Размер видео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показать панель управления
Автовоспроизведение
Автоповтор
Ibi bintu ndabikunze❤niba namwe ari uko nkandira ku ifoto mve m'ubushomeri mbone imibereho y'abana Imana ibahe umugisha 🙏
Ibi bikora aba bifite utabifite ntakundiii umuha ibihariii imana ikomeze kutugirir nez
Mbere yo kubyara kora
Mbega abantu baraha arikose nkumuntu uvuga amagambo mabi yagiye areka kureba ikiganiro niba ntakintu kigufasha njye mba numiwe pe urakoze rata uzatubwire nibiryo byabana bato nanjye menye ibyo namuha Muha nudozi namagi nibihaza sindabona ibindi akunda urakoze ❤❤
Akoka😅😅😅ntu kogufata ibiryo manawe yatetse nikokeza🤣
Kecapu weeee ndagukundapeeeeeee❤❤❤❤ kndi urimwiza mama❤
Uzatubwire ibyo unywa ukagira amashereka utanywa igikoma kuko tuziko ababyeyi benshi bonsa banywa igikoma
Asalam aleikum warhmatullah warakatuh Nelly sha ndagukunda peu nagusabaga uzatwereke ibiryo byi impanga nange nabyaye 2 ark ntibakunda bimwe shn uzamfashe peu Allah akube hafi
None kecup indimu kumuntu wonsa konumva ngosinziza nanjye ndonsa ariko aracyafite amezi atatu ntegerejeko atangira kurya ngomfate rejime ariko nkunda kurya cyane uzatubwire abantu bonsa ibyo twarya turi kuri rejume
Nanjye pee ndarya cyane ngo mbona amashereka yokumusigira, ariko iyo urya duke duke ntubyibuha cyane
Sha murabakire ibyo murya muba mwabyanditse nanjye Imana izamfashe umwana wanjye azabeho ubuzima nkubwongubwo
Hhhhhhh
Natwe uwiteka atwibukire utwana
Abakene ntitumenya Aho bibera
Ark namwe ntimugakabye ubwose keandika nubukire cg bipfita mumutwe😅
Hhhhhhhhhhhhhh
Keca nkunda ukuntu utirata cg ngo wirye ❤ komeza utwungure ubwenge
Uraberewe na naturel cyane kandi ndagukunda cyane
Courage mubyeyi rekana naba contre sixe
SalutWazadufashije ukatwigisha gukora confiture.Thanks
Ketchup wabaye mwana 12 ans pe I love you more
Amazi nta gihe cyo kunyobwa agira ahubwo uwabasha kuyanywa byaba ari byiza. Ese umugati wagiye uwikorera ntago bifata umwanya😊
Ketchup cav umez neza umva ndagukunda❤
Bjr?ariko abantu kuki dushakira ibibazo aho bitari?ubwo muratega Kecapu iminsi kubera iki koko?ngo aravuga ibyo kurya?bitwaye iki se?ngo amenye ko hari abakene? Barahari Ku isi yose. Unyibukije abantu babuzaga abana kwambara inkweto ngo batirata Ku batazifite😂😂hari imyuvire dukwiye guhindura. Nta na rimwe tuzareshya hano Ku isi, niba abasha kubibona, ikibazo mufite ni ikihe?Mwitega undi mwana iminsi ntimuri Imana ye.Niba ikiganiro cye kitakuryoheye, hindura urebe ibikuryoheyeee...icyampa ngo Imana itugire abagabuzi b"amahoro ayikomokaho!Murakoze
Ahubwo numiwe ijambo ry'Imana riravuga ngo nijye wemera kohabaho abakire,nabakungu kdi nijye wemera ko haba abakene nabatindi nyakujya ...
Ariko kuki muvuga nabi koko yigeze akubwira ko noodles zirenze kuki muvunika cyanee mwabuze ibindi mwakora ,we yatubwiye ibyo wagaburira abana ntago yabirase wamunyamutima mubi we😅
Urakoze Cyane kudufasha
Kami tubana munzu konumva ntawazajya asijyira mugenziwe,kuri biscuit na mata.🤣🤣🤣
Gukunda kubi gusa mbanumva nazakubona amaso ku maso ni mama Ines we love u❤❤❤❤❤
Ndagukunda ❤
Ndagukunda Cher ndagukunda cyane pe
Esenoneho yiyogoshejej. Cyane birakubereye. Kbs
Kecapu mwizaaaaaa rekana nabo kibondo❤
Nibyiza kwita kumwana akarya ibyuntungamubiri 👌🙏
Iyo nyogosho yawe irakubereye rwose❤
Ndabakunda cyane
Uriya mufundikizo se wa kiriya gikombe ko nabonye uzana injyese😢😮
M wimpanga ndagukunda nukuri imana igukurize abana kd ikomeze ibanezeze nanjye ndatwite unsabire nzabone utwenda two kumwambika kuko ntabushobozi mfite
Humura Imana irahari gs bikunze wampa number yawe🙏
@@GOODMORNINGRWANDA., yooooh,disi nayiguhe pe!
Ndagukunda cyan
Urakoze mama
Kecapu mwiza❤❤❤❤
Iki maman ciza urampimbar inyugish zaw
Ndagukunda mubye nukur Imana inge igushasha muribyose
Murye mwiyubaha bavandi umuco wogutukana simwiza hatukana abasazi ariko umuntu muzima kwifata agatuka undi njyewe mbona bigayitse ibyo avuga biradufasha Niba wumva bitakureba reka kureba ariko ntutukane kecupu se yagutwayiki koko mutubabarire rwose
Ndagukunda cyaneeeee ni ange
I love you so much ❤
Kecapu nukuri uba wadufashije kwiga gutegura ibyo numuryango wacu
Kecapu love y🇧🇮
Ndagukunda cyan❤
Nibyz cyane
Gusa nkunda ukutirata pee ndagunda cyn
Ariko c niba muba mutakunze ibiganiro bye mubiveho murebe ibindi. Ariko abantu murazirana kweli, rata turagukunda, kandi singombwa ko mugendera kubye muzashake ibyanyu
Kami uzamutwereke
Keca ntago bavuga horaire nkuko byanditse basoma orere jyanumva uvuga horeri sibyo rwose subusirimu mukinyarwanda ni ingengabihe niba ntibeshye uzakosore ubivuga nabi pe
Ndagukunda Chu
Uzatubwire ibintu byongera amashereka
Ndipfuz nimero yaw
Keca ndabona warakijijwe wabaye keza
❤
Ko utubwiye uko ugaburira umwana mukuru kumugoroba umuha imbuto nizo zonyine ararira ntabiryo
Kndi urinumudamu wubwenge.
nodles nimbi chr jyumuha ama spaghetti zisanzwe
Urakoze rata ndakamenye
Ndagukunda cyane keca nukuri umpe watsapp yawe cg uzamvugishe please 👏
Ayo mata se aba akonje cg ashyushye???
Noodles sizabanaukunzi ,zibamo umunyu ,nibindi bitagenewe umwana muto urimunsi yumwaka .ujye ubaha pasta cy spaghetti
Umukobwa we kami ni mukuru ntakibazo kuba yazirya.
Kowase kumpa foto yarya mavuta wisiga
Ntago Arya ibiryo nijoro?
❤sha wamfashije mfite ubukene kdi mfite impanga nabuze ubushobozi bwo kubitaho ndacyabonsa gusa
Ufashwe na kecapu se Kandi afite umuryango ungana kuriya w'abana n'abarezezi babitaho no kubahemba?ndumiwe koko🤦🤦nawe akeneye gufashwa ntabwo yorohewe.wowe wafashwa n'abandi batari kecapu cg ahubwo akagukorera ubuvugizi ariko unyuze mugikari.
Abana ntago baboza barabuhagira
Bitandukanira he?
Uzatwereke comfrex
❤❤❤❤❤❤
Uranyibwirira ibijanye na rejime uzoba ukoze cane
Ntabwo sri byiza koza abana kabiri kumunsi. Isabune yica uruhu rwabo. Ujye ubahanagura wenda ariko 2 kumunsi nibyiza
Biterwa n' icyo umuntu yamenyereje umwana
Et puis abana bagira amasabune yabugenewe ntacyo yatwara uruhu rwabo
@@MMathy116 Ariko disi birashoboka uwacu muganga yadusabye kumwoza rimwe kdi byaramufashiije ubundi uruhu rwarayoberanye
Sha koza abana 2 nabwo aribyiza kubera amavuta atuma uruhu rupfa , keretse nimba utabasiga kumubiri
Muri ikigihe cyimbeho bituma bahorana ama grippe ninkorora
Uzatubwire ibyabana bato
Ese nkumuntu uza gutukana hari uwamwinginze ngo arebe video.harabo ufasha komereza aho❤
Ikimbabaje nuko nabonye yiseka ngo aba hanze !? Disi wasanga ari.umu homeless numvise aziko ngo noodles ari ibiryo byabo kuko umushiha afite nimbeho iri hanze ubu ngirango numushiha wimbeho yamumennye amatwi disi.! Umushiha we si uwamahoro rwose
Inkirabuheri gusa
Ark c kecapu ibi bintu byose utubwira ubikora ryari?
Nanjye nabyibajije😅
Yeah
Kecapu sinkuzi amasokumaso ariko ntawukundwa nabose uge ugabanya hanze aha ntibyoroshye uzumirwa
Ntawe ubayeho ku mpuhwe zabantu twavutse baduhiga dukura baduhiga tubyara duhigwa dushyingiza duhigwa mbese byose bitera abagome ishyari uziko ubu umuntu anakwanga ngo nuko abana bawe bakunda kwiga abiwe ari abanywarumogi ubwose ibyo wabikoraho iki ? Ntacyo wakora kugirango umwanzi agukunde muvandi !
Uhise ugira agatwe gato
❤ ❤ ❤
ibyo nukuza gukomeretsa abakene tutabasha kubyigondera gusa imana natwe izaduhe ubukire abana bacu bumve umunyenga nkuwo
anyway turagukunda
Mwige gushakira abo mwabyaye
Aho usha siho Nyoko yabigwa ,wihangane isaha yawe ntiragera
Sinkuko se Sha umbay kure
Ese ko Kechapu yabasajije😀😀
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Hhhhhhhhhh
Sha izo noodles urata buri kanya inaha mubihugu byo hanze nibiryo biri cheap cyaneeeeee 😂aba (homeless nibyo bibatunga)ujjye umuha spaghetti nibura.ubwo rero uzi ngo watwemeje 😜ako ka list urimo kwandika aka kanya 🫢mujye mutekereza kenshi mubone kwa uploading ibyo muha society.njye ndumva 🤮.ushize impumu yibagirwa icyamwirukansaga.
Ark kuba ikintu kiri cheap ntibikuraho akamaro kacyo, ubuse ko mu cyaro isombe kurirya bigaragaza ko wabuze ikindi urya bikuraho ko mu mugi rihenda kd na muganga akarikwandikira? Ikindi Ari kutubwira ibyo mu Rwanda ntabwo Ari kutubwira ibyo hanze ntanubwo yaje hano tutwemeza, Ako ni agashyari. Ahubwo wazimubuza kubera umunyu ubamo nyine akazizimbuza Spaghetti ark ntiwazimubuza kuko zirya aba Homeless, Rata Kec ujye urebera abana ibintu biri nutritional niyo byaba bihendutse cg bisuzuguritse. Ibyo bita ibyihenze, biryoshye kd bisirimutse ngo ni abakire nibyo bibatera indwara. Komeza wishakire Views niyo waba wabyanditse aka kanya bipfa kuba Ari ibiryo kd by'ababa bawe
Ahubwo se wowe ko mbona wandikanye agahinda disi? Turagukomeje pe nimwe ba contre succes bavuze. Ahubwo wowe uri cheap cyane dore ko wumva ko noddles ari iz,aba homless. You Funny bro
Yego baba rero ????!!!Niko se wa bigutwaye iki?
@@mukundwajeanine7269 Mumumbarize?
Gabanya ishari wangu kecapu turamukunda gose cane ntiwobidukuramwo
Ibi bintu ndabikunze❤niba namwe ari uko nkandira ku ifoto mve m'ubushomeri mbone imibereho y'abana Imana ibahe umugisha 🙏
Ibi bikora aba bifite utabifite ntakundiii umuha ibihariii imana ikomeze kutugirir nez
Mbere yo kubyara kora
Mbega abantu baraha arikose nkumuntu uvuga amagambo mabi yagiye areka kureba ikiganiro niba ntakintu kigufasha njye mba numiwe pe urakoze rata uzatubwire nibiryo byabana bato nanjye menye ibyo namuha Muha nudozi namagi nibihaza sindabona ibindi akunda urakoze ❤❤
Akoka😅😅😅ntu kogufata ibiryo manawe yatetse nikokeza🤣
Kecapu weeee ndagukundapeeeeeee❤❤❤❤ kndi urimwiza mama❤
Uzatubwire ibyo unywa ukagira amashereka utanywa igikoma kuko tuziko ababyeyi benshi bonsa banywa igikoma
Asalam aleikum warhmatullah warakatuh Nelly sha ndagukunda peu nagusabaga uzatwereke ibiryo byi impanga nange nabyaye 2 ark ntibakunda bimwe shn uzamfashe peu Allah akube hafi
None kecup indimu kumuntu wonsa konumva ngosinziza nanjye ndonsa ariko aracyafite amezi atatu ntegerejeko atangira kurya ngomfate rejime ariko nkunda kurya cyane uzatubwire abantu bonsa ibyo twarya turi kuri rejume
Nanjye pee ndarya cyane ngo mbona amashereka yokumusigira, ariko iyo urya duke duke ntubyibuha cyane
Sha murabakire ibyo murya muba mwabyanditse nanjye Imana izamfashe umwana wanjye azabeho ubuzima nkubwongubwo
Hhhhhhh
Natwe uwiteka atwibukire utwana
Abakene ntitumenya Aho bibera
Ark namwe ntimugakabye ubwose keandika nubukire cg bipfita mumutwe😅
Hhhhhhhhhhhhhh
Keca nkunda ukuntu utirata cg ngo wirye ❤ komeza utwungure ubwenge
Uraberewe na naturel cyane kandi ndagukunda cyane
Courage mubyeyi rekana naba contre sixe
Salut
Wazadufashije ukatwigisha gukora confiture.
Thanks
Ketchup wabaye mwana 12 ans pe I love you more
Amazi nta gihe cyo kunyobwa agira ahubwo uwabasha kuyanywa byaba ari byiza. Ese umugati wagiye uwikorera ntago bifata umwanya😊
Ketchup cav umez neza umva ndagukunda❤
Bjr?ariko abantu kuki dushakira ibibazo aho bitari?ubwo muratega Kecapu iminsi kubera iki koko?ngo aravuga ibyo kurya?bitwaye iki se?ngo amenye ko hari abakene? Barahari Ku isi yose. Unyibukije abantu babuzaga abana kwambara inkweto ngo batirata Ku batazifite😂😂hari imyuvire dukwiye guhindura. Nta na rimwe tuzareshya hano Ku isi, niba abasha kubibona, ikibazo mufite ni ikihe?Mwitega undi mwana iminsi ntimuri Imana ye.Niba ikiganiro cye kitakuryoheye, hindura urebe ibikuryoheyeee...icyampa ngo Imana itugire abagabuzi b"amahoro ayikomokaho!Murakoze
Ahubwo numiwe ijambo ry'Imana riravuga ngo nijye wemera kohabaho abakire,nabakungu kdi nijye wemera ko haba abakene nabatindi nyakujya ...
Ariko kuki muvuga nabi koko yigeze akubwira ko noodles zirenze kuki muvunika cyanee mwabuze ibindi mwakora ,we yatubwiye ibyo wagaburira abana ntago yabirase wamunyamutima mubi we😅
Urakoze Cyane kudufasha
Kami tubana munzu konumva ntawazajya asijyira mugenziwe,kuri biscuit na mata.🤣🤣🤣
Gukunda kubi gusa mbanumva nazakubona amaso ku maso ni mama Ines we love u❤❤❤❤❤
Ndagukunda ❤
Ndagukunda Cher ndagukunda cyane pe
Esenoneho yiyogoshejej. Cyane birakubereye. Kbs
Kecapu mwizaaaaaa rekana nabo kibondo❤
Nibyiza kwita kumwana akarya ibyuntungamubiri 👌🙏
Iyo nyogosho yawe irakubereye rwose❤
Ndabakunda cyane
Uriya mufundikizo se wa kiriya gikombe ko nabonye uzana injyese😢😮
M wimpanga ndagukunda nukuri imana igukurize abana kd ikomeze ibanezeze nanjye ndatwite unsabire nzabone utwenda two kumwambika kuko ntabushobozi mfite
Humura Imana irahari gs bikunze wampa number yawe🙏
@@GOODMORNINGRWANDA., yooooh,disi nayiguhe pe!
Ndagukunda cyan
Urakoze mama
Kecapu mwiza❤❤❤❤
Iki maman ciza urampimbar inyugish zaw
Ndagukunda mubye nukur Imana inge igushasha muribyose
Murye mwiyubaha bavandi umuco wogutukana simwiza hatukana abasazi ariko umuntu muzima kwifata agatuka undi njyewe mbona bigayitse ibyo avuga biradufasha Niba wumva bitakureba reka kureba ariko ntutukane kecupu se yagutwayiki koko mutubabarire rwose
Ndagukunda cyaneeeee ni ange
I love you so much ❤
Kecapu nukuri uba wadufashije kwiga gutegura ibyo numuryango wacu
Kecapu love y🇧🇮
Ndagukunda cyan❤
Nibyz cyane
Gusa nkunda ukutirata pee ndagunda cyn
Ariko c niba muba mutakunze ibiganiro bye mubiveho murebe ibindi. Ariko abantu murazirana kweli, rata turagukunda, kandi singombwa ko mugendera kubye muzashake ibyanyu
Kami uzamutwereke
Keca ntago bavuga horaire nkuko byanditse basoma orere jyanumva uvuga horeri sibyo rwose subusirimu mukinyarwanda ni ingengabihe niba ntibeshye uzakosore ubivuga nabi pe
Ndagukunda Chu
Uzatubwire ibintu byongera amashereka
Ndipfuz nimero yaw
Keca ndabona warakijijwe wabaye keza
❤
Ko utubwiye uko ugaburira umwana mukuru kumugoroba umuha imbuto nizo zonyine ararira ntabiryo
Kndi urinumudamu wubwenge.
nodles nimbi chr jyumuha ama spaghetti zisanzwe
Urakoze rata ndakamenye
Ndagukunda cyane keca nukuri umpe watsapp yawe cg uzamvugishe please 👏
Ayo mata se aba akonje cg ashyushye???
Noodles sizabanaukunzi ,zibamo umunyu ,nibindi bitagenewe umwana muto urimunsi yumwaka .ujye ubaha pasta cy spaghetti
Umukobwa we kami ni mukuru ntakibazo kuba yazirya.
Kowase kumpa foto yarya mavuta wisiga
Ntago Arya ibiryo nijoro?
❤sha wamfashije mfite ubukene kdi mfite impanga nabuze ubushobozi bwo kubitaho ndacyabonsa gusa
Ufashwe na kecapu se Kandi afite umuryango ungana kuriya w'abana n'abarezezi babitaho no kubahemba?ndumiwe koko🤦🤦nawe akeneye gufashwa ntabwo yorohewe.wowe wafashwa n'abandi batari kecapu cg ahubwo akagukorera ubuvugizi ariko unyuze mugikari.
Abana ntago baboza barabuhagira
Bitandukanira he?
Uzatwereke comfrex
❤❤❤❤❤❤
Uranyibwirira ibijanye na rejime uzoba ukoze cane
Ntabwo sri byiza koza abana kabiri kumunsi. Isabune yica uruhu rwabo. Ujye ubahanagura wenda ariko 2 kumunsi nibyiza
Biterwa n' icyo umuntu yamenyereje umwana
Et puis abana bagira amasabune yabugenewe ntacyo yatwara uruhu rwabo
@@MMathy116 Ariko disi birashoboka uwacu muganga yadusabye kumwoza rimwe kdi byaramufashiije ubundi uruhu rwarayoberanye
Sha koza abana 2 nabwo aribyiza kubera amavuta atuma uruhu rupfa , keretse nimba utabasiga kumubiri
Muri ikigihe cyimbeho bituma bahorana ama grippe ninkorora
Uzatubwire ibyabana bato
Ese nkumuntu uza gutukana hari uwamwinginze ngo arebe video.harabo ufasha komereza aho❤
Ikimbabaje nuko nabonye yiseka ngo aba hanze !? Disi wasanga ari.umu homeless numvise aziko ngo noodles ari ibiryo byabo kuko umushiha afite nimbeho iri hanze ubu ngirango numushiha wimbeho yamumennye amatwi disi.! Umushiha we si uwamahoro rwose
Inkirabuheri gusa
Ark c kecapu ibi bintu byose utubwira ubikora ryari?
Nanjye nabyibajije😅
Yeah
Kecapu sinkuzi amasokumaso ariko ntawukundwa nabose uge ugabanya hanze aha ntibyoroshye uzumirwa
Ntawe ubayeho ku mpuhwe zabantu twavutse baduhiga dukura baduhiga tubyara duhigwa dushyingiza duhigwa mbese byose bitera abagome ishyari uziko ubu umuntu anakwanga ngo nuko abana bawe bakunda kwiga abiwe ari abanywarumogi ubwose ibyo wabikoraho iki ? Ntacyo wakora kugirango umwanzi agukunde muvandi !
Uhise ugira agatwe gato
❤ ❤ ❤
ibyo nukuza gukomeretsa abakene tutabasha kubyigondera gusa imana natwe izaduhe ubukire abana bacu bumve umunyenga nkuwo
anyway turagukunda
Mwige gushakira abo mwabyaye
Aho usha siho Nyoko yabigwa ,wihangane isaha yawe ntiragera
Sinkuko se Sha umbay kure
Ese ko Kechapu yabasajije😀😀
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Hhhhhhhhhh
Sha izo noodles urata buri kanya inaha mubihugu byo hanze nibiryo biri cheap cyaneeeeee 😂aba (homeless nibyo bibatunga)ujjye umuha spaghetti nibura.ubwo rero uzi ngo watwemeje 😜ako ka list urimo kwandika aka kanya 🫢mujye mutekereza kenshi mubone kwa uploading ibyo muha society.njye ndumva 🤮.ushize impumu yibagirwa icyamwirukansaga.
Ark kuba ikintu kiri cheap ntibikuraho akamaro kacyo, ubuse ko mu cyaro isombe kurirya bigaragaza ko wabuze ikindi urya bikuraho ko mu mugi rihenda kd na muganga akarikwandikira? Ikindi Ari kutubwira ibyo mu Rwanda ntabwo Ari kutubwira ibyo hanze ntanubwo yaje hano tutwemeza, Ako ni agashyari. Ahubwo wazimubuza kubera umunyu ubamo nyine akazizimbuza Spaghetti ark ntiwazimubuza kuko zirya aba Homeless, Rata Kec ujye urebera abana ibintu biri nutritional niyo byaba bihendutse cg bisuzuguritse. Ibyo bita ibyihenze, biryoshye kd bisirimutse ngo ni abakire nibyo bibatera indwara.
Komeza wishakire Views niyo waba wabyanditse aka kanya bipfa kuba Ari ibiryo kd by'ababa bawe
Ahubwo se wowe ko mbona wandikanye agahinda disi? Turagukomeje pe nimwe ba contre succes bavuze. Ahubwo wowe uri cheap cyane dore ko wumva ko noddles ari iz,aba homless. You Funny bro
Yego baba rero ????!!!Niko se wa bigutwaye iki?
@@mukundwajeanine7269 Mumumbarize?
Gabanya ishari wangu kecapu turamukunda gose cane ntiwobidukuramwo
Urakoze Cyane kudufasha
Kecapu love y🇧🇮
Ndagukunda cyan