IKI GIHUGU NICYO PARADIZO KU ISI Y’UBU AHO BURI WESE YAKWIFUZA GUTURA NO KWIBERA
HTML-код
- Опубликовано: 11 фев 2025
- Hari ibihugu byinshi byitwa ko byateye imbere ibyo bikareberwa mu mbunda , amasasi n’indege bigezweho ndetse n’amafaranga Leta zibikiye , ariko iki gihugu Politiki zose zishingiye ku bukire n’imibereho by’abaturage ku buryo nta handi mu isi Abaturage n’ubuzima bwabo , ubukire n’amafaranga byagera ku kigero cyo muri iki gihugu tugiye kuganiraho ...byumve #AlphonseMuhireMunana #IBIRARIBYUBUTEGETSI