Размер видео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показать панель управления
Автовоспроизведение
Автоповтор
Imana ikongerere imbaraga kubwo gushira amanga ukavugubutumwa bwiza mwene hariya hantu hameze nko mwariyopago
Amen
Wonderful gospel, blessings to you brother
@@rugiraleonard Thanks so much
Imana ishimwe cyane ko yatuguraniye ubunyabyaha bwacu akabushyira kuri Yesu wwatwitangiye. Akaduha kwera kwe 2 Abakorinto 5:21
IMANA ishimwe kubwo igikorwa yadukorey muri kritso yesu
@@MujaWimana-x9s Amen. Imana ishimwe cyane
Imana ishimwe cyane kubwibutumwa bwiza bwu bu ntu bw Imana bwa nkijije kuri mbuka ubu nkabamfite ubugingo bwiteka ryese
Uku ni ukuri kuzuye 👌
@@UmutesiMucyoMerse Amen
Muvandimwe Emile ngushimiy'Imiyimana pe. Imana ishimwe cyane ko yaducyirishije amaraso y'umwana wayo atagira inenjye kandi afite ubujyingo bw'iteka bicyo natwe tukaboneraho gukizwa kwiteka ryose.
Imana ishoborabyose igwize Imbaraga murimwe nogushiramanga kuko abacyiri mumwizimanibeshi ? Turashimirimana yo ubwayo Ijyenda Ijyezabanabayomurugo biciyemukumva inkurun,iza Aberabanyagahita turabatashya cyane nyagatare mimuri 🙏🙏
@@SibomanaArphonse Amen. Yesu ashimwe cyane, harya twamaze kugushyira kuri WhatsApp group yacu?
Amen,iteka nkuhimbariza kristo muvandimwe wange nukuri komezwa guhazwa uburame kuko isi yanone nimwe ikeneye.abavugabutumwa
Imana ihimbazwe ko yaduhereye ubugingo buhoraho muri christo Yesu
Imana ishimwe rwose.
Amen abana bi lmana twavutse mwijuru niho iwacu❤
Iminota ibaye mikeya numvaga byarigukomeza rwose 😁😁😁😁
Ntakundi. Ni ah'ubutaha, ibiganiro birakomeza
Hahirwa ibirenjye bitwaye inkurunziza,hahirwa umuntu uyihishuriwe!
2:25 2:27
@@HagekimanaDavid Comment ya we ntituyisobanukiwe
Birakwiyeko abantu babwirwa inkuru nziza namahirwe kumunti wageze kuricyo kiriyo
Nibyo rwose.
Hasingizwimana yomubyeyi udukunda
@@FlesterNtakiruta Amen
Nibyo rwose.umuntu anja mumazi Ari umunyabyaha akavamo Ari umunyabyaha
@@muhanephilip930 Cyane
Amahoro !Amahoro muvandimwe nkunda! Ndabakumbuye gusa! Unsuhurize mwenedata Mugisha.
@@benimanahelene2194 Amahoro muvandimwe ndamusuhuza rwose. Nawe usuhuze bene Data b'i Kirehe
Ese koko Imana yatanze Ysu ngo apfe hagamijwe ko inyuma hari umuriro ?
@@thetricks989 Iyo nteruro ukoze ni iyawe ku giti cyawe.
Gusa nubundi nibagutumaho uzatubwire
@@TuyishimeAnicet-t9l sinzi uburyo nazabamenyeshamo ariko mwanyandikira kuri WhatsApp 0788884257 nkabashyira kuri WhatsApp group yacu bityo mukajya mumenyera amakuru ku gihe, mukanakomeza gukurikira ubutumwa bwiza
Imana ikongerere imbaraga kubwo gushira amanga ukavugubutumwa bwiza mwene hariya hantu hameze nko mwariyopago
Amen
Wonderful gospel, blessings to you brother
@@rugiraleonard Thanks so much
Imana ishimwe cyane ko yatuguraniye ubunyabyaha bwacu akabushyira kuri Yesu wwatwitangiye. Akaduha kwera kwe
2 Abakorinto 5:21
Amen
IMANA ishimwe kubwo igikorwa yadukorey muri kritso yesu
@@MujaWimana-x9s Amen. Imana ishimwe cyane
Imana ishimwe cyane kubwibutumwa bwiza bwu bu ntu bw Imana bwa nkijije kuri mbuka ubu nkabamfite ubugingo bwiteka ryese
Amen
Uku ni ukuri kuzuye 👌
@@UmutesiMucyoMerse Amen
Muvandimwe Emile ngushimiy'Imiyimana pe. Imana ishimwe cyane ko yaducyirishije amaraso y'umwana wayo atagira inenjye kandi afite ubujyingo bw'iteka bicyo natwe tukaboneraho gukizwa kwiteka ryose.
Amen
Amen
Amen
Imana ishoborabyose igwize Imbaraga murimwe nogushiramanga kuko abacyiri mumwizimanibeshi ? Turashimirimana yo ubwayo Ijyenda Ijyezabanabayomurugo biciyemukumva inkurun,iza Aberabanyagahita turabatashya cyane nyagatare mimuri 🙏🙏
@@SibomanaArphonse Amen. Yesu ashimwe cyane, harya twamaze kugushyira kuri WhatsApp group yacu?
Amen,iteka nkuhimbariza kristo muvandimwe wange nukuri komezwa guhazwa uburame kuko isi yanone nimwe ikeneye.abavugabutumwa
Amen
Imana ihimbazwe ko yaduhereye ubugingo buhoraho muri christo Yesu
Amen
Imana ishimwe rwose.
Amen
Amen abana bi lmana twavutse mwijuru niho iwacu❤
Amen
Iminota ibaye mikeya numvaga byarigukomeza rwose 😁😁😁😁
Ntakundi. Ni ah'ubutaha, ibiganiro birakomeza
Hahirwa ibirenjye bitwaye inkurunziza,hahirwa umuntu uyihishuriwe!
Amen
2:25 2:27
@@HagekimanaDavid Comment ya we ntituyisobanukiwe
Birakwiyeko abantu babwirwa inkuru nziza namahirwe kumunti wageze kuricyo kiriyo
Nibyo rwose.
Hasingizwimana yomubyeyi udukunda
@@FlesterNtakiruta Amen
Nibyo rwose.umuntu anja mumazi Ari umunyabyaha akavamo Ari umunyabyaha
@@muhanephilip930 Cyane
Amahoro !Amahoro muvandimwe nkunda! Ndabakumbuye gusa! Unsuhurize mwenedata Mugisha.
@@benimanahelene2194 Amahoro muvandimwe ndamusuhuza rwose. Nawe usuhuze bene Data b'i Kirehe
Ese koko Imana yatanze Ysu ngo apfe hagamijwe ko inyuma hari umuriro ?
@@thetricks989 Iyo nteruro ukoze ni iyawe ku giti cyawe.
Gusa nubundi nibagutumaho uzatubwire
@@TuyishimeAnicet-t9l sinzi uburyo nazabamenyeshamo ariko mwanyandikira kuri WhatsApp 0788884257 nkabashyira kuri WhatsApp group yacu bityo mukajya mumenyera amakuru ku gihe, mukanakomeza gukurikira ubutumwa bwiza