Это видео недоступно.
Сожалеем об этом.
Umukobwa ushaka imibonano cyane||Ibimenyetso bizamukwereka||ibi ni ingenzi kubimenya||IREBERE
HTML-код
- Опубликовано: 30 июн 2020
- Niba wifuza kuvugana natwe cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri +250739200401 ushobora ndetse no kuduha inyunganizi
#chitamagicTV #juliuschita
Ni mushake Ubwami Bw'Imana ibindi byose muzabyongererwa!!!... Ibi byose mwigisha nubushizi bwisoni.... Muzabaze Baso nabanyoko ko bigeze bigisha bene Ibyo ark barababyaye.... Rero mwitonde cyane Mutazaba abafatanya bikorwa na sataniii....
Murakoze ndabasabira guhinduka mukamenya ko ibyo mwamamaza ntakamaro bifite
this is so crazy ngo ndashaka gutaha, nsigaje isaha imwe , ndashaka kuryama ohhhh my God gyalz your so amazing
Konkunda madederi nzamubona gute icyokigaro twagigutse cne courge🤙✋❤
kweli nawe madedeli nahougeze
muzabaze baso nabanyoko niba
ibyobarabyigichije ark bubatse Ingo zirakomera
Muri abakobwa beza pe! Mwigishe society, we thank you for
Thanks gusa umuhungu nawe abafite umubiri ntabwo umukobwa yarinda akora izo gext zose umuhungu afatwa vuba cyane kbx nkaswe noneho bakundana
Murabakobwa ibyo muri kuvuga bimwe mubyiyumvamo kdi namwe mujya mubishaka nimutubwire iyo mwabishatse uko mubyumva mwebwe ubwanyu
KUTOKA RD CONGO 🇨🇩🇨🇩🇨🇩 KINSHASA NAWA PENDANA SANA ❣️ YA NI BYOSE MUKO MABI NTI MREMBO JET'AIME BEAUCOUP ❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Dukunda ibiganiro mudahwem kutugezahoy turabakunda ❤❤
You guys are so funny and interesting....I liked your show. Girls are complicated creatures
Muri intwari vraiment icyo mbashimiye ko mubikora neza kdi mukinyabupfura. Muri abanga cyane.
Kdi mukinyabupfura
2a
Ariko ubwo muramamaza ubusambanyi koko? Ngo Umukobwa ushaka iki? Ibyo nibyabantu bubatse sibyabakobwa cyangwa abahungu. Gusa niba ari business mukora go ahead.
It's good to be open thanks very much, am watching here in Kampala ug.
Hi
Yes congratulations ndabakunda cyane mujye mukomeza mutugezego inyigisho nk'izo it's ok ubakunda to come from Tanzania.
Thanks for teachings
It depends on what you want from someone. On my behalf sex is an extra bonus in love, so someone can do that because of love while another one can do that because of last.
Kbs mukoze ikiganir cizaa.😂😂😂 Sandrine uranyish kbs ark mwirinde kuryamana mutarubakana.
Chita magic 🙋🙋
N Danger😋😋😋😍😍
Kubwanyu ,ni kuki umukobwa bu muco nyarwanda atavuga ico ashaka?
Abakobwa beza bahawe amahugurwa noneho ubyumva bamaze gupima da. Ukaba wabibonye nawe gonga like ngaha.
Sandrine! 😊😊! Ibyo bimenyetso ko numva bikaze ra! Anyway courage
Nuko nuko bana banjye mumaze gukura😅
😂😂😂😂😂😂😂🤚
Hhhhhhhhhhhhhhh
Hhhhhh! Baravuga ibintu bazi neza!
Ibi nibyo rwose
Chita,madederi umuhe akazi nukuri yaba ari trio nziza
wow mpise mbakunda kbx nimubishyire hanze byox kbx ndabafana
The truth girl ubundi kumenya ukuri nibyo uramenya ingene witara so thx love u
Y’all are good at that kbs
Ibi bintu mwarabikoze da ukuntu mu bivuga mufite experience hahaha ntimuntere amabuye nivugira ga.
Wawaaa! Their very expert, guys who not yet married you should taget those
I like that iki kiganiro nicamber vrt✌️
Listening in uganda from kenya
Courage warembo
Ubwo incitse xnazavuga ko nageze kuki❤❤❤
I like your program guys but seriously 😘
And you are all full of a sense of humor
nonese mubaye mudakundana yakoresha ibimenyetso bimwe cg habaho izindi mpinduka ndabakunda cyane
I liked the way y are so open today 😍
Am watching from Uganda thanks guys i like ur program keep updating us
ibiganiro byanu ni byiza sake of efficiency & confidential please : Mujye muduha inkkomoko yayo makuru y'ibyo bimenyetso
It's very good for that dialogue
I lik ur style sandrine👍
Muribeshya cyane ariko gusaba umuntu ko muryamana ntibisobanuyeko udafite gahunda yo kuba mwabana kuko hari n'ababana barabyaranye, ibyo ntago bihuriyevrwose.
Nezejejwe nuburyo mugenda mutegura ibiganiro vyanyu mpita ndakora Subscriber Form Bdi♥️
My first time to watch your channel but you are really on point. Interesting love story
Ndabakunze,cyanee blue one
Muri beza kweli
sha ibyobimenyets
muvuze byagiye bimbaho
nkayoberwa ibyaribyo kumbi niyogahunda yewega yewega
naratutswe byanyabyo kuberiyo gahunda noe ndabimenye bazongere
Hanyuma uwafunguye ibipesu byishati ashaka iki ubwo 😂😂 mumpe like kubabonye ibyuwo mukobwa ashaka😂😂😂😂😂
Chaîne ya Chita Magic mwayononnye kabisa,Chita ntibihura keretse niba barayigushishuye(Chita)
Girls, hari tricks abakobwa b'Ibirara bafite, ugasanga afite abahungu 2. Bisigurako ajya kuryamana nuwo badafitanye gahunda ya future.ariko uriya aziko bazabana akamwima kugirango aboneko ari serieuse kandi ajya guha abandi bahungu. Kuba umukobwa yashakako babikora numuhungu haraho byaba biva kurukundo bidasigurako ari wawundi yaha uwabonye wewe.
Muriko murabesha kko hamwe wopkwihangana mukabikora mugize mariage ugasanga ntavyazi wow mwocamuvana rekarero kutubesha muri mwebwe mwempi mwarabikoze reka kutubesha muribibihe ntawungana namwe akirisugi muca mumitego myinshi kuburyo mutayerengana yose
Disi madederi naherukaga kukubona Wasaze none nkubonye disi ibisazi byashize crge
Aiii
Cg byakomereje aha😎😎😎
@@nyakurirevitte6855 hhhhhhhh !
Uri mwiza pe. Ariko harikibyishy mwitama ryiburyo. Uyo wundi we mukundira ukuntu ansetsa muri papa sava. Ndabakunda mempi ❤
Madede wahisemo kuba mubibi gusa Koko nahugezewirwawasaze namavara none ugeze muribo garukiraho
Mwakoze kunyigisha pee❤
Hhhhhhh uransetaa cyane rwose ngo umukobwa ushaka iki mwamushakiye umugabo c iyo ngeso igashira
Murakoze kuricyo kiganiro muduhaye nitwa Rwemarika Dieudonne
Merci Sana ariko nabakobwa mufituruhara nivyizako nimba mubamukundana canke mwamaze kwinjira kukiganiro ntacotuma atamubwirako yamushatse muze muvugakuko nabahungu birashika bakaba basamaye nivyizako muzamutubwira tukaza turabafasha izindi ngingo nkumuhungu uzifata munyuma @
Ndabakunda
Ariko mwabakobwa mwe, murumva mutari kwigisha strategy yubusambanyi?
namwe mwararangiye pe.
None nibo bobabikwigishije?
abakobwa bari abakera pee!!!
ariko baravuga ukuri
Ese mwabana mwe Mugira ababyeyiii? Cangwa mwarireze.Ese ingene muri beza ariko mukigira abakozi basheni.Oya nukuri ntabwo muhuye nivyo muri gukora. Je nampfuma ngenda n'ibirenge bisa hako nkora akazi nkako. Hinduka mwabana imisi irabashiranye
Can't wait to watch your 2nd part of you guys❤
Cyakz wowewishati ndakwemeye ufugishiju ckur
Miradushimisha,kabisa!!!!
Arakubwira ati"
Ntago ari uti"@SANDRINE
TURABAKUNDA,muvuga ibintu biribyo kabisa 100%
Muri beza by theway👌👌
Tubyumve kimwe nta rukundo nta time yo kunsura naguha ariko ndacyeka ko utarenganya. Amarangamutima y umuntu. Ugukunda kuko hari igihe aba yabuze ibitotsi
Mwabakobwamwe nukuri ibibintu muzabivemo kuko ntibibabereye pe ahubwo eloguence yanyu iberanye nokubwiriza ubutumwa bwiza buvana abantu mubyaha
Yurahari duhatiriz nagukunde
i like u program thank you
Musa nababiryoshyap peee❤❤❤❤❤❤
Thanks alot for the information!!!u girls are so beautiful and smart!!I learned alot from you!!
Keep it up guys?😂💪🏾
Uziko aribyo harumubaby nibutse wageze aho ha ngo tubyinane ibibintu rwose nibyo kbsa byinshi muribyo ndikubibona muri past yanjye na M
Comment y’a Samusure Ntago yaburamo rwose hahahahaha 😂😂😂
Abakobwa bikigihe abenshi bambara utuntu tugufi cyane ubwo rero bababashaka kurongorwa
Ni,byoooooo Goseeeeee Mwubahwe muzigukora ubushakashatsi 😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅
❤❤❤❤muri beza pe!
Namwe niko mu genda mwambaye yo mubishaka izo mini mini?
I stayed with my wife for almost a year with that feeling on her but without telling her, then dated her for five years coz without having sex. I during that period it was like painful but insisted coz of that wife material I saw in her.
Ko mura bakobwa iyo mwebwe mugiye gusura abakunzi banyu mu giye kubaha muba mwambaye mute?
Ndabakunda cyane kubigsniro mutugezaho
Nc kbx mukomerezaho
Amezi 7 nimenshi ahubwo njye urengeje ukwezi utaradukora njye naba nagukatiye kko ntamukobwa ubaho wamara two months wikigihe atararyamana
Abakobwa bafite ubushyuhe na bahungu bafite ubushyuhe
Imbere cyane ntanubwo byagera Aho akora ibyo byose ntacyo ndibwira😂
😮😮😮😮😮❤
Good
Aha!madede,ndumva umuceri muwushyize hanze!
Ibyo muvuze byose nukuri, research mwarayikoze pee. Gusa ababishobora nibake. Kuko nubwo umuntu mwaba mukundana singombwa kuryamana. Kandi ufite gahunda yokugushira mumago ntashobora kubikora wamwishinjijeho gutyo. Nanjye ndi umuhungu sinaba nkimushatse peeee.
Ibyomuvuga nukuri mwarabingenzuye .murakoze muricyocyiganiro cyanyu
Ibyuvuga nukuri SST
0788800921
0788800921
0788800921
None se abasura abahungu bambaye ipantalo kdi bagiye gutanga ibintu bo mubavugaho iki?
Abakobwa bafite ubushuhe na babahungu bafite ubushuhe
Ababakobwa bafite ubushyuhe naba Bahungu bafite Ubushakee 😂
@@aaronmukama mutumye nseka🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Murakoze pe
Ndabasuhuje cyane
Nange ibyo bimenyetso byabaye nkimibsi 3 ndetse akandyama no mugituza Noeho nge nkamererwa nabi ariko nkifata pe tukamarana nkamasagha 3tukaryamanà akambwirà amagambo ye abayahindutse. None asigaye anyanga Cyane menya ahari nkabya kwifata Kandi Bina ntera isoni ubwo ndimuzima
uri muzima komera igihe kizagera
uri muzima komera igihe kizagera
Sha nukuri mumvugiye ibintu nuko aza ambwira kdi ntiturabana iyo mukozeho aranguruka
Not aravuguti,it's aravugati,aragirati,aramubwirati......
Ibi ni uburaya murimo kwigisha urubyiruko gusambana!!!
Nonese ko wigisha ibintu nawe utizeye!!! Gs turabakunda anywhere!!!
Kandi ibyo namwe mujya mubikora!!
Yewe ndemeye muranyemeje pe!
Murakoze kuribyo bintu mutubwira ,ningirakamaro,
Ababyeyi baba baramuguhaye NGO umuteteshe.
Nimba murikwigisha ikintu
Make sure abaricyo mwigisha
Other things other time
Cyangwa mube mwa menyeshej abantu ko murabyigisha
Namwe niko mubigenza x ?
Mukomereze aho kbx
Mwateguye ikiganiro cyiza jyishimishije murakoze kbs.
Murintumwa za satani ariko yesu araje abirangize.ubwose harya ngonukwihangirimirimo
Inyigisho nizihe muri gutanga?
❤mujo kwamemuduteta dyaa
Nga