Amatorero yose akorera Imana ? Hari n akorera inda ..gusa iki gihe ni ukureba itorero rikurimo .... naho ugendeye ku itorero runaka wazisanga muri tanganyika kd warugiye ku kivu
Uniting anti gutiruka muri ADPER, Alice Bailey yaravuze muzimwe imaging ya 10 ngo Leta zikore amategeko amadini azabe ikinyabiziga kyokuyubahiriza cgwa asinye kuyashira mu bikorwa.
Uyu mu Maman ari éveillé mujye mumugarura kenshi pee!❤❤❤
Yesu aguhe umugusha Mama Angélique, uvuga Imana neza kandi usubiza ibibazo wifashishije ibyanditse byera.
Ariko Mana yanjye uri uw'Imana shenge Mana Nyagasani uturindire abantu nkaba badukorera neza batishyurwa kandi bakuvuga badashaka indonke bakavuga ukuri nkuko kuri mu mitima yabo umugisha wawe ubabeho uburinzi bukomeye bubabeho uherekeze inyigisho zabo zibature benshi mu nzira y'ibyaha🙏🙏
Ndagukunda uri na mwiza kandi Imana muri kumwe❤️❤️❤️❤️
Angelica bravooo!!! Umuntu ni umutima!!! Abatinganyi nimukomeza kubavuga baratera intamweee .Nimuvuge Imana nibigwi byayo
Angelique une femme intelligente et très belle👌, merci @ Isimbi ku biganiro mwateguye ,ndabakunda👌
Sabe this was the best ever 🎉❤Imana ibahe umugisha ....age aza cyane peee....age aza atuganirize ku Mana cyana....umutsi wange muwuhaye umugisha
Sabin jya utuzanira ababyeyi nkaba binararibonye hapana kutuzanira bya biraya ngo bitwika👍👍
Noneho uyu mu Mama ni numwana mwiza kubi🤦🥰♥️ Ntago avuga neza ahabona gusa agwa neza nahatagaragara jyewe yanyereye Imbuto Imana imuhe umugisha🥰🥰🥰
Ni ukuri nanjye yambereye mwiza ❤ arenze kuba ari umucuruzi ahubwo ni umubyeyi ndagukunda mama❤
Yuuuuuu ManaWeeeee nukuri Uwiteka aguhe imigisha myinshi cyaneeee Anjerike wacu nukuri Uwiteka akomeze agusige amavuta yijambo ryayo turakunezererewe pe nukuri ijambo Ryi Mana riri muriwowepe Uwiteka akomeze kugusiga amavuta yubushizi bwamanga ukomeze KU muvugira ushize Amanga turagukunda cyaneeee nshuti yumusaraba komerezaaho
Bravoooo Angelique,ubuntuuuuu,wawooo,Imana ihemba neza,humura❤❤❤❤❤
Najye ibyo byabagabo bari maried bafite umugore nabana, ndabazi barenze umwe ,batingana nabandi bagabo batitaye ko bafite umuryango (abana+umugore) , twajwemo byo ntago ari amagambo ni hatari
Woow ❤she is so cute and intelligent
Uwomudamu ndamuzi anjerike ndamuzi cyane babanje gutura mugatenga bukeye bimukira ikanombo bajegutandukana ndamuzi umugabowe yarumutinganyi ndamuzi
Iyo usambanye uba ucumuye 2x kuko uba ukoze icyaha cy'ubusambanyi kandi uba wangije inzu y'Imana
Imana iturinde ubupfapfa,buragwiriye cyanee
Best teacher i love woman of God. Love from Ug🇺🇬🇺🇬
💪🇺🇬
Same to me love from Uk
J'aime la conversation de Sabin et maman Angélique ❤
Abakirisitu bo muri ADEPR tuzi ko tuzibasirwa n’imbaraga za Satani kandi ni mu gihe kuko natwe turwanya ubwami bwe dore ko bwatsinzwe n’umushumba wacu mukuru ariwe Yesu Kristo. Gusa icyo nabwira Satani nuko atazadushobora kuko twubatswe k’urutare.
ITANGAZO KU BAKIRISITU B’ADEPR ( ABEFESO 6: 10-18)
Ibisigaye mukomerere mu Mwami no mu mbaraga z’ubushobozi bwe bwinshi. Mwambare intwaro zose z’Imana, kugira ngo mubashe guhagarara mudatsinzwe n’uburiganya bwa Satani. Kuko tudakirana n’abafite amaraso n’umubiri, ahubwo dukirana n’abatware n’abafite ubushobozi n’abategeka iyi si y’umwijima, n’imyuka mibi y’ahantu ho mu ijuru. Nuko rero mutware intwaro zose z’Imana, kugira ngo mubashe gukomera ku munsi mubi, kandi murangije byose mubashe guhagarara mudatsinzwe.
Uwiteka akumvire ku munsi w'amakuba no ku w'ibyago,Izina ry'Imana ya Yakobo rigushyire hejuru.
Ikoherereze gutabarwa kuva ahera h'urusengero,Iguhe imbaraga ziva i Siyoni.
Yibuke amaturo yawe yose,Yemere igitambo cyawe cyokeje.
Iguhe icyo umutima wawe ushaka,Isohoze inama zawe zose.
ZABURI 20:2-5
Amen
Amen 🙏
Amen
Ameeeeen
Ndagukundaaa maamaa mwiza ❤
I hope she knows that she's loved💖
Usenze neza neza cyane. Ndarikopeye! Ntawe mukomeretsa
Sobanurira Sabin ko inyenyeli ni pass word yawe wenyine,
uwayikiba ntukora ibyo Imana yakuremyeye.
ari nabo muvukana ntimuhuje
We need part 2, maman knowledge tho 😇😍
Yego peee
Maman Angelique, wakoze kuza kutuganirira!!! Ndagukunda!!! Noneho ama réactions ugira reroooo ndayakunda sanaaa!!!!
Mama AngeliQue ndagukunda pee uziko uvuga ibintu by lmana nkumva wakomeza ukavuga uraryehera mama lmana iguhe umugisha
Ikimenyetso cy'uko bahaye Imana n'uko ubona umugisha ntukena, umugisha Imana itanga uzana ubukire kandi nta mubabaro yongeraho.
Angelique ndamukunda cyane. N'imwiza, n'umunyabwenge kandi afite inararibonye. Azajye agaruka kenshi. Dukeneye ikiganiro cy'umuryango cyane cyane parenting kuko ufite experience ihagije. Hari byinshi imiryango yakwigiraho.
Sabin ndagusavye umumbarize ahantu twokumva iyo témoignage yuwo mwana yose
Nukuri twajwemwo pee😢😢abagabo barateye cyane babatiganye pe.Uwiteka Atabare pee
Isimbi Imana ibahe umugisha impano y'Imana ni ubuntu
Angelique❤❤❤, ariko Sabin yibasiye ADEPR weee!!!
Be blessed maman Angelique.
❤❤I love u Maa❤❤ uvug bizima vyubak
🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰, maman Angélique na Sabin ndabaramukije ndababwirako ndabakunda kubera lmana🥰🥰🥰🥰🥰❤️❤️❤️🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Mum Angelique habwumujyisha ndagukunda
Gusa isi yabayembi ahubwo kazungu ibyobice yabikoreshaga icyi? Cg haraho yabijyanaga kuko twebwe ahantu tuba harabantu bicaga abantu bakabakuramo imitima abagabo bakabaca ubugabo kuko haraho wabijyanaga so nugusenga cyane tukababa maso kd tukarushaho kwirinda
Maman angélique ndamukunda 🥰🥰
Imana iraje ishyire ibyyamadini ahagaragara ahubwo ntakaraba muzumirwa
Ndemeranya na Maman Angelique kuli byinshi! Dufite imyemerere itandukanye no ku nzego zitandukanye! Buri rwego rupinga urundi, hakaba n'icyo nakwita "Provocation" kugirango ufite ubushobozi yiyegurire icyo yita "we" instinzi! Iyo tubisizuguye akorwa n'ikimwaro! Dusuzugure rero!!!
Wabajije neza cyane Sabin
Angelique ndakwemera cyane❤
Madame Angelique ❤❤❤❤
Ndagukunda maman wanjye
Maman Angélique nari mukumbuye kuri micro ya Isimbi TV ❤.
Sœurette Ange! Izina niryo muntu 😂 icyo kivumvuri kibage kure! Nkunda ibiganiro byawe bitwubaka! Je t,aime ndabivuze, nzabivuga
Wapi maman. Ntuziko intumwa. Zarakoraga. Imirimo ibatonga ndetse bagafasha ipfubyi na bapfakazi. Kimwe. Mwicumi. Byari byaba pfakazi ni byubyi. Detse ni ntumwayimana. Powulo. Yakoreshaga. Amabokoye??
Amadini ni Business wa mu mama we
Sabin. Ndakunda. Maman anje rike. Nukuri pe
I love you Mama Ange ♥️ uvugira imana nkagukunda na Make up yawe ni wanee
nubgo Sabe yakunanije Bgose ariko abakumvise Bose haricyo bungunse gikomeye mubuzima bwabo Uwiteka akugirire neza muribyose nshuti
Umugore wahishuriwe
❤❤❤ndabakunda canee
Imana imuhe umugisha Angelique
Maman Angélique, je t'aime
Uri umuhanga mama waba umujyanama mwiza ngukunze birenze uko nagukundaga
Amatorero yose akorera Imana ?
Hari n akorera inda ..gusa iki gihe ni ukureba itorero rikurimo .... naho ugendeye ku itorero runaka wazisanga muri tanganyika kd warugiye ku kivu
Ahhaaaa lsi irashaje kbs
Ndumiwe koko
Merci maman Angélique de nous exhorter demeurez bénie
Ngewe Mbona Umunsi Ubukolone Abanyafrica Babwanze buri ibihugu Bikagira Imitegekere Yaba Africa nibiyambura Mpatse ibihugu. Ububasha bwo Kwigenga.Bizacogora.!!
ADPR NOMUBUBIRIGI IRAHARI SABIN ❤
Maman Angelique ❤ndagukunda
I like da way avuga "French"
Mana tabara😢😢 iy'isi yacu😮
Imana yonyine niyo izadutabara kuko ntibyoroshye pe njye mana ujye uhora umbabarire buri second 😢
Semuhungu yarafunzwe imana ishimwe
Mm Angelique uduhe iyo rink turebe story yuwo mwana
Sabe unsuhurize uwo mumama muzi kuvakera cyaneee arishuti zabakurubanjye cgse cousins. Kandi Nawe ndagukeneye tuzavuganeee nongere kwitibutseee!!! God bless you all.
Nahuye n'uyu Mubyeyi mu mugi disi mubonamo ikinyabupfura n'ubugwaneza.
Incuiii najye uwazampa tugahura❤
Cyane Mama Angel kuki ibara ry’umukororobya 🌈 ikimenyetso Imana yahaye ubwoko bwayo ku imbabazi zuko nta gihano cy’umwuzure uzingera yongera gutanga nko kugihe cya Noah 😢 none abatinganyi badutwaye amabara ahaa
Bari kwihamagarira umuriro wImana bayibutsako yavuzeko itazabarimbuza amazi ahubwo ari umuriro
Mubyeyi ndagukuta
Uwomu kazungu numviseko yatetse umuntu mwisafuriya ,narumiwe muncamake, Yesu weeeeee🙆🙆🙆🙆🙆🙆🙆
Ese amaze kumuteka avuga ko yamushyize he?yaramuriye?yo karya....🤦
Hhh Dix Block na Blocation baramufunze ngukunda cyane S&G Mbabazi mugira ikinyabupfura❤
❤❤❤❤ndagukunda cne
Angelique nubwambere nkubonye but ndagukunze ufite ihishurirwa ry'Imana
Sabin biranse pe ngo "DÈS SON JEUNE ÂGE!" Biramucanze,..ngo Houm houm,houm!
Anglican ntabwo itwarwa numwami wubwongeleza ariko itwarirwa i Canterbury. Hari musenyeri
Ndamukunda cyane
Hari abashinze urusengero batanayarya bayatungisha abo mu nzu y'Imana kandi banashoramo menshi yabo bitewe nuko bahishuriwe ijambo no kwita guhamagarwa kwabo ,abo ntibaba ari abakozi b'inda ,ariko itorero riri mu ibanga bizamenyekana nyuma ,Imana ikorana n'ababyemeye utabyemeye ntiforca
Urabesha
Muraho neza babyeyi bacu , natwe dufite umuntu twaramuyobewe p nkuko mama Angelique abivuze tubona harizindi mbaraga zimukoreramo iyo muganira ubona arumunyabwenge birenze ark nyuma agahinduka ukiba ibiba bikakuyobora mwamfasha mukazamuganiza ndabasabye😢😢
Maman Angélique ndamukunda kandi yambaye neza
Isi irashaje yarangiye dukeney ubutabazi BwImana
Umurimo w'Uhoraho Sabin ntabwo Amahera ariyo umuntu ashira imbere bakwigishe
Oya tugomba gukorera Imana kandi erega maye tuba twikorera. Burya no gukoma amashyi dushimira uwigishije singombwa burya aba yikorera même nabaririmbyi ntakubahemba.
Ariko ubundi Sabin ushingira kuki uvuga ngo Bose basenga imanza imwe? Iby nibyo wibwira ariko siko kuri . Kuko haribindi byinshi bisengwa na benshi Kandi bitari Imana rurema.
Bjr bazina wanjye ❤
Mama Angelique uzumve exorcist file podcast
Rwose Mama Ibyo uvuze nibyo kuko uwo muntu wazunguje flag niyo yakwiregura mu kubyemera cg akabihakana icyo yagombaga gukora yaragikoze mbese akazi yaragashoje
Uniting anti gutiruka muri ADPER, Alice Bailey yaravuze muzimwe imaging ya 10 ngo Leta zikore amategeko amadini azabe ikinyabiziga kyokuyubahiriza cgwa asinye kuyashira mu bikorwa.
Angelique ivyo avuga nivyo cane. Ndabizi jewe narabibayemwo igihe kinini kandi n’ubu ntibirahera neza. N’ugusenga cane
umumama Uvuga nkanjye😅😅😅😅 Ndagukunda ange!
Arikose ntimwanasomye body language ye? Yavugaga nkumuntu ubeshya. Ese gusaba imbabazi bivuzeko intego yariyamuzanye atayigezeho
So cute madam❤❤❤❤
Mwiriwe,
Muraho uyu mumama nda mukunda pe
Kuvugwa no kwamamazwa nibyo ubwami bwabo bushaka! Mwese se ntimwabikoze? Nta n'igiceri batanze! Admettons qu'ils sont forts en marqueting!!!
lve u Mama Angelique❤
Isimbi tv❤ byo twarinjiriwe p😢
❤❤❤
Umuntu ugusiga asigaye aguhomekaho igishahuro cyinshiiii. Mbere wisigaga duke twiza tukakubera
ADPR iba suède niho yaturutse kandi naho amatorero amwe asigaye yemera abatinganyi ,nukwitegura Yesu aragarutse