Nassor na bagenzi bawe Abasheihe mwarihe bya Bihe bashinjaga abateretse Ubwanwa bambaye n'amapantalo magufi ko Babareba neza ko biri mu bimenyetso bireba ibyihebe. Mwe mushishikajwe n'inda n'icyubahiro byanyu. Umusaza Jamal ibyo Yavuze yabivugiye ku karubanda abatiri bahari iyo RUclips ya RMC irabiduha none ngo bari kumukosora mu ibanga hanyuma abo yashizemo izo nyigisho ze zipfuye bakagumana ko umusuaki ari ibikabyo.!! Ikosa riri kuwashize izo nyigisho kuri You tube. Aba Sheikh bacu Ally na Faradji mukomeze guhagarara kuri gushingiye kuri Aya na Sunna niyo aba Ba Sheikh bashishikajwe na RMC babanga cyangwa bagambirira kubagirira nabi muzirikane ko ntacyababaho kibe kiza cyangwa kibi Allah atagishatse. Ndasaba Allah kubabungabunga no Kubarinda inzara yo mu bwonko Allah abarinde Kibri , Allah abahe amafunguro ya Halali. Allah Abahe Subra mu ngorane zose muhura nazo mu ri iyi Daawa mukora. Allah abarinde Amashitani ari Mubantu, Allah Abarinde ikigeragezo kitwa RMC . Daawa mukora ni amateka meza n'umusanzu ku bariho uyu munsi n'abazaza nyuma yacu bazasigara babasabira cyane ko mucecetse abazaza nyuma bazaza bazi ko Umuziki Ari Halal ko ubwanwa ari ikimenyetso ki byihebe ko Umuswaki ari ibikabyo. ko Adhan muri Quran ntaho yanditse ari urusaku, Ko Abaslam n'abagaturika turi bamwe mu myemerere.😢😢 Ariko Alhamdulillah kuba Allah yarabaduhaye kugira ngo muvuguruze izi nyigisho zipfuye za RMC .
Uwo nasoro ibye twabimenye ni injiji muzindi ntanubwo azi kuvuga icyarabu ntanubwo azi gusobanura ayyat, icyo azi ni ukubeshya no guteranya. Ubushehe bwe ni ubwanwa nikanzu gusa
Uwo musaza yakabaye yagarutse agakosora ibyo yavuze none ho agasaba Allah imbabazi na baslam ko ibyu yavuze ko yabeshye Kubeshya nicyaha kibi umslam ntabesha
@@ToniFairy uko biri wowe nubwo ntakuzi ariko nta bushobozi ufite, nta muntu ufite ubushobozi wirirwa avuga ubusa nkawe, ahubwo iyo nkunga ndabona ari wowe uyikwiye.
biteye agahinda ibintu n'ukuri ibintu biri mu rwanda muri islam uretse gusaba Allah ko tworohereza kutuyobora inzira iboneye ibintu byabaye amatiku gusa
Ese izo ayat zizana amatiku na makimbirane bimariye iki society nabo bajye babireka kuk batabareka bakazibarizwa na Allah ubundi uwo #pepe# na #faradji# mushinzwe iki barababwiye ngo muzibutse ark ibindi bifite aba malaika babishinzwe
Ese wabirahirira ko Faradj ariwe watanze iyo audio mwajyiye muvuga ibyo muhagazeho
Nassor na bagenzi bawe Abasheihe mwarihe bya Bihe bashinjaga abateretse Ubwanwa bambaye n'amapantalo magufi ko Babareba neza ko biri mu bimenyetso bireba ibyihebe. Mwe mushishikajwe n'inda n'icyubahiro byanyu. Umusaza Jamal ibyo Yavuze yabivugiye ku karubanda abatiri bahari iyo RUclips ya RMC irabiduha none ngo bari kumukosora mu ibanga hanyuma abo yashizemo izo nyigisho ze zipfuye bakagumana ko umusuaki ari ibikabyo.!! Ikosa riri kuwashize izo nyigisho kuri You tube. Aba Sheikh bacu Ally na Faradji mukomeze guhagarara kuri gushingiye kuri Aya na Sunna niyo aba Ba Sheikh bashishikajwe na RMC babanga cyangwa bagambirira kubagirira nabi muzirikane ko ntacyababaho kibe kiza cyangwa kibi Allah atagishatse. Ndasaba Allah kubabungabunga no Kubarinda inzara yo mu bwonko Allah abarinde Kibri , Allah abahe amafunguro ya Halali. Allah Abahe Subra mu ngorane zose muhura nazo mu ri iyi Daawa mukora. Allah abarinde Amashitani ari Mubantu, Allah Abarinde ikigeragezo kitwa RMC . Daawa mukora ni amateka meza n'umusanzu ku bariho uyu munsi n'abazaza nyuma yacu bazasigara babasabira cyane ko mucecetse abazaza nyuma bazaza bazi ko Umuziki Ari Halal ko ubwanwa ari ikimenyetso ki byihebe ko Umuswaki ari ibikabyo. ko Adhan muri Quran ntaho yanditse ari urusaku, Ko Abaslam n'abagaturika turi bamwe mu myemerere.😢😢
Ariko Alhamdulillah kuba Allah yarabaduhaye kugira ngo muvuguruze izi nyigisho zipfuye za RMC .
bari soudia 😊
ukuri aho kuri turahabona bitewe nibyo muvuga, uku guhangana no kurwana kubyubahiro byanyu bituma mukora amakosa ariko alhamduliLlah bituma tumenya byinshi
Uziko musigaye mugoragoza ayat mukazisobanura mwirwanaho kubyubahiro byanyu
Nassor nakubahaga ark sinarinziko ufite ubujiji bigeze aha ark mujye munasoma comment murebe uko abasilamu tubafata muve mubugoryi murimo
Uwo nasoro ibye twabimenye ni injiji muzindi ntanubwo azi kuvuga icyarabu ntanubwo azi gusobanura ayyat, icyo azi ni ukubeshya no guteranya.
Ubushehe bwe ni ubwanwa nikanzu gusa
Kuki abasilamu mutuma dushidikanya kwidini ryacu koko mwatubabariye mukumvikna kukuri
Na soor weeeeeeeeeeeee tabara bwangu hakiri kare subira kuntebe yishymuri
Nasor ni Tete vide
Sheikh Nasser Allah aguhembe ibyiza byinshi urakoze cyane kbsa
Muriguhonyora idini kubera ibyubahiro duhonyire mushwaki kubera abantu kubera abasaza badakunda ibyimana
Nabanze yiyame Agasuzuguro no Gukerensa bikorerwa Quran na Sunna. RMC si ubuslam si itegeko kuyubaha.
Ariko Abasheikh nimwe muza mukiyandarika mukabivangavanga
Cyaze uvane faradji mukanwa kawe umusaza ko yivugirako iyo mwakozwe nisoni muba mushaka kwerekana ko abantu bose babarenjyera ubwo urashya warura icyi😢
cyoo mwarakaniye wazee
Namwe muzahorq mwisobqnura
Mureke qmqtiku na munyangire
Dusenyere umugozi umwe
Duharanire kuba abasilam beza inbere ya Allah
Bagebabakosorera ahomwakoshereje kuko mutanga ibiganiro mubizi Kandi mubishaka
Musa intumwa yimana yabyuzago firiauna ukuri kandi firiauna abantu baramutinyaga
Intumwa Yousuf umugore yashatse kumukoresha icyaha arihangana Allah aramuhemba RMC izatuma amasheikh mwese mugomera Allah muzana za Dictionary ngo niho. Hari ubumenyi
Ibi Bintu mubamo bizabavuna twarabamenye niba mudashyize hasi ngo mukore mugakomeza kucinya inkoro bizabagora koko twarabamenye ibifu byanyu nibyo bibakoresha amakosa nkayo ngayo mwirirwamo munanirwa gukora mugakandagira idini kubera udufaranga ducye kubera gutinya ubukene
Ngaho ndebere nkawe….!!
Ese ibintu yavuze wabyumvise? Sheikh Nassor ibyo avuga byose ni ukuri.
Koresha ubwenge nibura rimwe ntabwo buri bushire.
Inzara bahorana izatuma batujyana mugusenya Idini bayihinduramo Aho bakorera ibyashara
Sheikh Nasoro niba Uvugango amateka ya Ally Pepe banza wibuke ayawe kuri Mahadi Sheikh wikwihutira Amateka yababyeyi Ese Abawe urabazi Uzi ibyabo Aho muhita mwihutira iyo mwasebye mujya Mubabyeyi Ese Sheikh Nassor Ibyo Uvuze waba Uzi ibyaribyo ngo Papa wiwe arihe ? Ngo Mama wiwe arihe ?
Ese wowe wariyibagiwe ? Koko
Sheikh Nasoro niba Uvugango amateka ya Ally Pepe banza wibuke ayawe kuri Mahadi Sheikh wikwihutira Amateka yababyeyi Ese Abawe urabazi Uzi ibyabo Aho muhita mwihutira iyo mwasebye mujya Mubabyeyi Ese Sheikh Nassor Ibyo Uvuze waba Uzi ibyaribyo ngo Papa wiwe arihe ? Ngo Mama wiwe arihe ?
Ese wowe wariyibagiwe
@@BahatiShadadi ngaho Reba nawe…. Ariko ninde wabaroze? Icyo Sheikh Nassor yavuze kibi ni ikihe?
Ukuri guca muziko nigusha
Allah akongere ibyiza sheikh kandi bumve ukuri ubabwiye bose yaba Rmc nabo bandi
Allahu akbar ariko mwabagabomwe mwabuze izindi nyigisho mutanga nukuza gusubizanya gusa?
Ibibintu turabirambiwe kbx
Allah adukize ubibi bizava mururu rwango rwanyu
Nassor ubujiji nibwishi Intumwa y,imana Muhammad ww yapfaga iki nase wabo
Dusitiri abarwanya aya na khadith Wenda wibye cyangwa ukaroga Kubeshya ukabeshyera intumwa amagambo y,lmana ni ntumwa. nago arayo gustiri muca amazi mushwaki ngo nuburoso icyaha cyokubesha kirahambaye mubslam wewe Nassor nabambari bawe Mubeshya abantu ngo Dusenga Imana imwe
Uwo musaza yakabaye yagarutse agakosora ibyo yavuze none ho agasaba Allah imbabazi na baslam ko ibyu yavuze ko yabeshye Kubeshya nicyaha kibi umslam ntabesha
Nukuri bakurura fitna ariko bazabibazwa n'inzego zibishinzwe gusa Mfuti na komite ye tubari inyuma
ariko ubu abantu wicaye imbere baje kwiga cg baje m'urukiko rw'ubujurire
Pepe iyo abavuzeho nibwo babona hit kd nabobakeneye hit
Twarumiwe nababashekhe
Ark hari ubuyobozi butagira ababuryanya.nibakora ibyiza tuzabemer nibareke kwizamura
Gusa iyi fitina Rubangisa yatangije imana izabimubaza kuko ibyo bakora naho biri muri dawa
@@Nkukobisanzweofficialmwese muba muri Fanatisme none c hari ikintu Rubangisa avuga kitabaye? Muve murayo mugendere kuri Ayat na Hadith
Nasor ikiyama kimanutse uyumutsi uwo musaza wamwihakana Intumwa y'imana abantu barageda bayivaho kubera ibyubahiro abantu barikubita banyirimpuwe. Umusaza ni Rwabakika soulaiman ya pfuye arishadi
Ark uyu nasoro nakasamutwe sheikh hashimu siwe wishyiriye hanze ubukwe bwe nogusoma umugorewe imbere yabantu
Duhishirane ndabasuhuje
None Mucyubahiro cye Avuzeko Dusenga Imana imwe
Iyo Ayah usomye yo muri surat Nisai Uyisoje uyihindura, Usubiremo Neza
Ahubwo c aribizi ubwo
Bareke twarabamenye
Nibik yahinduye
Nasor wanze gushigikira iby,intumwa kubera Dunia urigushigikira umusaza Waze gusuzugurika
Ese kubuyislam busobanutse nigute mwisanze hano hanu mwica amategeko yi mana kd mubyizi
Uwo musaza nawe yicaye aranezerewe kuba adashaka kumva ukuri agashira ibyubahiro imbere nago twareka ibyimana musaza
Ese ko numva sheikh Nassor birangiye yikoze munda se ibaze umuntu muzima urazana Amateka yababyeyi Ese Sheikh Nassor Ibyo Uvuze waba Uzi ibyaribyo ngo Papa wiwe arihe?
Ngo Mama wiwe arihe?
Sheikh Nassor ese wowe waba uzi amateka yawe reka wowe tukubaze ayawe Ese wowe uriyibagiwe Mahhad amateka twari tukuziho ese ayo mateka tuzqyibutse abana bawe. Umva ukuri nyako wowe va mumandazi sheikh Nassor abo uvugira twe turabazi kukurusha kd nibo barigutuma idini Y'Allah izamo vurugu gusa njye nizerako Umunyakuri Allah azamutwereka kuko uhemukira Idini y'Allah nawe Azababarira hano kandi tuzamubona kuko Allah azamukura hano kwisi Amutweretse
أستغفر الله العظيم 😭
Mutoyobereza kuri social media nimumara gukora tawuba munjye mugaruka kuri social media mwongere mukosore mbega mutuvane mumwitwe ibyo mwadushyizemo😢
Sheikh Nassor Gusa Allah aguhe Kuzahagarara kukuri kwanyako Gusa ubuyobozi bwa Rmc burajagaraye ntago bakireba ubuzima Gatozi bwidini ahubwo bari kurwana ninyungu zabo Ese Koko birakwiyeko Dufungirwa Imisigiti cg Gusenyerwa Imisigiti gusa sheikh Nassor Reka kugendera mukigare Muvandimwe
Ahubwo se ko mbona ari wowe wibereye mu kigare ….. Hahahahha, mwanga kujya mu musigiti, mukanga kumva Abayobozi mukirirwa RUclips mu binyoma.
@@t-rwanda6707😂😂😂humura momo yawe yagezeho uyumunsi urya congz congz igifu kirasya noneho😂😂
@@t-rwanda6707 Nakomeje kubona Ubwira Abantu Ngo Barajagaraye Simbona Nawe Wakamejeje se?
Ntabwo Urumuvugizi Widini Ahubwo Wabaye Umuvugizi Wa Sheikh Nassoro
Mufti Aracyafite Akazi Gakomeye Cyane kbs
Ngwino babuguhe ubuyobore turebe icyo utugezaho
@@ToniFairy uko biri wowe nubwo ntakuzi ariko nta bushobozi ufite, nta muntu ufite ubushobozi wirirwa avuga ubusa nkawe, ahubwo iyo nkunga ndabona ari wowe uyikwiye.
Wakabaye ukosora uwo musaza agajya avuga ibyo azi neza
Khashimu asigaye abahe ko atakiboneka uzakurikira inyigisho za pepe tuzamukurikurana Ashirafu niwe wavuze ubyo Nasor nawe arikurwana nicyubahiro firouna arihe. Khadafi Ribia arihe mugeze aho kwita Muft nyiricyubahiro nawe ejo azaba adafite aho ari none Djamali niki utazi agaciro kumushwaki
biteye agahinda ibintu n'ukuri ibintu biri mu rwanda muri islam uretse gusaba Allah ko tworohereza kutuyobora inzira iboneye ibintu byabaye amatiku gusa
Ubu n'ubugoryi muba murimo kbs
Arikox mwabuze ibyo mwigisha abayislam mwaretse amatiku ku idjum koko?
Uwo musaza iyo yivugira
None sheikh murabo bababakoze ikosa bobajyabemerako arikosa cg bigira abibone??? Nibase bemera ikosabababakoze kobatagaruka ahobarikoreye ngobababwirekobamenye ukuri ??? Sheikh mureke ubufana nokwikundwakaza kurabobantu ba RMC bazakwihinduka. Kd tinya Allah
Kbisa
aba ba sheikh ariko ubanza barasaze , nta kintu kizima mucyigisha , ahubwo ayat musigaye muzisobanura uko zitari , muve muri uwo mujyo wa fanatisme murimo
😂😂😂shk Nassor agakweto kamukwiriye neza ngo uwikeka amabinga aba ayarwaye shk Ally Pepe ntago yavuze ko muchoma yavuze ngo "Niba munachoma sinzi"nkawe niba udachoma urashya watura iki.
Ikindi shk Binego uvugira niwe wishyiriye hanze video yubukwe bwe ngo tubirebe tunabivugeho😂😂😂 simwebwe mubyivugira c
Uburero muje gotobanga grp ya TWIGE muzanamo amatiku na fitna nkubu Sheikh Ashrafu yabariye remove kko😢
Ese wowe wabanje kubahamagara ubabwirako barengereye?
Niba uvugako Ally Pepe mufitanye ikibazo nikihe? Muve murayo Sheikh Faradji na Ally Pepe bakoresha Ayat na Hadith. Ikindi sinumva ukuntu uwo musaza niba baramweretse aho yanyereye ukuntu muza mumuvugira kdi yagombaga kuza kuri social media akabwira abayisilamu ko yibeshye
Ese izo ayat zizana amatiku na makimbirane bimariye iki society nabo bajye babireka kuk batabareka bakazibarizwa na Allah ubundi uwo #pepe# na #faradji# mushinzwe iki barababwiye ngo muzibutse ark ibindi bifite aba malaika babishinzwe
@@kettynelly5573 Bashinzwe kubuza ikibi no guhamagarira ikiza nkuko ariko Kari akazi kintumwa kd abamenyi ni abasigire bintumwa kd ikibabaje wasanga ibi mvuze usanzwe ubizi ark kubera ibindi mwibereyemo ukabigoreka nkana kubwinyungu zisi mwishukwa niyisi kuko niyakanya gato
Bituma tubamenya kuko ntamusheh avuga asubiza ibyomwavuze
Asubiza ibyomwavuze Kandi muzakora ibara pe
Imivumo ya allah ibe kuri bucumi sudi na rubangisa Antoine,Allah abasebye nkuko basebya idini ya islm
nawe ibyo usabye bikubeho 🙌
Tinya Allah muvandi mubyo uvuga
Uri Chantal koko
😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Woe Chantal uribazanga
ruclips.net/video/psGg0SVLVsA/видео.htmlsi=hBax3myahPMxqmcV
Pepe erega numusazi nimwe mutamuzi
Hhhhhh niwowe utarasaze Allah akorohereze
Nutarekeraho kwita sheikh Alliy pepe umusazi Usoborakuzagira iherezo ribi umazekumwita umusazi kenshi
umusazi ni papa wawe
Ariko mwarwaranye Indera?
Uyu ngo ni Chantal ni inkunguzi
Bareke bagumye bisobanure niwo MUVUMO waboo.
Bari mu muvumo
Hari igihe muvuga ibintu umuntu agahita amenya umwarimu wanyu, ubu izi nyigisho zuzuye ubwenge n’ubugenge, ngo ni ukwisobanura, ubwenge mugira ninku bw’abarimu banyu.
@@t-rwanda6707😂😂😂urinjiji kweri nizereko basobuja batumye urya akanya kuko urashonje disi Allah aturinde Inzara Ya Rabbiiiiiii
@@ToniFairy ubuyislamu bwo gutukana no kubahukana ndabona aribwo bugezweho kuri mwe!! Mukomeze mwirundire ibyaha mubirundire nababigishije iyo mico.
Gusa nzi neza ko mu bumenyi bwanjye buke mfite nize neza kukurusha kuko nibura nkurusha ikinyabupfura.
Sheikh Nasoor ugize neza kuko ugerageje kugaragaza uburyo Abo basheikh bakwiye gukosorwa birababaje kwiga ugakoreshwa na Antoine nuko batumva tegereza imijugujugu bafite inkunda rubyino zibari inyuma nge mbona Daawat Rwanda ari télévision Rutwitsi
😂😂