AMAGAMBO MABI UTAZABWIRA UMUGORE NIBA WIFUZA IBIHE BYIZA
HTML-код
- Опубликовано: 16 сен 2024
- ISIMBI RYA YESU TV twiyemeje gutanga umusanzu mu kubaka umuryango mu ndangagaciro za gi christo, hamwe no gukomeza kwiga (self development) Hari Inama wifuza kutugira cyangwa ubuhamya wifuza gutanga bijyanye n' umurongo wa ISIMBI RYA YESU TV ? Watwandikira ubutumwa bwa whatsup kuri (+250)788429917.
Muraho ndabashimira kubiganiro muduha biradifasha cyane
Murakoze cyane, urasa neza cyane
Uhezagigw cyane maman unkoz kumutima imbe nubwo bakoye kk haruwubiko atanagukoye
Waramutse neza mushiki wanjye.
Urakoze cyane rwose kuko izi nama uduhaye ni ingenzi pe. Bikwiriye rwose ko twese bitwinjiramo tujya tuganira bya kivandimwe. 👏💕
Urakoze cyane izi nyigisho icompa nabandi bakavyumva
Murakoze mu kuduhugura isimbi
Isimbi inyigisho utanga zuzuye ubwenge. Ndagukunda.
Korawigishe❤❤❤
Ndabakunda cyane muduha inama nziza gusa icyo nakubwira ibyo byose urikuvuga nibyo mpuranabyo burimunsi ibyo uvuga twanga nibyo ambwira gusa
Sha ibyo ni ukuri pe! Abantu benshi bareba ikintu kibi ku muntu akaba aricyo bamubwira kandi akenshi birababaza. Isimbi urakoze cyane Imana iguhe umugisha
merci kuri izi nama zatuma twubaka tukabana neza n'abagore bacu. Ariko hari igihe biba ngombwa ko umugore umugaya pe mu byo akora! ugasanga ikintu cyose aragishyira aho abonye akakibagirwa imfunguzo z'inzu akazita, chargeurs akazita buri munsi, agasesagura, agafata inyenda ntiyishyure, bikaba ngombwa ko umugaya ukanamutonganya ugirango yikosore ariko kenshi ntacyo akosora agasubira mu makosa nka mbere! Ntibyoroshye gukosora umugore pe!
Jyubambwirira rwose twaragowe pe uburyo badufata nkabakozi babo cg abatagira ubwenge
Thankyou togive these things
Ndabakunda cane vyanyigishije
Naguteze amatwi ariko harí Ingo byinshi uri gusenya nizindi nke cyane uri kubaka ubitekerezeho neza ibyo urimo kubwira aba nyarwanda.
NDI ZACHARIE IBUJUMBURA
NKUNDA UKUNTU WIGISHA
NKUBAZE ISIMBI BISOBANURWA GUTE NIKINYARWANDA NTAZI
MERCI
Akantu unazemo k'ikinyafurika kararyana.
Yes dear urakoze cyane
Byihorere wa mubyeyi we abagore badufata nkabatagira ubwenge bakadupfobya nkaho tutari abantu bafite umumaro
Nkunda agatwengye kaweeeee
Ubwo muzajye mugenda mwambaye ubusa kugirango tugire amahoro wokabyarawee ngo murakanga cyanee nibase mudashaka ko uwabagira inama dukoriki? Gusa numva ikiza kurushaho nukwiyoroshya mubuzima..
Urumwarimu mwiza imana yanduhaye
Umugabo. Utajya. Wiborosa. Narimwe wabigenza gute? MBWIRA?
Itwouldbebetter when all husband hear these advices
Iloveyou very much
Kandi. Agashakako. Umusoma. Mbwira
Gahoro gahoro utu tuntu nitwo tugeraho tugasenya urugo.Ariko nagirango nkukosoreho gato hari abagore babi nubwo wagira ute bikanga akakubera mubi.
Wigisha neza kabisa
ISIMBI UZUNYISHURE IYO MSG PE
Thank you sister be blessed
Thanks kbs
May God be with you ♥️♥️🌹 all the time ‼️
Abagabo natwe twanga abagore bateka nabi
Hhh ,natwe abagore twanga abagabo batubwira kontacyo twitahooo ,cg ngo iyomyenda ntikubereye natwe biratubabaza
Hahahahaaaa ahubwose muracyatekera abagabo wokagira Imana weee...
Mbega abagore banka de abiwabo nugabo bonobo gute
none mbese ko hari umuntu ubwira ntatahure kabone naho wovyorosha bigende gute?
Abagore ni abagore nyine!
Ahongaho uvuze ukuri abagore muradufite rwose ariko nihahandi muzahora murabagore ntibihinduka rwose..
None hari uwKubwiye ko dushaka kuba abagabo.