Размер видео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показать панель управления
Автовоспроизведение
Автоповтор
Murahoneza Gisele mwiza! Ndagukunda cyne nkunda ibiganiro ukora birigisha cyane gusa nanjye ndatwite ndagirango unsobanurire nukuberiki munda hakunda kurya ndetse nkanumva mundahabyimbye kuburyo nokurya binanira Murakoze
Urakoze cyane Immacule ,rero kuribwa munda biterwa nibintu bitandukanye kuko munda haba harabayemo impinduka kubera uba utwite,gusa inama nakugira nukujya unywa ibumba kuko rirafasha cyane iyo utwite,uzage mubagorozi baba baricuruza,kuko harigihe waba ufite ifumbi munda ikaba ariyo utuma uribwa,
@@thelighttv3570❤
Mwiriwe neza Nones biterwa n'iki kugira ngo inda zivemo kenshi cg ukabyara ariko umwana agapfa kandi ntako utagize ngo witwararikeMurakoze
Ndagushimiye kd ndanagusuhuje jyewe mubwire ko ntwite inda nkaba mbona ntakintu bihindik cyane nkaba ntakibazo nagize cyane gs Wenda ibitotsi numunaniro ndaba ko amabere arya bizajyeraho bisho noeh harigihe nisanga naryamye ngaramye nisanga nubitse inda niki nakora murakoze
Urakoze ❤❤❤ bambe
That's good 👍
Nibiki umuntu utwite yarya ukazabyara umwana ubyibushye
Yes yes I’m here sis ayo masomo aracyenewe Cyane
Merci beaucoup
Mwiriwe niryari umugore utwite ajya kureba igitsina cy,umwana
Inda igize amezi 5
None jew kobinanira kwicara nguma ryamy wongira inama
Nibyiza cyne,bamwe tubyigiyemo
Njyewe mpora fite imbeho nokuzuba mba merewe nabi nimbeho
Humura Niko bigenda
Welcome back dear
Thank youuuu
Twababonadute number
Muraho neza? Ni bwo mbonye ikiganiro cyanyu. Ubu c koko njye ko ntwite kdi akazi nkora nkaba ngomba kugenda kuri moto buri munsi kdi nkora urugendo rurerure nkanaca mu muhanda mubi mu by'ukuri nakora iki kugira ngo nzashobore kubyara umwana muzima?
Muraho,nabwo byoroshye pe,ariko kuko ari mpamvu zakazi biragoye kuba nakubwira nti kareke cg ngo ube ugahagaritse,mugihe ntabundi buryo ufite,gusa ntibiba aribyiza gukora ingendo zimeze zityo kandi buri munsi ariko hamwe n'Imana birashoboka,gusa Wenda nuba ubura nkibyumweru bibiri NGO ubyare uzabe ugahagaritseho kugirango ubanze utuze
Kwamutangana ngo mutahe 🤣🤣🤣
Ese kuryama ugaramye ark wiseguye nkimisego 2 haringaruka byagira kumwana
Nibibi
Courage madame Gisele
Hy, igihe umuntu atwite niryari atangira kujya Kwa muganga
biba byiza ugiyeyo ukibimenya
None se Muga ko iyo ntambutse ndarwara nicara umwanya munini nabwo ndarwara.ese nakoriki?mbabara mumugongo no mukaziba k'inda
Hari nabahurwa abagabo
Nn x ibyo urarikiye ikintu runaka ntangaruka bigira kuri baby
Urikeza bambe 🤍🙏
Erega uba wirya cyane
ese umuntu ashobara gusama hashize iminsi ine avuye mumihango
mwadusabye igitecyerezo harya ibibintu mutabgiza inkuru bimara MG zacu rwose
mwihangane muvandimwe turi kubikurikirana rwose bizakemuka kandi tubashimiye igitekerezo cyanyu ndetse no kuba mwarahisemo gukurikira channel yacu nukuri Imana iguhe umugisha
Murahoneza Gisele mwiza! Ndagukunda cyne nkunda ibiganiro ukora birigisha cyane gusa nanjye ndatwite ndagirango unsobanurire nukuberiki munda hakunda kurya ndetse nkanumva mundahabyimbye kuburyo nokurya binanira Murakoze
Urakoze cyane Immacule ,rero kuribwa munda biterwa nibintu bitandukanye kuko munda haba harabayemo impinduka kubera uba utwite,gusa inama nakugira nukujya unywa ibumba kuko rirafasha cyane iyo utwite,uzage mubagorozi baba baricuruza,kuko harigihe waba ufite ifumbi munda ikaba ariyo utuma uribwa,
@@thelighttv3570❤
Mwiriwe neza
Nones biterwa n'iki kugira ngo inda zivemo kenshi cg ukabyara ariko umwana agapfa kandi ntako utagize ngo witwararike
Murakoze
Ndagushimiye kd ndanagusuhuje jyewe mubwire ko ntwite inda nkaba mbona ntakintu bihindik cyane nkaba ntakibazo nagize cyane gs Wenda ibitotsi numunaniro ndaba ko amabere arya bizajyeraho bisho noeh harigihe nisanga naryamye ngaramye nisanga nubitse inda niki nakora murakoze
Urakoze ❤❤❤ bambe
That's good 👍
Nibiki umuntu utwite yarya ukazabyara umwana ubyibushye
Yes yes I’m here sis ayo masomo aracyenewe Cyane
Merci beaucoup
Mwiriwe niryari umugore utwite ajya kureba igitsina cy,umwana
Inda igize amezi 5
None jew kobinanira kwicara nguma ryamy wongira inama
Nibyiza cyne,bamwe tubyigiyemo
Njyewe mpora fite imbeho nokuzuba mba merewe nabi nimbeho
Humura Niko bigenda
Welcome back dear
Thank youuuu
Twababonadute number
Muraho neza? Ni bwo mbonye ikiganiro cyanyu. Ubu c koko njye ko ntwite kdi akazi nkora nkaba ngomba kugenda kuri moto buri munsi kdi nkora urugendo rurerure nkanaca mu muhanda mubi mu by'ukuri nakora iki kugira ngo nzashobore kubyara umwana muzima?
Muraho,nabwo byoroshye pe,ariko kuko ari mpamvu zakazi biragoye kuba nakubwira nti kareke cg ngo ube ugahagaritse,mugihe ntabundi buryo ufite,gusa ntibiba aribyiza gukora ingendo zimeze zityo kandi buri munsi ariko hamwe n'Imana birashoboka,gusa Wenda nuba ubura nkibyumweru bibiri NGO ubyare uzabe ugahagaritseho kugirango ubanze utuze
Kwamutangana ngo mutahe 🤣🤣🤣
Ese kuryama ugaramye ark wiseguye nkimisego 2 haringaruka byagira kumwana
Nibibi
Courage madame Gisele
Merci beaucoup
Hy, igihe umuntu atwite niryari atangira kujya Kwa muganga
biba byiza ugiyeyo ukibimenya
None se Muga ko iyo ntambutse ndarwara nicara umwanya munini nabwo ndarwara.ese nakoriki?mbabara mumugongo no mukaziba k'inda
Hari nabahurwa abagabo
Nn x ibyo urarikiye ikintu runaka ntangaruka bigira kuri baby
Urikeza bambe 🤍🙏
Erega uba wirya cyane
ese umuntu ashobara gusama hashize iminsi ine avuye mumihango
mwadusabye igitecyerezo harya ibibintu mutabgiza inkuru bimara MG zacu rwose
mwihangane muvandimwe turi kubikurikirana rwose bizakemuka kandi tubashimiye igitekerezo cyanyu ndetse no kuba mwarahisemo gukurikira channel yacu nukuri Imana iguhe umugisha