Размер видео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показать панель управления
Автовоспроизведение
Автоповтор
Urakoze Mukozi w"Imana Imana iguhe umugisha ❤Habwirwa benshi hakumva beneyo uwo kumva arumvise urakoze cyaneee
Icyacumi ndimo sinabasha kukishyura Uwiteka ambabalire cyane weee !!!
Urakoze Muntu w’Imana, imitima yacu ikeneye roho mutagatifu adufashe gutunganya ingendo zacu kuriy’isi.
Yesu weee!!! Urimo umwuka wera mbega ubuhanuzi weee!! Imana idutabare weeee!! Ubu nzaherahe nishyura amadeni y’ Mana cg mpigura imihigo yayo ndihanye Mana weee!! Nyeneye ubugingo Mana nyeneye imbaraga z’ mwuka wera weee!!! Ndabona naho ndageze nihana Imana intabare peee!!! Ndatanzwe pee!! God bless you Mukozi w’ Mana. Amen 🙏
Mukozi wimana unsabire imana imbabazi zibyo nakoze byose naragomye ndasaba imana imbabazi ndetse nimbaraga zogukiranuka imana ibidufashemo imana iguhe umugisha nimbaraga
Imana iguhe umugisha
Mana weee,uturengere ndumva ngize ishyaka kd mukozImana urakoze cyaneeeee
Turatsinzwe Imana itubabarire kd Imana ibahe umugisha
Nukuri Imana itubabarire kubwimbabazi zayo kuko impande zose ziratugonga ibyaha byabaye byishi Imana iduhe kwihanira kureka
Imana iguhe umugisha MUNTU WIMANA Imana imbabarire aho natsinzwe yongere inkomeze impe gukomeza abandi impe gutunganya ivyo neza ibitameze neza
Imana ikumpere umugisha mwinshi ubungiye kwicengera nkosore ibidakosotse amen
Imana iguhe umugisha gusa lmana itugirire ibambe iduhe mwuka uzatumenyesha ibizatuma twa.mbuka izo bariyeri mana uzaduhe ijuru ni ryiza
Yooo Ndafashwijwe cyane gose Imana ibahezagire
Amen imana nishimwe iduhe kwaturanokwihana iduhegukora ibyogukiranuka tuzabashe kwambuka izobariyeri zose
IMANA iguhe umugisha mwinshi mukozi w IMANA kutugira inama nukuri ndafashijwe cyane
Murakoze cyane Imana itwambike imbaraga n' umwuka wera Ibihe byose.
Arikose Aya mayerekwa yicyacumi ntabwo intumwa za Yesu zabyigishije ubwo
Imana igukomereze kwizera.
Iman iguhesh umugish
Imana iguhe umugisha mukozi w'Imana
Iman itabarepe
AMEN 🙌 habwa Umugisha ❤🎉
Mana we! Wa musore we urimo umwuka w Imana Yesu aguhe umugisha sinkuzi ariko ndagukunze nifuje gusengana nawe
Imana igukomeze pe ufite ubutumwa buzima rwose bubwira abantu kwihana Imana itubabarire pe.
Imana itugirire neza kuko ububutumwa buradukomereye
YESU nashimwe muvandimwe muri KIRISTO YESU none icyacumi cyange ewe abarewi none ubutabyi bwarewi bugasimburwa nubwayuda ariwe UmwamI wacu YESU KIRISTO kontacyo IMANA yabivuzeho uzadusobanurire kuko ubutabyi bwahindutse
Mukoziwimana Imana Ibahumugisha Ndafashijwe Nububutumwa. MURAKOZE CANE.
Igituma abantu bafatwa nk abarimo abadayimoni nuko bakorera Imana ariko imbuto bera Ari iz abapagani Imana itube hafi
IMANA y urukundo ikongereze aho wakuye
Yesu ashimwe mwenedata umuntu yakubona ate waduba nimero yawe urakoze
Yoooo imana' itubabarire vyukur
Shalome Imana ikomeze kukwagura utubwiye ibikenewe
Ndabona nawuzabona ijuru kuko ibyo nawe bitagonga utarasambanye ntiyatanze amaturo utararanze amaturo yarasanbanye utarasambanye yatandukanye nuwo bashakanye muri make ndabona kuri jyamo bigoye Imana izaritanga niyo izatugirira imbabazi zayo
Imana itubabarire
Ndafashijwe Imana iguhe umugisha mukozi w' Imana.
Urakoze cyane lmqnq iguhe ikigisha imbaraga na mavuta,urakoze kunkqngura,umukwe araje
Imana ibahe umugisha kandi ibakomeze. muzadufashe mubishyire mururimi rw'icyongereza tubihe nabandi
Yego gusa mujyihe bitarashyirwa mucyonjyereza uwo wabona utazi ikinyarwanda uzabimusobanurire mucyonjyerezeza
Imana iguhe umugisha mwene data
IMANA ikwishimire.Ishimwe ko igifite abantu biteguye kuyikorera
Imana ikogere umugisha
Yesu nashimwe cyane, komeza wamamaze ubutumwa mbwiza mukozi w' Imana.
Amen❤ Imana iguhumugish ibibazo.byose narinaraburiye inyishu.ndabyumvise
Amen kubwijyisubizo cyiza wahawe
Murakoze cane ibibirabajewe
Thank you.❤❤❤❤❤❤❤😊😊😊😊😊
Uzagarucye mukozi w IMANA turabigusabye
IMANA iguhe umugisha.ariko ku 1/10 duhe ibisobanuro byimbitse,ese hari icyaha kitababarirwa,usibye gutuka Mwuka Wera.?
Imana Idufashe gushitsa ivyo twumvise
IMANA ishimwe cyane kandi idutabare
Urakoze ibi nibyo narinkeye .
Murakoze gutanga contact
Gusa Imana iguhe ibigukwiriye
Yoooo.urumukozi wimana n'ukuri
Ibyuvuze byose nibyo ubuse komeze kurya ibyacumi byinshi aha Imana idufashe
Yego mubyishyure bizakunda
Kucyacumi ndumva hari urujijo ubwo se uwabyibagiwe azakiriha gute? Kwihana kucyacumi ntibishoboka? Simbyumva
Icyacumi cy'icyacumi cyaratangwaga ,biranditse
Ngibi ibikenewe,Mana mpa imbaraga unshoboze gukorere ijuru hatazagira ikintangira🙏😭 ntibyoroshye arko biraharanirwa
Yesunashimwe ndusabire imbazi kucyacumi nibindibyaha kukoturatsinze qeee
Najye.yesu.andegere
imbaraga namavuta turagukunda none ko nishingiye narumukristo nkaba ntararya igaburo ryera nzarimbuka
Ese Ari yesu nimirimo nicyi cyizatujyeza mwijuru?
True prophecy
Uwiteka adutabare
Nge ndumva bikaze,ubwose ni nde wabasha gutambuka izo bariere.?
Ndatsinzwe pe😭😭
Amen 🙏!
Ukuntu usobanura icyacumi ntago byumvikanye neza uzagaruke aricyo udusobanurira neza
Nanjye ndagusuhuje Damien nubwo bakwise mushyashya turakuzi gubwa neza!!!
Imana ihimbazwe kuko imenyesha cyangwa ikopeza intore zayo uko wakwinjira mubwami bwayo
Biteye ubwoba nibyoroshye
Nonese ibijyanye nibyacumi hariho benshi baba batarasobanukirwa ibyacyo cg amabwiriza yacyo gusa lmana imukore kumaso kd iduhe nubwenge bwo gusobanukirwa byose kd idushoboze byose twumvise hano.Yesu abahumugisha.
Icyacumi juitangwa kivuye mubyo umuntu akoreye atoye ahawe yinyengaho byose agomba kubitanjyira ibyacumi
Mubikurahehe😢
Icyacumi ngo kukishyura uhereye igihe watangiriye ?ubwose usabye imbabazi ntiwatangira ako kanya.
Nonese kubyerekeye icyacumi nkumuntu utibuka nkigihe aherucyira gutanga icyacumi yabigenzagute ese asabye lmana imbabazi agatangira lmana ntiyamubabarira? Akajya ajyitanga nuko bikwiye?
Muduhe Numero zuwo muvuga butumwa
None izindoke zabo zisobanuriki, uyumuhanuzikazi, nuyumusore
Mwisezerano rya kera ndumva icyo tutemerewe arugutamba inuma cg intama nibindi.niba icyacumi ikiriye utababarirwa utakishyuye ? Ndumva aribindi tutamenye
Ubwose ubaye ufitiye umuntu ideni hanyuma bigatinda utarayabona Wazayabona wamuntu ukamushakisha ukamubura byegenda gute kd udafite ahonimubariza?
Kambayeho pe ndumva bikaze
Nonese umuntu upfuye yiyahuye ubwo ko igihe kibakitageze ubwo bigenda bite? Cyacyapa kiza ugiye gupfa .
Nkunze ko nawe utubwiye wibwira .Dada yongere agusure
Imana lguhe umugisha.Twariturambiwe amatiku yabigira ababishop,Abaposo,nabandi nkabo.
Munduhe nomero ye tumubaze icyibazo gusa twamukunze afite amavuta yI mana
Kurubu abakristo beshyi bataririmba bakabwitiza bakayobora no gusenga, ariko ku igabiro dyera bakitahira hagasigara bakeya nka 1/3 nibo basigara
Shawe nawe wingenzure mbariyeri izagufata kuko dumva ugomba nawe kwikotorora uburyo ubanye nabandi kuko ntambuto gosa ushoboye kuba icyapa
Ndahahamutse 😢
None ko jyewe mfite ikibazo cyo kucyacumi ntabwo nagikiranutseho Kandi kwishyura biragoye kuko sinibuka icyo ntatanze uko cyingana ngo mbone uko nkishyura mugore inama
Muraho none se n'ingurube irimo kotuzi arikizira?
Hoya ntatungo rikizira soma ibyakozwe 10:10-15
None nkubaze nirihe dini rizatugeza mu ijuru ko arimenshi mbese abatagira idini bazarimbuka q
Icyacumi ni danger kizadutangira tu,ariko uzabisobanurire abantu neza kuko benshi ntibazi aho gitangwa,benshi bagiha abashumba kdi gihabwa abakene imfubyi nabapfakaziAbashumba bagihabwa ryari
None se umuntu upfuye agikizwa agahita apfa ,yambukira kuki?
Ararimbuka
Nonese iyo umuntu apfuye ahita ajya kuri izo bariyeri? Ko hari umuhanuzi wavuze ngotuzacirwa urubanza Ari uko impanda yavuze
Mana weeee umbabarire ndatsinzwe peeeeee
Yewe nta comment ahubwo ntamuntuwokwizerwa kuko inyigisho zabaye myinshi mwisi noneho uribazango nisanze muri ibibyaha wabyaturira nde
Na nimeroye itakibaho
Uturengere mana
😂😂😂😂😂😂😂.Ariko ubutunzi ko Imana yabuhaye abantu nk, ibyo kwifashisha muri ubu buzima bwo ku isi Kandi buri wese agomba kubuharanira.Ibyo uvuga n,ibiki?Imana se icyeneye ibivuye muntoki z,abantu?Ninde wagutumye ngo uze gusahura abantu ukoresheje ayo magambo yawe?
👂🦻Eee?ndunva niba rifite condision zingana guryo🤷 tutazarijyamo🏃🏃🏃🏃🏃 nonese amaraso ya Yesu nki gitambo yaba yara koziki konasomye? ngo niwatuza akanwa kawe ko yesu aru mwami uzakizwa?🏃🏃
Yesu yishyuye I byaha byacu ark yesu yaravuze ngo yohana 10:47-50
Kwatura ningombwa
Yego kwatura ningombwa yakobo 5:16
Ariko narimfise ikibazo nkokuri benedata bamwe nkaba CATHOLIQUE mwisangira barya kumubiri kumaraso batanywako nabo bizogenda gte?
Kuko batanywa amaraso bazarimbuka kd bubararira nibijyirwamana ngo ni Mariya
Ntamubiri utagira amaraso byose n, ukwizera no kwemera kuko n, umugati murya si umubiri buriwese abe uwejejwe mu itorero rye
Imana iguhe Umugisha
Imana iguhe umugisha pe ndatsinzwe nubwo bitoroshye ariko dushobozwa byose na kristo uduha imbaraga. Imana yamahoro impe imbabazi rwose
Iguhe nubushozi utunganye ibyo wasanze bidatunganye mwizina rya YESU
Urakozecyane mana muhe umugisha
Urakoze Mukozi w"Imana Imana iguhe umugisha ❤
Habwirwa benshi hakumva beneyo uwo kumva arumvise urakoze cyaneee
Icyacumi ndimo sinabasha kukishyura Uwiteka ambabalire cyane weee !!!
Urakoze Muntu w’Imana, imitima yacu ikeneye roho mutagatifu adufashe gutunganya ingendo zacu kuriy’isi.
Yesu weee!!! Urimo umwuka wera mbega ubuhanuzi weee!! Imana idutabare weeee!! Ubu nzaherahe nishyura amadeni y’ Mana cg mpigura imihigo yayo ndihanye Mana weee!! Nyeneye ubugingo Mana nyeneye imbaraga z’ mwuka wera weee!!! Ndabona naho ndageze nihana Imana intabare peee!!! Ndatanzwe pee!! God bless you Mukozi w’ Mana. Amen 🙏
Mukozi wimana unsabire imana imbabazi zibyo nakoze byose naragomye ndasaba imana imbabazi ndetse nimbaraga zogukiranuka imana ibidufashemo imana iguhe umugisha nimbaraga
Imana iguhe umugisha
Mana weee,uturengere ndumva ngize ishyaka kd mukozImana urakoze cyaneeeee
Turatsinzwe Imana itubabarire kd Imana ibahe umugisha
Nukuri Imana itubabarire kubwimbabazi zayo kuko impande zose ziratugonga ibyaha byabaye byishi Imana iduhe kwihanira kureka
Imana iguhe umugisha MUNTU WIMANA Imana imbabarire aho natsinzwe yongere inkomeze impe gukomeza abandi impe gutunganya ivyo neza ibitameze neza
Imana ikumpere umugisha mwinshi ubungiye kwicengera nkosore ibidakosotse amen
Imana iguhe umugisha gusa lmana itugirire ibambe iduhe mwuka uzatumenyesha ibizatuma twa.mbuka izo bariyeri mana uzaduhe ijuru ni ryiza
Yooo Ndafashwijwe cyane gose Imana ibahezagire
Amen imana nishimwe iduhe kwaturanokwihana iduhegukora ibyogukiranuka tuzabashe kwambuka izobariyeri zose
IMANA iguhe umugisha mwinshi mukozi w IMANA kutugira inama nukuri ndafashijwe cyane
Murakoze cyane Imana itwambike imbaraga n' umwuka wera Ibihe byose.
Arikose Aya mayerekwa yicyacumi ntabwo intumwa za Yesu zabyigishije ubwo
Imana igukomereze kwizera.
Iman iguhesh umugish
Imana iguhe umugisha mukozi w'Imana
Iman itabarepe
AMEN 🙌 habwa Umugisha ❤🎉
Mana we! Wa musore we urimo umwuka w Imana Yesu aguhe umugisha sinkuzi ariko ndagukunze nifuje gusengana nawe
Imana igukomeze pe ufite ubutumwa buzima rwose bubwira abantu kwihana Imana itubabarire pe.
Imana itugirire neza kuko ububutumwa buradukomereye
YESU nashimwe muvandimwe muri KIRISTO YESU none icyacumi cyange ewe abarewi none ubutabyi bwarewi bugasimburwa nubwayuda ariwe UmwamI wacu YESU KIRISTO kontacyo IMANA yabivuzeho uzadusobanurire kuko ubutabyi bwahindutse
Mukoziwimana Imana Ibahumugisha Ndafashijwe Nububutumwa. MURAKOZE CANE.
Igituma abantu bafatwa nk abarimo abadayimoni nuko bakorera Imana ariko imbuto bera Ari iz abapagani Imana itube hafi
IMANA y urukundo ikongereze aho wakuye
Yesu ashimwe mwenedata umuntu yakubona ate waduba nimero yawe urakoze
Yoooo imana' itubabarire vyukur
Shalome Imana ikomeze kukwagura utubwiye ibikenewe
Ndabona nawuzabona ijuru kuko ibyo nawe bitagonga utarasambanye ntiyatanze amaturo utararanze amaturo yarasanbanye utarasambanye yatandukanye nuwo bashakanye muri make ndabona kuri jyamo bigoye Imana izaritanga niyo izatugirira imbabazi zayo
Imana itubabarire
Ndafashijwe Imana iguhe umugisha mukozi w' Imana.
Urakoze cyane lmqnq iguhe ikigisha imbaraga na mavuta,urakoze kunkqngura,umukwe araje
Imana ibahe umugisha kandi ibakomeze. muzadufashe mubishyire mururimi rw'icyongereza tubihe nabandi
Yego gusa mujyihe bitarashyirwa mucyonjyereza uwo wabona utazi ikinyarwanda uzabimusobanurire mucyonjyerezeza
Imana iguhe umugisha mwene data
IMANA ikwishimire.
Ishimwe ko igifite abantu biteguye kuyikorera
Imana ikogere umugisha
Yesu nashimwe cyane, komeza wamamaze ubutumwa mbwiza mukozi w' Imana.
Amen❤ Imana iguhumugish ibibazo.byose narinaraburiye inyishu.ndabyumvise
Amen kubwijyisubizo cyiza wahawe
Murakoze cane ibibirabajewe
Thank you.❤❤❤❤❤❤❤😊😊😊😊😊
Uzagarucye mukozi w IMANA turabigusabye
IMANA iguhe umugisha.ariko ku 1/10 duhe ibisobanuro byimbitse,ese hari icyaha kitababarirwa,usibye gutuka Mwuka Wera.?
Imana Idufashe gushitsa ivyo twumvise
IMANA ishimwe cyane kandi idutabare
Urakoze ibi nibyo narinkeye .
Murakoze gutanga contact
Gusa Imana iguhe ibigukwiriye
Yoooo.urumukozi wimana n'ukuri
Ibyuvuze byose nibyo ubuse komeze kurya ibyacumi byinshi aha Imana idufashe
Yego mubyishyure bizakunda
Kucyacumi ndumva hari urujijo ubwo se uwabyibagiwe azakiriha gute? Kwihana kucyacumi ntibishoboka? Simbyumva
Icyacumi cy'icyacumi cyaratangwaga ,biranditse
Ngibi ibikenewe,Mana mpa imbaraga unshoboze gukorere ijuru hatazagira ikintangira🙏😭 ntibyoroshye arko biraharanirwa
Yesunashimwe ndusabire imbazi kucyacumi nibindibyaha kukoturatsinze qeee
Najye.yesu.andegere
imbaraga namavuta turagukunda none ko nishingiye narumukristo nkaba ntararya igaburo ryera nzarimbuka
Ese Ari yesu nimirimo nicyi cyizatujyeza mwijuru?
True prophecy
Uwiteka adutabare
Nge ndumva bikaze,ubwose ni nde wabasha gutambuka izo bariere.?
Ndatsinzwe pe😭😭
Amen 🙏!
Ukuntu usobanura icyacumi ntago byumvikanye neza uzagaruke aricyo udusobanurira neza
Nanjye ndagusuhuje Damien nubwo bakwise mushyashya turakuzi gubwa neza!!!
Imana ihimbazwe kuko imenyesha cyangwa ikopeza intore zayo uko wakwinjira mubwami bwayo
Biteye ubwoba nibyoroshye
Nonese ibijyanye nibyacumi hariho benshi baba batarasobanukirwa ibyacyo cg amabwiriza yacyo gusa lmana imukore kumaso kd iduhe nubwenge bwo gusobanukirwa byose kd idushoboze byose twumvise hano.
Yesu abahumugisha.
Icyacumi juitangwa kivuye mubyo umuntu akoreye atoye ahawe yinyengaho byose agomba kubitanjyira ibyacumi
Mubikurahehe😢
Icyacumi ngo kukishyura uhereye igihe watangiriye ?ubwose usabye imbabazi ntiwatangira ako kanya.
Nonese kubyerekeye icyacumi nkumuntu utibuka nkigihe aherucyira gutanga icyacumi yabigenzagute ese asabye lmana imbabazi agatangira lmana ntiyamubabarira? Akajya ajyitanga nuko bikwiye?
Muduhe Numero zuwo muvuga butumwa
None izindoke zabo zisobanuriki, uyumuhanuzikazi, nuyumusore
Mwisezerano rya kera ndumva icyo tutemerewe arugutamba inuma cg intama nibindi.niba icyacumi ikiriye utababarirwa utakishyuye ? Ndumva aribindi tutamenye
Ubwose ubaye ufitiye umuntu ideni hanyuma bigatinda utarayabona
Wazayabona wamuntu ukamushakisha ukamubura byegenda gute kd udafite ahonimubariza?
Kambayeho pe ndumva bikaze
Nonese umuntu upfuye yiyahuye ubwo ko igihe kibakitageze ubwo bigenda bite? Cyacyapa kiza ugiye gupfa .
Nkunze ko nawe utubwiye wibwira .Dada yongere agusure
Imana lguhe umugisha.Twariturambiwe amatiku yabigira ababishop,Abaposo,nabandi nkabo.
Munduhe nomero ye tumubaze icyibazo gusa twamukunze afite amavuta yI mana
Kurubu abakristo beshyi bataririmba bakabwitiza bakayobora no gusenga, ariko ku igabiro dyera bakitahira hagasigara bakeya nka 1/3 nibo basigara
Shawe nawe wingenzure mbariyeri izagufata kuko dumva ugomba nawe kwikotorora uburyo ubanye nabandi kuko ntambuto gosa ushoboye kuba icyapa
Ndahahamutse 😢
None ko jyewe mfite ikibazo cyo kucyacumi ntabwo nagikiranutseho Kandi kwishyura biragoye kuko sinibuka icyo ntatanze uko cyingana ngo mbone uko nkishyura mugore inama
Muraho none se n'ingurube irimo kotuzi arikizira?
Hoya ntatungo rikizira soma ibyakozwe 10:10-15
None nkubaze nirihe dini rizatugeza mu ijuru ko arimenshi mbese abatagira idini bazarimbuka q
Icyacumi ni danger kizadutangira tu,ariko uzabisobanurire abantu neza kuko benshi ntibazi aho gitangwa,benshi bagiha abashumba kdi gihabwa abakene imfubyi nabapfakazi
Abashumba bagihabwa ryari
None se umuntu upfuye agikizwa agahita apfa ,yambukira kuki?
Ararimbuka
Nonese iyo umuntu apfuye ahita ajya kuri izo bariyeri? Ko hari umuhanuzi wavuze ngotuzacirwa urubanza Ari uko impanda yavuze
Mana weeee umbabarire ndatsinzwe peeeeee
Yewe nta comment ahubwo ntamuntuwokwizerwa kuko inyigisho zabaye myinshi mwisi noneho uribazango nisanze muri ibibyaha wabyaturira nde
Na nimeroye itakibaho
Uturengere mana
😂😂😂😂😂😂😂.
Ariko ubutunzi ko Imana yabuhaye abantu nk, ibyo kwifashisha muri ubu buzima bwo ku isi Kandi buri wese agomba kubuharanira.
Ibyo uvuga n,ibiki?Imana se icyeneye ibivuye muntoki z,abantu?
Ninde wagutumye ngo uze gusahura abantu ukoresheje ayo magambo yawe?
👂🦻Eee?ndunva niba rifite condision zingana guryo🤷 tutazarijyamo🏃🏃🏃🏃🏃 nonese amaraso ya Yesu nki gitambo yaba yara koziki konasomye? ngo niwatuza akanwa kawe ko yesu aru mwami uzakizwa?🏃🏃
Yesu yishyuye I byaha byacu ark yesu yaravuze ngo yohana 10:47-50
Kwatura ningombwa
Yego kwatura ningombwa yakobo 5:16
Ariko narimfise ikibazo nkokuri benedata bamwe nkaba CATHOLIQUE mwisangira barya kumubiri kumaraso batanywako nabo bizogenda gte?
Kuko batanywa amaraso bazarimbuka kd bubararira nibijyirwamana ngo ni Mariya
Ntamubiri utagira amaraso byose n, ukwizera no kwemera kuko n, umugati murya si umubiri buriwese abe uwejejwe mu itorero rye
Turatsinzwe Imana itubabarire kd Imana ibahe umugisha
Imana iguhe Umugisha
Imana iguhe umugisha pe ndatsinzwe nubwo bitoroshye ariko dushobozwa byose na kristo uduha imbaraga. Imana yamahoro impe imbabazi rwose
Iguhe nubushozi utunganye ibyo wasanze bidatunganye mwizina rya YESU
Urakozecyane mana muhe umugisha