Soleil uri mwiza Naturelement,ibyo bintu washyize mumenyo ntibyari ngombwa kuko biragaragara ko biri no kukubangamira.Ubwiza bwawe Kabisa burihagije singombwa kubuvanga n,ibindi bintu please!!!!We love you 💞
Love from Australia,,ni abantu nkabandi ,ntukazize umuntu uko yaremwe !!!oooohhhh ganza film ni ishuri ryiza. ,, ahubwo tugiye ujya dutangira kwishyura school fees ,,turabemera ,
Reka mbahe aka episode sasa rero, niba mufite gahunda yo gukina uyumusore akomeza murukundo, muzashyireho uyu doctor abyaza cg amusanze kwamuganga akamuha service atagendeye ko yamwise nyamweru. Kbs ni sawa
Ahaho sinajyenda ntavuze mubyukuri mbikuye kumutima ndabashimiye kuba mwazanye karabo muri film mubyukuri ababana nubumuga bwuruhu nabo barashoboye ntacyo batakora karasira nawe ndamushimiye bakoranye indirimbo nziza cyane nshimiye nabanyamakuru bamuha interview lmanibamperumugisha ndanezerewe karabo iki nigihe cyawe
Waoow. You are really amazing. I deeply appreciated you more. Nubwo Sanyu ampindutse arik ndamukunze
Wouuuuuuuuu Mbega Byiza Abantu Bajyebasobanukirwako Umuntu Wese Arinkundi ❤
Wooow ,, mbega agahinda?GANZA IS the best content creator muduha film zubwenge??ariko ndakwibuka sha burya waruri umwarimu mwiza , nibuka cyera ushaka Kuba umupadiri none byarangiye ubivuyemo sha??ariko ikivamo ntikikuvamo nubundi uratwigisha ntabu Padiri burenze ubu#my brother abakuzi turakuzi kbs ibyo ukora ntabwo byantungura..komerezaho
Nshaka nbr yanyu rwose. I do live with albinism disability but I am really amazed with your teaching
Wow aka ndagakunze cyane pe karimo ubumuntu Kandi buriwese akwiye guha agaciro mugenzi we kuko disability isn't inability please nundi wese akwiye guha agaciro abafite ubumuga ❤❤❤
Shanyu ufitimpano nukuri ndagukunda❤❤❤❤❤❤❤❤
Cyakozee sanyu uri best actress ✨✨✨
Christian Akakantu ndagakunze kweri very well uko neza kbs Especially Akakantu ukoze karankomye kbs 💪💕
Christia God bless you 🙏🙏with your golden heart
Sanyu urinwari ese nzakubona ndagukunda cyane ❤❤❤
Woow , mbega ?so emotional and educational! Ariko uwo GANZA NINDE MURI MWE???TURASHAKA KUMUNYA PLEASE? !
Nibaza kubikubwira uhite unyaruka nanjye umbwire😂
Nibaza ari uyu mu papa wumu Musilman
Umuntu uhita yirukira muri comment nka nge nindex???
❤❤🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮 imbuto mubiba mubantu zibameremwo pe kndi zame ivyamwa vyiza komerezaho mukwigisha abanyarwanda n'a barundi twumva ikikirimi tugatahurana
Ndamushimiye cyane ukuntu azi gusa bugufi agasaba imbabazi . Gusaba imbabazi ni ikintu cyananiye benshi .
Nibyiza cyn
Byiza cyane rwose mukomeje gutanga impanuro nziza muba mwacukumbuye kbs. Courage kuri mwese .
Cyakora ndabakunda nkabura icyo mvuga ,you guys murenze uko mbitekereza ,,best films ever ,, Ganza films ,ni Ikosora
Kanimba hejuru Cane urumuntu w'umugabo
❤gusaba imbabazi ni byiza,Kwa doctor ❤ nirusagamba,abafite ubumuga turashoboye
Iyindirimbo mukoresha ndagukunda nikeza mwabwira uko kitwa
Super hero
Nge ndi Kanimba nahita ndeka iyi mukobwa rwose
Turabakunda cyane kubwa masomo muduha nukuri
Sanyu ndagukunda cyane pe uhita usaba imbababazi iyo ukosheje nibyiza cyane 🎉
Soleil uri mwiza Naturelement,ibyo bintu washyize mumenyo ntibyari ngombwa kuko biragaragara ko biri no kukubangamira.Ubwiza bwawe Kabisa burihagije singombwa kubuvanga n,ibindi bintu please!!!!We love you 💞
Nukuri turakwinginze ubikuzeko inama utugira, nubwenge ugira ntago bihuye nivyo wagize
Sha nanj vyambihiy kweri vyamugize mubi kandi aricyuki
Biriya byo mu menyo mwibyitiranya nibirungo byubwiza nibyuma bikosora amenyo kuko adateye uko ubyifuza.amenyo atagaranye.ntacyo bitwaye rwose.uzi kubona amenyo nkayikigoli ubu byaracyemutse iyo ufite ayawe
Harivyuma bashira mumenyo kubwo gukingira amenyo atarukugira ngwapendeze so mumwihanganire cane
Soleil urumunyabwenge bwinshi utanga inama nziza chana mukobwa mwiza❤❤❤❤❤❤
Patrick courage tukurinyuma respect ❤❤❤
Hello❤🎉
Dalda ahora avuga point we give her like
Uyu mukobwa wakinanye na kanimba ni mwiza pe akina neza cyane
Najya ndamukunda ❤ utuma ndeba film zabo
Ndumva warize uzatubarize inama yabaminisitiri kuko akarengane kabaho 😊
Nyagasani we simbabeshye bisaba umutima ukomeye pe naho ubundi birashisha rwose 😊
Aliko Dalida Soreil uri mwiza cyane pe.! Nkunda gukurikirana fim ukinamo nibiganiro ukora sha uri mwiza pe.
Ubund jyew mwakinye mutashyizemo Shalom na sanyu bari murukund sinayirebaa kuko ndabakund bombii harimo nawawu ndii rukasii eban Abo bombii ndabakunda cnee❤❤
Sanyu and christian darda mukomereze Aho kbs
Papa a bien parlé le Français
"C'est tout à fait différent"
Compansation waw
Waw ndabakunda cyane Chris yakinye meza
Love from Australia,,ni abantu nkabandi ,ntukazize umuntu uko yaremwe !!!oooohhhh ganza film ni ishuri ryiza. ,, ahubwo tugiye ujya dutangira kwishyura school fees ,,turabemera ,
Mwambwiye iyindirimbo irimuri firim niyande Koko?? Ndayikunda cyane p
Darda ndagukunda cyane nkunda ukuntu ugira umuco yibaye abakobwa bose bakwigiragaho
Mercykubwasanyukwemeragusabimbabazikandi Doct witwayenezamercy
Christian courage n'a Équipe yanyu murakina neza CNE nabavyeyi batanga impanuro nziza
Sanyu love you and sharom
Love you 💕❤
Love ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤ from Denis-King Angley Official 🇲🇼
Iyi flm inteye emotion 😢😢😢
Ndabakunda cyane
Mukinaneza cyane ndabakunda❤😢😮😢😮😮😮😮😮😅😅
Mukomeze mwigishe nabandi muri society bareke kunena abantu
Patrick ❤❤❤❤❤ Disability is not inability. Du courage brother
Soleil agira amagambo y, ubwenge umuntu aba ashaka kumva inama ze
Wow that's awesome script!
Abakobwa bafite ikibuno kinini kubasangana ubwenge nigake
😂😂😂😂😂😂
🤣🤣🤣🤣🤣
Erega baba baremerewe sha ariko nivyo kwel
😂😂😂😂😂😂😂😂😂
😂😂😂
Ubumuntu umutima nurukundo nibyo bikwiye kuturanga banyarwanda abantu nkaba nabacu nabavandimwe barashoboye imyumvire nkiyi ya sanyu simyiza tuyireke ntawiremye buriwese yisanze kwisi ntawahisemo uko azavuka ameze
Please mujye mugerageza mukibe few minutes byadufasha niba byabakundira
Je vous encourage beaucoup Robert
Uyu mukobwa ndabona adasazwe
Ese ababakobwa mubakurahe ba di! Nomubuzima busanzwex nuku bababasa mwazandemeye
Haji Manara bamurebe ukuntu yashatse zaylissa wicyuki😅ngo nyamweru? Kereka agafaranga kadahari iyo nkumi yamwiruka inyuma😅😅😅
Burigihe mutugezaho inyigisho nziza kdi zifasha. So muri abahanga pe ndetse cyane !
sanyu ndagukunda cyane
Wow darida urumunyabwenge cyane pee ndagukunda❤❤❤❤
Arabo abyitwayemó nezaaa 👌😍♥️
Sanyu sha urwoshya urukundope!!!!
Sanyu l Love you.
Good film ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Sanyu ndagukundacyanepe
Film nziza cyane. Hari mo isomo.
Sany ndabakunda cyan fone yanyu twarayibuze pe gotubatere inkuga
Gud movie
Sanyu ndagukunda pe
Mbega umuryango mwiza
Murakoze cyanee inyigisho zanyu ningirakamaro
Nampamvu yivangura kuko nabanyamweru nabanu🎉
Films zanyu ndazikunda peee,ariko akokantu kanyamweru muri title niko kabi
Good izonyigisho ni nzacyane
Sanyu ukinanez nkabikunda nasholomo
Ndabakunda cyane!!!!!!!!!!❤
Reka mbahe aka episode sasa rero, niba mufite gahunda yo gukina uyumusore akomeza murukundo, muzashyireho uyu doctor abyaza cg amusanze kwamuganga akamuha service atagendeye ko yamwise nyamweru. Kbs ni sawa
Mukinnye ibintu byiza, message nziza kubantu twese!
Rwose twese turi abantu .
Ubanza ukunda gusohoka pe ukuntu ubyishimira iyo bavuze gusohoka
Dalda ayomenyo warayononye vrt gusa ukinaneza nda❤❤❤
Nawe wabibonye nkanjye, ubusirimu nyine ntakuntu Atari kubikora kubera abo bakobwa bo muri ganza abenshi barabikoze, nanjye ndamukunda we na christian ariko akantu kamenyo nange sinagakunze
Sanyu na shalomo mbakunda Kubi ❤❤❤❤❤❤
Courage❤❤❤❤
❤😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢
Oooooooh mbega flim nziza yigisha .
Darda♥️♥️♥️
Ngewe iyi flm nkunda inyigisho baduha
❤❤❤❤
Soreye warakoze gukoresha amenyo pe ubunoneho niwowe wanjye reka ntere agatebe
Wow ibyomuvuze nukuri
❤
Sanyu rwose akinnye nabi cyn
Ndabakunda chane❤❤❤❤❤
Ko mperuka yavuze ko ashaka citron ikonje se wine ije ite?
❤❤❤❤❤ bimeze neza mukomereze aho
Mbega inkumi yivuyemoo Sha ntago uzamushobora brother ikanzu guturuka chine na itali
Ahisamwiye reka hakirikare
Njye ndabakunda ariko kubabona kuri 4 be nikibazo,sanyu ndagukunda ubyumve
Uyu mumama (mama darida) ndamukunda cane. Akina neza gose
Patrick hejuru cyane rwose yurabantu nkabandi
❤❤❤❤❤
Keep going abajye mbakunda kwiza kbx
Good ndagakunze
Yoooooo mbega😢
❤❤❤