Kanombe: Twasuye umusigiti uri kubakwa mu itunda mubiganiro twagiranye nabo baraha icyizere buriwese
HTML-код
- Опубликовано: 9 фев 2025
- Dawa Rwanda Tv ni urubuga rucaho inyigisho zitandukanye z'idini zigamije gufasha abaislam kurushaho gusobanukirwa Idini yabo ndetse n'abandi batari abaislam bibafasha kumenya no gusobanukirwa ko Ubuislam ari idini y'ukuri.
Hari Igitekerezo cyangwa Inyunganizi waduhamagara cg ukatwandikira kuri Whatsapp +250 788682703
Ushobora gutera inkuga ku musigiti wo mu ITUNDA unyuze kuri Tel 0791165666 GASHARAZI Assiya ushobora no kumuhamagara haricyo wifuza kumubwira cg kumubaza. ushobora no kwitwarira ibikoresha ukabimumenyesha kuko niwe ushinzwe inkunga zose zigenewe umusigiti kandi birizewe ntumugire ikibazo.
BarakALLAAHU fiik. Allah (S.W.) azashyiremo barka uwo musigiti uzuzure n'Ibindi bikorwa byose biteganijwe impande zawo.
man shaa Allah. ukuri kugiye ahagaragara Allah ashimwe we waduhaye dawa rwanda irangwa nukuri kbsa. Allah ahe imigisha myinshi kubantu bose bazagira uruhare mu kubakwa k'uyu musigiti wo mu ituda. cyane cyane engineer mussa nabo bakorana umunsi kuwundi numutera nkunga mukuru MUHAMMED AYAAD. ndabakunze cyaneeee. hanyamu abapfobya nabanga dawa rwanda ku nkunga mudahwema gutera idini ya islam n'abaislam mu kumenya ukuri kubuislam.
Barakallaahu fiykumu wa djazakumullaahu Khairan. Uwo mu engineer nimuzima cyane, Allah amushyirire ku munzani w'ibyiza ibyiza akora. Masha Allah tabarakallah, aragerageza kdi nta buryarya agira. Allah akomeze abishimire mwese
Ma shaa Allah mbega inkuru nziza yumusigiti wo mu itunda warukenewe cyane birenze uko mubitekereza Allah azashoboze buri wese wagize uruhare kuri iki gitekerezo azabahe ijuru risumba ayandi majuru
Allah akwishimire haji turagukunda cyane
Hadji imana ijye ikomeza ibongerere kuk mutum abantu byibuz babon ibikorerwa abayislam dusaba allah ko abitanze bose nababigambiriy batabashij kugir ubushobox bose rwose imana ibakire imihate yabo na swadakat zabo allahuma amiin
Masha Allah
Engineer Mussa Nabagenzi be Allah abatere inkunga mubyo barimo ibintu mussa arimo bigenda neza kubera IMANA
Dawa tv yaziye igihe rwose Allah ajye abarinda ababi aho bava bakagera rwose murageregeza,uko mushoboye abafite imitima mibi Allah ajye abashyira,kure kdi Allah arinde aba sheikh bahatangira,inyigisho bose
Aslam alaikum ww mwibeshye ntabwo ntabwo haheruka gusarirwa idjuma mbere y'imyaka 20 Rubangisa uwo engineer abaze neza uwo musigiti ufunzwe vuba muri ya misigiti yafunzwe vuba rero twahasariraga idjuma ejo bundi imamu w'akarere yari sh.Gatete ikindi uwo engineer nta makuru afite aho mu busanza hari umusigiti mwiza cyane wa etage wubakishijwe na Sheikh Gatete!!azajye abanza abaze amakuru ntagapfe guhita avuga ibintu biba bizwi na bose uko yishakiye!!kdi Allah azamuhembere niyat nziza afite hano kw'isi no ku munsi w'imperuka
Walaikumsalam warahmatullah wabarakatuh banza ushimire nibyo barigukora ubone kunenga kd ubasabire kugera nokubona insinzi yuyu musigiti
Ntabwo yanenze ahubwo yatanze amakuru
Masha Allah
Allhah abishimire Dawa tv mukomereze aho na ingénieur Moussa courage
Rubangisa❤ komerezaho muvandimwe garura ubumwe bwacu
Nanjye nabishimye
Allah abishimire kandi abafungurire ibyiza 💐
Man Shaa Allah Tabarkallah
Rubangisa Allah abishimire kbx
Kuki tutarwanira kwubaka amashuri
Umusiramu wese agerageze gutera inkunga mukubaka uwo musigiti uko ashoboye kuko ndabyumva cyane kubaho udafite umusigiti hafi urugero nkange aho ntuye nambere yuko imisigiti imwe nimwe ifungwa nasabwaga gutegesha 700frwx2 ku modoka moto1500frwx2
Mukinyarwanda baravuga uwambaye ikirezi ntamenyako cyera! Niba hafi yawe hari umusigiti tekereza wishyire mu mwanya wutawufite niba babonye intangiriri yo kubaka umusigiti batere inkunga niyo wabura amafranga basabire kuri Allah ikindi nsaba abantu bagize amahirwe yo kubaka umusigiti bite no kumashuri cg ivuriro (ibikorwa bigirira akamaro umusiramu nutari umusiramu)
Allah akwishimire ya Hajj, woe na Dawa Rwanda Tv Team.❤
Moussa rafik yangu woe nabimufatanyije ALLAH abahe ibyiza
Dawa Rwanda @Mwakoze ku musanzu wanyu...Abayislamu twese hamwe nkabitsamuye twuyubakire ahazaza heza (kw'isi no mu juru )
Hadji Rubangisa ibyo watangaje byoose ninzira wabinyujijemo uri mukuri kandi turi kumwe kabisa ahubwo RMC ituvire no mubindi bikorwa yitambitsemo kuko iratubuza amahwemo kd ntakizere ifitiwe
Djazakhallah khair
Man Sh Allah
Rubangisa niba kujya ahongaho ari amahitamo yawe Allah akorohereze aguhindurerwose kandi byagirira akamaro umat murirusange urantunguyepe
Allah twese aduhe ibyiza kandi burya ntabwo twabona ibintu kimwe niyo mpamvu ubona ntajya nsiba msg wandika njye ziramfasha kandi zikomeza kumpa imbaraga zogukora ndagushimira cyane ntuzagirengo ndakurakarira biriya biramfasha kandi bikomeza kunyerekako akazi kagihari kogukora Allah akomeze akurinde muvandimwe kandi aguhe ibyiza bitagabanyije ndabakunda cyane
@Dawarwanda Allah atworohereze
Hadji rubangisa mwihorere umusanzuwe ubaye ugurwa ntitwabona icyo tuwishyura ntawundi wawubonera ikiguzi usibye Allah , Ngewe harumunsi naganiraga na sheikh gatete mussa ndamubaza nti kuki sindayigaya abatinya akabahunga atabegera ngo tubone bari mubigani kubibazo baba bavuga banerekana ibimenyetso Hanyuma gatete aransubiza ngo sindayigaya yarabegereye Rubangisa arabwirango aruko sindayigaya yemeye ko bagabana ubutegetsi ariko nawe urabona ko kuba yaje byerekana ko arukubeshya RMC ahubwo nice inzira ya diplomacy itangire ishake bano bagabo kd ibabwize ukuri kuko sinzi niba mubona ko 98% bizewe kurusha RMC
@abdourahmanm3441 naketseko hari izindinzego zabyinjiyemo
Mashaa Allah tabaraka, Allahuma barik 🙏
Assalamu alaykum Allah abongerere ibyiza
iyi volume ninyinshi amagambo ari kuvugwa ntiyumvikana neza
Niba ariwo musigiti uzaba ulari wonyine muri ako gake byaba byiza barateganyije ko wubakwa bateganya kuzawugereka mu myaka iri imbere nibyo byaba byiza kurusha
Muduhe nomero yuwo umuntu yarangisha kugirango ahagere mumfashe
تبارك الله في الدنيا والآخرة
Maa shaa Allah barakah Allah fikum umuvandimwe mussa nabandi batandukanye bose bitanga Allah abishimire... umuvandimwe mussa yarihaye igikorwa nkiki ntakuntu utagikora iterambere ryawe rifite ishingiro Allah akwishimire ❤ twese nkaba islam dufatireho
Naam
Allah abishimire
Nibyo twari tukumenyereyeho (byubaka)kandi nawe ukagira icyo ukuramo kiza uzukuntu nagukundaga muri Muhazara?
numara kuzura RMC uzaba ari uwabo
Mubusanza hari umusigiti mwiza wa Etaje wubatswe na Djamati Tabrigh nawo muzawusure muduhe amakuru yaho ibikorwa byaho bigeze
Ko my comment ya RMC ndikubona bite namahoro
Twentidushaka abarya ama far anga yacu nka nyirubutungane
Hari umunsi Allah azakubaza ibyo wavuze n ibyo wakoze!
Ntureba noneho, ibi nibyo ukwiriye kuba ukora mugushyigikira kubaka naho byabindi wabaga urimo byasenyaga, ntuzasubire inyuma
Nabyabindi nibyo dukunda cyane. Accountability niyo yatuvana inyuma yabandi. Twe turi mumisigiti abandi bubatse ama universities, hospitals. Amashuri yaratunaniye. Kubera abayobozi babi none ntibabivuge?
@@moustaphabazirake9286 abayislam bari mu kigare
Ubu RMC barikuwubarira mutegereze muzumva
Subhan Allah abantu barangiritse kabsa
Mubusanza Hari umusigiti
Was etaje mwibeshye
Nkiyinzira dutangarijwe bikorwamo nibindi babivemo barebeko bidatungana
Mubusanza Hari umusigiti mwibeshy
INKUNGA IRAMUTSE IZACA MURI.R.M.C NTAZO MUZABONA.
Gabanya ubucantege ubu aha abantu bari gushaka ijuru kandi Allah azi kurusha uko tuzi
Muyicishe kuri mufuti rubangisa
@@nkundiye34hahaha urasekeje hari numero ye yatanze kugirango inkunga inyureho.
Urarwaye pe. Isuzume!
Ubuse uwo muvandimwe imbehe ntibari buyubike ko aganiriye na dawa tv
Ndamuzi neza aritunze ntawe asabo muri bariya bajama
Ahubwo Allah amurinde ntibatangire kuvuga ko uwo muterankunga ari umutera bwoba bakorana. Iyi niyo turufu yabo iyo bagiye muri reta
Rubangisa noneho abuze inkuru pe
Mashaallah Mashaallah
Ariko Hadji wagiye wihangana ugashyiramo,nakagofero,kidini,nubwo ataribwo,busilamu,ariko ni ibendera ryabwo.
Hahahahahah asanti muvandimwe jye buriya ngira ikibazo cyo kurwara umutwe kera najyaga mbigerageza ariko ubu byaranze ni ukuri nukumbabarira simba ngambiriye kwihisha kuku ubuislam bundi mu maraso nabwinjiye mbwijiye nzi nicyo ngiyemo ahubwo muze dufatanye kubarwanira no kubuharanira tuburinda abashaka kubwitwaza mu nyungu zabo kuko ubuislam ni ubwacu twese ntanyirabwo muritwe ahubwo ni ubwa Allah yaduhitiyemo twese kuba umuislam rero niyo ntsinzi yamuntu hano ku isi nejo ku mperuka.
Uvuze ukuri rwose
Allah akorohereze kabisa
@@Dawarwanda oooh ok ndasobanukiwe
Naam
Swadakta
Measure umusigiti kandi arimwe mutera amabuye abatangije icyo gikorwa you guys you have a big problem woe ugiyeyo ugiye kuvuga ibibazo aho kugirango ujyane ibisubizo shame on you
Ariko se buriya wakurikiye ikiganiro mbere yo kwandika, inenge yambere bamwe mubaislam mufite ni amaranga mutima umunsi iyo ndwara mwayikize ibintu bizaba byiza. Umusigiti ni uwa Allah buriwese awufiteho uburenganzira kuba Dawa Rwanda yarwanya abashaka kunyunyuza bitwaje umusigiti ntibivuzeko Dawa Rwanda atakorera ubuvugizi ubuvugizi umusigiti amafaranga cg ibikoresho bigaca ahizewe kuburyo umuislam akora igikorwa yishyimye.
Hagataho nawe ubwawe ndagushishikariza kugira icyo utanga kuko biri munyungu zatwese byumwihariko wowe kugiti cyawe naburiwese wumva ashaka gushyira itafari rye kuri uriya musigiti arishyireho umusigiti urangira Numero yizewe niziriya 2 twashyize mukiganiro ariko ugahamagara iya Assiya 0791165666 igihe hari igikorwa ukoze kuri iriya yindi ya Sixbert Nyandwi 0788482599
Urinjiji ubu niba amakuru mwarayamwimye akaba agiye kuyishakira. Ahubwo mwakamushimiye kuko nyuma yiyi video murabona ibyo mutarimufite . Nzineza ko mutazabivuga. Urinjiji mbisubiyemo.
@@Dawarwanda ibyo nibyiza uba mudushishikarije ariko njye kuruhande rwanjye uko mbibona mwebwe umuryango wa dawa Rwanda TV imikorere yanyu iraciritse ati gute yego gukebura ndetse no kunenga ibitagenda neza kubuyobozi nibyiza pe ariko se inzira mubicishamo yo ninziza hoya
Mwagakwiye gukoresha ikinyabupfura cyane ndagaruka kubamenyi mukoresha wallah thuma wallah ntanyigisho nzima zitarimo adaab zagiri abantu akamaro urugero nka sheikh pepe ntakinyabupfura agira pe mujye mubanza byibura nubakebure namagambo bavuga
@@Dawarwanda ikindi nubwo muvugako mukora kubera ALLAH gahunda ya kislam itagira no gushirana bisankaho impamvu mupfa atariyi dini ahubwo wagirango mupfa inyungu zanyu bwite mujye sitra nibyiza nkabantu babagabo mutuma abahakanyi batwota bakanga ubusilam aho kubukunda