Discipline na Boundaries once uri married ntiwita ku byishimo byawe gusa utekereza no kuri mugenzi wawe... hama hari abantu bibwira ko ingeso ubonana umuntu ufite ubushobozi bwo kuzihindura kd ni inshobokable ... nicy fiancaille Imaze...nzahindura no nono uzahindura n impyisi😂😂😂😂
Sauda turabakunda na Rose Ngusabe watubabariye ukazatwereka uko uteka capati zitari izamazi zo gusunika, pls utwereke gahoro gahoro utwereke ingredients utwereke etape kuyindi kugeza ihiye Pls mba mumahanga ndayikumbuye pee
Sha ukuntu mbakunda wowe na Rose ,ubwo koko uzanye na Anto ( Antoinette Niyonggira) mukicarana muri batatu mukadukorera ikiganiro cy,urukundo rw,abashakanye byatunezeza cyane,uko muri batatu ndabakunda byahebuje❤❤❤❤
Coucou belles dames.Muri beza kandi abanyabwenge pee. Jewe rero Aho mbonye Rose sincikwa reka nicare❤
Mbakunda mumabara yose Rose 🌹 uzagaruke rwose inama zawe ninziza cyane mukomerezaho pe ❤❤❤❤❤
Rose♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️ibintu byo murugo wabyize muri section 😂ndagukundacyne
Nibyo umugore ushaka ubaka yasenya ariko umuganbo ushaka kubaka ntago yasenya ndabyemera cyanye peee byambayeho
Oyaa sauda uri umunyamugisha kugira marraine Rose ntavyo narinzi.Ooh imana ibakomeze kandi ibubakire neza mes chéries
waooooow,vous etes femmes intelligentes,je vous aime trop vous tous
Vibes vibes , muri abakobwa beza kandi muvuga byiza mwisekera aaa
Izo mbaraga zigukorera ibyo byose bibi zikubiyemo kukubwira ko atakigukunda ahubwo ubkorerwa niwe wakwifatira umwanzuro akbijya kure , gusa haba harimo ibindi byamugora agiye agatinya kuhava cyane ko haba harimo abana wenda
Ibintu Rose avuga nibyo 💯urugo surwumugore
Icya mbere : rose na saouda murakoze hari byinshi byiza mudusangije,
Icya kabiri : saouda nubwo gusobanukirwa neza ubuslamu bigora benshi, ariko bacye cyaneee babikurikiza baba mu munyenga w’urugo .
Rose uvuze ukuri umugabo yashatse kubaka ntago urugo rwe rushobora kuzasenyuka ariko umugore ashobora kubishaka ntibikunde true.
Rose avuga ndabyemera
sha ndabona mudasa pe.hahahahaha mwese muri beza buri wese nubwiza bwe .ariko ntimusa nagato
Nibyo. Ni beza bose ariko ntibasa na gato
ndamukunda cyane Rose 🌹 Imana ijye ibaha umugisha mwinshii
Rose❤ muri beza pee ❤❤
I totally agree with you Rose ❤️❤️❤️❤️
Iyo sujet mwari mwaduteguriye nayo mukore part 2 muyiduhe 😊
Nizereko bakwakiriye neza sauda Azi guteka ❤️❤️
Hey Rose ndagukunda wowe na Sauda ibiganiro byanyu turabikunda birigisha❤❤
Ndabakunda, Uwiteka Imana ibashyigikire❤
Ngo hakazamo n ibyo gupfa😅.Rose rwose
Wakonze kuzana hose
Love you so much❤. Imana iturindè ibishitani.
Sauda&Rose ndabakunda❤️muri abantu beza muri vyose❤️❤️
Ndabakunda bagore beza ❤
Ndabakunda cyane yoba ingo zose zikurikira ibyo biganiro ingo zose zaba nziza
Rose uzomugarukane❤
Ndabakunda kd ndabakurikiye
Imana ikomeze Ikwagure Sauda❤❤❤❤❤
Hey guys…🤣🤣Thnx for this episode.gusa yagombaga kugira nkamasaha 2 pee🤣🤣let’s vote Mariya for marriage counselor hhhh.kubantu rero bacana amatara gusa amafrnga murayadukuramo pee mutwigishe ibindi twacana🤣🤣🤣
You know where to find us😄that kiraka is ours for sure😉and Mariya got my 100%vote for that 😊
Hey guys.........coucou......muraho yemweee 😊
Love you in all calors both incwiiiiiiiii muri beza cyane ,Souda ni hehe waguze agaherana wambara kugutwi gatoyo nagakunze.
0788 261 222 uwo niwe uducuruza😘
Ikiganiro cyiza cyane ❤
Discipline na Boundaries once uri married ntiwita ku byishimo byawe gusa utekereza no kuri mugenzi wawe... hama hari abantu bibwira ko ingeso ubonana umuntu ufite ubushobozi bwo kuzihindura kd ni inshobokable ... nicy fiancaille Imaze...nzahindura no nono uzahindura n impyisi😂😂😂😂
Nibyo koko hari igihe upfapfana ukora ibintu byiza ntihagire ubibona ko hari changement yabaye, ugera aho ukabivamo
Ngo niba udashoboye guhinda tukaguhindira 😂😂😂😂
Ngo musaza wawe nasaza uzajya umukubita 😅😅 i can't stop laughing 😂😂😂😂 amarira araje
Amahoro y'Imana abane namwe aba coucou, sauda chch nabo tudahuje ukwemera turabashyigikira none ubwo nink'igiki cyambuza kugushyigikira koko noneho wowe duhuje ukwemera? Ntacyo peeeeee
Cou-cou!
Muri beza Imana ibahe umugisha.
Any way, nange aho kubwira amagambo babi wankubita peeee
Ijambo ribi ninkota ihinguranya umutima ndetse ikamunga intekerezo.
Byose imana ijye ibitembereza nukuri ❤️
Ndabakunda mwese
Ndagukunda byahatari pe
Murasa neza🥰
Coucouu😅,ikiganiro kiza ,abagore beza ❤
Ntagomusa ahubwo nuko abantu iyobabakumwe keshi babona musa 😂😂😂Sauda nisi ndamuzi school
Sauda turabakunda na Rose
Ngusabe watubabariye ukazatwereka uko uteka capati zitari izamazi zo gusunika, pls utwereke gahoro gahoro utwereke ingredients utwereke etape kuyindi kugeza ihiye
Pls mba mumahanga ndayikumbuye pee
Murakoze cyn..nzabigukorera nukuri 😘
Ashobora kuba atagukunda yishimira ko ubayeho nabi imbere ye , abantu babi babaho, kdi ntacyo wakora ngo nkuwo ahinduke, icyakora we ubwe yakihindura.
Turabashigikiye
Hozedagukuda
Chry waturangiye utu buj
Kukuu 😂 we love u somuch❤❤
❤️❤️❤️🥰
🥰🥰🥰🥰
Coucou means hi.
Muzatumire kasuku, hahire 1
❤❤
Mbakunda 4❤❤❤
Kouku je t,aime
Muri beza aba chou
Rose wabicuritse Umugore ufashaka gusenya ntiyasenya 😅
Ibyo yavuze nibyo nyamara. Yavuzeko umugabo yashatse gusenya ntacyo wakora ngo ubimubuze nkumugore we.
Ibyo avuze nukuri hari umugabo muganira akakubwirango ikintu cyose cyamusenyera urugo aracyirinda umuntu nkuwo arubaka kuko ahora arinze urugo rwe.
Mwaramutse! Kanda kwifoto yange umpe subscribes nshuti yange❤