Padiri THEOPHILE: Ngo BIKIRA MARIYA YABYAYE ABANDI BANA😳NGO YAKOMEJE KUBA ISUGI😲UKURI KOSE HANZE.

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 25 окт 2024

Комментарии • 108

  • @B-Y-N
    @B-Y-N 10 дней назад +1

    Amen Amen Amen murakoze cane 👏👏👏❤️❤️❤️💒💒💒💒

  • @jeannedarcniwemutesi6476
    @jeannedarcniwemutesi6476 28 дней назад +1

    Très bien expliqué. Merci Emmy d avoir invité père Théophile pour qu il parle de ces sujets.

  • @mariefidelekazayire4453
    @mariefidelekazayire4453 26 дней назад +1

    Wouw! Merci Padri. Ndanyuzwe pe. Ariko nkunda cyane, uburyo abapadri bize binononsoye Bible namateka.

  • @mariechantaluwiragiye
    @mariechantaluwiragiye Месяц назад +2

    Urakoze Emmy hamwe n'uyu musaseridoti wa Nyagasani, mufuhaye umucyo ku Mubyeyi Imana yise NYINA🙏🏾

  • @MukakimenyiMaria
    @MukakimenyiMaria 29 дней назад +2

    Murakoze Padiri kuri iyo nyigosho nziza uduhaye

  • @domitienMwami
    @domitienMwami 2 дня назад

    Urakoze cane padiri insiguro zaeklezia ziratahuritse kbs

  • @MukanzigiyeMarieClaire
    @MukanzigiyeMarieClaire Месяц назад +1

    Amen, amen, ndanyuzwe pe! Padiri Imana iguhe umugisha utagabanije. Nakundaga Umubyeyi BM, ariko noneho birandenze pe, mukunze kurushaho👋👋👋😊🙏

  • @RUTERANADONATO
    @RUTERANADONATO Месяц назад +1

    Urakoze cyane Padiri atugejejeho inyigisho nziza cyane mutanga mukomeze mugire ubutumwa bwiza 🙏🙏🙏🙏

  • @nizigiyimanajacqueline2016
    @nizigiyimanajacqueline2016 19 дней назад

    Ndabashimiye cane Nyakubahwa Padiri. Cane rwose Umuvyeyi adasanzwe Mariya yatowe n'Imana mu bigeme boooose Bari kw'isi. Yamuremanye ubuninahazwa, turahiriwe ababitahuye, dusabira n'abasigaye batahure.

  • @constancenkunzimana2929
    @constancenkunzimana2929 26 дней назад

    Murakoze cane kuri co kiganiro ciza, Umuvyeyi watwese turamukunda.

  • @helennewton8349
    @helennewton8349 24 дня назад

    Yezu akuzwe bavandimwe.
    Padiri urakoze.
    Ubusobanuro bwumvikana!
    Bikira Maliya mutagatifu usabire isi .
    Amina

  • @Irakozerosine-dx3dv
    @Irakozerosine-dx3dv Месяц назад +1

    Oooo!!!mubikira witonda cyane udusabire

  • @RUTERANADONATO
    @RUTERANADONATO Месяц назад +3

    Turagushimira Padiiri Theophile inyigisho nziza utugezaho , Ku Mubyeyi wacu Bikira Mariya Nyina wa Jambo mwamikazi dukesha Rozari ntagatifu mwamikazi wa w,Isi n, Ijuru ahotuzatura iteka ryose ubuziraherezo adusabire twese tuzishimane nawe hamwe n, abatagatifu bose tureba ubwiza bwa Yezu Kristu tubengerane nkuruhanga rwe rw, Ikuzo tubisabirane Amen 🙏🙏🙏🙏

  • @murangiradaniel6887
    @murangiradaniel6887 26 дней назад

    nmurakoze cyane ubutumwa bwanyu uyu munyamakuru numunyamwuga pe njye nikundira iyo aseka ntambereka

  • @bihoyikiteresphore9834
    @bihoyikiteresphore9834 27 дней назад

    Murakoze Padiri ku nyigisho nziza muduhaye. Utemera koYezu yabyawe na Bikiramariya afite imyemerere ye, ubwo azatubwire, ibivuguruza inyigisho muduhaye.
    Ntazatuyobye ariko.

    • @JospatKarishaga
      @JospatKarishaga 20 дней назад

      @@bihoyikiteresphore9834 nta muntu numwe atemera KO bikira mariya ariwe yavyaye Yesu mbere Na islam iravyemeza

  • @aliveramukabutera2738
    @aliveramukabutera2738 Месяц назад +1

    Murakoze cyane

  • @dontresorirantije769
    @dontresorirantije769 27 дней назад

    Ibyo kuvuga ko Mariya Imana yamukunze kurushya abandi padiri abikura he? Imana Ikunda abantu bose ku rugero rumwe, ntawe ikunda cyane cyanke gakye waba umukiranutsi chyangwa umunyabyaha. Gusa Mariya yagiriwe ubuntu cyane kuruta abandi.

  • @odettentaki7157
    @odettentaki7157 Месяц назад +4

    Padiri ndamukunda cyane.
    Mumumbarize ninde wariwashyingiwe mubukwe bwikana
    Muraba mukoze

  • @irabaruta49
    @irabaruta49 26 дней назад

    Ndashimira Imana impaye kumva iki kiganiro. Birababaje ko abantu bakomeza gufunga umutwe ku bwiza bw'umubyeyi B.Mariya, ariko ntacyo bitwaye abamwiyambaza nibo bazi urwunguko bamukuraho

  • @UwimanaMarietherese-x8l
    @UwimanaMarietherese-x8l 27 дней назад

    Turagukurikiye cyane natwe iRambura

  • @umutonichance1685
    @umutonichance1685 29 дней назад +1

    Igihe tugezemo ntabwo aricyo kurabya Mariya pe .Babyeyi muraha Basore muraha nkumi muraha dushake ukuri muri bibiliya kuko amatoreyo arayobya cyane

  • @nizigiyimanajacqueline2016
    @nizigiyimanajacqueline2016 19 дней назад

    Twagiramungu uvuze neza caaaaane

  • @bertinbiraro5095
    @bertinbiraro5095 29 дней назад +2

    Murakoze cyane padiri wacu, twari twarabuze chained twiyumvamo abakirisitu gatolika

  • @HARERIMANAEmmanuel-wn8kz
    @HARERIMANAEmmanuel-wn8kz 23 дня назад

    padiri theophile turamwemera cyane yabaye i Rambura no kukabaya .ubu asigaye abahe? muheruka atarajya muri espagne .

  • @GahongayireEmmanuel
    @GahongayireEmmanuel 2 дня назад

    Ariko padiri urabeshya cyane Mariya yarabaye yari umugore wa yosefu muravuga ngo yari umurinzi ahaaaa ibyo bintu nikinyoma rwose watwereka ahantu muvuga ko yari umurinzi we Kandi yarabwiwe ntatinye kurongora umugore wew?

  • @aliveramukabutera2738
    @aliveramukabutera2738 Месяц назад +4

    Mwibagirwe ko Nyina Wa YEZU atari umugore nkab isi tuzi IBISIZA N IMISOZI bitararemwa

  • @AnnonciataNyirabwiza
    @AnnonciataNyirabwiza 24 дня назад

    Mama Maria udusabire abatakuzi baragowe mbese wakunda umwana nuko ukanga nyina mukomeze muhakane muzamubona mutagifite icogukora kandi mwisi mwaramwihakanye.Njewe ndakwemera narakwiyambaje mugihe mwene data yaragiye kumponga kwizimu nuko ndarusimbuka,mugihe naringiye gunmfa ndikubyara naragutabaje mugihe narikuvamo amaraso menchi adahagarara ariko waje bwangu numwana wawe Yezu mumpagarara imbere nuko amaraso ahita atsina kandi numwana ndamufite nyina wajambo uje uhora udusabira nabakwanga bakumenye

  • @Money-f6d
    @Money-f6d 20 дней назад

    Ariko Bavandimwe hazagize ukora akantu ko gufata ka marché muri quartier akagenda yivugira ishapule akumva Uburyohe bubamo 🌝

  • @christinendayiragije5689
    @christinendayiragije5689 Месяц назад

    Amen amen❤

  • @UwimanaMarietherese-x8l
    @UwimanaMarietherese-x8l 27 дней назад

    Yego ni ukuri Padiri wacu dukunda kangi dukumbuye cyane: nta bandi bavuye mu nda ya B. M. uretse Yezu wenyine. Iyo bahaba ntibari kwemera ko Yohani abamutwara ,abo bavandimwe mu masano yacu natwe tuurabagira kwa mama wacu no kwadata wacu...

  • @theresenizeyimana2098
    @theresenizeyimana2098 26 дней назад

    Épouse immaculée du Saint Esprit, priez pour nous.

  • @Irakozerosine-dx3dv
    @Irakozerosine-dx3dv Месяц назад +2

    Ark buriya simoni suwayonasi yezu yabwiyengo simoni mweneyonasi sumubiri namaraso byaguhishuriye

  • @placidiemukesha6412
    @placidiemukesha6412 Месяц назад +2

    Murakoze cyane! ese Yozefu yapfuye ryari? jye ahandi navuga ko Mariya atagiraga abandi bana ni igihe Yezu yari agiye kuva mu mubiri ari ku musaraba akabwira Yohani ngo Mwana dore nyoko. ni uko Yohani amutwara iwe. none yari kuba yarabyaye nabi gute kugeza aho amuha undi muntu ngo amujyane kandi afite barumuna be? iyo bahaba bari kuba bakiri bato kadi ni gute yari kumutesha abana bakeneye kurerwa?

    • @Erick_trust
      @Erick_trust 29 дней назад

      Reka gukoresha ibyo utekereza usome ibyanditswe

    • @Erick_trust
      @Erick_trust 29 дней назад

      Yohana 19:26,27, nibyo rwose yamujyanye iwe ariko ntibikuyeho ko (Mariko 6:3) havuga n'amazina y'abavandimwe ba Yesu
      Mbese si we wa mubaji mwene Mariya, mwene se wa Yakobo na Yosefu, na Yuda na Simoni? Bashiki be na bo ntiduturanye?" Ibye birabayobera.
      (Mariko 6:3)

  • @IsaacButwari
    @IsaacButwari Месяц назад

    Komer Mr Emipro n'umutumirwa wawe. Ahohantu nyine benedata harabacanga cane

  • @LeonidasNIYIGENA
    @LeonidasNIYIGENA 29 дней назад +1

    Bjr ,muzatubwire ku kwiyambaza abatagatifu

  • @umutonichance1685
    @umutonichance1685 29 дней назад +4

    Njye pfite ikibazo padiri Ibyo Bya Mariya uburyo Imana yamuhisemo nibyo ariko njye ikizabazo pfite niki? Kuki mutigisha kugaruka kwayesu kubu, ikindi dukene kumenya nogusobanukirwa Ibyahishuwe 13: mudusobanurire niriya nyamaswa nibyakariya gahembe kahinduye ibihe namategeko dukekeneye kumenya igisobanuro byako gahembe karikarakomeretse uruguma rwica hanyuma kakazakura kakavuga ibikomeye byogutuka Imana kandi iyonyamaswa abantu benshi bazayitangarira mudusobanurire Ibyo byahishwe kandi ubu bigiye kuzahishurwa kuko mwasomye mwadusobanurira murakoze

  • @ROCinRwanda
    @ROCinRwanda 26 дней назад

    Birashimishije rwose gusesegura ibyanditswe bitagatifu ngo abemera twese duhamye ubumana bwa Khristos, kandi ko nta wuvukana n'Imana.

  • @justinmuhindomussa7942
    @justinmuhindomussa7942 29 дней назад +3

    Nari narabuzo ibintu bizima nakurikira kuri youtube, Murakoze cyange Bikiramariye Nyina w'Imana udusabire

  • @nyirabwizamariegaudence9890
    @nyirabwizamariegaudence9890 6 дней назад

    Disi Theophile afite ubwenge buva kuri Roho mutagatifu. Buriya ugaruye abahakanyi benshi.

  • @ByukusengeHenriette-t1v
    @ByukusengeHenriette-t1v 29 дней назад +1

    Nitwa Byukusenge Henriette ,nishimiye ibiganiro byanyu,hari byinshi nasobanukiwe,ubu nzajya nsenga neza kuko nasobanukiwe.

  • @EvelynMupfasoni
    @EvelynMupfasoni Месяц назад +4

    Matayo 1:18-25, malayika yabwiye Yozefu ngo ataza ryamana na Maryam KUGEZA amaze kubyara Yesu.
    Yesu ubwe yatandukanije nyina na bene nyina na abigishwa be ( nibo bene se, nibo ba nyina). Matayo 12:46-50.
    Mariya yabyaye abandi baba. (Mariko 6:3; Matayo 13:55.
    Mumbarize niba hari aho Bibliya itubwira gusenga tunyujije kuri Mariya cg abatagatifu. Yesu ubwe yatwijeje ko icyo tuzasaba mu izina rye azagikora. ( Yohana 14:13-14)
    Yesu ni we nzira n’ukuri n’ubugingo ntawujya kwa se atamujyanye.Yesu se yaribeshye yibagirwa kuvuga nyina?(Yohana 14:6). Twanyura dute kuri nyina?! Mariya ni intangarugero mu bakobwa bizewe n’Imana, ariko si Imana kandi ntakiri isugi nyuma yo kubyara Yesu.

    • @justinmuhindomussa7942
      @justinmuhindomussa7942 29 дней назад +1

      Buriya koko, isoma bibiliya, Padiri yigeze kubivuga neza nti, Bibiliya yandimwe muburyo buri direct no muburyo butari direct, Bibiliya ntabwo ushoborakuyumva utiyoroheje, Padiri yabisobanuye neza ungora usubore muri iki kiganiro, ibyo bibazo urabibonamo

    • @Erick_trust
      @Erick_trust 29 дней назад

      ​@@justinmuhindomussa7942nanone ntiwakumva bibiliya mugihe utemeye kurambika imyemerere y'idini. Ubundi bibiliya uyumva uyisomeye udafite aho ubogamiye kandi ugasoma bibiliya yose apana gusoma umurongo umwe cyangwa igitabo kimwe

  • @aliveramukabutera2738
    @aliveramukabutera2738 Месяц назад +1

    Bajye babaza naho Yozefu yari ari ? YEZU Kristu ni umwana w ikinege w IMANA NZIMA JEAN ahagarariye abantu bose kuko turi abana ba BIKIRA Mariya

  • @NababonyeAgnes
    @NababonyeAgnes 29 дней назад

    Yezu.yari.ikinege.Abavandimwe.bavuga.ni.abo.kwa.ñyina.wabo

  • @AgnesMUKAMANA-h2h
    @AgnesMUKAMANA-h2h 29 дней назад

    Murakoze kuvuga kumubyeyi wacu, nizere ko na bene data bazi kujya impaka nyinshi baba babyumva neza

    • @Erick_trust
      @Erick_trust 29 дней назад

      Si impaka tuba dushaka ko mumenya ukuri, ubu uraho ntuzi ko Yesu afute abavandimwe barimo Yuda na Yakobo abo bafite n'ibitabo muri bible. Kuki mutsimbarara ku idini? Idini irica ntishyingure, fata bibiliya ukore ibyo ikubwira

    • @AgnesMUKAMANA-h2h
      @AgnesMUKAMANA-h2h 29 дней назад +1

      @@Erick_trust mujye musoma neza bible muyumve niyo kwitondera ntabwo umuntu asoma umurongo umwe gusa ngo awutware uko, hari imirongo padiri yagiye yerekana igaragaza neza ko yezu abo bavandimwe be bavugwa ni abo kwa nyina wabo

    • @Erick_trust
      @Erick_trust 29 дней назад

      @@AgnesMUKAMANA-h2h urugero rw'umwe muri yo

  • @murutampunziedouard5820
    @murutampunziedouard5820 29 дней назад

    Padiri arakoze ku tujijira mu kwemera no kutwigisha inyigisho nziza. Turabashimiye.

  • @FrançoisNijimbere-c3q
    @FrançoisNijimbere-c3q 28 дней назад +1

    Turikumwe ndabakunda cne muratuma ndushirizaho kwemera gutahura nivyo ntarinzi🙏🙏 murakoze cne umukama abandanye abadukomereza

  • @Emma-qe7ql
    @Emma-qe7ql Месяц назад +3

    Ubundi kugaragaza Mariya nkumuntu utarabyaye abandi bana, umuntu wahibye iyi theory ntago yabanze gutekereza neza cg hari ibyo atazi mubijyanye numugambo wagakiza Imana yazaniye Inyoko muntu!!!

    • @MushimiyimanaAlphonsine-wz8pp
      @MushimiyimanaAlphonsine-wz8pp Месяц назад +5

      UMUNTU UHAKANA BIKIRA MARIYA CYANGWA UHAKANA UBUSUGI BWE NASHAKE AZABABIREKE 😮😮😮😮
      BIKIRA MARIYA URI UWACU KABIS ❤❤❤
      ABAJENE MUKUNDA BIKIRA MARIYA NKANJYE MUMPE LAKE 💯❤❤❤

    • @siloam2023
      @siloam2023 29 дней назад

      @@Emma-qe7ql Bikiramaliya ntiyabayeho ,habayeho Mariya nyina wa Yezu uwo Bikiramaliya muvuga ni ikigirwamanakazi : Soma Yeremiya 44:17 urahasanga umugabekazi wo mu ijuru

  • @k.habimanajeanpierre6658
    @k.habimanajeanpierre6658 29 дней назад +1

    Emmy muzashyireho nibisobanuro Padiri Apollinaire NTAMAB YARIRO yatanze mubihuze,ntawuzongera kujijwa...

  • @umutonichance1685
    @umutonichance1685 29 дней назад +1

    Kandi amateka yo mugiye Cya Matrin Luther yarangiye Matrin Luther ahidutse umwere bitewe nibyo ubupapa bwa kiriziya gaturika bwamuregaga kandi azira ko yamenye ukuri kuko kiriziya gaturika yabayobesheshe bitewe nigitugu abapapa bashiraga barenganya abantu ayo mateka tuzi nezako Matrin Luther Imana yamurwaniriye agatsinda ako kanya ibinyoma by'ubupapa byahise bimebyekana arintacyo gihe umu Papa waruriho yahise afungwa ubwo ako kanya ako kanya niho hahise haza abaprotetsant :busobanurwa ubuhakanyi icyogihe bahakanaga inyigisho mbi zaroma nuko ubuprotetsant nabwo butakomeje mumahame yabwo ahubwo ubu papa bugaruka bwiyoberanyije mumana busaba Imbabazi bwibyo byakoze kandi butarigeze buhinduka narimwe bitewe nibyo bwari bushaka kubaprotetsant ubwo nibwo ubuprotestant bwahise bwifatanta na kiriziya gaturika ariyo mpamvu nanubu ubona aho aubuprotestant burimo kugana atariheza kandi icyigihe tugezemo murikubona ko ubupapa burimo gukora ibibi bwihishe ariko sikera bigiye kunjya kumugaragaro kuko murukureba ibibi byose papa arimo gushigikira bitemerwa nijambo ryimana murabe maso ibibihe turimo biragoye kuko Antichritso ariwe ubupapa bibiriya yavuze arimo gukora ariko twe ntago tubizi ubu vuba Isabato y'Imana Papa agiye kuyikuraho kuburyo abazaba basenga kuruwo munsi Bahigwa cyane rero ubu Papa ntibwigeze buhinduka ahubwo arigushiraho Ibiteye ubwoba twishingikirize kuri bibiriya tureke kwishigikiriza kuba padiri cyangwa abatseri cyangwa Papa ahubwo twe dukure ukuri muri bibiriya ariko ibi barimo kutubeshya Ntampamvu yokuramya Mariya No No......

    • @dzudzu2024
      @dzudzu2024 28 дней назад

      Wowe ibyo byose uvuze nibyo ark kuri wowe, uko ababikibwiye twe ntabwo twahuye nabo. Ukuri ni ibyo wabwiwe n'abo wizera ikinyoma ni ibyo utemera kdi ndiwemere nababikubwira

  • @user1-mt1ye
    @user1-mt1ye Месяц назад +1

    Inyigisho nziza isobanutse neza
    Murakoze Padiri wacu

  • @niyiremajonas2687
    @niyiremajonas2687 Месяц назад +1

    Turabakunda

  • @Irakozerosine-dx3dv
    @Irakozerosine-dx3dv Месяц назад +2

    Ahobwo uzatubwire ana na ruwakimu ababyeyi bamariya kotuvugango bikiramaria utasamanwe icyaha nawe yavutse ntayezu

  • @UwiragiyeAthanase
    @UwiragiyeAthanase 29 дней назад

    Nshima imana yaduhaye umubyeyi bikiramariya. bene wabo wa yezu nabakora ugushaka kwe abakoraneze bose

  • @winyangegardien5106
    @winyangegardien5106 29 дней назад +1

    Jude simon et Jacques mukuru ni abo kwa sewabo wa yezu se yitwa Alphé

  • @zegblaz3875
    @zegblaz3875 29 дней назад

    Komera Patiri bwira isi Umuvyeyi twahawe ku musaraba.Abantu bataba imfyuvyi bafise umuvyeyi

  • @CyizamiSamuel
    @CyizamiSamuel 29 дней назад +1

    Mwabantu mwe makitonze ko murimo kubwiriza ubundi butumwa n'undi kristu n'undi mwuka abanyakorenti ba kabiri (11,4) nimushaka uyu mutwe wa 11 muwusome wose.

  • @kanyandekwevalens159
    @kanyandekwevalens159 Месяц назад +5

    Utanyuzwe n'ufite umutima unangiye

  • @UwanyirigiraFrancine-mf3bi
    @UwanyirigiraFrancine-mf3bi 29 дней назад +1

    Hitimana, Emmanuelle,padi,nishimiye,ikiganiro,mwa,duteguriye,,ndagukuricyiye

  • @ikome2129
    @ikome2129 27 дней назад

    Joseph se yari amaze iki? Matayo 1:19
    Umugabo we Yosefu kuko yari umukiranutsi kandi adashaka kumukoza isoni ku mugaragaro, yigira inama yo kumubenga rwihishwa.
    Matayo 1:20
    Akibitekereza, marayika w'Umwami Imana amubonekera mu nzozi ati “Yosefu mwene Dawidi, witinya kurongora umugeni wawe Mariya, kuko imbuto imurimo ari iy'Umwuka Wera.
    Bikiramariya nashaka abe yarabyaye abandi cg atarababyaye ntibikuraho agaciro ke n'aka Yezu. Ibindi ni amagambo. Yozeph se yabujijwe n'iki kumurongora ?

  • @jeanprosperkanyaruguru6494
    @jeanprosperkanyaruguru6494 29 дней назад

    Ikindi naco, ni gute Yezu mwene Yozefu yosubira kugira umuvukanyi yitiranwa se akitwa kandi yozefu !!! Nshimangiye ivyo Patiri avuze.

  • @havugimanapierrecelestin5581
    @havugimanapierrecelestin5581 29 дней назад

    Nimuhorane IMANA bavandimwe. Nshimiye uyu mupadiri ukuntu adusobanuriye ibi bibazo. Gusa ku bifuza kumenya ibindi byinshi ku buzima bwa Yezu na Mariya na Yozefu basoma igitabo cyitwa L'évangile tel qu'il m'a été révélé cya Maria Valtorta. Kitubwira rwose abo bavandimwe ba Yezu. Bari abahungu ba Alphé cg Kiriyopa wari mukuru wa Yozefu umurinzi wa Yezu na Mariya. Umugore we na we yitwaga Mariya abana ba bo bakaba Yozefu (imfura ye yitiranwaga na murumuna we) Simoni, Yuda na Yakobo (aba babiri ba nyuma bari intumwa za Yezu ndetse uyu Yakobo ni we wayoboye Kiriziya ya mbere y' i Yeruzaremu) naho se wa bo Alphé n'abahungu be babiri ba mbere babanza gupinga Yezu kuko bari barareranwe ntibumve ukuntu ahise aba Umucunguzi ariko na bo nyuma byarangiye bamwemeye.

  • @rukebadieudonne1641
    @rukebadieudonne1641 25 дней назад

    Ntabwo narinziko aba padiri ba babeshya

  • @andrendoriherezo7607
    @andrendoriherezo7607 29 дней назад +3

    Murakoze kubw'iki kiganiro.Mumbarize Padiri ibi bikurikira:
    1 Mbese Padiri ashatse kutubwira ko Yozefu atari umugabo wa Mariya?
    2 Byafashe igihe kingana iki ngo Kiliziya Gatorika izane izi nyigisho zo guhakana ko Mariya atigeze abyara abandi bana? Mbere y'aho se babyemeraga gute?
    3 Ubundi twemeye ko Mariya yabyaye Yezu kuri Roho Mutagatifu,abandi bana akababyarana n'umugabo we Yozefu byaba bihungabanyije iki ku bumana bwa Yezu? Naho se k'ukuba Mariya yararinze ubusugi bwe kugera abyaye Yezu?
    4 Ubumana bwa Mariya bwo bukomoka he?

    • @niyigenajeanbaptiste2057
      @niyigenajeanbaptiste2057 29 дней назад

      Ahubwo se wowe uwakubaza abandi yabyaye usanga ubisoma he?

    • @RugemantwazaJeanmarie
      @RugemantwazaJeanmarie 29 дней назад

      Murakoze cane Patiri wacu kunyigisho nziza uduhaye k'Umuvyeyi wacu B.Mariya.Ndabaza uyo mwene Data avuze ATI vyotwara iki kuri yezu avyaranye na Yozegu nyuma ya Yezu.Nanje ndamubajije ngo vyotwara iki B.Mariya nyuma ya Yezu ataryamanye na Yozegu k'ubw'umubiri ngo bavyare abandi bana.Ese niba yezu wemera ko atavutse k'ubw'umubiri kuki utokwemera ko bishoboka ko bashobora kubana na Yozegu batabanye murubwo buryo wiyumvira?Ikindi Kandi muravuga ngo B.Mariya ntiyobasabira uwahawe kuvyara lmana,ariko ukizera ko uwo murikumwe mumubiri,Kandi mukirikumwe mugicumuro ko yagusengera?Ndakubwije ukuri niba utemera inzira Yezu yanyuzemwo mukudukiza Ntiwibaze ko na Yesu umwemera. Soma Yahani 19.25.27 Ubwo niba ariko uhakanye ko B.Mariya Atari Maman wawe.Ukaba uhakanye kutavukana na Yezu kristo.

    • @Erick_trust
      @Erick_trust 29 дней назад

      @@niyigenajeanbaptiste2057 ubuse uri aho utazi ko Yuda na Yakobo bafite ibitabo muri bibiliya ari abavandimwe ba Yesu?
      Soma (Marriko6:3)
      Mbese si we wa mubaji mwene Mariya, mwene se wa Yakobo na Yosefu, na Yuda na Simoni? Bashiki be na bo ntiduturanye?" Ibye birabayobera.
      Mujye munasoma.
      None ni gute yakomeje kuba isugi kandi yarabyaranye n'umugabo abana barenze umwe ?

    • @niyigenajeanbaptiste2057
      @niyigenajeanbaptiste2057 28 дней назад

      @@Erick_trust Kuba utumva ikintu neza ujye usobanuza ubuse abo wita abavandimwe bawe bose niko ari abavandimwe munda ya mama wawe ,uzashakire umurongo uvuga ukunta Bikiramariya yabyae Yakobo munda na Yuda nuhabina nzakwereka ko Bible itivuguruza nzakwereka umurongo uvuga nyina wa Yakobo na Yuda

    • @ikome2129
      @ikome2129 27 дней назад

      Matayo 1:20
      Akibitekereza, marayika w'Umwami Imana amubonekera mu nzozi ati “Yosefu mwene Dawidi, witinya kurongora umugeni wawe Mariya, kuko imbuto imurimo ari iy'Umwuka Wera.

  • @EvaristeTwagiramungu-s9i
    @EvaristeTwagiramungu-s9i 25 дней назад

    Kuki muhora mushimangira ko Yezu yarafite abavandimwe?ubundi umuvandimwe wa Yezu ni umuntu wese ukiranuka agakora ibyo ashaka

  • @Erick_trust
    @Erick_trust 29 дней назад +1

    Rwose Mariya yabyaye Yesu ari isugi, ariko nyuma yaho ntayakomeje kuba isugi kuko bibiliya itwerek ko yabyaye abandi bana (Mariko 6:3) barimo Yakobo na Yuda banditse n'ibitabo mu isezerano rishya, rero sinzi ukuntu akomeza kuba isugi kandi yarabyaye abahungu n'abakobwa.
    Ikindi Padiri yatubwiye ko Mariya ari umugore wa roho mutagatifu, sibyo rwose ntabwo Imana irongora ntibibaho, yakoresheje imbaraga za yo aratwita kuko iyo imurongora ntiyari gukomeza kwitwa isugi mugihe yari atwite inda ya Yesu.
    Ikindi ni ubumana bwa Mariya buvahe? Nihe handitse ko twiyambaza Mariya mumwanya wa Yezu?
    Ushobora kumbwira ko utemeye umubyeyi adashobora kwemera umwana. Nibyo rwose Mariya yabyaye Yesu, ariko bibiliya ivuga iki? (Yohani 14:14) Nimugira icyo musaba cyose mu izina ryanjye nzagikora.
    (Yohana 14:14), ntabwo ari mwizina r'undi muntu,
    Kandi (1 Timoteyo 2:5)
    Kuko hariho Imana imwe, kandi hariho Umuhuza umwe w'Imana n'abantu, na we ni umuntu, ari we Yesu Kristo
    (1 Timoteyo 2:5)
    None ubuhuza bwa Mariya, buvuyehe?
    Mariya akwiye icyubahiro si umugore usanzwe, ariko kumuhindura imana sibyo rwose.

    • @niyonzimainnocent3489
      @niyonzimainnocent3489 24 дня назад

      Muvukanyi, tahura Nimba Imana yashimye guca kur bikira Maria kugira ishikire Abantu kuki Twe tutomucako kugira adushikire ku mana?

  • @karanganwaassinapol
    @karanganwaassinapol 22 дня назад

    Ibinyoma birangwira ubwo Mariya nyuma ntiyigeze aba umugore wa Yozifu? Yabaye mushikiwese? Bibiriya itubwirako yarumugorewe mwe muhakana bibiriya?

  • @JeanNoelNSENGIYUMVA
    @JeanNoelNSENGIYUMVA Месяц назад +2

    Abantu bemezako bahari naze atubwire abo bavandimwe babYezi hanyuma tuzakore research tumenye Koko niba aribyo

    • @Erick_trust
      @Erick_trust 29 дней назад

      Mbese si we wa mubaji mwene Mariya, mwene se wa Yakobo na Yosefu, na Yuda na Simoni? Bashiki be na bo ntiduturanye?" Ibye birabayobera.
      (Mariko 6:3)

    • @Erick_trust
      @Erick_trust 29 дней назад

      Nizere ko ibyo ari ukuri ni a wemera bible

  • @kanyandekwevalens159
    @kanyandekwevalens159 Месяц назад +1

    Rwose ibi bisobanuro biranyuze

  • @siloam2023
    @siloam2023 29 дней назад

    Yewe reka ne kijya impaka kubyo ntazi! Ariko muri bike nzi Batwigisha idini kuruta kutwigisha Imana yaba bibiliya Yera cg ntagatifu nta Bikiramaliya urimo harimo Maliya nyina wa Yezu , bibiliya ikavuga ko nyina wa Yezu yabyaye abandi bana. Ariko idini yaduhimbiye ikinyoma tukimaranye imyaka ikabakaba 1997

  • @Emma-qe7ql
    @Emma-qe7ql Месяц назад +4

    Ariko ni uko mwembwe muri gatulika mutamenye, buriya muburyo bwo kurinda Yesu, Imana yagombaga kumwerekana nkumuntu usanzwe. Biryo rero yagombaga gukurira mumuryango wuzuye nkumuntu usanzwe. Kuba Mariya yarabyaye abandi bana nibyo byiza ku Mana muburyo bwo kwerekana Yesu nkumuntu nkabandi. Rero Mariya yabyaye abandi bana nabenshi ahubwo, na Yakobo, umukuru wa Kiliziya yi Jerusalem yari umuhungu wa Mariya!

    • @LadisLadis-t3d
      @LadisLadis-t3d Месяц назад +1

      Nta Bibibiliya usoma wewe nico gituma uvuga ivyo wishakiye
      Niba uayisoma ntiwumva ivyo usoma ivyo arivyo.
      Umva ndakubwira iki kintu uzo kibwire n' abandi mudashaka kuvirira ivyo mwihimbiye:
      1. Si Umigambi w' Imana ko imiliyaridi 8 zituye isi umwe wese yovyuka avuga ngo nubatse urusengero.
      Abantu bigiza nkana kugira batavirira ivyo bihimbiye kuko bibinjiriza umusaruro.
      2. Yezu atari Yesu Afise Nyina, Si impfuvyi. Kandi Uyu Muvyeyi Imana UbwaYo Yamuteye Iteka, mwebwe murimwambura nka bande?
      3. Imana NtiYarinaniwe Kurungika Yezu Kw' isi nk' umusirikare, agakoroka m' umutaka canke akabonekera abantu ari umugabo atarinze kuvyarwa n' umugore.
      Kandi bikaba mugahe gato ata nteguza. Hanyuma akabwira abantu ati nje ntumbero na Data, kandi muvyemere.
      Ivyo ntivyari binaniye Imana.
      Kuba Imana Yarinze kubitegura bigatwara igihe kirere ngo ducungurwe, ni uko Yashaka ko twebwe abazovuka nyuma Ya Yezu, tuzobone uburorero nyabwo(ikitegererezo) bw' ukugene umuntu aza kw' isi kuva bakimusama inda. Ni ukuvuga ngo "Umuryango Mweranda W' i Narareti, ugizwe na Yezu, Bikira Maria na Yozefu, batubera akarorero, muri' buri kintu cose c' ubuzima bwacu.
      Mutima Mweranda agufashe gutegera Neza inyigisho z' uyu Padiri mwiza"
      Gira Amahoro Y' Imana muvandimwe wanje.

    • @NIZEYIMANAFabien-li2qn
      @NIZEYIMANAFabien-li2qn Месяц назад

      Noneho Mariya muka kiropa niwe nyinq wa Yakobo?bivuzeko Yakobo ni mwene Kiropa?

    • @douceukuri6128
      @douceukuri6128 Месяц назад +1

      Ntabwo Yezu yavutse nk’abandi bantu bose kuko yavutse nyina Maria adahuye n’umugabo, niba se Maria yarahawe uwo mwihariko, Imana yabuzwa ni iki kumurekera Ubusugi bwe no kumujyana mu ijuru?

    • @user1-mt1ye
      @user1-mt1ye Месяц назад

      Kura ibinyoma aho!

    • @douceukuri6128
      @douceukuri6128 Месяц назад

      @@user1-mt1ye Sobanura ikinyoma kiri mubyo nanditse?

  • @damascenenzabonimpa
    @damascenenzabonimpa 22 дня назад

    Padiri THEOPHILE ni muntu ki (biographie ) ?

  • @CyizamiSamuel
    @CyizamiSamuel 29 дней назад +1

    Bikiramariya uwo muvuga ntabaho ni umuhimbano kuko uwo tuzi na Bibiliya itubwira ni Mariya nyina wa Yezu, naho izina bikiramariya bibiliya ntahantu na hamwe warisanga

  • @IMCkigali
    @IMCkigali Месяц назад +1

    SPINOZA mumuvugaho iki?
    Kukimuri grand séminariste batamuvuga ho?

  • @Kamenyero-gy2bj
    @Kamenyero-gy2bj Месяц назад +1

    Ninde yahora ashinzwe gupima ko Mariya akiri isugi, kumvo ki babishimikako?
    Katolika ikomeza kwemera ibitangaza kurusha ukuri