Amina cane ! N ivyuku Data nta deni na rimwe Umfitiye, Kuba Warampaye Yesu Kristo ngo Ancungure urupfu rubi rwo kugenda muri gihenomu, ico conyene kiramaze ko nama ndagushima Iminsi yose kuko Yesu niwe Aruta vyose Iyi Nyigisho Irampezagiye cane rwose muvyeyi , Ndiho Akuduhishire mu Gitutu ciwe iminsi yose
Chris, be blessed and keep it up as you are always preaching the truth and this gives me the strength in terms of trusting God as the best Doctor and the continuous prayers of Saturday are the best medicine for me and my wife having blood pressure and diabetes for long time. I wish you all the best in your life and Kanguka family.
Ntekereza ko nta whatsap group ikibaho kuko inyigisho zose zisigaye zinyuzwa kuri RUclips ndetse no kuri application, Ahubwo niba ushaka application unyura muri play store uka downloading kanguka, nditse ari naho uba ushobora kumviriza inyigisho zose yatambutse mbereee!ukaba wanazisangiza abandi! Ikindi uge wumviriza agitangira akomeza kwibutsa abantu ko batagomba kujya mu ma group kuko hari abatekamutwe benshi basigaye kayiyitirira! Murakoze Ndiho Akomeze abumve mwese!
Ndipfuz Imana izoguh kuramba ushishikare ubohor imitim yabesh amen
Amen🙏 Ndiho nta deni anfitiye muhezagigwe cn mukozi w'Imana 🙏
Amen Amen Mana
Mana nivya nguhimbara niwewe umfite ubushobozi bwokubikora Amen
Ameeeen cne nta deni NDIHO adufitiye murakoze cne
Hubwo Ni je ndamufitiye Ideni kandi rinini Nuko Data Ahinyihanganira Ndiho Ntafata ideni ariko Yarankopesheje Yankoreye vyinshi ntari kwishoboza jewe umwana wumuntu Nubu mbayeho mumadeni yiwe namenshii
Sujet iryoshe cane mwarahezagiwee
Imana ikongore amavut ndatahuy k imana idategerezw ariko ishobora. Amen
Imana iguhe umugisha cyaneeeee,iyi nyigisho iranyubatse cyaneeeee,nta deni ndiho amfitiye 🙏
Amen amen hallelujah
Ndiho ntadeni amfitiye ibyo mfite byose, nanjye ubwanjye nibyawe Mana
Amen Amen Amen ubugombe bwa Ndiho nibube uko Ndiho wenyene yabiteguye twe tutarabaho ndatahuye ko ata Deni Ndiho amfitiye🙏🙏🙏
Ntaco ntanze ngombe ukondi uy’umusi. Kiretse amaraso ya Yesu Kristo yonyene yaje kunyoza ivyaha🙏🏾🙏🏾
Nukuri mwarahezagiwe Iman ibande ibahisha mumababa yayo numuryango wawe
Amina cane !
N ivyuku Data nta deni na rimwe Umfitiye, Kuba Warampaye Yesu Kristo ngo Ancungure urupfu rubi rwo kugenda muri gihenomu, ico conyene kiramaze ko nama ndagushima Iminsi yose kuko Yesu niwe Aruta vyose
Iyi Nyigisho Irampezagiye cane rwose muvyeyi ,
Ndiho Akuduhishire mu Gitutu ciwe iminsi yose
Nukuri ntadeni imana imfitiye haleluya
*💐UBUHAMYA BUREBA ABASHAKANYE NABITEGURA KURUSHINGA💐*
Amazina yange nitwa Umwiza Nadia
Ntuye Rwamagana, mu murenge wa karenge
nashakanye n'umugabo wange dukundana ndetse dufata umwanzuro wo kubana ubuziraherezo.
Nkuko rero bigenda nyuma y'ubukwe ntakindi Couple ziba zitekereza uretse noneho amatsiko nokwibaza uko bazatangira kujya bahamagarana papa na mama runaka. Nubwo twe atariko byagenze.
Iminsi yarashize rero nkumva mfite amatsiko yo kuzabona ntwite ukwezi kwambere kurashira. Ndatekereza nti buriya ni mugutaha nako biranga. Natangiye guhangayikika rero nyuma yuko twamaze umwaka dutegereje.
Umugabo wange yambereye imfura ariko ntababeshye nge natangiye guhangayika nkumva ndigunze nkiherera nkarira.
Nibwo nabwiye umugabo ko dukeneye kujya kwa muganga. Twagiye mu mavuriro naza Hopital duhura n'abaganga batandukanye. Gusa baza gusanga umugabo wange afite ikibazo kintanga zigenda gake cyane kandi ngo zigapfa vuba.
Ngewe bambwiraga ko narimfite ibibazo by'imisemburo
Yatumaga imihango yange igenda nabi rimwe nkagira iminsi ihindagurika. Ndetse nama Infections.
byaratangiye nkiri n'umukobwa.
Twahawe imiti turagenda turayinywa twamaze indi myaka 2 twivuza byaranze.
Naje kwegera umuganga wari inshuti yacu wakoraga kuri Centre de Sante, muganiriza ikibazo cyange aza kundangira umuganga w'inshuti ye ukorera Kigali ukorana na Company y'abanyamalaysia maze umugabo wange anyemerera ko twamusanga tukareba niba haricyo badufasha.
Twafashe umwanzuro tujya Kigali maze duhura nawe. Baduhaye imiti maze ngira kwizera ndayifata n'umugabo wange bamuha iye
Twarayikoresheje nyuma nahise mbura imihango mbanza kugirango nikwakundi yatindaga kuza, ariko ntangira kugira ibimenyetso by'umugore utwite. Nagiye kwa muganga barampima bambwirako nasamye. Numvise umutima wange wuzuye ibyishimo.
Imana rero ntitinza amasezerano twaje kubyara. Ubu umwana wange w'umuhungu agize amezi arindwi. Muminsi ishize wa muganga wange yaradusuye azanye nitsinda bakorana baraduhemba nukuri numva ndishimye. Nange mpita niyemeza kuzatanga ubuhamya bwange wenda hari uwo bwazafasha.
Wowe usomye ubu buhamya ndagusaba kubusangiza abandi harubwo bafashwa nkuko nafashijwe.
Ukeneye kubonana na muganga wange wakwandikira cg ugahamagara iyi numero :
+250788297184( WhatsApp and call).
Ubuhamya bwanjye wabubona no kuri RUclips kanda hano👇🏼👇🏼👇🏼👇🏼👇🏼
ruclips.net/video/CIr65OgT99s/видео.html
Imana iduhane umugisha.Kora share n'abandi bamenye gukomera kw'Imana.umunsi mwiza
Amen 🙏. Nsobanukiwe yuko Uwiteka ntadeni amfitiye🙌🙌🙌, ibyo ishaka nibyo ishima bibeho m'ubuzima bwanjye. Amen
Amen Amen Amen nta deni Ndiho amfitiye 👌🙏♥️👏
Uwiteka,kubw'ubuntu bwe aduhindurire kuba abana bayo!
Ntadeni ndiho anfitiye.imana iguhe umugisha kwijambo watugaburiye❤❤❤amen
Mukozi w imana imana iguhe umugisha
Ndifuza kwatura
Hamagar urakirw
Chris, be blessed and keep it up as you are always preaching the truth and this gives me the strength in terms of trusting God as the best Doctor and the continuous prayers of Saturday are the best medicine for me and my wife having blood pressure and diabetes for long time. I wish you all the best in your life and Kanguka family.
1972
Amen imbara zawe mana 🙏🙏🙏🙏🙏
Uhoraho akwonger amavut kugrang ushishikar kwegerany ubusho bw'Imana.
Tunagushimir can kunyigish udus zitum tumeny Imana ningen twokwaman nay bivanz nukzicish buguf.
Ndanezerezw kand n'uk ib'vy ukor n'ibikorek vyos utabon ko ariw ubikor ahubw ubihesh icubahir Ndiho.aho aband usang bishir hejur kwarib babikora
Shimwamana,kandmukoziwoyonashimwe
Iyinyigisho irakomeye pee
Amen ntadeni amfitiye
Chris Imana ikongerere imigisha ! Uramfasha cyane!!
Amene muvyukuri biratwubaka
Imana ibandanye kutubonekera ibicishije muri mwebwe 👍 Muhezagirwe komwumviye ijwi rya Ndiho 🙏
Abandanye agushoboza urampezagira cane
Amen ndafashijwe
Amen
Amen amen 🙏
Amen, hezagirwa mwigisha !! Imana Ihabwe icubahiro !!
Amen amen ndafashijwe ndakunda inyigisho zawe yesu aguhezagire
Amen papa 🙏🙏🙏
Amen amen 🙏🏻🙏🏻🙏🏻🙏🏻🙏🏻🙏🏻
Ikiganiro kiranezereye narinipfuje Numero ya lumicash
Amen Amen
Ameeeeen❤❤❤❤❤
Ameeeeeen
Ntaden ndih afitiy
Amen n'ukuri
Uko nukuri imana igirire neza
Amen🙏🙏
Amina.
Imana ibahezagire turafashwa ninyigisho mutugezaho amen
Amen muhezagirw cn mukozi wa ndiho
Imana. Iguhe. Umugisha
🙏🙏🙏🙏Amen amen
Papa turagukunda cane niwe watumye nakira agakiza Imana yabakoresheje hageze pe
Imana Ishimwe
Yesu abamper umugisha kandi abanzigamire muntu bwiwe
Ameeeen Amen
Imana ihabwe ishimwe kwisi nomwijuru
I’m going on the boat and I’m not going anywhere so I’m going back home
🙏🙏🙏
Amen🤷♂️🙌🙏
Uwiteka nahabwe icyubahiro
🎉xxamene
Amene mene🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Imana igukomeze 🙌🙌🙌🙌🙌
Amena amena
Amen amena
Mbega iyo eglise irihehe ngaha mu Burundi?
Ego cane iri mu kigobe..
Ndikumana kirisi
Amen Aman 🙌🙌🙏🙏🙏🙏🙏
Nturuka murwanda nshaka kujya kuri whatsapp group
Ntekereza ko nta whatsap group ikibaho kuko inyigisho zose zisigaye zinyuzwa kuri RUclips ndetse no kuri application,
Ahubwo niba ushaka application unyura muri play store uka downloading kanguka, nditse ari naho uba ushobora kumviriza inyigisho zose yatambutse mbereee!ukaba wanazisangiza abandi!
Ikindi uge wumviriza agitangira akomeza kwibutsa abantu ko batagomba kujya mu ma group kuko hari abatekamutwe benshi basigaye kayiyitirira!
Murakoze Ndiho Akomeze abumve mwese!
@@ikk3132 Narabikoze rwose
nonese umuntu ashaka gusengerwa?
@@ikk3132 umwishuye neza caneeeee nuko nyine akwiye kubikora. 🙌👍
@@matchlive2007 niwamara ku downloadinga iyo application uzaze wumva amasengesho ya Samedi niho asengera abantu, sinibaza ko bibaho guhamagara numero, gusa ushobora guhamagara ushaka kwakira agakiza kandi iyo numero arayitanga mu masengesho ya Samedi nyene.
@@matchlive2007 mugihe ushaka gusengerwa,muri kanguka ntabwo habaho gusengera umuntu ku giti cye wenyine,ahubwo dusengerwa hamwe twese kuwa gatandatu mu masengesho aho wumviriza intahe(ubuhamya)bwabo imana yagiriye neza, ubundi bigatuma uduza ukwizera kuburyo isengesho ritangira nawe wamaze kuduza ukwizera bityo uko umukozi w'Imana asenga nawe ukazamura isengesho ryawe kandi ukizera ko Ndiho arimo kukumva nta kabuze, aho rero sasa niho ukirira cg ikibazo cyawe gikemukira kubera ukwizera,uba ushobora gukira ako kanya cg ugakira mugihe kiri buze, kuko isaha y'Imana ntawuyizi,ndumva ari ubwo busobanuro mfite ho, kandi humura uko ugenda wumviriza kanguka ugenda usobanukirwa byinshi kuko umukozi w'Imana akomeza kugenda abitwibutsa!Ndiho abane namwe mwese!❣🙏
Ameeen 🙏
AMEN NA MEN 🙏🙏🙏🙏
🙏🙏 Amen Amen Amen
Ameniii 👏👏👏👏
Amene
Hhhh
Camments
Amen
Amen❤
Amen Amennnn 🙌🙌🙏🙏
amin 👏👏👏👏👌
Hezagirwa my sister 😊
@@Yesunumukiza Amen my brother . Imana iduhane umugisha 🙏🙏🙏
Amen amen🙏
Amen 🙏🏼
Amena
Amen
Amen
Amen
Amen
Amen
Amen🙏
Amen
Amen
Amena
Amen
Amen muvyukuri ufisimpano harukuntu wigiriye ataguca kuruhande ivyo biranuubaka hezagigwa kandi nkundukuntu utigishi migisha gusa
Caneeee sinshobora kurambirwa kumviriza inyigisho ziwe Nukuri.. Twahawe umwigisha wijambo ry'Imana ryuzuye.
AMEEEN AMEEEN And AMEEEN 🙈🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙌🏾👏🏽
Amen🙏🙏🙏
Hezagirw mukoz wac twemer Ndiho ntadeni amfitiy p
Amen,Amen🙏🙏🙏inyigisho zawe ndazikunda kandi ziramfasha 🙏🙏
Amen🙏🙏🙏🙏
Amen amen 🙏🏿🙏🏿
Ameeen komera kunyigisho mwatwigishije muhezagirw . Ndiho ntadeni amfitiye ameeen
Amen
Amen
Amen
Mana uri Ndiho ibihe vyose 🤲🤲🤲🤲
Ndumunyarwandakazi nifuzako mwanshyira muri group yanyu ndagukunda cyane mushumba uramfasha cyane