NYABIHU: Nguyu umwana ufite impano idasanzwe! | Arifuza gufashwa ngo inzozi ze zibe impamo
HTML-код
- Опубликовано: 10 авг 2021
- #RBANews #RBAAmakuru #Rwanda #RBAHafiYawe
Umwana witwa Ndayisaba Olivier wo mu karere ka Nyabihu, yifashishije ibikoresho abona hafi ye, afite ubuhanga bwo gukora ibimashini bimeze nk’ibisanzwe bikora mu mirimo yo mu bwubatsi butandukanye. Uyu mwana wacikije amashuri aho yagarukiye mu wa gatanu w’amashuri abanza arifuza gufashwa gukomeza kwiga, inzozi ze zizabe impamo.
Click here to SUBSCRIBE : ruclips.net/user/RwandanT...
Follow us on Twitter:
/ rbarwanda
/ rwandatv
Follow us on IG:
/ rba.rwanda
Like us on Facebook: / rwandatvofficial
For more great content go to www.rba.co.rw and download our apps:
Android : play.google.com/store/apps/de...
iOS : apps.apple.com/app/app-name/i...
Mwiriwe neza bavandimwe,
Ndasa ba ko mwanfasha nkavugana nuwomwana cyangwa abamwitaho.
Namufasha ukonshoboye
Ndabicyeneye cyane
Muraho, wavugisha umunyamakuru wakoze iyo nkuru kuri iyo nimero +250 786 256 235 yitwa Patience ISHIMWE, Murakoze.
Nukuri uyo mwana niyitabweho kbs
Uwomwana afise quotidien intellectuel irihejuru cane, igihugu kimufashe
Ibye byarangiritehe ubu
Uyumwana ninkanjyepe ararenze
Uyu mwana yitabweho kuko hari byinshi yamarira igihugu.
Ni gute umuntu yabasha kugera kuri uyu mwana?
Muraho, wavugisha umunyamakuru wakoze iyo nkuru kuri iyo nimero +250 786 256 235 yitwa Patience ISHIMWE, Murakoze
Uyumwana afashwe gose