Uba abakobwa bitinya cyagwa badafite uburwa bwo kwiga ndetse no kuba nta terambere bafite ntibivuga ko Ari babi,Kandi mu bakobwa watweretse nta mubi urimo.ahubwo wowe abo wita beza ni babandi badashaka gukora birirwa bicuruza bambaye ubusa.
Gicumbikoo in RDA Hari ba doctors benshi pe uzagende bagusuzume in your mind kuo ndunva warasaze nibyanga uzajyenohanzeyigihugi ubund nyok na sister was bagute utugagigusa witonde utazayobera kumukobwa waGicumbi ntawakwemer wakigoruowe
Stop that discrimination in modern Rwanda where girls and women are given space in sustainable development. Babi ni isura, bitandukaniye na content yawe.
Nta muntu mubi ubaho,twese turi beza,turemwe mu ishusho y,Imana.
Uba abakobwa bitinya cyagwa badafite uburwa bwo kwiga ndetse no kuba nta terambere bafite ntibivuga ko Ari babi,Kandi mu bakobwa watweretse nta mubi urimo.ahubwo wowe abo wita beza ni babandi badashaka gukora birirwa bicuruza bambaye ubusa.
Ntamuntu mubi ubaho rwose. Ibyo bintu si sawa pe. Kwiga sibyo bikugira mwiza , umuntu avukana ishusho y'Imana, bivuze ko twese dusa.
Aba bose wagaragaje nibeza cyane
Ariko umuntu muzima uvugango umuntu Imana yiremeyeye ni mubi koko??Imanikubabarire
ABA bakobwa Bose wabuze baracyafite ubwiza karemeno butavuye kumavuta
Hii ese harudapfa bavandi nukli amahezo namwe Mutera Imana agahinda
Ahubwose ko mbona bakurusha ubwiza nukuri nibeza cne
Imana ikubabarire
Bazagufunga man ibyo byitwa discrimination raciale
ntamuntu mubi Imana yaremye keretse abagome
Ngororero urayibeshyeye Bro , nubwo hose wabeshye
Cyn rwose ngororero arayibeshyeye uzasubire kureba bro
Ntamukorogo baribisiga
Ahubwo aho uvuga ko Hari ababi, aho niho umuntu yakura umugore muzima, ahubwo nzajya kuhashakira umugore
Sha aho niho hakiri umuco juewe ungiriye neza mbonye aho nzakura umugeni
Gisagara muzaze kbx
Waouh 🎉❤
Nikobimeze pe bravo🎉❤@@husseinahmad9038
Abeza x barubaka ntibahora muri divorce
Wisebya akarere kagisagara twebwe tugira umuco ahubwo woe ugira roho mutagatifu bose ndabona aribeza cyane
Ahubwose iki gikara kiza gutya wagikurahe
Umukobwa aba mubi atararonka amahera ngo agure amavuta meza, yambare neza, imishatsi ayikore. Aho uriko uvuga abakobwa bakenye ndakumva! Uri umwana mubi. Barya wita beza, bobajana hariya mucaro, wotangara
Imana ikubabarire mbega abobabi niwewabaremye
Kombonase aribeza ahubwo cyane
Hhhh ahubwo icyi numvise nuko aho uvuze harabakobwa bafite umuco abezase naba bambara ubusa? Woereo nuko abana baakobwa baa bimereye murugo bitirije mukavugako aribii mukundwa abifotoza bambaye ubusa nukambeshye ahubwo Bazi gukora
Wajya ga kuba Tereta kuri kubivuga nkaho ubazi bose😂😂😂😂😂
Kuba mwiza uvuga ni gute, bi maziki ,
Sura SI roho umwiza ni uwteka
Bamwe muturere wavuze buriya rata ntiwagendeye kuri bashiki bawe?
Harya umwiza. Nuwusute. Herakuri. Mamawawe. Ukoyasaga ntiyakubyaye ukaburiho vanibyaho
Gicumbikoo in RDA Hari ba doctors benshi pe uzagende bagusuzume in your mind kuo ndunva warasaze nibyanga uzajyenohanzeyigihugi ubund nyok na sister was bagute utugagigusa witonde utazayobera kumukobwa waGicumbi ntawakwemer wakigoruowe
Ahubwo umukobwa utagira umuco ntakiba kigenda ubwo urashaka😮 mukorogo
Mukarere ka rutsiro mubavuganire muhashyire ibikorwa remezo Kandi muhashyire abarimu bigisha neza kuko aribyo byzatuma batinyuka Kandi mugezeyo ibikorwa bituma abakobwa bakora cyane
Baracyari Natural ahunwo nuko muzi ko kwitukuza aribyo bizima
Uko usobanura ubwiza ni byo byazambije itondekanya ry'uturere mu bwiza bw'abakobwa! Ntituri kumwe!
Wow
Utwana twiza twirabura Nibyo wita ibabi?
Urarashaka mukorogo rero ngo base nipera
Ryabuze abaryi
Nonese kwitinya no gusigara inyuma bihuriyehe nubwiza wamunyamakuru we ntacyo uvuze
Wowe wanditse inkuru uri mubi kurusha abandi bose nutihana uzarimbuka buri wese aremwe mwishusho yuhoraho
Mwabicuritse,muvuge "abakobwa b umwimerere"aribo beza dukeneye!!
Njye nkurikije ibyo mwsahingiyeho,ndasanga abeza ari ababaye abanyamahanga mu rwababyaye.
Wabisobanuye neza, impamvu ariko batize kd kwiga nubwiza ntaho bihuriye ikigaragara cyo uturere twose wavuze nutwicyaro kd mucyaro dutunzwe nubuhinzi ntiwatugereranya nabanya mugi
Uvuzukurinibabikandi banateyenabi gusabaramyara cyaneeee!! Bagatosa uburirilandi baciye nimyeyo
Ariko c urimuzima 🥲🥲ushobora kuba ukunda abisize mukorogo bahinduye uruhu nahubundi hica umukeno
Na muntu mubi ubaho bro twex turi beza
Ubwiza n'ububi biba ku mutima man. Naho lmana yaremye
Umuntu mu ishusho yayo.
Nawe unaye mubi kubera ibi u uze pe!
Nyamashe yaragowe ubukene muyishira imbere eggooo!!!😢😢😂😂
Aha ni beza cyane
Sister wawe ko utamusizemo se?
Namwiza numwe ubaho ahubwo. 😢😂 Immana ikubabarire kukonawiremwe bro
Gabanya gusebanya kuba igikara ntibivuzeko umuntu Ari mubi.
Icyakora ni umunwa wakuryaga uraruhutse
Nyamasheke bazi gutukana
Ariko Mana ubuse konduwaho naragututse
Ahhh
gusa aba umwe agatukisha bose muvandi❤
Ntarinegereje kutubeshyera nyamagabe urakoze kutatubeshyera
Sinabonye udufoto twaba Miss tea cyera bari hanyuma yabariya utwereka
Nabonye ikinu nuko badafite utuzuru tureture dusongoye arikose kondifite risongoye ntabwo nzapfa???icyindi namenye konzapfa numva ubwiza bwanjye ntacyo bumaze
Cyangwa uri kwivugira ibyaro?
Ibyana nkibi Sha mpa pass nkwereke😂 😂
Ukibeshya ngororero urumusazi
Uzashyireho urutonde reabahungu babi kandi uzihereho kumwanya wambere wamugomewe
Aba utwereka ni ihoho. Abasore nimwe bacira amarenga
Kuri woe ndabona umubi ari umukobwa uri natural
Inyuma ni wowe ukunda abo mubigutiya no murikorodiri waca wuginga😂
Umuco gakondose ni mubi , umujyi numugi nicyaro nicyaro
Uyu nguyu avuga gutyo ntanubwo y’a remaga nigipupe hoyaa.njya nibaza ntese Uhoraho we abivuga kwicyi kwariwo wabaremye??aho usuzuguye uhoraho
Ibi ni ivangurabwoko
Hoya wikirirwa umutuka kuko nimba imana ariyo yaturemye yaremye abeza irema na babi kuki mwumva ko batubwira abeza gusa. bagomba kutubwira na babi kuko nabo babaho rero mureke kumutukira ubusa 😂😂
Nta muntu numwe mubi Imana yaremye
Utunze bangahe utekerereza bangahe ?namwe ubwawe ufite ikibazo
Joiyese wa Juno se avukahe ko aje mu isura ushyizeho
Ubu se Aba bakobwa nibabi hehe ? IMANA yatu
Muba mwabuze ibibaha amafaranga.
Stop that discrimination in modern Rwanda where girls and women are given space in sustainable development. Babi ni isura, bitandukaniye na content yawe.
Uramabyi bashiki bawe hajya basa ute
Umvax bro bazakurabure ushoborakuba unekanabi uzaze gicumbi abubwo tuguhe umugeni
Joyeuze wagorwa
harimo nabo murisenegare mukabamubeshy ngonabanyarwand
Umuntu wesa aba mubi kwisura iyakennye iyakize uwambaye neza akisiga neza agaragara neza
Abakobwa babimuzadutere inkunga natwetwababeza maze uzatuvuganere
Cyakora urikigoryi kuba urukara c bivuze kuba mubi??
Ngo Gisagara ntasoni uzaze urebe kereka niba ntamaso mugira p
Ubwiza buba ku mutima ubwiza bw,inyuma se waburya ibyo ni ubucucu
Urabeshya pe gicumbi dufite abakobwa beza.
Wisebya abanyarwandakazi Bose nibeza biterw nimi bereeho
Nyaruguru turibeza
Yeg rata Nyaruguru turibeza cyanee bantu bi Inyaruguru ndabasuhuje cyanee♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️
Yiwiiiiii uziko ndimwiza we akarere mvukamo uziko ntamukobwa mubi ubayo ,, iyeego weee iyeego 😅😅😅😅
Umukobwa mwiza nuwumeze gt? Canke mubi ameze gt??
Ubwiza buba kumutima
Ahubwo Aba bana aribo uzakuramo umugeni wa kintu we
urikimara umuntu muzima ushigira kuki uvunga ko umuntu arimubi njye narumiwe
Rulindo ntabwo uyibeshyeye pe
😂😂😂😂😂😂
Titre yawe ntaho ihiriye na content , wavuzewbakobwababi byumvikane ko washakaga kuvuga uburwnga bubi bityo ntabwo wagombaga kuterura ngo uvuge ko Burera iza ku isongo mu kugira qbakobwa babi bafite amabinga kubera guhekenya impungure nibigori bikomeye cyane bita mberenge ! Na Musanze ahahoze za kinigi uzababonayo . Akenshi uzabasangana imvugo z'ibinyarwanda bihariye aho bakunda kubaza ngo NONESI ?! ABAGABO BO BATI NIKO MBE MWA ! NDAGATORA MAMA , NDAGASWIGIGIRI...... ! hariya niho haba abakobwa babi birazwi ntimukajye muhishira
Ubwo mbega udusigaye turimo abakobwa beza nange ndimo😬😬😬😬😂
Twese niyigitaka ❤❤❤❤
Uburanga burigaragaza
Nizereko nyamagabe tutarimo
Shaaaa uradusebeje rwose gisagara hhhhhhhh
Yesu agutabare ndabona bose aribeza
Nibaribabi ark bagira displine
Wibeshyape
Cyakora murashoboye abanyamakuru
Ahubwo njywe ndabona aribeza
Ntukirate
Twese turibeza turemye mwishusho yimana
Icyo nkuyemo uti turere uvuze abakobwa baho baracyari bazima ibyo kwihomaho make-up no kwambara ubusa ntabyo bazi,baracyafite umuco
Kuterekana inzobe mbi
Sha uratubeshye pe
Nge ndabona aribeza