SAMWELI Umuhungu Wa DIARO🔥|Papa ARIGUHOMBA Ibyo YAVUNIKIYE🙁|IMIVUMO Ye NIY'ABAPAGANI🙆♀️
HTML-код
- Опубликовано: 8 сен 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abantu muri rusange waduhamagara kuri +250781413225 cg uka twandikira kuri email:bigtownempire@gmail.com SUBSCRIBE: / @bigtowntv_rwanda #Bigtowntv #0781413225
Njya mbona abana be bose ari abanyamico bararezwe neza cyane nyina yubahwe yabareze neza pe !
Izere Imana rata naho papa wawe numupagani mubi kd kuba wicuza ko wasubiye inyuma kubera inshuti no kwikosora birashoboka, kd Imana izabigufashamo kd kuba warafashije abavandimwe bawe biragaragara cyane bameze neza, kd biragaragarako mukanwa kanyu mwese ntakibi kirimo ahubwo uwuzuye urwango ni papa wanyu
Samweeli ndakuramukije mugabo ! Nukuri narimfite amashyushyu menshi yo kuku bona. Dialo aguhoza kumunwa . bigaragara KO agukunda cyaneeee
Samu ni umwana mwiza cyane Mana kiza ABA bana ibikomere
Yampayinka data burya samwel yazengurutse ibihugu byinshi kugera n iburayi, bigtown. Mufashe samuel asubire muma rushanwa
Very cool Samuel
Mama wanyu yabareze neza mufite displine Imana izamuhe Umugisha, naho Papa wanyu we agira amagambo mabi kukanwa iyo mivumo izamuhame ariwe
Byibuze uyu we numugabo haribyo avuze byiza cyane kbs❤
Arusha se kuvuga neza, amagambo meza ataribitutsi nukuvumana
Iyo ababyeyi batandukanye akeshi abana babigenderamo
Wow, cyakora uyu mwana w’umuhungu nimunyabwenge kbsa, igitangaje nuko umubyeyi ariwe urigukora ibyumwana yagakoze, ntamuntu uvuma rwose iyo nimyumvire ya gipagani.. Imana niyo ishobora byose
Wow, rata komeza wizere imana gusa. Papa yataye urugo, agutera barumuna bawe usigara wita kurugo kandi arinshingano ze. No ne ngo azakuvuma, ajyaho akabyigamba ntanisoni. Komera mama uzagera kure wowe courage tuu. Naho ibya papa mureke.
Nukuri Samuel numwana mwiza kbx twarakinanye
Ariko kwiyunga kwanyu ntibivuzeko Dialo asubira kubana munzu na mama wanyu birahagije gusura naho kubana wapii
Ni ukuri abafite ubushobozi mumufashe
Komera ku Mana muhungu mwiza ❤️❤️❤️❤️
Diaro niyegere umuryango pee kuko ikigaragaracyo umuryango wiwe ntumwanga ahubwo we niwe ubanga kd nanjye ntiwakanga mama wantwise amezi 9 ngo nkomeze nkwikurureho kd mama ntamafuti afite
Mubabarire umubyeyi :siwe, afite ihungabana. Mumusabire cyane...
Muri gushimangira ngo basubirane, kandi ubutabera bwarabatandukanyije. Ikindi bahoraga barwana bigacika. Mbona ibyiza ari uko twakubaha icyemezo cyubutabera kubwo umutekano wa buri wese. Ahubwo kuko bose ari amaraso amwe bakajya basurana bisanzwe bagaterana inkunga. Naho ubundi nibasubirana bazazura akaboze bonjyere bandwane umuriro wake. Muzehe nabonye avuga hagashya azi no gucyurirana ngo no gukubita. Reka bajye bamusurira aho ari nkumuryango bajye bamufashiriza aho ari kuko ni uwabo
Dialo afite amagambo mabi pe niyo haba haribibazo sindumva famille ye ivuga amagambo mabi
Imana ibakureho iyo mivumo yaso kuko mwese simuri babi mukomere kuri mama wanyu
Uyumugore wa Dialo jyewe numva twamushimira ko yareze ababana neza guhera kuri Asia nabarumuna be kugeza kuruyu musore Samuel bafite discipline bavugana ubwitonzi n’ubwenge 🤏
Uyumuhungu mumuhuze na super Manager azamugeza kure
Uyu mwana aravuga ibintu bizima nyamara !
Uyu muhungu aravuga ukuri kandi afite ubwitonzi n’ikinyabupfura
Uyu muhungu asa nutuje ahubwo diaro afunze mu mutwe.
Amen mwana muto iyo mivumo niyaba Pagani peeee
Umusore witonda❤
Ariko rwose Diallo afite abana baz ubwenge cyaneeee, gusa afite uburwayi bwo mumutwe akwiye kuvuzwa.
Bazi ubwenge mana. Iyo bari kuvuga nta jambo ry imfabusa bavuga. Bavuga nkabantu bakuruuu ntibacikwa ngo bavuge ubusa
Nibyo umuryamgo iyo utabanye neza abana bibagiraho ingaruka, ibyo bakora byose bigahomba
Uyumuhungu azubwenge
Nigifu cumugabo none koyataye uwobavyaranye abana batandatu bose none ubu ararondera iki kubera abonye bakuze jewe uwanje yantanye batatu umwe yarafise imyaka 3 nigice uwundi umwaka 1 namezi umunani uwundi amezi 6 nfite imyaka 24 yantesheje ishure nfise 17 afise 35 nonubu afise 54 nfise 38 abana umukuru afise 19 uwundi 16 uwundi 14 none ubu nyuma yinvune zose nagize atanguye kubarondera nyumayaho yavyaranye nabagore batatu Umugore umwe abana 2 uwundi 1 uwundi 2 none ubu abobana bamwe nimpinja nibagiye kubabwira ko nagiye kubona amahigwe yo kugera America nabana banje none ubu yirigrwa yirukanga mumuryango wanje ngo namukuye kubana arikoumuryango wanje uramuzineza kwadashobose rero igihe umugabo ataye umugore nabana azoze yihangana niyo ageze muzabukuru yigwarize arekane nabo yataye
Imana ishimwe yakugiriye neza none arashakako bamwibuka bakamuvugisha bo batigeze bamubona Imana yaremye umugabo sinzi urukundo rwabo ahoruba?
@@carinemanirambona2708 Nukuri ndashima Imana kuko yantesheje ishure yongera ranta nkubu mba mbayeho gute nabana 3 Nukuri abagabo ntarukundo bagira ahubwo bagira ukwifuza iyo bakwifuje bakakubona baca batangura kwifuza uwundi uwonawe bamugeraho bakifuza umundi abagabo benshi nibigeragezo gusa
Yego kbs abagabo bamwe ntabwenge bagira batinya charge zurugo bagira inda nini iyo babonye abana bahita batinya ko batazongera guhaga bigatuma batoroka urugo bamara kushaka abandi nabo babyara bakongera bagatinya inzara nabo bakabatoroka bamara kubona abana bakuze bagatqngira kwivugisha ngo nyonyonyo abana bangye syiiii nangye bantera umujinya 😢😢 syiiiiii
Erega umugabontajya kubise ngo amenye imvune yumwana ,umwana ninyina
Ntatabi ahubwo avuga nka mama we
Ndamukunze tumufashe umwan
Abacoments kuki muzira abimereye neza babanye amahoro bibatway'iki mwe bo hanze? muravuga ngo yanyoye itabi mwarisangiye? Mujye mugabanya.
Uyu muhungu ni umuhanga
Igare si ryo kibazo! Aramutse ari Serieu amakipe hano mu Rwanda yamufata
Seriously
Umwana uzi ubwenge! Naho uwo musaza we ni inkunguzi!
Umuntu aba arata kwazavuma abo yabyaye koko🤔😥 Ijambo ry'Imana riravuga ngo akanwa kacu kabe kavamo amagambo meza. Mwisengere gusa bana b'Imana.
Jye ndabizi akeshi iyo ababyeyi batandukanye birazwi abana bakunze kujya kuruhande rwa nyina kd akeshi abana bahita banga papa wabo nihame niko biri niyompamvu umu papa asigara wenyine bikamutera umutima mubi , bantu banjye mujye mureba impande zombi
Impamvu nuko abagabo benshi abana batabitaho bigira nkabasore.ariko umugore ikosa yakora ryose arikora arwana kunyungu zabana be
Arko muzehe dialo asanuwakundaga urwagwa ninkumi
Ibaze impanvu bajya kurinyina abana bajya kuwo babona ubaha urukundo.ntabwo abana bareba imitungo basanga urukundo
None ko Diaro yashatse abandibagore bakananirana bobapfuye iki?bosenibabi
@@mahappy4294❤❤❤
Sha, ukuntu nkubona ntiwashobora kongera gusiganwa pe
Big town sam uzamwicazanye na se one day
Cyaze uyumuhungu azubwenge peuh murekane niyomivumo ye idashinga
Itabi ndariruzi😂
Nyagasani agushyigikire
Uyumusaza afite depression ikomeye
Tipe yisomeye kukamogi ariko
Ubusomye he
Ntugasebanye ariko wasanga waruhaze
Ngaho nyumvira 😢mwarusangiye c??????? Nu bwitonzi yifitiye
😂
Ubisomye he se kd yabikubwiye ? Ntimugasebanye umwana yarumiwe gutunga urugo atarurwe kd nawe akirerwa
Umucyo Kitchen TV mudutere inkunga nyamuneka ❤❤😊
He his beautiful smile
uyu dogo afite points kabisa
Musazawe wareka abana bakabaho?
Cyihebe sha 🔥 Uyu muhungu yarazi igare pe
Hhhhhh😂😂😂!!ese ibye byose nukuvumana gusa ubana bose?😂😂
Avuga nkase disi
Rata muzee siwe manager ukeneye. Mwubahe, wunve inama ze. Ariko kubera ibibazo already yateje mumuryango, guta mama, kubatuka ngo azabavuma, ibyo byose ntacyo byakumarira, ukeneye umuntu muzima waku managinga wundi atari papa. Rwose iyu mwana ibyavuga nibyo nukuri
Ko mbona icyo bita kumugongo wingona karamwishe, niyamafranga yagushutse mwa,
Mwa bana mwe va mw'itangazamakuru mwe gusebya umuryango wanyu. Umubyeyi nubwo yaba gito kirazira kumuhangara na Bibiliya irabibuza. Rekeraho mutazabona ishyano plz..Ibibazo byanyu ntabwo bizakemukira kumbuga nkoranyambaga, shaka inshuti z'umuryango zibunge kandi musenge cyane mwaratewe na sekibi
Ego
Imana ishimwe
Nanjye iyo mivumo yose ntabwo njya nyemera kuko iyo mivumo izamuhame we nyine nabayimuraze kuko mbona asa nuwabirazwe nabamubyaye yirirwa aririmba imivumooooo gusaaaaaa wagirango Diaro ntakomeye neza mu mutwe
Ntiwaba ugisabiriza iyo irya ubare dialo ari mukuri wihenuye kuriso izo ningaruka nuko mutemera
Dialo wagenze kurayo Magare akaba numukinnyi wa film we afite iki ubu
@@gracenyirangirimana1073 yego ra ntanumwana yatunze hhhhhh afite nimitungo yiwe yoroye inka👌👌 ikindi kuba umwana yararihiraga abavandimwe biwe akishyurira na mama wiwe lent niki atakoze noneho anisomera kukayoga, ahubwo Diaro utanywa inzoga ngo anagaburire abana 6 yayasizehe ko ashaka aba diaspora🤗🤗
Kandi wumva ariwe wabaye mukimbo cyase areberera umuryango wabo
Usubije neza nshuti
Iririre😂
UYUMUHUNGU NIMKURU AZI UBWENGE PEEE AVUGA NKABANTU BAKURU CYANE AZI GUSHISHOZA PEEEE DIARO VA MUMATIKU UTAHE
Atahe, ate ko bahawe Divorse we numugorewe
Ese guhabwa divorce bivuze KO none ho se azajya aza kwirirwa abavumira kuri sosho media. ? Ngirango aba yarabakuye mubwenge bwe. Ahubwo bari bakwiriye kujya munkiko akabazwa impamvu yifashisha sosho media kubandagaza ku isi yose
Nonese ko wumva igare ryaguhaye byinshi wakozemo tukagura irindi
Cyane
My God sam yasubiyinyuma pe
Sam,
Ibyuvuga birimo Ubwege byinshiiiiii, Ariko c umuntu wumusore, watwaye Tour du rwanda, Ugasohokera Urwanda, wabaga ufite Frw
Wakoziki !?
Brother tuza
Niba ubona bitavamo, Jya muri Get home,
Wimenye,
Wagure Ubwenge nubumenyi
Mushake ibishobokabyòse mwiyunge numubyeyiwanyu kurubu uwamubuze ararira nonemwe muramwicaho h
Bamwicahise gute cg niwe wirirwa abavuma
Iyonzu se niyabamwo yarazengurutse ibihugu vyose yayashizehe?canke Diaro yarayariye?
Uyu ameze nka Yaka😂😂😂😂
Kombona se yakoze cyane akaba ntacyo byamumariye😮???
Ubwose turagirango abeho kuhe kundi koko, erega wibuke ko afite nyina na barumuna be shahu, aba agomba kubitaho
Niwe wahindutse se wabana akantu nose niwe. Kandi amaze no kubivuga ati kuki papa yanjugunyiye umutwaro wo gutunga urugo rwe? Kugabura kwishyura amashuli..,
Ahubwo ni intwari kuko yaritanze ntiyahemukiye umuryango
Ntushobora gutera imbere warabaye papa wabana6 ukiri muto.wowe uvuga ngo ayo yakoreye yayamajijiki nukwiga kubavandimwe be.ikindi mujye mutinya umubyeyi uvuma abana aba atazi kubyara acyo aricyo.
Yitaga Kuri benenyina
Afite igikomere...
Ark x abantu batera comments mwajyiye mureba impande zonse koko ch nuko gutanga voic bidakunda ark bikunda nibwo mwasobanukirwa ibuyu muryango neza ark mugabanye guca imanza kuko haribyo mutazi mwumva ducye tutajyize nicyo mutoramo
Amaso araduha.dialo wapi numubyeyi gito
Uyumwana ikigaragara numunyakuri p umubyeyi ntashobotse
Arikose bact nkumunyamakuru ugamije iki? Mzee diaro akeneye kuvuzwa depression niba muri inshuti nyanshuti koko utagamije kumuriraho utamuryarya muvuze naho kwirirwa umutamaza umuteza isi impande zose wakwishyuye umu psychologist akamuvura ibikomere byinshi afite ikindi diaro ntagira inshuti mwese ntimujya mumutega amatwi mwese na bact arimo muri indyadya kuri diaro ntacyomumumariye umuryango we nawo ntiworoshye ariko intandaro ya byse n'ibikomere bya diaro bitakize neza no kutagira abamubahafi n'abamugirinama noneho akaremerera umuryango nawo wananiwe kumurwaza bact rero niba ukunze uwomuryango vuza diaro bamuganirize bamugumurize nakira n'umuryango we uzakora
diaro mubere inshuti nawe uzajye kumuvuza, diaro urabona ari umwana wigitambambuga bashuka
Niba urabona ko nta muntu muzima mumitekerereze wakora ibyo diaro arigukora urumuntu wize is ntaho irii kugana umuntu asigaye ababazwa nibye gusa njyewe bishoboka nafatanya n'ababishoboye diaro akaganirizwa n'impuguke mubuzima bwa bw'imitekerereze kdi ibimukerensa bishoboka no kuzahungabanya bamwe mubo muryango wa diaro mugihe kizaza
Ariko Dialo ndabona imivumo akuvugaho nigute uba mwikipe yigihugu ukabura igari??? Gabanya inzoga saba Dialo imbabazi ibindi vyose bizaza neza njye mbona aricyo kibazo.
😂
Wowe wigize imbobo no kunyonga igare birakunanira ngo so koko????
Harabagabo baziko akazikabo arukurongora guza
uyu musaza nawe ntashobotse🚮🚮🚮uratinyuka ngo wavuma abana bawe🥱bikumarire iki?ahubwo wanga umuryango wawe ku rwego rwo hejuru ahubwo senga Imana uhinduke,kuko bisa naho uri kubigarika ngonbatazagusaba umunani ahubwo ukirwa uhangana nabo uri umuntu mukuru
Uyumuhungu afite uburere urabona ko arumwanamwiza
Mberenambere banza wiyunge naso
Nimero ya Samuel niyihe?
Ariko Bact iyi family wayiretse ukayiha amahoro.
Kbs 👍 kuko gukomeza guterana amagambo si byiza
Ko mbona washaje man
Naho dialo yaramabuye dialo niba afite ubwenge ntazabagarukemo
Natabirinda muzamubabaza biruseho
Nimusengere iyo family au lieu yokubacira imanza
Uyu we ahora avuma
Muhumure rata imivumo ye ntanakimwe izagutwara ,mufatane urunana muzagera kure ,naho papa wanyu twaramwumvishe numugabo utagita ubumuntu ,ngo ashaka aba Diesporo ra akajya gutura iburayi akajya abavumira yo 😂ntabyo azabona ahubwo yitegure kubasaba ,gusa muzamuhe ariko ntarukundo abagirira yifuza ikibi kirimwe .hubwo icecekere atumva ibyiza uteganya
Wananije so ushaka uramwiranga kd sh ubimenye ntarutugu rukura ngo rusumbe ijosi
Nawe uzatabwe na papawawe nibwo uzumva uburibwe bwabyo. Ahubwo hakure isomo ubone icyo ibihugu byateye imbere biturusha.gutandukana kwabashakannye ntibikuraho gukomeza inshingano zumubyeyi kumwana.ahabwo ukagerekaho kuvumba!!!!¡!!!!!!¡
Sorry kuvuma umwana wabyaye
Hhhhhh uti maman ni we muterankunga mfite magingo aya?!😜😜 None dore uko umeze wana!
Nyine muganire naho ubundi umuvumo urafata w'umubueyi urafata Kandi cyane kuvuga ngo ntacyo bigutwaye ni ukwimahoroniza.mumugushe neza abavumure naho ibyo kwivugisha ngo ntibibafata eheeeeee byabafata Ngo wubahe so na nyoko kugirango uramire mu gihugu.......
Woe iyo maman wae atabaho umuterankunga wae yarikuba nde se Israel we nasoni ugira.
Uyumwana asubiye agatozwa neza uyumukino uzabera murwanda yazegukana ikigihembo pe konamabarabara yomurwanda ayazi .
Sha itabi ntirizatuma ugera kunzozi zawe biragaragara chance nimwe mubuzima byakurangiriyeho biragaragara ntibigusa peee ingendo zose ntunubakire maman wawe puuuu
Ntabwo byamurangiriyeho imana irahari.
Cyaaze itabi ni ribi koko nta mu sportif wanyweye ibitabi n'amayoga
Arko uyumusore urumogi rurimo pee
Sha ndabona itabi ryarakuyobotse ninzoga birasabako wabireka peee kuko wasubinyuma bikabije ubuse wuriraga idege ubona bisanzwe ? Wakinyi nimpano kuko iyo ukomeza disipurine nabandi barikugufasha icyambere nidisipurine
Woe se ubwo wishwe nibiki?
Bro uri umunyabwenge
Erega mu kuri banyarwanda ukuri nuku umugore nu mugabo bakora devoruse ariko abana ntibakora devoruse kuko ntaho twacikira abo twabyaye kuko sibo batubwiye kubazana kwisi aba bana rero ni hatari ntibioroshye pe
Ikigaragara nuko wiriye kuri so iyo umuguma impande nkubwije ukuri ko uba ugeze kure iyugumana naso yarikukwitaho kuko nawe abonako wamwumviye wanze kumvira so nkumubyeyi wawe
Woe nuzirye kuri papa wwe
@@dushimiyimanaamina2428 nizereko utanyumvise nabi kuko impamvu mbivuze ndayizi abana lose banze kumvira ababyeyi cg basuzugur ababyeyi ntacyo bakora ngo bahirwe ibyo wakora byose bitarimo umugisha wababyeyi bawe ntabwo bikorohera ikindi ntarutugu rukura ngo rusumbe izosi kandi buriya uko byagenda kose umuntu nakugeza kukintu runaka aka kubera fondateri jyumushimira nubwo byaba bitaragihiriye ariko aba yaragize nuwo mutima wo gutuma umenyekana muri icyo kintu , jye mbabazwa no kubona umuntu azamurwa nundi ariko yagera kurwego rwiza bamaze gutandukana bitewe nimpamvu runaka zaba mbi cyangwa nziza akagenda avugako wamuntu ntacyo yamumariye kd ariwe watumye naho ari ahagera , jy nubwo twashwana yemwe tukanarwana ariko sinagenda ngusebya ngo ntacyo wamariye kd aho narindi ntari kuhikura . Please tujye dutekereza tumenye aho tuvuye naho tugana kd tumenye gushima twirinde kugira abo dukundwakaza kurusha abandi cyane cyane ababyeyi buriya umubyeyi nikimwe nundi yaba nyoko yaba na so bose bafite icyo bakumariye abana beshi iyo ababyeyi batumvikanye bagatandukana bakunze kujya kuruhande rwa nyina yaba arumunyamafuti cg atari we kd birumvikana rero akeshi bituma umu papa asigara wenyine bikamutera umutima mubi kuko aba abayeho nka nyakamwe kd yarabyaye ibyo rero bimutera kubanga kuko abayumvako ari nyoko ubashuka ngo mumujye kure kuko batakibana, rero igikwiye nuko abana bajya bahuza ababyeyi kd bakumva impande zombi bagaceshura batabogamye bagakora igikwiye .
Ubundi byose kuri uyu mwana byapfiriye kuri zanshuti mbi yagize umuntu wagiye iyo hose akaba arimo gusaba igare koko niburase reba itonzu niyo yubakiye uwo nyina ra.
Iyo nzu se niyo uwo muhungu abamo nyamara Sha uwo muhungu ashobora kuba nawe Atari sawa
Nonese KO wumva Ari we wishingiye gukora inshingano zurugo wagizengo gutunga urugo rwa se biroroshye muvandi? Kugabura, gushyira abana mu ishuli ......
Ibaze kuvunikira ubusa
Wasanga arwayemumutwe
Uzamubera umugabo gute nawe Uri gusabiriza
Uyu rero samuel va mu nzoga uve no mu ma tabi mukuri uzasane nayo mazu. Mama wawe azasazire ahantu heza kandi abo imana yahaye kunmugishabmukomeze mufashe utiya mumama mukuri imana idacyiranirwa ngo yi bagirwe imirimo izabakubita kenshi
ariko arinzoga nitabi harimo ibyo ucuruza mujya mugura.
Wehowishinzenykosha iyovumviraso uba ubukirihityi
Woe mama wawe. nuzamwishinge rata .
Baragushuka nawe ukaza kumvuga ububi bwaso ubuse urabibwirande insi aha sihobamvugira erega rwose muba mwayobye umunyabwege arinda ururimirwe dore uracyarumujyambere shaka ibizatuma uba umugabo mazewowe uzabashe kurya ibyo wavunikiye reka ibyobiganiro byizomburamukoro zabanyamakuru ushake ibiguteza imbere iso ntakavuge gonawe ujye muribyo usubizanya nawe
Babanze asabe papawe imbabazi kuko baramuhemukiye
Bamuhemukiye bate c? Ko ariwe wabazanye kwisi kuki atamenye inshingano ziwe nkumubyeyi niyo waba uri impumyi ntiwanaryeruza ababana bafite disipline idasanzwe ntabigambo bibi bagira mukanwa ahubwo Diaro afite imivumo ashobora kuba yariyarananiye ababyeyi biwe, sinumva aho yakuye kuvuma niba atarabikuye kuri nyina kuko bikunze kuba kubabyeyi baba mama, KD abana bose ntakuntu bakwigumanira na mama wabo utagira akazi noneho abahungu nabakobwa nukuntu abakobwa bakunda papa wabo mubuzima busanzwe, ikindi kuba bamumenyeshako umwana afite ibirori ntajyeyo akihagararaho ngo bamusuzuguye nabwo nubujiji bwindengakamere yarikujyayo bikarangira basoza akegeranya umuryango akabanengera umuryango, none abana bamubara nkutabaho nyine KD nyine bigaragarako ntanijambo ryabazima agira, umuntu wishimirako umugore yashizemwo amaraso🤗🤗
Ngewep iriyamivumo ahoza mukanwake niyo inyereka ububibwe ntamubyeyi ukundabana ubavuma niyo bamuhemukira yabifurizibyiza inyoyakorabyose simwiza
Uvuze neza rwose
Muzasabe so imbabazi mwaramuhemukiye mubigaragara