Uko yarokotse|Gatenga habaga interahamwe|Imiryango nta rufatiro|Gukira ibikomere|HubertSugira yavuze
HTML-код
- Опубликовано: 16 окт 2024
- Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, yatwaye ubuzima bw'inzirakarengane zisaga miliyoni, isenya igihugu ndetse isigira ibikomere byo ku mutima n'ibyo ku mubiri abayirokotse.
Mu kiganiro kirambuye yagiranye na InyaRwanda, Hubert Sugira usanzwe kuri ubu ari umuhanga akaba n'umujyanama mu bijyanye n'imibanire, yagarutse ku kuntu yarokotse Jenoside ndetse n'urugendo rutoroshye rwo gukira ibikomere. #kwibuka30
Video: Jean Nshimiyimana
Follow us
Facebook: / inyarwandadotcom
RUclips: / @inyarwandatv
Instagram: / inyarwanda
Twitter: / inyarwandacom
Sugira wubaka society rwandaise high level abenshi ni abatavuga ariko urakora pe.
Hari nabatarajya kwibuka iwabo kugeza iyi myaka😢
Merci Hubert, kandi mpore
Abarenga miliyoni, ahubwo ni abarenga miliyoni 3, imana izadutize ubizima tumenye umubare nyawo
Komera sugira, kubaho nyuma y'uriya mwaka ni ubutwari. Leta irwana n'abaturage bayo, leta yica abaturage bayo, ni aho yabuze.
Uwayoboraga ishyaka CDR yitwaga Bucyana yari uw'i Cyangugu amaze gupfa abatutsi bamwe barishwe