Uko yarokotse|Gatenga habaga interahamwe|Imiryango nta rufatiro|Gukira ibikomere|HubertSugira yavuze

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 16 окт 2024
  • Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, yatwaye ubuzima bw'inzirakarengane zisaga miliyoni, isenya igihugu ndetse isigira ibikomere byo ku mutima n'ibyo ku mubiri abayirokotse.
    Mu kiganiro kirambuye yagiranye na InyaRwanda, Hubert Sugira usanzwe kuri ubu ari umuhanga akaba n'umujyanama mu bijyanye n'imibanire, yagarutse ku kuntu yarokotse Jenoside ndetse n'urugendo rutoroshye rwo gukira ibikomere. #kwibuka30
    Video: Jean Nshimiyimana
    Follow us
    Facebook: / inyarwandadotcom
    RUclips: / @inyarwandatv
    Instagram: / inyarwanda
    Twitter: / inyarwandacom

Комментарии • 6

  • @MignonnePink
    @MignonnePink 25 дней назад

    Sugira wubaka society rwandaise high level abenshi ni abatavuga ariko urakora pe.

  • @MignonnePink
    @MignonnePink 25 дней назад

    Hari nabatarajya kwibuka iwabo kugeza iyi myaka😢

  • @jmbwanandeke7995
    @jmbwanandeke7995 6 месяцев назад

    Merci Hubert, kandi mpore

  • @ikagi-k8u
    @ikagi-k8u 6 месяцев назад +2

    Abarenga miliyoni, ahubwo ni abarenga miliyoni 3, imana izadutize ubizima tumenye umubare nyawo

  • @ikagi-k8u
    @ikagi-k8u 6 месяцев назад +1

    Komera sugira, kubaho nyuma y'uriya mwaka ni ubutwari. Leta irwana n'abaturage bayo, leta yica abaturage bayo, ni aho yabuze.

  • @epiphaniemukasine1184
    @epiphaniemukasine1184 6 месяцев назад +1

    Uwayoboraga ishyaka CDR yitwaga Bucyana yari uw'i Cyangugu amaze gupfa abatutsi bamwe barishwe