Mama Linda ko bari barakurindagije nabi koko nyokobikwe mucyumba cyawe kwel bakagerekaho nokukubyutsa Sasita zijoro iwawe sha wowe wavuye ahohantu ntacyo uzaba imana irakurinze
Natingiye igice cya mbere ndira,ariko maze kuba igiti,mwene mama Ari mu buzima nkubu,twatinye kumusura ngo natwe uwo mugabo ataturoga kuko afite imyuka mibi bikabije,fone ye ntibaho na we yamuciye ku muryango ntituzi amakuru ye ninshuti ze zazimuciyeho ni umugabo gusa umufiteho uburenganzira.abafite umwuka w'Imana badusengere na we azabohoke
muvandimwe ubu natangiye natangiye kugusabira. Ndetse nuriya mugabo uburyo yakubabajeee. Que Jésus sauve son âme, qu'il ne soit pas damné. Ukomere umumama.
Mana yanje !burya hari igihe umuntu yumva ibintu akibaza ko ari ko ararota!nukuri Imana yarinze uyu muvyeyi ndazi naho yaciye mubikomeye nziko ntakekeranya ko Imana ifise ico yari igambiriye kuko muriyisi Ubu buhamya buzakiza benshi
UWITEKA NIWE MWUNGERI WACU, ATUBERA MASO AMANYWA NDETSE N'IJORO NTAHUNIKIRA ARATUZI KURUSHA UKO TUBIKEKA, YATUMENYE TUTARABA INSORO MUNDA ZA BA MAMA WACU... AMEN!
Muntu wImana tekana abana be bararinzwe namaraso.meranda ya Kristu kandi batwikiriwe mu mutamana wumubyeyi wacu Bikira Mariya nyina wa Jambo. Nishimiye ko uyu mubyeyi yakomeje kwiringira Imana akiyambaza YEZU afashijwe na nyina yadusigiye kumusalaba
UBUHAMYA BWA ALINE (IGICE CYA 4) ruclips.net/video/KJV0hgHy4Xk/видео.htmlsi=XCThpyKgeFWJVFAv
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Nonese ko yatubwiye ko nyirabukwe yamuburiye igihe cya mariage ko agiye gehenomu yaje gufatanya n'umuhungu we kandi gute
Urarokora benshi ku isi.
Uyo mudame aravuga ukuri kuvuye ku mutima vraiment. Atumye ndushirizaho gukunda no kwambaza Umuvyeyi Bikira Mariya. Ndemeza ntakekeranya KO yamubaye kandi n'ubu aracamuhishije mu mutamana wiwe. Humura muvyeyi Umukama ari kumwe nawe. Turagusabira cane. Emmanuel Burundi
yooooooooooooo, Ijambo "Ntupime" nanjye nararibwiwe disi! nibutse uko Imana ivuga yo kabyara!! halleluaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaa...umva ubu buhamya bukomeje kunyereka Imana y'Imirimo yo kabyara!!! Imana irokora abayo yo kabyara!
Uwomugabo aracabaho? Nimba akibaho muzamugaraze atazica abandi basigaye
Imana iragukunda cne mubyeyi mwiza, harimpamvu Imana yemeye ko bikubaho kko ntiyagusize iteka yabanye nawe kd ikakuvugisha, ubuhamya bwawe bukujije kd butabaye benshi
Imana yomwijuru ikomeze ikurinde nabana bawe nukuri wanteye intimba namarira gusa harakabaho Imana yaturinze
Muvyeyi mwiza. Icambere Imana data wa twese se w'Umwami wacu Yesu aguhe umugisha. Yesu yarahabaye, ubundi ntiwari kuhava. Nagira nkubwire ko Imana igufiseho umugambi ukomeye, icambere sengera uwo muryango kk bari mumwiza ukomeye, ikindi ico Imana ikugombaho uzugikore. Nanje ngitangura kumva iyi ntahe numvise kugusengera kandi witege ubutabazi mw'izina ry'Umwami wacu Yesu Kristo.
Amina nukuri niyakire ubutabazi mwizina rya Yesu Christo.🙏
Najyaga numva ubuhamya bubabaje nkarira amarira menshiiii ark ubu nayabuze kuko ibibyo birenzubwenge bwange pe ark humura mama Uwiteka Arakuzi nanjye uko nshobojwe nzajya ngusengera Imanikubohore kd ZABURI NSHYA Uwiteka abakomerezamaboko kuko mufasha benshi gukira mubugingo,no gukira ibikomere 💪💪
Ariko disi uzikubisubiramo neza
Njye ibyambayeho simbyibuka kandi narahohotewe cyane ariko sinamenya kubisubiramo.neza gutyo.pole sana maman
Ariko Imana ishimwe ko mutakiri kumwe.
Wagize trauma ikwibagiza ibyakubayeho ngo udasara
Aline wabaye igitambo cya benshi. Ubuhamya bwawe buzakiza benshi kandi nawe iherezo ryawe rizaba ryiza. Ijuru wararicakiye mu izina ry'umusaraba wa Yesu.
Umwanzi Agucira Akobo ,Imana Igucira Icyanzo.Imana niyokwizerwaBantu Dukunde Imana.kuruta uko twikunda.Mana warakoze. Kurokora uyu Mubyeyi.❤❤❤❤❤❤❤❤
Yesu agukomez, ariko gira indamukanyo(salutation) yonyene kuri Yesu( Yesu ashimwe,)ivyo vy'abasiramu,......uvyihoze,
Wamanaweee ugirimbaraga,urumunyamaboko ❤Aline weeeeee Imana I hagarara tenser humura wegutinya I yakoze ibyobyose ikabikurinda ntupfe nubu ikubereyemaso nabanabawe.
Ninde yogutanga Imanitagutanze, humura maman Yesaracari kungoma
Mubyeyi Imana iragukunda cyane uba warapfuye yo itemeye ko upfira muri uwo mujyango humura pe ibyo bisigaye rwose nabyo izabirangiza komeza usenge ntugaciki ntege nanjye uko nshobojwe nzarya ngufasha
Komera cyane ntacyo uzaba tuzakomeza kugusengera pe
Ese ikibazo nyina w umuhungu ko yari yamugiriye inama banjya gushakana kukiriziya ubona amwitayeho nyuma niwe warugiye kumukorera ayo mabi
Nanjye nabyibajije! 🤔
Ahubwo se ibi bintu sibyo bita guterekera cg ni ukubandwa.....
Mubyeyi washatse muryango w'abadayimoni.....
Wagira ngo ndimo kurota...
Mubyeyi weeee Imana igufiteho umugambi...🙏🙏🙏
Man. Warakoze. Kumurinda. Muribyo byose. Ukaba waramurinze. Habwa icyubariro iteka ryose 🙏🙏🙏
IMANA yarokoye uyu Mubyeyi mfite icyizere cyuko Umwana wanjye azakira
@@MarcellineNirerauwomugabo arahari ? Niba Ahari arihe ?.
@@MarcellineNirera iyobwa iriyehe ?
Yooooh ! Humura muvyeyi ! Mbega agahinda ! Humura hari Imana !
Imana iratabara n'ukuri🙏
YESU aguhezagire cane muvyeyi warwanye urugamba rutoroshe Kandi iyo ntahe izofasha benshiii izugurure amaso ya benshi
Inyamasws muntu ziragwira. Komera mubyeyi Imana izaguhorera, uwo mugabo ntazava mwisi atabonye ingaruka zibyo yakoze
Mama Linda ko bari barakurindagije nabi koko nyokobikwe mucyumba cyawe kwel bakagerekaho nokukubyutsa Sasita zijoro iwawe sha wowe wavuye ahohantu ntacyo uzaba imana irakurinze
Natingiye igice cya mbere ndira,ariko maze kuba igiti,mwene mama Ari mu buzima nkubu,twatinye kumusura ngo natwe uwo mugabo ataturoga kuko afite imyuka mibi bikabije,fone ye ntibaho na we yamuciye ku muryango ntituzi amakuru ye ninshuti ze zazimuciyeho ni umugabo gusa umufiteho uburenganzira.abafite umwuka w'Imana badusengere na we azabohoke
Imana ibarengere
Mukumbure mumusengere Imana izamubabaza, uyo ko yagize Imana ikamutabara, uyundi ntawuzi ko azarokoka
Ntivyoroshe mwabakobwa mukiribato nukuri mushishoze musengere umuntu wese aje mubuzima bwawe utamuzi.
Wowe wanditse iyi msg igaye kabisa kuki mudashaka ubuyobozi
Uziko babyita ubufatanyacyaha kurekera umuntu mukaga!!mugihugu cy urwanda wagirango ni ikuzumu mwese mwarahahamuste
Nkubu uyu mubyeyi uhereye umunsi wubukwe famille ye kubera abantu bubu ntarukundo ntawatekereje gutabara uyu mubyeyi dore ko wari numwana
Rero wowe wanditse iyi comment ibi bigutere imbarag Satani
Mwibaze banyarwanda gushyingira uwmana wawe uzi ikiabzo utamusura ntubwire ubuyibozi,imiryango aba cousin abo bavukana inshuti ,nibyo birababaje Ariko se ntasomo twakuramo?ese ntamuntu waba ari Uri situation nkiyi twiyibagiza? Dukanguke
Ino film noneho utari ra ukanaseka pe
Ntatandukaniro nivyo naciyemwo.komera Madame Aline IMANA ni Nteturuye.
Ndumiwe pe baribarakoze ndetse cyane satan yari yaragutwaye ubwenge kuko numubyeyi wawe ntiyagukora ibyo ngo uhagume yesu weeeeeeeee komera muvandimwe ese uwo mugabo aracyabaho yarashatse se?
Mana we! Pole mubyeyi mwiza, Imana ishimwe ko yakurinze.
IMANA ishimwe cyane yaragutabaye.kd twese ijyibana natwe.allellua
Ariko Imana ishimwe ko Imana ya kurinze ,gusa nkibaza niba koko uwo muntu akiriho ndibaza akwiye gukurikiranwa na mategeko kuko warahohotewe cyaneee , kndi Imana yo mwijuru igumye ikurengere .Imana iragukunda.
Ndumva nkunzimana kurushaho yakurikoye mubyeyi❤❤❤❤uwomugabo ndumva kumuvugaho ntacyobyamarir mwifurije kuzahura nimana gusa 🙌🙌🙌
Uzikurinda mana we uzikurinda. warinze uyu mubyeyi muriibibihe bitari bimworoheye nukuri nuhabwe icyubahiro kuko ntawahwana nawe mana rekamvugengo (hejuru yabyose har'Imana)
Aline mubyeyi mwiza Imana igufuteho umugambi Kandi mwiza. Kandi rero umuntu uzakomera agakomeza n'abandi nawe aba yaranyuze mubikomeye.
Yooo pole sana disi. Ukeneye amasengesho meshi cane. Imana yashatse krigisha ukuntu kugira yiheshe icubahiro bose bayubahe ntiraba ngo urakijijwe canke ngo ntukijijwe , oya yoyo ikora hose kugira ize igaragaze ubushobozi bwayo
Ubuhamya burababaje cyane, gusa tubasabe episodes zabaye nyinshi plz Plaizir, Wenda ikizakurkira kizabe kirekire ariko kibe kimwe, Maman nukuri komera iyakurokoye biriya izakora nibindi.
Ubwo se hari icyo byaba bitwaye? Ko hari movies se zigira épisodes nyinshi zirenze izi abazireba se ntibazikurikira? Rwose ntacyo bitwaye🙏
Chakora Mana isi irimo imyuka mibipe atarumudaimoni washanse warikwigendera pe ariko kuko ari satani byaribikaze komera Imana yahakubereye nanone irakurinze Amen 🙏😢
Yarafite umutima wuzuyemo abadayimoni ( umugabo) kbs Imana yarakoze yamugukijije
Igihe wasobanuraga kujwi ryImana narintegere ngo Umusobanurire kwarijwi ryImana ariko kandi numvise ryohewe tena haleluyaaaaaaa
Numutabyi Eli, niwe wakoranye na Samweli muguhamagarwakwe. Ubuhamyabwa Aline burakomeyecane arko Imana itubereyemaso, hashimwe Yesu watsinzesatani.
Plaisir, amaraso ya Yesu agutwikire, kuko ubu buhamya bushobora kugutera ihungabana. Natwe tubukurikira uburinzi bw'Ishoborabyose butubeho.
Ibyo ntaho bihuriye
Imana ibandanye igukomeza muvyeyi kovyamaze gusohoka ubu ugiye gukira kuko Yesu niwe akiza ibikomere vyose umuntu yahuye navyo . Plaisir uwo mukozi w Imana yitwa Eli yabwiye Samweli yitabe ijwi ry Imana. Imana ibandanye ibaha umugisha Plaisir ufasha beshi Imana izobiguharureko nkukugororoka igisumba ibindi izoguhe ubugingo budashira.
Bwana Praisir uvuga neza ariko ugerageze ujye uvuga "wumvise" rwose ureke kuvuga "wumvishije" nimvugo yabana itari uburimi ahubwo yitwa Urukonjo,nka kwakundi bavuga ngo "natararya"
Mwami Imana tabara uyu Mubyeyi
Knd Umwomore ibikomere we ni abana be
Maman ihangane nukur.ukomere cyan lmana igufiteho umugambi kd mwiza pe.lmana idufashe nukur kuk mwisi hari byinshi pee.dusenge cyaan Uwiteka aturengere nukuri😭😭
Merci bcp Plaisir!!! Ubu buhamya buzalomeze kugeza burangiye kugeze aho ubu ari.
Imana ihabwe icubahiro yagukuye ngahohantu YESU KRISTO Agiraneza bugaca bukira Imana yahagukuye ntizobura kugutabara nubu Natwe Imana itwongere inkomezi zokugusengera nokwisengera gusa Imana irahambaye yagiye igusimbisha impfu zingana.gutwo!!!!!
Mbega intimba! Momkomera Imana yakunyujije mu bikomeye kugirango uzabe ukomeye.umugabo ntabwo muzajyana mu ijuru niwowe wenyine kdi niwoe Ishaka humura NTIZAGUKURIRAMO AHO. Reka dukomeze twinginge KRISTO azagutabara humura itagutanze mu maboko y'abo bagome izaguha ipete ry'ubutsinzi. KOMERA MUBYEYI KDI UKOMEZE IBYO BIBONDO.
Humura mubyeyi dufite imana nya mana 🙏🏼🙏🏼🙏🏼
Mana yumva gusenga umbabarire uyumumbyeyi uzashimishe umutima we kko ibyamushimisha agaseka niwowe ibizi,yararize yarahogoye niwowe uhiza America, niwowe uvura ibikere, niwowe ufite amavuta yomora ibisebe binuka byabize bimeze ,kubwibyo uyutima wuyumumbyeyi uwomore, uwunezeze ❤kdi ibingeretse kuribyo uzamuhe nijuru.
Igice cya 5 nakibuze plaisir
Nukuri peee,nwarakoze gusenga ubundi Imana ikabayobora kuyumubyeyi,kandi turimo gukuramo amasomo peee kandi ndizerako azafasha abana bacu ndetse nimiryango yacu
Imana ishimwe koyakurinze gusiga abana bawe umugambi w'Imana nimugari kuri wowe kd Uwiteka ibyoyibwira kubagirira n'ibyiza s'ibi
Umva iyutabaje Ijuru Kandi wizeye birakora pe. Wabona yaragiye kukubagira kwiyo Plato pe. gusa Nyagasani yarakurengeye rwose pe. Imana ishimwe cyaneeee. Kuko yarahabaye. Ni Valentine musanze.
Imana ikora muburyo bwinshi nukuri! Nkubu umuntu yakwibaza ukuntu uyumumama yatotezwaga Kandi avugana Nimana! Iryo jwi kuki ritamutabaraga Koko.Mana uri Mana koko
Plaisir wee washize byakurenze Ariko nanjye gutitira
Mbega umubyeyi wababaye !!!uzakorera Imana pee
Mana we disi nigishitani cyali cyarakuroze,aliko ukomere yesu aracyali kungoma, kandi kuba ukiliho namaraso yamennye kubera twe ,mbega urukundo rw’imana yacu, komera yesu aragukunda peeee🙏🏻🙏🏻komeza ukomere ubereye igitambo benshi, ahubwo urumugabo👏👏👏yesu aguhe umugisha , ndakwijeje kugusengera,iyo nza kuba hafi nali kuza kukureba,humura yesu mulikumwe tu🙏🏻🙏🏻🩷🩷🩷
O
Mama w'umuntu ntaco adakora. Kurya yabaye munsi y'umusalaba abambanywe na Yesu, tumwizeye aradutabariza kuko yarahatubereye mukuba umukobwa wakarorero mubandi bose. Nawe uriko utwaza umusalaba Yesu. Imana iguhe imbaraga z'umutima muvyeyi wararushe ariko Data aracariho kandi ntahinduka azakurwanira n,abana bawe. mukomere
Uri Ntwali Mubyeyi Imana izaguhe amasaziro meza,uwakunyereka kko Uri intwari Uri intwari
Plaisi uzamutubarize impamvu yatotezwaga gutyo ntabe yamuhunga ngo yisubirire iwabo niba yaratinyaga gusenya cg niba ari zambaraga zumwijima umugabo we yakoreshaga zatumaga atahava.
Aline kdi komera Imana yakurinze kiriya gihe cyose izakomeza ikurinde hamwe nabana bawe
Ni umutambyi Eli
Aline komera Uwiteka ageze kure abikemura kdi uraje uvuze impundu zo kunesha mu izina rya Yesu Kristo w, I Nazareth
Mpore muvyeyi Imana ntikuziga kubwogusengacane ikuzigamakubwumugambi iguteho humura Imana iragukunda cane nikimenyetso niryo jwi ryakwereka ibibi vyuyomwansi wubugingo bwawe nibaze yuko yarimpwemu wimana imana ishishikare kukugwanirira
Imana ishimwe ko yakurinze ntupfe yaragerageje kukwica kenshi umugambi wimana uracyakuriho kdi humura Imana yomora ibikomere
Jumuts Munyeyi ea Nyagasani.Abshstulika Natwe fugite Rohomitagatifu Itulinda Amadayimoni.kandi nibyo koko Bikiramaliya iyo tumwambaje mukwemera aradutabara.Ndi umuhamya wo kumuhamiliza .Humura Imana iradutabara
Mana nyagasani wew warinze uyu muvyeyi Ariko Mana wamuvyeyiwe woshira uyumugabo hanze koko erega azomara abantu jew Mbona mugwanda ubugome burenze 😢😢😢
Ntabwo ari bose kandi abo bagome bari kwisi yose uyu niwe dushoboye kumva
Nareke kumuhishira kuko azamara abantu ndetse nawe ashobora kumuhiga kubera ubu buhamya ashyize hanze. Ubu uwo mugabo arimo ariyumva!
Nizere ko afunzwe cyangwa atakiriho. Uyu ni ukudayimoni wigendera.
Yewee!!!!mudufashije mwavuga aho aherereye cg uwariwe Wenda kuko niba ariho ubu harundi ariguhemukira kuko muriyi minsi imitima yabenshi irashavuye
@@honorineumwiza2895 ariyumva pe kandi akabakiriho azomuhiga amugirire nabi mbona yomushikiriza ubugenza cyaha
Yesu ni igisubizo kuriwowe, mwiringire ukomere muriwe utegereze igiheke waratsinze komera turi kugusengera n'abandi bose baruhijwe n'umwanzi nkawe.
Uwo musaza yari umutambyi Eli, yareraga abana be bajeyi,... Umwana Samweli (uwasabwe Imana) akabyarwa na Hana, niwe wahawe uwo muhamagaro, ahamagawe n'Imana aritaba.
Ubundi uko niko kwitaba Imana, iyo Iguhamagaye iguha mussion,
Kwitaba Imana sugupfa.
Yesu ashimwe
Imana izi kurinda mweda wahuye n, ibigeragezo ariko Imana izakumare umubabaro wose nukuri turagusengera cyane komera Imana iracyakora
muvandimwe ubu natangiye natangiye kugusabira. Ndetse nuriya mugabo uburyo yakubabajeee. Que Jésus sauve son âme, qu'il ne soit pas damné. Ukomere umumama.
Wowe ufite umutima wo kubabarira! Jye ntawo nabona, kdi atari jye byabayeho! Ahubwo ndibaza uyu byabayeho aho azawukura!
Uwo muhanuzi yitwa “Eli” 1 Samweli 3:1… Muhezagirwe ❤
Uwo Muvyeyi Aline, ndinginga Umeuka Wera ku mukomeza we n’Umuryango we ngo amwomore n’abana n’imiryango muri ibyo bisebe…
Abarozi babaho koko!Komera cyane mubyeyi.Nta kindi umuntu yavuga.Nabaye bouche beu.
Mana yanje !burya hari igihe umuntu yumva ibintu akibaza ko ari ko ararota!nukuri Imana yarinze uyu muvyeyi ndazi naho yaciye mubikomeye nziko ntakekeranya ko Imana ifise ico yari igambiriye kuko muriyisi Ubu buhamya buzakiza benshi
Mana we!!!!! Pole cyane wahuye n’ikibazo gikomeye ariko humura Imana Iragukunda cyane kandi ntacyo uzaba hari umugani baca ngo ibuye riserutse ntiriba ricyishe isuka. Humura Msma 🙏🏼
😭😭Too Birababaje cyane mubyeyi gusa HUMURA KOMERA Imana Iracyagufiteho Umugambi mwiza kuba Ibyo byose waragiye ubicamo Kandi ugakomeza Nuko Imana haricyo yarigutegureye Imbere gusa ntibyoroshye.
Uwo mutabyi wari murusengero yitwa Eli samweli yajyaga kwitaba
Ariko Ubwo ugihumeka Imana Ishimwe cyane Nibindi izabikurenza❤️❤️🙏🙏
Mbese,Imana ibahe Umugisha mwese nuyy muvandimwe wemeye kudusangiza ubuzima bwe,kdi mumbwire ngo ukomeje benshi,n'uwo wari Umugambi w'Imana kugirango uzakomes natwe.
God bless you.
Cyakora nyine Hari yarakuroze jyewe uwacu ntibari bunsige murugo Imana izakugirire neza mubyeyi.
Uziko Bakazungu bamwe babaho 🤭mbega umugabo nukuru yarumugome cyane bikomeye 😭😭😭😭Imana ikomore ibikomere kuko warakomeretse pe
Ese uyu mugabo aracyariho uzambutubarize,gusa aline komera cyane umva ndumiwe pe warahuritse.
Heri izina ryumukozi w Imana
Uwo numutambyi Eli iyonkuru Plaisir yavugaga
Humura mubyey' Imana ijya yomora ibikomere
Uwomuvyeyi Imana iramubona nabo Bana Yesu abagumbire cane hama umuhanuzi Samweri yitaba yitwa Elii mukomerezaho cane🇧🇮🇧🇮❤
Imana ikwomore Ishuri wararyize neza pe!
Komera mubyeyi mwiza imana yemeyeko bikugeraho kugirango imirimo y'Imana yerekanirwe muri wowe
UWITEKA NIWE MWUNGERI WACU, ATUBERA MASO AMANYWA NDETSE N'IJORO NTAHUNIKIRA ARATUZI KURUSHA UKO TUBIKEKA, YATUMENYE TUTARABA INSORO MUNDA ZA BA MAMA WACU... AMEN!
Ntubundi rwose warutarayimenya, ahubwo warukiri mwidini ryababyeyi.
Ihangane muvandimwe lmana izaguhoza gusa ukwiye gusenga cyane kugirango lmana ivunjire abana kugirango batazandura imico yapapa wabo kukokarande irakuricyorana
Muntu wImana tekana abana be bararinzwe namaraso.meranda ya Kristu kandi batwikiriwe mu mutamana wumubyeyi wacu Bikira Mariya nyina wa Jambo. Nishimiye ko uyu mubyeyi yakomeje kwiringira Imana akiyambaza YEZU afashijwe na nyina yadusigiye kumusalaba
Njye ndumva nabuze icyo kuvuga, gusa Imana n'Imana kandi iri hejuru y'ibintu byose, gusa uzaba umuntu udasanzwe imbere y'Imana uzakorera Imana kdi nayo izaguhemba ikwibagize ayo marira yose, komera byose biba kugirango Imana tuzavuge gukomera kwayo, kdi hashimwe Imana yaguhaye mwuka wera mubana muribyo bihe bitoroshye, akaba ariryo jwi wumvaga. Komera turakomeza kugushyira imbere y'uhoraho, kdi ugize abantu benshi b'umumaro.
Ububuhamya buherekejwe ni imbaraga Imana kandi buzakiza benshi
Imana nishimwe yagukuye mumaboko yuyo mugabo nibindi izabikora izagutabara
Uwo Mukozi w'Imana yari Eli!
Aline ntutinye ntukuke umutima Imana yabanye nawe muruwo muriro ntaho yagiye aracyakora😊
BIKIRA Mariya wagendanye nawe,yarakuvugiye Mubyeyi 🙏
😢😢😢pol san nukur Arik harukuntu IMANA yagomba imbarag zumwijima zimenyekan Imbaraga zi IMANA Zirakomeye nukur🙏🙏🙏
Imana yarikumwe nawe na mama wawe nabandi bakuzi baragusengeraga. Ariko nigute umuryango wawe utatabaje utemerewe kugusura koko bakakuvanayo.
Imana ishimwe ko muri byoseeeee yagendanye nawe ikajya ikuganiriza muri byose.n'ibisigaye izabikorera kwiyubahisha
Imana yarakurinze ngo uzayikorere.
Ubuhamya burenze ubwenge bw’Umuntu . Gutotezwa bingana gutsa Imana ikakurinda ukaba ukiriho Imana itweretse ko ntaho itaturindira. Ndashima Imana yakurinze wowe n’abana bawe ku mwaka yose yashize nubu ikwitayeho. Twese turusheho kuyizera Kuko Irenze intekerezo zacu
Imana i mukomeze nukuri
Mwimurenganya ngo kuki atahunze ,umuntu uri mumbaraga z'umwizima zingana uko ! Atarazi no gusenga neza murumva yari kuzicika ate??? Ese muziko hari abantu benshiii bari mubuzima nkubu ariko kubera Imbaraga zibatsikamiye batamfa kubuvamo keretse Imana yonyine