Pst Senga DORE Ibintu 5 ABAGORE bakorera ABAGABO babo bigatuma baba mu ngo batishimye|BABAZINUKWA
HTML-код
- Опубликовано: 14 окт 2024
- Shalom ushaka kubana natwe kuri watsapp Group Nyura hano:
chat.whatsapp....
_______________________________________________
reka ngushimire wowe tubana hano kuri BOHOKA TV, Umwanya ufata ugakurikira ibyo tunyuza kuri uru rubaga, Ndizera ko ubugingo bwawe bukomeje guhemburwa n'ubutumwa bwiza tunyuza hano. Birashoboka ko wiyumvamo gushyigikira uyu murimo mwiza dukora, wakoresha:
_______________________________________________
MTN Mobile Money : +250 788 20 8757
Airtel Money : +250 733 049 049
_______________________________________________
Ushaka Gukoresha Western Union cg Money Gram watubaza kuri izo nimero tukaguha amazina wanyuzaho.
#Bohoka #watsapp0788208757
Imana iguhe umugisha kubw'nyigisho nyinshi zuje impanuro, kenshi ndagukurikira, God bless you Senga
Yewe nanjye ndihannye nsanze hari byinshi ntatunganyije ahubwo Imana yomore ibikomere nateye umugabo wanjye
Yegoko mana yange ngewe urankomerekeje cyane uko navuga abagore bose dukeneye gukundwa kuba umugabo wacu aturi hafi kuko akenshi tuba twaraje aribyo dushaka gukundwa tudakuriye cyane amafaranga yego nabyo birakenewee cyanee ariko urukundo ubugwaneza no kuganira ngewe nibyo numva byiza sinzi niba kuvuga ngo wariye ar bibi niyo mwaba mwarashakanye
Nanjye ntyo
IMANA ikwongera mavuta❤
Pastor Senga Imana iguhe umugisha ,kuko ibyo uri kutwigisha ni ukuri Imana idushoboze
Imana iguhe umugisha mfite ibibazo vyinshi nokubaza no kubona gute ndi buja
Abagore se barabyumva ubu bwana Pastor Senga?gusa ndakwemera cyane pe!!
Shaa ndemey kbx uratanga impanuro .ndatahuy ico bita kubaha
Murakoze kumpanuro nziza pe,Jew ndafashijwe cane YESU abahezagire cane
Urakoze cyane pastor uravugana ubwenge kd ndibona pe Imana iguhe imigisha ikomeza
Ndagukunda wigisha neza pe Iman ikongerere amavuta🙏🙏
Too reality haven't got married but I have took my time to listen for educative God bless you so much 👏👏
Pasta Yesu aguhe umugisha kuri zo nyigisho twoherereza
Urakoze cyanee pst, ibyuvuze nukuri. Bagore twicyebuke. Muri bito nibinini.
Waaaaw pst dukunda cyaneeee imana ijye iguha umugisha iteka
Imana iguhe umugisha kdi ikomeze kukungura ubwenge kuko uvuze ibintu bikomeye cyane ariko ujyeze muri misinterpretations ndemera
Imana iguhe umugisha.ariko nugushobozwa nImana.abagabo nabo nibabe bareka gucamwo umugore kk nawe ntaba yiyubashe.ingo nyishi zihanzwe nivyo.nugusenga
Pastor urakoze cyane kuduhugura imana ibidufashemo inama uduhaye ziduhindure dushobore kubaka ingozacu neza zihesheje imana icyubahiro(Imana iguhe umugisha)
Imana ibahe umugisha pasteur
Yesu abahe umugusha ndafashashijwe amen
Urakoze pe IMANA iguhe umugisha
Murakoze cyane gose. GOD bless U Pasteur Emmanuel SENGA. I love You
Urakoze cyane Pasit kuduhugura gusa abagano benci basigaye birengajyiza incingano zurugo pe
Nanjye ndagukunda Pasteur kunyigisho z'ihugurwa z'abubatse, IMANA ibahe umugishya mwinshi.
Pst may Almighty God bless u indeed! Wagirango uba iwanjye abagore bagira defoux yo kumvako icyobashaka kigamba kubaho gutyo kdi nogucyekera abagabo icyobatakoze
Urigisha nkibona neza neza ujye umbabarira uvuge abandi merci kunyigisho zawe zituma nkosora amakosa yajye
Imana ihumugisha umukozi wimana. Ibyingo nidanje. Abazigezemo muge muzigira kumavi muzisengere nahubundi wamwicanyi satani ameze4
Nukuri uvuze ukuripe Imana itworohereze kuricyo kintu cyokutiyunvamo famiry zabagabo bacu kubana nabo biratunanira kandi izacu tubana nabo abagabo ntibabigireho ikibazo cyanee urugero abana dutatahana mungo abavandimwe bacu basaza bacu ariko sibose ariko nabwo baragerageza abeshi ariko abagore bo nigake babana nimiryango yabagabo aba aramatiku burimunsi
Imana iguhe kuramba
Yesu aguhe umugisha Pasta kumpuguro ndafashijwe caaane🙏Mpwemu Yera aduhe kubigendera no kubihindura ubuzima🙌
Pasta Imana igukomereze amaboko kuko ukuri nyakuri kuryana mumutima.
Uhezagigwe cyane Pasta. Urumukozi w ubwenge kabisa. Amavuta y Imana akomeze akubeho.
Ndabibukije bagabo benedata buri kwezi umugabo agomba kugira amafrw aha umugore we nkinshingano murakoze ko mugiye gushyira mubikorwa
Murakoze cyanee
Paster Nsenga, Canon Rutayisire,na Desire ndetse na Hortance ndabakunda cyane mwaranyubatse nubu muracyanyubaka lmana irusheho kubagura tubone aho turonkera inyigisho muduha.
Amena murakozecane
Nakunze ibiganiro byawe urakoze cyane kutwigisha
Ndagukurikirana cane ndi burundi
Merci pst senga
Baratwaga weeeeeeeeeeeeeeeee njyewe nogupfa mbanarapfuye IMANA ntuko imagararaho mbega urwago baga abakazana cyakoze nkurikije urwago nanzwe umukazana wanjye nzamutetesha nshire agahinda natewe ntumuryago nashatsemo 😢
Uyumugabo Ndamukunda yigisha Neza we na Pasteur Antoine Buzuye Ubuhanga nubumuntu bigisha ibintu bumva Bazi kandi nkunda ko baha Ingo agaciro cyaneee Kandi Imana ikunda Ingo cyanee Pasteur Nsenga Indeed your amazing ❤❤❤ Iyo mba Umu Christu nasengera Iwawe
Imana ijye iguha umugisha
Gusa nukuri urakoze kunyigisho zawe tuzagerageza abadamu dukundane nimiryango yabagabo bacu
Uvuze ibiribyo rwose🙏🙏
Ndanyuzwe nukuri
Umva itorero rigufise rirahiriwe uri umunyabwenge cane utanga inyigisho zubwengecane Imana igukomeze cane.
Inyigisho nziza
Imana iguhe umugisha Pastor. Uzi ubwenge pe yibe buri muntu wubatse wese yaba umugore cg umugabo bose bajya bumva inyigisho zawe hahinduka byinshi mungo.
Ariko rero sinanareka kuvuga ko iyo wigisha tukureba aribwo twumva neza. Lol...
Ubutaha Camera ntizabure
Mura koze cane ukuntu mutwigishije neza haraho ngeze ntari nzi
Pastor Urakoze cyane!Twese mu rugo bitewe na background ya buri wese hari aho usanga bigorana.Gusa ngukundira ko udaca ku ruhande,inyigisho zawe zahinduye byinshi iwacu .Imana iguhe umugisha mwinshi!Ntituragera aho umwanzi atatera ibuye,ariko Imana yagize neza!Imana iguhe kumenya gusangira umubabaro n'abo twashakanye!
Gusa pastor urakoze pe. Arikose hariya uvuzengo kumubwirango arega narinabibonye,umugiriye inama akabyanga nyuma bikanga wamubwira ngwiki?
Ndagukunda pee uvuga ibyukuri kd wijyisha neza mume nimero zumukozi wimana uraba upfashisha
Uzadushakire iyigisho kuri ba mukase wabantu
Jew nasanz Urugo rwiza n chance
Pst izo ngingo uvuze ko aba gore benshi badakunda iwabo wumugabo bibaho pe
Ariko Kuba amabanga yurugo asohoka byo nikosa ryabagabo kuko ntibajya bashaka kuganira k ucyibazo cyabaye Kandi bagasa nkaho nta cyabaye washaka ko muvuga k ucyibazo akagukwepa kuko aba azi amakosa yakoze Kandi nta shake ko mubivugaho
Ubwo rero Hari igihe umuntu abibwira incuti ye kugira ngo aruhure umuti ma uba urushye
Byose bipfira mukutaganira
Nukuri pe umugabo mudashobora kuvugana kukibazo cyabaye ahubwo agaceceka biragoye cyane.
Kandi biragoyr kubika ibikubabahe mumutima . Kdi iyo bikubanye byinshi ahubwo usigara warabaye nkindodogozi.
Ibyo uvuze nukuri 100%
@@JaneSaba7 kbsa birababaza
Communication yubaka urugo GUSUMBA izindi Options ZOSE:bamwe bavuga urukundo mugabo ntarukundo rukura mutayaze,kumugore hoho atabwiwe utujambo turyoshe ivyo wokora vyose ni sans kintu
Man ump ubwenge bwokubak urugo gwanje 👏👏
Om
Pasta ngukunda byihariye
Pastor Ngukurikirana igihe cyose ndi mugihugu cya Mozambique.Wakorera Imana ukampa numero yawe kugiti cyawe ko hari igitekerezo nshaka ko umfashamo kandi kihutirwa.
Uvuga ukuri ijana kwijana
Paster , iki kiganiro kiradufashije burya nyokobukwe burya ni umubyeyi wawe
Ndagukunda nkabura icyo nguha rwose,lmana ikomeze ikugwirize ubwenge nukuri.kandi natwe lmana idushoboze kuganduka nkuko bikwiye
Imins yos avug ibint vy ingooo
Justement ce que la femme veut Dieu le veut
Ibi ni ukuri , abagore bisubireho
Yegoko
Nkunda inyigisho zawee pee ndazikunda paster
Cyane cyane nkunda izijanye numuryango nabubatse Imana ijikomeza kukugwiriza lmpano
Amen
Wibasiye abagore kweri
Abagabo bakunda abagore binjiji kugira babifatire kuko bagira ngo umugore aciye ubwenge ntaba akimutegeka ngo amwifatire kuko umugabo ntaba ashaka ko umugore atera imbere kumuruta canke kugira amahera kumuruta aba ashaka ko umugore aguma hasi yiwe kugira amutegeke kandi abagore barashonoye naciye ubwenge kurusha abagabo niyompamvu abagabo bagira jalousie yabagore. Abagabo baba bashaka ko abagore babubaha kandi babica babakubita Babacar ibijuju babereka ko ataco bashoboye kandi bashoboye. Nicogituma muri afrika badatera imbere imyiyumvire vyacu biracari hasi cane. Umugabo yirukana umugore ngo yavyaye abakobwa bakibagira yuko aribo batanga sex yumwana ugasanga umugore ahobwa ubusa agakubutwa. Ivyo vyo ko mutabivuga?
Abo ni abo twakwita " sugabo, sous gabo". Biba byiza iyo ubana n'umuntu ugufasha iyo unaniwe. None se umugabo abaye ikimuga cg bakamwirukana ku kazi cg agafungwa ? Hakurikiraho bwaki n'ubitindi
Ahubwo abagabo nibo basohora abanga yurugo hanze kandi ndibazako mtamugore wumutima wareka kubaha umugabowe naho ibyo kurusha umugabo ifaranga ntaho bigutiye nokutamwunvira ahubwo abagabo nibo bikengera byakagombye kuba arumugisha itashe murugo kuko udamu akora ahubwo
Ibyo watuvuzeho ubu bikora abagabo itaranga ingo hanze nibindi nkibyo
Ariko umudamu mwiza ukwiriye nuwubaha umugabowe
Sha uvuze ukuri ababayeho nkanjye,batagira ijambo mu rugo,bampe Like.
Ubwo rero ni ukwigira injiji ukikiriza ibyo avuze byose.
Iki kigisho sinjya mpaga kucyumva, kiravuga ukuri, abo tubyumva kimwe mukore share dusangize abandi ,twubake umuryango
Unomusi warwanije abagore pe. Nahorambona ubavugira ndagushima none unomusi vyabaye contraire
Ndacyarumukobwa ariko ndumva ukunguku arikomeza, mbega Uwiteka niwe wogufasha abagore pe
Ni iki gituma wanga benewabo w'umugabo, ntacyo, byose biterwa nuko bakwakiriye. Iyo bakwakiriye neza uba umwana mwiza iyo bakwakiriye nabi uba umwana mwiza. Naho ubundi ntacyo twakagombye gupfa.
Ariko Mana yanjye ndumiwe koko. Akantu ko kuganduka nk'uko itorero rigandukira Kristo ni ubu nkumvise. Ariko Hatabayeho gutanga ingero umuntu ntiyakwiretrouva. Mbega kurondorwa mpuye nako. Ariko 2 bya nyuma sindimo pe. Ariko 3 bibanza ahubwo ndababaye pe, nari nzi ko ndi Malayika. Ubu se uyu mutware ndamuhoza nte ? Ngaho nimumpe therapy yanjye yihariye kuko ndumva Mbabaye pe.
Hahaahh ibyo nukuri abagabo ntitumenya ko ibiciro byahindutse
Nshuti zanjye uvuga aba atarabona .nimwubake abagize amahirwe yo kubakana nukeneye kubaka .kdi mubere maso ingo zanyu
Abagabo benshi ntibaganiriza abagore babo niyompamvu rero kenshi iyo bafise ibibazo babivuga hanze kuko abagabo ntibafate umwanya wukwumviriza ibibazo vyabagore babo. Kandi iyo ibibazo utabivuze kenshi nukugira ingarukambi vyiza nukubivuga kugira bakugirire Inama
Igituma abagore bagira ibibazo nabiwabo yumugabo donc bashiki bumugabo canke banyina babagabo..nuko hari igihe usanga abitaho canke yama ariwabo Hama ugasanga umugore abuze place yiwe yubugore murugo rwe ugasanga umugabo ntacitayeho umugore we ukamengo umugore ari délaissée niyompamvu bizana problèmes kandi nukubimenya ko abagore bakunda ko abagabo Babi babitaho babana hafi babereka ko babakunda bababwira utujambo twiza... Rero hari abagabo ivyo bavyibagirwa nibaze bitaho abiwabo ariko ntibibagire ivyo abagore babo nabi bakeneye kugira biyumve neza bagire place murugo rwabo bulbe ko barikumwe nabagabo babo murugo canke umugabo agiye iwabo akajana numugore kugira umugore adasigara avuga ko umugabo yagiye mukanama iwabo kugira bamuvuge ntahure ngo harivyo umugabo yamuhishe abagabo nibo bakeneye kuraba ibitobangamira abagore babo bakabiganira. Ikibazo nuko umugabo ntafata umwanya wokuganiriza umugore we kugira amubaze nimba hari ibimubangzmira kugira babikosore.
Gusa ikindi kibazo kumiryango yiwabo wabagabo iho babonye umugabo agufashe neza aguhahira akwambika birabababaza ntibaba bashakako umuhungu wabo abafata neza
Hari imiryango yisanga wabarongowemwo bakakwanka n'aho wogira akigoro mbere n'umugabo akakubwira nabi babona .
Hari n'igihe usanga wewe atakumviriza n'a rimwe kiretse ashaka igitsina .
None se abagore ni ntibumiwe abagabo kwirirwa mundaya gutaha batevye kutaba mungo kutitaho abagore babo gukubita abagore kubica kubasuzugura .... Natwe bagore twarumiwe abagabo mukuja mubandi bagore twarabibahebeye kuburyo baja nokubayaya babo kandi abagore babo baraho canke bakarongora abakobwa babo ngo bagiye kukazi kumbe bakatiye kundaya zabo natwe twarumiwe
Bikunze ntan'uwo kubwira ahari Ubu. Abantu barabaye nabi. Turabivuga ariko ntaco bimaze.
Wow
Muriko munshiremwo imizigo Ku bagore cane nk'uko umengo imiryango yacu ni obligatoire KO babera imisaraba ingo zacu .
Gusa muribibihe turimo abagabo ishingano nyishi bazihariye abagore nibihe byanyuma pe
Ndashobora kubona phone number ya pastor Senga please?
Mana uzandinde umwuka wa zereshi
Amen 🙏
IMANA IDUTABARE UZIKO NDAMUHOZA KUNKEKE KWIKOSA ABAYARANKOREYE UMWAKA UGASHIRA NUWUNDI UGATANGIRA NIYABA ABABARA ARIMUGUPFA😂😂😂
Erega soumission ntabwo ari ukuba umu esclave yumugabo
Mu rugo ahubwo niho uhita umenya byinshii bishyashya bitandukanye nibyo wabonaga bagutereta yoo mana we
None ko mwirengagiza abagore birirwa bakubitwa bicwa barazwa inzara batabwa nabana babo ? Kuki vyo mutabivuga kandi hari abagore bagowe bafise ibibazo babuze nababafasha. Ahubwo iyo lwirikuba mutwereka ivyo mufasha Abo bagore bafise ibibazo mungo zabo ariko ntimujaho gusa muvuga sans action
Sasa akisema twende baaa akuna pesa utaenda nanini past pesa zamwanaume kila dakika nitamu tu nalanuni mwanamuke niua sio wakutumika niwakuzaa nakuandaa mumeo tu
Ntakwibasira rero abagore ngo bavuze amabanga yurugo nukuraba impamvu babivuga nuko kenshi abagabo badatega amatwi abagore babo ibibazo bafise ntibabe hafi yabagore babo niyompamvu usanga abagore kenshi bama umengo ntamunezero bagira kubera ibibazo bafise murugo bidakemuka adafise nuwo abiganiriza umugabo ni sindabibazwa mbere ugasanga ataha rimwe mundwi none muba mushaka abobagore babigenze nte . Ugasanga intuntu yarabishe
ZQshi
@@sandrinevumiriya7636 IP ulm
igihe mwasezerana kowemeyeko uzomubikira ibanga nonese uribika hanze?niba atakubaye hafi ihangane usenge ntacoroshe wasanga uwariwo musaraba wawe,kuba umugabo wawe atakubonera umwanya s'impavu yogutwara amabanga yanyu hanze,nivyanagushikira uzovyihane kuko n'amakosa ,kand'abagore turavugavuga ariko nivyanagushikira ukavuga umugabo wawe hanze umenye kw'amakosa,uba wivuze ubwawe.ntampamvu n'imwe rero numva yotuma utwara amabanga y'urugo hanze
Kuvuga biraruhura,
Kuki ucira urubanza abagore kandi kwisi aribo bagowe?
Kuki afrika twama turi mubibazo kandi tuzi kuvuga? Nuko ivyotuvuga ntitubishira mubikorwa biherera mumajambo gusa
Kandi nukuraba kwisi abagowe nibande? Nabagore canke nabagabo ? Nabagore nibi bama barira kubera amagorwa baterwa nabagabo babo rero ntimugashure amakosa mubagore. Nabagabo batazi gukurikiza inshingano zabo . Abagabo baratereta abagore babo bababesha babereka uki batari hama babashikanye munzu babagabo bagaca bahinduka intambwe inzoka ntibiyeho abagore babo. Nawe wavyivugiye yuko abagabo babesha abagore babo mukubatereta niyompamvu rero nomurugo bipfa none ikibazo wumva Kiri kuribande? Sabo bagabo babesha abagore babo niyompamvu Imana yumvira rero abagore bakaramba
Rwubaka ababiri kandi ngo l'union fait la force. Buri wese agomba kuzana umuganda we ( ubushake bwo kubaka rugakomera).
Umuryango ushatsemo wagombye kuba famille yawe. Gusa, hari abantu bikunda, wakwitwara neza, bakagufata nk'iinjiji.
Kuki umugabo amahera ye umugore atamenya niyo yayashize? Atamenya irengero yayo? Akayajana mundaya nomukabare abana bakabwirirwa umugore akabura igitenge... Kuki ayumugore ariyo yoca atunga urugo kandi umugabo ayakoresha nabi uko yishakiye akarinda ahera umugore ntanaronswe n'a ration yabana? Nimba yose arayo gutunga urugo kuki none umugabo aronse amahera ayatagaguza ukonyishakiye mundaya nomububare kuburyo atitaho famille nurugo ukamengo ayiwe nayukwonona gusa ugasanga abana barabwirirwa.. Abagabo nibaze bakurikiza inshingano zabo. Sibo bavuga ngo nimitwe yurugo none kuki baraba imifuko yabagore babo? Nimba ari imitwe nuko vyose biba biraba umugabo apana umugore. Sibo bavuga ko araba chef abagabo ? None muri chantier iyo ibintu bipfuye chantier igahagarara babibaza nde? Si chef? Ntibabibaza umu ouvrier. Nomurugo nuko iyo murugo atakigenda umu responsable ni umugabo. Umugabo niwe urongora umugore akamushira iwe akamutunga akamwambika akamuha nivyarya vyose umugore aba ari kugatwe kumugabo nabana babo kandi umugore ashika kumugabo asanga vyose biri murugo atakibuze. Gusa umugore ashakisha abishaka araparticipa mugutunga urugo abishaka ntabwo ari obligée. Uwuri obligée numugabo kuko niwe chef de chantier niwe abibazwa iyo murugo hari ikibuze iyo abana bataronse ibipfungurwa ainsi de suite. Sinon mwese muba mubaye aba chef murugo muba mubaye aba chef de chantier 2 kandi hategerezwa kuba umwe. Kandi abagore ni bakoresha neza cane amafaranga kurusha abagabo naho bavuga ko bayatagaguza. Iyo murugo umugabo yabuze ration aha umugore, umugore ntabura ico ateka agaburira abana barazi uko biraranja kandi udufaranga aba afise naho tuba duke atamenya uko adukoresha tugakwira.
@@SN-wb3gm Umugabo ujyana ibyagatunze urugo mu ndaya, aba ari umugabo mbwa. Ndi umugore we, nta gaciro namuha !
Natweturanezegwakukuntumutwitah
Ivyo uvuga ni théories nukuja muri pratiques nayo kuko gupratika ibintu nivyo bigoye. Kuvuga vyo biroroshe
Hugo ni ukweli mtupu