi ubu warajujutse,usanga YESU ntazaza vuba??
ahubwo se ko numva aribwo ubujiji bukugeze kure ra😏 cyakoze Wenda wasanga ugenjuje umwuka da
Nicyicyakujijuye?,ubwe wamenye bwakubwiye iki?
Ibyiza wakwicecekera kubyo utemera bro.naho kujijuka u don't have a proof.
Arikose mwagiye mureka guca imanza ko Imana ariyo izaca imanza niba utabyera wakwiturije muntuwe nibyo mwamenya ko ntacyo byabamariye.
Amiina amiina taata 🙏🙏🙏
Amen❤
I jambo rirafasha cane
Ariko adper nabangiriksni mwabaye mute kwirwa mubwiriza abantu ibijyanye nirari ryanyu meirwa musakurisha ibyo byuma kurusha kwigisha ibyikambo ryimana bitakiza nimuntu turabirambiwe # ubuyobe no gushaka indonye gusa
Abantu benshi zajyendera mubigare byuzuye umwijima gusa ibahanzi binzaduka bazakora ibitangaza bitavuye ku lmana satani yahawe ubwo bubasha arakiza aravura kuberako yateje amayoberane guhera muri edeni nubu abantu babuze ukuri muriba
Ubu ijambo ry'lmana ryahindutse igikinisho muribamwe nyamara aba bikora bazabona inshyano matoyo 24
Nonese ibitangaza matayo yakoze n,ibihe?ntiyasomye bibiriya ?
Ngukunda cyanee pe
Ariko se ubu koko uyu ari kuvuga ijambo ry'Imana cyangwa ari gukina comedy?. nyamara ijambo ry'Imana rikwiriye kubahwa ndetse rikavugwana icyubahiro cyarya cyose
Byahe se wa muntu we koko,ko Ari sport baza bagakina abakristu nabo bati kacikaciii😢😢
karabaye noneho. ibi bintu birateye isoni. !!!!! nkeka ko nabo abwira umuco utarabakira!!!! too sad kubantu biteze umukwe!!!
Yego munyabwengewe ngaho genda umukosore😂😂😂😂😂😂
Mureke guca Imana sibyiza Matayo ni umukozi wImana muriwe yiyumvamo Ibihe byiza byImana niba woe udakunze ibyo akora nuko yigisha ceceka utuze twebwe turimo gufashwa
Utinda kubyabandi ugakererwa gukora ibyawe🤔🤔🤔dutinze kuntebe yoguca Imana kunegurana nokunenga kdi nyamara natwe uwadushungura atatuburamo inkumbi,
😂😂😂😂Nkunda Pst Matayo weeeee
Senyaaa
Amen 🙏🙏🙏❤❤❤