Размер видео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показать панель управления
Автовоспроизведение
Автоповтор
njye sinemera umuntu uvuga ngo umugore afate neza umugabo,mugihe umugabo we abadafata neza umugore, marriage ni réciproque action kd iyo dusezerana kwa padiri cg kumurenge twese dusoma isezerano rimwe Ntaho umugore /unugabo avuga ngo nzakubaha&nzagukunda mugenzi we ngo avuge ngo nzakwanga /nzagusuzugura rero twese twubahane,dukundane maze tugire ingo nziza apana guhora mubwira umugore ngo submit to your husband while that husband didn't consider u as a wife &love u
Umugore cg umugabo buri wese agomba gufata undi neza ntibigomba gukora kuruhande rumwe
@godislove6288 ntitwabyumvise neza navuze ko uko abagabo badufata neza natwe tugomba kubafata neza ko tugomba gusenyera umugozi umwe (réciprocité)
Ariko abantu babaye bate? Wowe ntushaka na rimwe ko topic yo gufata neza abagabo iganirwaho?! Ibyo gufata neza abagore byo biganirwaho kenshi, n'umubyeyi muzima abitoza abana arera, byongeye ishobora no kuba topic undi munsi. Kuki se wumva umunsi umwe hataganirirwa ibyo kwita no ku mugabo wakuguriye Range Rover?
@@agefightingbeautyjye nikundira ziriya bijou uba wambaye ni number one ☝️
@@angelmona8506 usome neza ,kd ugabanye kubyegereza umutima cyane,uti ntanarimwe nshaka ko topic yigisha umugore kwita kumugabo iganirwaho?mbikubwiye kangahe?njye nawe c turaziranye basi?take your time breath in&out then drink same water u gone be fine,Naho icyo navuze kd ngisubiremo sinemeranya numuntu uvuga ngo mugore uta kumugabo wawe mugihe we atakwitaho kd ahari,abihitiye umwanya +ubushobozi ,naho ibyo kugura ronge rover sibyo bigaragaza ko umugabo akwitaho byonyine ashobora kuyigura kuko adashaka ko mugendana, etc.....
Sha ntawusenya abishaka ali umugore cg. umugabo, buli wese abafite impanvu ze! Bulya umugabo cg. umugore bagera kugihe cyokurongorana halicyo umwe yakundiye undi, ibindi barakosona, barigana, barahinduka mungeso, bikanga cg. bikemera! Blessings abubatse!
Uyu mudamu arasobanitse cyane !Ndamukunda Imana ihe umugisha business ze.
Madame Diane, je vous admire bcp. Courage, garde la tête haute. 🥰
Niba hari umuntu nkunda ni uyu mu Dame❤
Ntibiba byoroshye
Ariko kuva navuka numva bavuga gufata neza abagaboooo sindumva narimwe uko uko umugore afatwa neza 😢
Ni akumiro. Iryo somo umunsi rizatambuka uzandye akara ndikurikire.
Gutekera umugabo se bimubuza kugenda ibyo wakora byose ntibimubuza kugenda ahibwo agufata nkinjiji iyo ukigakiga
Amahoro umuntu arayishakira uretse numugabo ntanundi wayaguha
Abagabo abenshi ni ABAHEHESI usibye ko tubirenzaho ariko wamufata neza ntibimubuza kuguca inyuma gusa ni ukwihangana
Ariko Diane warabyibushye cyane kuko suku wari umeze
Nta mugabo waguhoza amarira, nta n’umugore wayaguhoza. Reka nze nshake gasongabugari niyumvire 😊
I love that womanOpen mind kbs
Arapfa nyen utazi nakimwe aho kiri. Imana itakubaye hafi urakabona. Ariko kenshi Imana irabikora. Kimwe coco umugabo anyegeza ntaramba, kuko Imana ntivyemera.¹
Nkunda uyu mugore cyane.I really love you lady Diana
Icecekere wamugore we ,kuki abagabo bo batadufata neza,kuki abagabo mubashyira imbere nicyogituma babagira umwanda
Icyo ushaka ko kikubera umugica cg icyagaciro ugishyira imbere wowe ukora ibyusabwa nawe ugategereza ko bikugarukira ariko gusigana sibyiza
Nibyo bituma babaca amazi umuntu nagufata neza nawe uzabikore
@bijou5038 wumve ikiganiro neza kandi nta muntu w'umwanda ubaho kuko Imana yaturemye murukundo
Courage Diane ❤❤❤
Diane ndagukunda cyaneee peee uri no strees
Hejuru cyaneeeee Didi wacu. Uyu ni urungano
Sabin uzatuzanire umu nutritioniste
Mundemere twara like
Diane ufite ijosi ryiza
Ntago bose basenya rwose biterwa nuko mubanye naho mwahuriye naho yagusanze, rero ntimukajenerarize.Kandi mugomba kumvikana mukubahana
I really like she’s so sweet. Oh 😍
Uyu mugore ni mwizaaaaa
ufata uwemera gufatwa di🙊🙊
Mumbarize niba akibana cg agifite n'umugabo we? Ko numva ashinja abadamu bo mu Rwanda ngo ntibazi gufata abagabo babo neza, Umugabo atagufashe neza ntabwo bikunda
Ahubwo se WE KO yatandukanye nuwo ataruwo mu Rwanda. Hari umugani mukinyarda uvuga ngo uwo Nyagasani yubakiye ngo agira ngo yak...... neza kurusha abandi.ubuse abasenye Bose nuko batari bazi kubaka ? Hari sujet umuntu aganiraho ukabona size pe.
Umvaaa mwihorere yarahaze cyane,,, Ntiwagyayoo ngoo uvugee abatazii gufata neza abagaboo kandii Nawe yarivugiyee ko Yatandukanyee n'umuzungu....
Aravuga ukuri kuzuye 100%
Isenjyesho ryokubuzwa gukora rinjyereho mwami.depression ni yose😊
Diane Uransestaaa Cyaneee
Impamvu abagabo iburayi barira uri murugo niwe umenya ibikenewe (ntabakozi) umugabo ari busy numugore nuko😂 ndumugabo ntihaba 🤴🏿
Sabin ndagukunda cyane ❤,Imana ikazamfasha nkapfa nkubonye.
Mbega gusaba nabi....chn se wagizengo yagufash iki ko nawe Ari marira nukuri emotions nkizo muge muzigabanya ni mukababaze Imana
Bigezahooo kubonaa Sabin ngoo uzarinde Gupfaa? 😳😳 Wamuhamagaye se mukazahuraaa
Diane rwose ntabwo adutuburira, Amavuta ye ni original
Koko se? Mpa nimero ye waba ugize.kuko kanye uruhu rwarananiye.kdi ndivuza pe
Turangire uri murda aho yayakura?
Ibintu byica: amafiriti, mayonnaise, ketchup, isukari, Fanta, n’ibindi. Murapfuye nimutabireka
Nonese Sabin ,uyobewe ko abantu kenshi bakunze gusakuza bagaragaza ko abantu benshi babanga ,usanga ataribo beza?abo ntibaguce intege
Yego Nibyo pe
Uvuga neza vrmt
Ibyo biba iyo mwashakanye mukundanye naho se mwabana ku ngumi n'imigeri byo bigashoboka
Yewe mugabo ushaka gufatwa neza we, ihute ndumva uyu mudamu yabishobora..ubanza ari gushakisha
Ko uvuga nabi ra 🙄🙄🙄
Muzigisha muruhe
murakoze
Aya namahimvu setu 😅😅
Ingorane ya sabin ntareka umutumir avug ahez aguma amuvugiramwo uzurareka bavuga ubony bagez kubidakenew uhez naw uvug peee
Birakabije pe,nigute abagore badatekera imiryango yabo ,ugasanga Igihe cyose murya ibiryo byabakozi ,kdi burya ibiryo bitetwe na Maman w’urugo biba biryoshye,ugasanga Boxer zu mmugabo ziri gufurwa numukozi! Ugasanga umukozi niwe usasa igitanda mwarayemo! Ugasanga abana bozwa numukozi umwaka ukaza undi ukaza! Ugasanga urugo rwahariwe umukozi!
Kuki abagabo btaikesera boxer??mutarabana yameserwaga nande?ntamuntu umesera undi amakariso kereka arwaye 😤
Dian nuwambere
Nta muhanga mubyurugo
Ntamuhanga rata umuntahora yiga uyuyigize imvugakuri
❤❤❤❤
Peteroni watetse ryari? cyokora wenda warakuze cyokora ntubeshya disi😮😢
Amasafuriya atogeje 😂😂😂😂
Urakoze koyamwitayeho se byagyyeze bite ??? Nabandi nuko barananirwa
Juste pour préciser on dit empreintes pas plaintes✌️
😂 ntacyo bihinduyeho.
@bambeirene182 komanteri yawe itumye ndeba icyiganiro nubwo...😂😂
@bambeirene urakoze kunkosora ariko izo ndimi nubundi ntazo nzi nikundira ikinyarwanda nicyo nshoboye 😂😂😂
@@umulicealice4471ushobora kuvuga ijambo nabi cg ukaryandika nabi rigahindura icyo washakaga kuvuga nshuti.tujye dukunda guhugurwa iyo bibaye mubugwaneza
Ntibyoroshe ibyiyimihanda
Sabe uyumunsi nyamara urampemba ndigukomeza mba uwambere.
Bakunzi ba Sabin nizereko nange mugiye kundemera subscribes mukanze kwifoto yange ntimuntenguhe ndabizeye❤
Sabin ko umengo ntuzoja i Burundi? Mana nobabara ariko ndizeye ko uzojayo haracari kare. reka ndindiri.
Nabo bajye badufata neza harigihe utesha umugabo akigira inzanga
Cyne harubwo umukorera byose kuburyoAtabasha kwiha amazi yo kunywa uwo singewe watetesha umuntu mukuru gutyo
Icya mbere bagusanga kuko ufite icyo ubarusha
Oooooh Sabin wakoze kutuzanira DIANE, nk'uko twabigusabye ko tumukumbuye! DIANE URAKAZA pe!!
Uyu mudamu nimwiza disi ntiwamenya imyaka ye ko ariyo pe
Ngutecyera umugabo ntamukozi utecyera umugabo? Ubwose akazikoguteka nikokazi ukora yewega uwomugabo utaryibiryo byabakozi nabonabantu ubwosuhoruteka ukabivamo
Wagirango umukozi si umuntu ,noneho rero ntibagasohoke ngo barye ibyatetswe nabakozi ba hotel,,😁😁😁
Yegora baba binjyize imvugakuri bacishe macye Icyubahiro nicyi mana
Sabin Nkunda uyu mumama pe ninza ikigali nza mushaka pe
Diane yarabyibushye ariko
Urwanda rumufashe neza.yavuye muri stress ziburayi,araryoshye ku kazuba sha.yabuzwa niki kubyibuha koko
Nari mukumbuye reka nze nicare numve .Ejo hari uwasabye kumutumira none Sabin yabyumvise wakoze
@@anatholiekantengwa5683 yego peMureba nseka until ikiganiro kirangiye
@@sandraizabayo-5397 Mbona nta mutima mubi agira kandi ni umunyamurava pe.
Urimwiza rata diane
Uzaganirize Kamuhanda nawe aduhe ubuhamya bw’urugo numuzungu nawe afite experience
Ubu se we ko uruhu rwe rusekeje😂😂😂😂
Uwawe rumeze rute se ?
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
😂😂😂😢😢😢
K5n
Njya numva inkuru nyinshi ngo Abadiaspora bagira umutima mwiza wo gufasha abababaye😰😰 Ubu nanjye nzabona umfasha iyi nzara ishire? Ubukene bwose buragatsindwa ariko kugera aho ubura icyo urya n'icyo ugaburira abawe birababaza.
Komeraaa muvandimwee,,,, Uwo Mudamu yarahaze ntabwooo aziii Inzara Irihanooo Hanze
Ko wabonye Ayo kugura bundles?
Humura😊
Yoooooo Unkozee ku mutimaaa ihanganee nukuriii Imana Irahariii..... Witwa Nde ??
Tweseee Twaciyeee muribyooo INZARA UZAYIBAGIRWAAA NDAKUBWIZAA UKURII
😂😂😂😅
Du n'importe quoi!
😂😂😂😂😂
njye sinemera umuntu uvuga ngo umugore afate neza umugabo,mugihe umugabo we abadafata neza umugore, marriage ni réciproque action kd iyo dusezerana kwa padiri cg kumurenge twese dusoma isezerano rimwe Ntaho umugore /unugabo avuga ngo nzakubaha&nzagukunda mugenzi we ngo avuge ngo nzakwanga /nzagusuzugura rero twese twubahane,dukundane maze tugire ingo nziza apana guhora mubwira umugore ngo submit to your husband while that husband didn't consider u as a wife &love u
Umugore cg umugabo buri wese agomba gufata undi neza ntibigomba gukora kuruhande rumwe
@godislove6288 ntitwabyumvise neza navuze ko uko abagabo badufata neza natwe tugomba kubafata neza ko tugomba gusenyera umugozi umwe (réciprocité)
Ariko abantu babaye bate? Wowe ntushaka na rimwe ko topic yo gufata neza abagabo iganirwaho?! Ibyo gufata neza abagore byo biganirwaho kenshi, n'umubyeyi muzima abitoza abana arera, byongeye ishobora no kuba topic undi munsi. Kuki se wumva umunsi umwe hataganirirwa ibyo kwita no ku mugabo wakuguriye Range Rover?
@@agefightingbeautyjye nikundira ziriya bijou uba wambaye ni number one ☝️
@@angelmona8506 usome neza ,kd ugabanye kubyegereza umutima cyane,uti ntanarimwe nshaka ko topic yigisha umugore kwita kumugabo iganirwaho?mbikubwiye kangahe?njye nawe c turaziranye basi?take your time breath in&out then drink same water u gone be fine,
Naho icyo navuze kd ngisubiremo sinemeranya numuntu uvuga ngo mugore uta kumugabo wawe mugihe we atakwitaho kd ahari,abihitiye umwanya +ubushobozi ,naho ibyo kugura ronge rover sibyo bigaragaza ko umugabo akwitaho byonyine
ashobora kuyigura kuko adashaka ko mugendana, etc.....
Sha ntawusenya abishaka ali umugore cg. umugabo, buli wese abafite impanvu ze! Bulya umugabo cg. umugore bagera kugihe cyokurongorana halicyo umwe yakundiye undi, ibindi barakosona, barigana, barahinduka mungeso, bikanga cg. bikemera! Blessings abubatse!
Uyu mudamu arasobanitse cyane !
Ndamukunda Imana ihe umugisha business ze.
Madame Diane, je vous admire bcp.
Courage, garde la tête haute. 🥰
Niba hari umuntu nkunda ni uyu mu Dame❤
Ntibiba byoroshye
Ariko kuva navuka numva bavuga gufata neza abagaboooo sindumva narimwe uko uko umugore afatwa neza 😢
Ni akumiro. Iryo somo umunsi rizatambuka uzandye akara ndikurikire.
Gutekera umugabo se bimubuza kugenda ibyo wakora byose ntibimubuza kugenda ahibwo agufata nkinjiji iyo ukigakiga
Amahoro umuntu arayishakira uretse numugabo ntanundi wayaguha
Abagabo abenshi ni ABAHEHESI usibye ko tubirenzaho ariko wamufata neza ntibimubuza kuguca inyuma gusa ni ukwihangana
Ariko Diane warabyibushye cyane kuko suku wari umeze
Nta mugabo waguhoza amarira, nta n’umugore wayaguhoza. Reka nze nshake gasongabugari niyumvire 😊
I love that woman
Open mind kbs
Arapfa nyen utazi nakimwe aho kiri. Imana itakubaye hafi urakabona. Ariko kenshi Imana irabikora. Kimwe coco umugabo anyegeza ntaramba, kuko Imana ntivyemera.¹
Nkunda uyu mugore cyane.
I really love you lady Diana
Icecekere wamugore we ,kuki abagabo bo batadufata neza,kuki abagabo mubashyira imbere nicyogituma babagira umwanda
Icyo ushaka ko kikubera umugica cg icyagaciro ugishyira imbere wowe ukora ibyusabwa nawe ugategereza ko bikugarukira ariko gusigana sibyiza
Nibyo bituma babaca amazi umuntu nagufata neza nawe uzabikore
@bijou5038 wumve ikiganiro neza kandi nta muntu w'umwanda ubaho kuko Imana yaturemye murukundo
Courage Diane ❤❤❤
Diane ndagukunda cyaneee peee uri no strees
Hejuru cyaneeeee Didi wacu. Uyu ni urungano
Sabin uzatuzanire umu nutritioniste
Mundemere twara like
Diane ufite ijosi ryiza
Ntago bose basenya rwose biterwa nuko mubanye naho mwahuriye naho yagusanze, rero ntimukajenerarize.Kandi mugomba kumvikana mukubahana
I really like she’s so sweet. Oh 😍
Uyu mugore ni mwizaaaaa
ufata uwemera gufatwa di🙊🙊
Mumbarize niba akibana cg agifite n'umugabo we? Ko numva ashinja abadamu bo mu Rwanda ngo ntibazi gufata abagabo babo neza, Umugabo atagufashe neza ntabwo bikunda
Ahubwo se WE KO yatandukanye nuwo ataruwo mu Rwanda. Hari umugani mukinyarda uvuga ngo uwo Nyagasani yubakiye ngo agira ngo yak...... neza kurusha abandi.ubuse abasenye Bose nuko batari bazi kubaka ? Hari sujet umuntu aganiraho ukabona size pe.
Umvaaa mwihorere yarahaze cyane,,, Ntiwagyayoo ngoo uvugee abatazii gufata neza abagaboo kandii Nawe yarivugiyee ko Yatandukanyee n'umuzungu....
Aravuga ukuri kuzuye 100%
Isenjyesho ryokubuzwa gukora rinjyereho mwami.depression ni yose😊
Diane Uransestaaa Cyaneee
Impamvu abagabo iburayi barira uri murugo niwe umenya ibikenewe (ntabakozi) umugabo ari busy numugore nuko😂 ndumugabo ntihaba 🤴🏿
Sabin ndagukunda cyane ❤,Imana ikazamfasha nkapfa nkubonye.
Mbega gusaba nabi....chn se wagizengo yagufash iki ko nawe Ari marira nukuri emotions nkizo muge muzigabanya ni mukababaze Imana
Bigezahooo kubonaa Sabin ngoo uzarinde Gupfaa? 😳😳 Wamuhamagaye se mukazahuraaa
Diane rwose ntabwo adutuburira, Amavuta ye ni original
Koko se? Mpa nimero ye waba ugize.kuko kanye uruhu rwarananiye.kdi ndivuza pe
Turangire uri murda aho yayakura?
Ibintu byica: amafiriti, mayonnaise, ketchup, isukari, Fanta, n’ibindi. Murapfuye nimutabireka
Nonese Sabin ,uyobewe ko abantu kenshi bakunze gusakuza bagaragaza ko abantu benshi babanga ,usanga ataribo beza?abo ntibaguce intege
Yego Nibyo pe
Uvuga neza vrmt
Ibyo biba iyo mwashakanye mukundanye naho se mwabana ku ngumi n'imigeri byo bigashoboka
Yewe mugabo ushaka gufatwa neza we, ihute ndumva uyu mudamu yabishobora..ubanza ari gushakisha
Ko uvuga nabi ra 🙄🙄🙄
Muzigisha muruhe
murakoze
Aya namahimvu setu 😅😅
Ingorane ya sabin ntareka umutumir avug ahez aguma amuvugiramwo uzurareka bavuga ubony bagez kubidakenew uhez naw uvug peee
Birakabije pe,nigute abagore badatekera imiryango yabo ,ugasanga Igihe cyose murya ibiryo byabakozi ,kdi burya ibiryo bitetwe na Maman w’urugo biba biryoshye,ugasanga Boxer zu mmugabo ziri gufurwa numukozi! Ugasanga umukozi niwe usasa igitanda mwarayemo! Ugasanga abana bozwa numukozi umwaka ukaza undi ukaza! Ugasanga urugo rwahariwe umukozi!
Kuki abagabo btaikesera boxer??mutarabana yameserwaga nande?ntamuntu umesera undi amakariso kereka arwaye 😤
Dian nuwambere
Nta muhanga mubyurugo
Ntamuhanga rata umuntahora yiga uyuyigize imvugakuri
❤❤❤❤
Peteroni watetse ryari? cyokora wenda warakuze cyokora ntubeshya disi😮😢
Amasafuriya atogeje 😂😂😂😂
Urakoze koyamwitayeho se byagyyeze bite ??? Nabandi nuko barananirwa
Juste pour préciser on dit empreintes pas plaintes✌️
😂 ntacyo bihinduyeho.
@bambeirene182 komanteri yawe itumye ndeba icyiganiro nubwo...😂😂
@bambeirene urakoze kunkosora ariko izo ndimi nubundi ntazo nzi nikundira ikinyarwanda nicyo nshoboye 😂😂😂
@@umulicealice4471ushobora kuvuga ijambo nabi cg ukaryandika nabi rigahindura icyo washakaga kuvuga nshuti.tujye dukunda guhugurwa iyo bibaye mubugwaneza
Ntibyoroshe ibyiyimihanda
Sabe uyumunsi nyamara urampemba ndigukomeza mba uwambere.
Bakunzi ba Sabin nizereko nange mugiye kundemera subscribes mukanze kwifoto yange ntimuntenguhe ndabizeye❤
Sabin ko umengo ntuzoja i Burundi? Mana nobabara ariko ndizeye ko uzojayo haracari kare. reka ndindiri.
Nabo bajye badufata neza harigihe utesha umugabo akigira inzanga
Cyne harubwo umukorera byose kuburyo
Atabasha kwiha amazi yo kunywa uwo singewe watetesha umuntu mukuru gutyo
Icya mbere bagusanga kuko ufite icyo ubarusha
Oooooh Sabin wakoze kutuzanira DIANE, nk'uko twabigusabye ko tumukumbuye! DIANE URAKAZA pe!!
Uyu mudamu nimwiza disi ntiwamenya imyaka ye ko ariyo pe
Ngutecyera umugabo ntamukozi utecyera umugabo? Ubwose akazikoguteka nikokazi ukora yewega uwomugabo utaryibiryo byabakozi nabonabantu ubwosuhoruteka ukabivamo
Wagirango umukozi si umuntu ,noneho rero ntibagasohoke ngo barye ibyatetswe nabakozi ba hotel,,😁😁😁
Yegora baba binjyize imvugakuri bacishe macye Icyubahiro nicyi mana
Sabin Nkunda uyu mumama pe ninza ikigali nza mushaka pe
Diane yarabyibushye ariko
Urwanda rumufashe neza.yavuye muri stress ziburayi,araryoshye ku kazuba sha.yabuzwa niki kubyibuha koko
Nari mukumbuye reka nze nicare numve .Ejo hari uwasabye kumutumira none Sabin yabyumvise wakoze
@@anatholiekantengwa5683 yego pe
Mureba nseka until ikiganiro kirangiye
@@sandraizabayo-5397 Mbona nta mutima mubi agira kandi ni umunyamurava pe.
Urimwiza rata diane
Uzaganirize Kamuhanda nawe aduhe ubuhamya bw’urugo numuzungu nawe afite experience
Ubu se we ko uruhu rwe rusekeje😂😂😂😂
Uwawe rumeze rute se ?
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
😂😂😂😢😢😢
K5n
Njya numva inkuru nyinshi ngo Abadiaspora bagira umutima mwiza wo gufasha abababaye😰😰 Ubu nanjye nzabona umfasha iyi nzara ishire? Ubukene bwose buragatsindwa ariko kugera aho ubura icyo urya n'icyo ugaburira abawe birababaza.
Komeraaa muvandimwee,,,, Uwo Mudamu yarahaze ntabwooo aziii Inzara Irihanooo Hanze
Ko wabonye Ayo kugura bundles?
Humura😊
Yoooooo Unkozee ku mutimaaa ihanganee nukuriii Imana Irahariii..... Witwa Nde ??
Tweseee Twaciyeee muribyooo INZARA UZAYIBAGIRWAAA NDAKUBWIZAA UKURII
😂😂😂😅
Du n'importe quoi!
😂😂😂😂😂