INDIBA Y’IBIVUGWA: Agatereranzamba mu gutwara abagenzi bajya mu ntara! Hinjiyemo abamamyi
HTML-код
- Опубликовано: 20 сен 2024
- Subscribe: www.youtube.co...
Facebook: / igihe
DailyMotion: www.dailymotio...
Twitter: / igihe
Instagram: / igiheofficial
Flickr: www.flickr.com...
Website: igihe.com/
#IGIHE #Rwanda
Ese ubwo mwibuka ko igihe ali amafranga kuli nyirimodoka no k’umugenzi?
Nimushyire amatiket kuli murandasi, mbere yo kwiruka ujya gutega imodoka ubanze ugure tilet. Ube uzi igihe uzagendera, yewe ugure n’intebe uzicaraho. Bityo uzahagerera igihe, imodoka yuzure ihita igenda.abateganya ingendo bazabasha gushyira imodoka Aho zikenewe ku gihe, kandi bazabasha gutegura imigendere yazo biyicaliye mu biro bimwe, babashe no kubwira abagenzi isaha barahagurukira n’iyo baragerera Aho bagiye.
Ni uko amajyambere aza. Abantu hafi ya bose bafite mobil. Murebere ku indege Niko zikora. Ikinaniranye se ni igihe?
Mureke gukina n’igihe.
Kuki UG TZ na Kenya iki kibazo kidahari??? Ikibazo nyamukuru ni monopolies kuki bitabaye muri 2008 -2010 Kandi nabwo hari economic recession yanatumye essance izamuka??? Ariko kuko transport businesses yari liberalized with full of freedoms to buses and minibuses with trucks owners ntabwo abagenzi bigeze babura imodoka. Tujye dushakira ikibazo aho kiri kuko economic political yacu ikeneye deeper restructuring in different areas for socioeconomy boosts
Ikibazo kizahoraho igihe cyose RURA izaba ikivanga muri business yo gutwara abagenzi kugeza ubwo ikumira minubus hiace mu mihanda iharira abakire bamwe ikanagena ibiciro kdi ubundi umuguzi n'utanga service / igicuruzwa nibo bakagombye kwiyumvikanira. Kera Volcano yatangaga promotion ku ngendo icumi RURA ibivanaho. Ubwo se ni umugenzi yarengeraga?
Nkunda uyumugabo ukora voice over cyane. Kubera iki Redblue jd itamutwara cyangwa ngo Igihe mujye mukora ibyegeranyo bye byinshi?
Sha cyakoze ibiba murwanda ntahandi biba mwafunguye amasoko akareka kuba ayabamwe ubuse iterambere ryavahe niba umara imisi2murigare
Aba basesenguzi nibantu ki ko batatubwiye abo aribo,ubumenyi bafite?
Muvane imitwe aho kuvuga ngo NTA bantu bitabira kuza muri Business yo GUTWARA ABANTU mu Mujyi wa Kigali , IMODOKA zahirukanwe harubwo mwavuze ngo bazigure noneho baranga ?
Mwiriwe ! Ahubwo igicyenewe nukurekura isoka abantu privé bagakora ukazi, cyera Hiace zari nyishi cyane kandi zikora igihe cyose. Monopole niyo iri kwica ibintu naho kwagura imihanda kugirango imodoka zikorwa priorité nabwo bibaho
Muzadukorere ubuvugizi kubijyanye nizamuka ry'ibiciro kumasoko aho usanga ibintu byose bihenze ugereranyije nuko bisanzwe ark wagera kubakozi ntacyiyongeyeho kd natwe abakozi tujya guhaha kimwe nizo company.
Si Kigali gusa kuko no kuva mu ntara ujya muyindi ni ikibazo, usanga bakubwira ko nta ticket zihari,ubundi bakaguca ayo bashaka,nimuturengere pe amafaranga yadushizemo
Imodoka ziraparitse kuko rura nta iri updating kuri price kdi ibindi bintu byose byaruriye
ingarukazoguca twegerane kandimutishoboye
Muntara ho byarazabye nkubu ntiwabona ticket igera imuhanga uvuye muri rutsiro cyereka uguze ticket igera ikigali hanyuma woe ukisigarira imuhanga ariko wishyuye ticket yikigali
Kigali Musanze kuwa gatanu nishyuye 6000 nabwo ari ukwinginga
Imirongo mu gutega imodoka yaje ite izanwa na nde abivanye hehe ko bitabagaho
Ariko namwe banza mwarayobewe ibyo mukora
Abantu mwazanye gusesegura nibantuki bahuriyehe nikikibazo ?
Naba shoramari bakora muri rura bite?
Dore icyo twifuza mudushakire abashoramari bafite ayo masoko babe aribo batubwira aho ikibazo kiri naho ibyo musesegura aho nacyo bidufasha habe na gato
Rura nabashoramari nibo bakwiye gutanga inzira
Ikibazo si ubuke bw'imodoka, ahubwo harebwe no ku byapa mu mihanda. Kubera speed limitation, aho imodoka yashoboraga gukora tours eshatu ubu irakora ebyiri. Mu Ntara bareke imodoka zikoreshe 80km/h byafata mu kwihutisha ingendo kuruta uko zigendera muri 60km/h aho byatumye ahubwo traffic jam yiyongera.
Mwamfashije mugakora subscribe kwifoto yanjye Imana ibarinde
Ibntu byimodoka byo birakabije sinzaho bazishyize Karongi _ Kigali ho wagirango ntanubwo hazwi unjya muri Galle ya kibuye mugitondo ukagera nimugoroba utarabona imodoka birakabije ababishinzwe nibagire icyo bakora.
None hari gukorwa iki
Hakorwe iki
Batubwire bakoresha imibare, abagenzi biyongereye ku kihe kigero, hanyuma se imibare yimodoka yagabanutse ku kihe kigero?
Ubusesenguzi bwiza bukoresha statistics.
Ngiyo FPR, Dodo araje nurutwe ngo nintwari yarwaniye igihugu? Mwabujije abantu amahwemo igihugu mwakigize akarima kanyu