MPANOYIMANA Atubuye IGIKAPU Cyuzuye AMADORALI😱|Yakije UMURIRO Kuri SALONGO🔥|Ngiye Kumuteza IBISAZI
HTML-код
- Опубликовано: 4 июл 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abantu muri rusange waduhamagara kuri +250781413225 cg uka twandikira kuri email:bigtownempire@gmail.com SUBSCRIBE: / @bigtowntv_rwanda #Bigtowntv #0781413225
Ababonako iyobagiyekumubwiza ukuri ahita amucececyesha mume like
Utubure amafara cyangwa ubireke, ibireke ariko handitswe ngo" AMAVI YOSE AZAMUPFUKAMIRA kandi INDIZOSE ZIZAVUGA YUKO KRISTO YESU ARI UMWAMI.
Uyu mugabo ararimbura abantu benshi kandi bose bifuza gukira badakora.Imana itabare urwanda nabanyarwanda.abantu bose bashikoye.
Mubahuze na Salongo twirebere ihangana😂😂
Iyombwa theobard itagira aho iryama yimbobo nigute yigireranya nasarongo wumiganga ukora ibintubifatika iyombwa ihora muligereza yaliyumva sarongo yaginzwe?
Salongo natiyobari bose nabatekamutwe aho batandukaniye nuko umwe arigisambo undi akaba umujura naho bose nibisambo
😂😂😂😂😂
@@MbabaziAlicia-vj1fu salm
Igisambo kabombo; nzi umuntu wagiye kumureba ; bari bamwibye ibintu byose mu nzu, yaraye ku kazi. Salongo yamwatse 50,000 ngo ari gutsirika ibintu bitagurishwa, ngo hanyuma nabigaruza azamuca andi azishyura. Yamuhaye igi code cya fake hamwe ngo n'umuti; byarangiye atagifata phone, akomeza kujijisha paka umuntu ahebye; nta mpuhwe kabisa. Byose n'ubutubuzi, n'ubugome gusa. Ariko na none, ndagaya abakora pub y'ibi bisambo, bitwaje ngo ni business. Ndibuka tena wowe Bagiti uko wirirwaga umwamamaza ngo aravura; ugikora kuli Afrimax; burya muba muhemukira abantu bibwira ko you're so smart (credible), bikarangira biringiye izi mpyisi. Mu muco w'ubupfura, nta sale business ibamo, hejuru yo kuba cupides, mujye munigaya kabisa.
@@mugabodavid3006 mn ngewe yandiye frw300000f banyibye moto niyayigaruza irahera nayo niyayasubiza
That's true
Salongo wowe ntugire ico uvuga njyewe ndacafite message umugore yarakohereje amafaranga 25k kuri Momo, waramubeshye ngo ugiye kugaruza télévision ye abajura bari bamwibye, amaze kukohereza amafaranga nti wongeye kumwitaba uri igisambo wowe, nubishaka iyo message ya Momo nayohereza bact. Nkugiriye inama yo kureka ubuteka mutwe, kuko ubu reta yurwanda yarabahagurukiye
Uremewe; umvugiye ibintu kabisa; gusa pole kwa Madame ton épouse. Byose bizashira nshuti!
Shn salongo yangaruriye phone yajye shn mwimusebya kuko arashoboye kbx
Bacti uzampuze na mpano mwereke uko Imana ikora areke kutubeshya
Salongo we araterekera pe kuko akoresha inkoni.....nanyabingiye ijyivugira mukibindi😂😂😂😂😂😂
ariko Mpanoyimana mbona arenze byahatari😂 😂😂😂😂😂😂😂
Mwese ntabyanyu nariye, Imana nibampushe mwizina rya Yesu
Uwo wimugereranya na salongo. Ntiyatinyuka no kujya Aho salongo Ari. Naho uwo numubeshyi
Salongo muzamuhuze na Mpanoyimana ndabakunda cyane bact nitwebami tv on yr side❤❤❤
Wanyumviye ngo amafranga amuhaye ntayarya ngo yahita apfa wumva Atari kwica abantu
Wanzekumpimpano,urumumwanamubi,kabandi,,ubaha,,nikigituma,utandemera
Sarongoarakazepe
Uyumugabo ajye akora ibye areke kubangamirabandi.salongo nawe uyunumwana ntukwiye nokumufataho ijambo
Uyu mugabo numukozi wasatani kuko ikuzimu nihobatemera j.c ariko bakemera imana
Uyompano numutubuzi
Wikigereranya na muganga salongo kuko salongo akurenzeho
Inzara ibamereye nabi cyane aho ikigali kugeraho mutangiye guhiga imitwe kugirango mwibe abantu.
Mpano yimana atanga kumpano Imana yamuhaye naho sarongo numupfumu ugurisha imiyaga yaciririye
Urabeshya mpano y'imana ari muri majic
Uyo muntu akoresha akoresha amashetani muriho mwakira amafaranga avuye ikuzimu
Wajyizambowe ubeshye abatakuzi😅😅
YESU Christ wadupfiriye kumusaraba i Gorogota.Amaraso yawe atwike imbaraga z'ubwijima ziceceke.Yesu Christ umwana w'Imana izina ryawe rishyirwe hejuru wanesheje Satani Kandi wamwambuye n'imfunguzo
Ukuntu urimbwase iyutubura ngo urigusengera abarwayi kuki uvugango bakire mwizina rya yesu wagisambowe gapfe rubi
Ariko Salongo nibakureke urumuvuzi kbs ndakwemera
Ayo akoresha nayo yatwibye nareke ubutekemutwe ngaho nimba ayakora koko natubure uwo mufuka tumubone ngo arijugunya kuriyo etage nasimbuke tumubone
Icyabereka abantu yatuburiye gusa gifite ibintu kishyizeho bituma kidafatwa naringiye kugisarisha cyarantuburiye nashakaga kukijugunya kugasi
Ayo atanga ni Ayo aba yatwibye yanyibye60K
Urinkanjyepe twihangane twariwe nimbwa
Ariko mpano yimana umuntu umwita umutubuzi mubaze? haruwo yari yaca amafaranga nka sarongo? rekada ahubwowe aratanga ntabyisiwe acyeneye
Hhhhh Salongo yavuze ukuri.
Sarongo nturumuvuzi warantuburiye ndakwanga urigisambo
Ibaze kweri
@@sousmyuno6429 nukuri ugerago akavuzibintu biteyubwoba akakubwira taha wamuhanagara ntagufate wakongera akagukanaga nurusaambo
Nukuri se
Uriya ngonosalongo nigisambo yandiye ibihumbi maganabiri
@@ndayiramijetheogene7526 woe turahuje
Mwampuje na mpano y'imana Koko
Kombnginze.
Ahubwo woe sarongo uribwa konafungishije umubare wibanga wae kontacyo wankozeho s genda wamutekamutwe ngo nisarongo mbaye mpuye nabanyamakuru nakwanika nkwanura kuko bariyabose ibyubakorera muba mwabipanze
Kbx urakoze cyane
Reka iki nigitubuzi kibi ntiyafungura nudushumi twinkweto za salongo uvura abantu bababaye ,ureke icyo kigoryi ngo nimpano yasatani ntakiyiturire lmana
Salongo yariye amafranga abatype 2 ababeshya ngo araberaka ababibye umwe bari bamwibye fone undi bari bamwibye ibikoresho byo murugo.
Iyombobo imaze igihe kuko irya amafaranga yanjye yayandiye mbere ya kovidi iyi ngegera bacti nakundaga kureba ibiganiro byawe ariko noneho icyo gisambo ndumiwe teobariwe👊👊👊👊
Nubwambere mbonye pagiti yeweeeeeeeeeee ndishimye❤
Ariko bac t kuki ukunda kwakira abatubuzi wana Reba basarongo Reba aba ! Nawe nturi tayari kbx
Yesuuu we Ezekiel yiyise mpano yimana😂😂 uyu ndamuzi avuka iwacu ni umutubuzi cyn mumwirinde
Tubwire c😂😂
Salongo yandiye 30k ndatungurwap😢😢😢
Iby'abapfu biribwa n'abapfumu.
@@user-ph4id4yi9c salongo yangaruriye phone yajye shn ntimukamusebye
Salongo wariye 300euros za mukuru wange nawe uri igisambo
Imbobo ngwitanga imodoka kangare wanzerereziwe gapfe hasimbukese uhite upfubuka gaturike ndakuvumye wagisambowe warabundajesha
Bagiti ndakwemera cyane nsuhuriza manoyimana ndamukunda
igikapu iyo mukigura koko tukareba icyo yitwaza!
Iyaba waruziko uriho kubwimbabazi zayesu ntiwavuga ubusa ahongaho ahubwo wasinze bagufungiranye
Ukuntu Salongo aba yivugisha yitonze ukagirango ni imana yigendera😂😂😂😂 hari uwandiye arenga million bakora kimwe neza neza. Na ba Mugwiza bose n’abandi bigira intyoza mu gukorana n’imbara zitagaragara barabeshya ni ibisambo.
Ndakenye cyane nimumunyereke
Ndagukunda Bact
Mpano y'imana
Ndakwemera cyane ❤
Mpanoyimana TV ndakwemera cyane ariko ndashaka number zawe
Nipfuza kuyimenya nangye ukankura mubucyene
Noneho aranywera muri verre no muri puché à même temps mbega inyota iri aha!!😂 ikindi umenya afite wine store akaba ari gukora publicité ya vin rouge ahubwo ni ubuhe bwoko bwa vin rouge,n'uruganda rukora iyo anywa?
Wambwawe woe wabonye imana kabuno kanyoko
Abatubuzi gusa imana iraje ibarimbure
Ibaze kweri nka Bact kweri ukorana nikikizongwe sha Backt usigaye uciriritse kbsa
Umaze kwiba benshi uvuye kuri mutzing ugeze kuri wine hhhhhh😂😂😂😂
Ushaka angahe BAGITI 😂😂😂
Sha wapi kbs back t, ubwo butubuzi ntitubwemera pe, back t 😢nawe Koko njyewe nemera mboye rwose
NIPSEY HUSTLE BEHIND SALONGO WE MISSING U HOMMIE REST IN PEACE NIG
Ariko se Banyyarwanda rwose ko midutuburira cyane,urabona ukuntu adukanga kanga kweri
Yoooo amagambo azashira ivuga sha wamutubuzi we
Ariko muzahuze mpano yimana na sarongo mubitangaza tumenye urenze
murashize pe murashiweee muhunge ari satani arigukora kumugraro
Uyo ni anti-christ ngo yesu ntawe yemera Imana ninyishi iyo avuga ko yemera ntawamenya
imana ninyinshi ninye wemera iyagutumye
Ngaho abapfumu nabarozi barajye bahangane😂😂
Ufite number ya Bakiti ayimpe mwibarize
Salongo nuyu biyita mpano Humana bose ni bamwe ni *abatubuzi*
Bact uwo mwana ni mwiza cyaneee
Njye muzamvugishe mbahe ubuhamya keretse twihuriye
Mn uru nurusambo rwatiyobare rungenda rwiba mn
@@ghsmshhhhhwoenjyakwamugang7891byagenzute x man turabure
Mufatanyije kutwiba atinya sarongo
Uwo muswa ntagacange abanyarwanda!
Uyumubono ntubona yuko akoresha amangetengete mukunywa abanza gusesa hasi ivyariko aranywa
Ariko uwomutubunzi mumwirukahomwiki ubwonimuramenyiwariwe uwonumutekamutwe
Bact Hi! Ramutsa your wife❤from Burundi
Reka shn navane ubwenge aho Uwo
N'umutubuzi org
ahubwo uwo numusazi pee bacti yazajyerajyeje akahura nasarongo akareba ibimubaho
Oya nawe urumutubuzi salo ahubwo umunnyi azira undi
Abant muhonyukw urator ivyabadayimoni migatweng mutazw ikuzimu ucakir ayomaher watazwe ikuzimu ngumuntuyapfuy mwariy ivyabadayimoni tok mwizina ryayesu😢😢
Ko anyuzamo akavangirwa se kandi?? Rimwe ati sinemera Yesu ubundi yaba ari gusenga ati mwizina rya yesu
Njye amafaranga ya Mpanoyimana narayariye ni mazima ya tubuye nirebera mfataho 6000 narayariye barakangarurira andi nyategamo moto ! Hano bahagaze niho nafatiye ayandi 5000 😅 ubwo nariye 11000 mu kwezi 1.
Sha ndemeye hubwo mumpe number ye barandoze ndebeko yanyivurira kd rwose ndabasabye
Nyumvira we ngo afitimyaka 30 igisaza nkicyi
Ark Nkubu RIB iba ireba iki koko nkuyu iyoyinjiye murigahunda za Reta kubintu bijyanye nogushyira hasi Ubukungu bwigihugu koko Murangira ararebahe koko
Uwo mutipe urebye imivugire ni umutubuzi kbsa
Ngo ajyiye gusimbuka m12
Toka satani mwizina rya Yesu... 😮😮😮
Yohana 14:6
Yesu aramubwira ati “Ni jye nzira n'ukuri n'ubugingo: nta wujya kwa Data ntamujyanye.
Ngo sanati😶
MWESE MURABAGABO BIMITWE
gusa mpano yima sarongowe mureke ibyakora abanyarwanda turabize
Ariko rwose uyu muntu yifitiye akabazo k'icyaka cya wine uziko aba ari mu kinya rwose.ahubwo ajye avangamo n'amazi.wowe hari gahunda ya tunywe less namwe mukazana kunywera inzoga ku karubanda nkaho ari amazi!!ahubwo aba bagabo mubatekerezeho trop.
Salongo ningegera aragakubitwa ninkubagusa yirirwa yiba abantungo numuvuzi ahubwo nawe impuzinyamanswa yarazimaze azica ngwaravura nawe igihecyekizagera sha bagufate wagisambowe
Salongo arko aravura ntimukamubeshyere cg ngo mumusebye abamuzi turamuzi shn
Ahwiiiiiii stress zirashize😂😂
Koma satani mwizina ryayesu
Mpano y,imana wubahwe ❤❤❤❤
Uwo mukobwa ndabona azukuri nuko yatinye kubivuga. Gusa ndamwemeye.
Murahony Imana nunyish kinogih😢😢😢
Mumpe namba ze nage nkeneye amafranga pe 29:04 29:08
Rata woe mpanonyimana ndakwemera woe uranga amafaranga
Wowe. Wakimura. Sarongo. Iwe.
Mano wampaye kumugisha
Wain niyo yacishirijeno
Ahubwo saba muganga salongo agufashe kuko ufite ibibazo byinshi kd salongo yagufasha ucuye bugufi imbereye
Jyenda wajyinie jya kwabosi wae shitani
Ndakwemeyepe!gusa nyeneye number yawe nanjye ndashaka amafaranga