MUGWIZA Adarapye Amabara DJIHAD na Brianne Babajyaniye RIB😳Ajwigirije wa Mu Pasiteri Uvuye i Kuzimu
HTML-код
- Опубликовано: 16 май 2024
- Hari inyunganizi wifuza kuduha ku biganiro tubagezaho cyangwa hari Inkuru idasanzwe n'Ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri #Romeo_Janvier_0788257655
- Развлечения
Mbaye uwambere mwampaye like koko niba atanzigo🙏❤️
❤❤❤😂😂😂😂😂😂
Ndakunda Mugwiza iyo avuga iby'idini. Franchement ntabwo ndabasha kumva ukuntu abantu cyane cyane abanyafurika natwe abanyarwanda turimo, bemeye ko Imana (cyangwa forme yose ya spiritualite yabo) bemeraga abazungu bataraza, itari Imana nyakuri. Ese ko nabo bazungu batigeze babona Imana ni gute bazi ko iyabo ariyo kurisha iyo abandi bemera? Jyewe uzabinsobanurira nkabyumva ndacyamutegereje!
Mumbwire ukuntu Imana abanyarwanda bemeraga imbere y'umwaduko w'abazungu itari Imana? Ntawigeze abona Imana y'abazungu, ntanuwigeze abona iy'abanyarwanda, nonese bemeza gute ko iy'abazungu ariyo y'ukuri?
Ariko abiyita abakozi b'imana ubu si ubutekamutwe n'iterabwoba rishingiye ku iyobokamana?
Niba musengera abantu bagakira mwagiye mu bitaro?
Ni he, utambeshye, basengeye umuntu wacitse amaguru akamera amaguru mashya, uwavuyemo ijisho akazana ijisho rishya, uwapfuye mu myaka nka 15 umubiri warashangutse akazuka akagaruka? Maze na Yesu ubwe yarapfuye nk'umuntu (kuzuka kwe ni ibijyanye n'ukwemera).
Niba ubizi, atari ukwemera gusa, umpe urugero.
Abantu dukeneye gushishoza tugatandukanya Imana Rurema n'amadini, urukundo rwa kimuntu n'imihango y'idini.
Wahora niki colonisation yaragakoze isiga nabayoboke bayo mubakolonijwe
Ariko we muzambwire ibanga riba muri like 😅nange nzajye nzisaba weee
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Nanjye nukuri bakubwire numvireho
😂😂 akenshi usanga bafite RUclips cg business
😂😂😂😂😂😂
Babaze nanjye numvireho😂😂😂
Yego, Mugwiza uravuga ukuri p uriya muntu ntiyakwemera ibintu at akoze Ndagukunda Mubyeyi❤❤❤
❤❤
Hoooooooo
My favorite Lady on the mic🎤 again.
Mugwiza Jelly is back
I love you.
❤❤❤❤
Mbona abanyarwanda bâtinya ubukene bagatanga ubuzima bwa Yesu jyaje kudukura muribyo byose byimyuka mibi ubu turanzzerewe
Franchement Mugwiza afise intelligence naturelle Imana yamwihereye agerageza gu partaga n abantu ms le problème Nuko abwira les africains batumva ntakuntu Abo tuvyumva kumwe twokora groupe yukuntu twomuzamura kugira message afise zogutanga bwoja ahantu hafadika kubera birababaje KO umuntu atanga message ntishike kwisi yose
Njyewe ndagukunda ujyira ukuri kwinshi kdi ntawe utinya kuvugaho ukuri
Yego rwose
Umucwezikazi komerezaho. Bamwe na bamwe turakumva goseee...❤❤
❤❤
Nkunda ukuntu uvuga ibintu ukanivuguruza ibyo wavuze 😂
Mugwiza ni ukuri jya ubambwirira wenda bazumva. Ndagukunda🥰🌹
❤❤
Nukuri Maman Mugwiza yarabivuze mbere pe, Gusa Njyewe ndamukurikirana kandi ndamwumva cyane Nkunda ibiganiro bye byose. Komereza aho Maman wacu.
❤❤
Muganira ibinyoma gusa kubakurikira nukuyoba sinzongera rwose Mugwisa Analysis ukora niyimbyumvire yawe reja kwanduranya rekana nurugp rwanyakwigendera
Sha Mama Mugwize Uri umunyabwenge🤝
❤❤❤
Ndagukumda kandi ndakwemera urumunyabwenge madame Mugwiza❤
Wamunyamakuru vyakire bivanye nukuntu umutima wawe ubikwemeje kuko ukuri kwose ati sivyiza kubakwovugwa ,gusa bibarigwa benshi bikwumva banyene vyo.
Na Bibiliya yera iravyemeza yuko abandayimoni batigendera ahubwo bagendera kukintu.Maman Mugwiza arikubivugako neza abapfuye bishwe nimbaraga zumwiza nibeshi cane gose kandi Reta ikabimenya izomanza ntizikwirikwigwe ntabwamwi bwigwanya ibibavyitwa kwamamaza umubisha kumugaragaro gusa:Imana yomw ijuru iturengere idukize nabiyota yukwarabakozi b Imana naho aribirura bishaka abobarotsa.
Za muja kur camera muduhe ubutumwa bwiza ibind muvyihorere
Mugwiza abamutuka ntibatekereza neza. Numuhanga kandi ibyo avuga yabihagararaho. Arasoma yarangiza agakora analyse. Nkibyo byokwirukana umwami mugihugu ngo yanzeko abantu babatizwa ????? Nanjye binteye kwibaza.
Vraiment ❤❤
Bambwirire Maman Mugwiza❤️❤️❤️
❤❤❤❤
Mugwiza uvugukuri bwira ibyobibweju
Biriya bitinganyi bizonga abantu kbsa bikabaka amafrnga ngo batabashyira hanze
😂😂😂😂😂😂😂😂
babifunge
Uyu mubyeyi yaba yandika ibitabo? Niba bihari nabisanga hehe? Niba atabyandika birakwiye ko abitekereza akandika ibitabo.
Igihe maze mukurikira nasanze ari umuhanga kdi arasoma azi amateka atajya avugwa.
Ndabasabye muzasubize❤️
Ubwose ubona koko uyumunfumu kazi,umucwezi kazi,urangi kazi ubeo koko ibyibita yakwandika ninde wabisoma birimo iyomiterekereyo,jyewe mbona yarahisemo nabi kabisa,aziko kwa,atura nkumusozi,ngo numuyozi wabarangi,urumvako agira inzoka yaciririye,ahubwo jyewe numva mbabariye uyu Romeo wicarana nawe aza kwamamaza imyukamibi akorana nayo,naramwitegereje ntakintu.kizima aba avuga,ahubwo yabonye aho yamamatiza ubumfumu bwe,wabona nakiriya kintu yambaye mw'ijosi kiba kirimo ikitsindo agendana,uyumugore aracyarinyu cyane.
Vraiment ❤❤
@@amatameza😂😂😂😂😂😂nta wangwa na bose
@@amatamezaNijyewe wibarije ntawe nabarije kuba utabyumva kimwe nanjye sikosa rwose jyewe numva ibyo umuntu avuga ngakuramo ibyo nkeneye.
Ibyo navuze nijyewe wabisabye ntawe nabisabiye wihangayika shuti yanjye
@@amatamezayaba umucwezi cg umurangi,bishop,padili cg pasteur ikibazo kiri he ababakurikira nibo bazi icyo bashaka tujye twubaha amahitamo yumuntu.twirinda kugira uwo tuvutsa ubuzima.njye nkunda ibyo avuga naho ibyo asenga ntibinshira umwenda.yanditse ibyo bitabo birimo ubumenyi twabisoma cyane.
Arabesha reka reka. Avugako bari bemeranijwe imiriyoni 100! Ariko we yavuteyo atana cumi à anywho!
Ariko ico uvuzeko ari muri recrutement, uko ni ukuri!
❤❤❤nge ndakwikundira
Abapagani bo mu nsengero bari gushyirwa ku karubanda.
Esewamugorewe,burikimwecyox ubukizi?uberahox icyarimwe?sijyankumenyera
😂😂😂😂😂😂😂😂❤❤
Ati wa mugore we Mwagiye mushyiramo ka displine wasanga angana na mama wawe
Chérie maman Mugwiza (abarokore N'AKASAMUTWE, bazagusaza.....
UKUNTU UZI KUVUGA (NAWE IYO WIBERA UMUKORAMANA,... AMATURO NTIWARIKUBONA AHO UYASHYIRA😅😅😅... NA VW 8 ETC...
GUSA WANZE KURYA AKATAGABUYE... 👏🏾 BRAVO... NTABWO IB'ABAKOZI B'IMANA NTAKANTU BAKURAMO ,...BOSE TWABONA BABISHINGUTSEMO...
Idini ryigisha kuyoboka Imana spiritualité itwigisha gushaka Imana muri twe.
Niba uri urubyiruko, utari umunebwe, ufite intego mu buzima bwawe, uri umuntu ujijutse, iyi channel inyuraho amakuru menshi yagufasha mu buzima bujyanye n'iterambere. videos zinyuraho zikozwe mu buryo utamenyereye, ariko ufashe umwanya wawe ukareba ibyo zikwereka, wakunguka byinshi. Hanyuraho videos zikwereka uko wategura documents zawe kinyamwuga, links z'akazi, scholarships, n'uburyo wakwikorera application utiriwe wishyura amafr yawe. Nyarukiraho wirebere nushima ubibwire n'abandi. Ibyiza biracyaza, icya mbere ni amakuru.
Maze harukuntu uyumugore yigize intyoza mukwerekanako asobanukiwe cyane nibyimyuka mibi,akerekanako abizi cyane ,mama wahisemo nabi cyana,nonese ariwowe ,ari nuriya mugabo sinumva murikimwe mwembi mwiyemerera kumugaragaro ko mukorana nimbaraga zumwijima,ahubwo uzamushake mama,wowe ubwawe wiyemererako urumumfumu,umukuru wabacwezi bacuragura nijoro,umurangi mukuru urumvako ufite ikiyoka kinini ubana nacyo,nuri mugabo rero yaje kubyiyemerera ko akorana nikuzimu,mama wahisemo nabi cyane rwose,ahubwo Romea azinuka yamukurikiye muriyi myika mibi,ahubwose ntubonako aho aviriye kwa DC clement yahazanaga imyuka mibi,akihava clement yahise atera ivi,imyuka mibi imuviriye mumigishaye,ntimukajye mupfa guha akazi abantu.
😂😂😂 ikiyoka Mana kangura abantu bawe ubahe urumuli bave mu mwijima 😂😂😂
Akoc ikiyoka warakibonye cg nukubyumva 😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
@@Maphase ntacyo yabonye wasanga batanaziranye arukumusebya Gusa erega kuba tutumva ibintu kimwe ntibikwiriye kutugira abanzi njye nuko mbyumva Mugwiza wacu yubahwe agira amagambo yubwenge gusa
😂😂😂😂🤭🤭🤭
@@tvteguraneza2195😂😂😂
Akiriho ko mutabivuzi?
Urumuhanga pe👍
Ariko uyu wee yishingikilije iki kuki avuga cyanee
Umwanya wawe wumare utekereza icyaguteza imbere, ako kantu 👌❤❤❤
Just good
Mugwiza Uzi ubwenge ndakwikundira❤
❤❤❤
Nanga ko muza mwiyemeye mwarangiza mukana sabiriza yewe ndabakomeje
Kubantu bumvirije Asia iyo yavuze harimwo bimwe wohuza nibibintu
Ariko nawe mugwiza fr warayariye ntiwagiye mubarangi kubusa
😂😂😂😂😂
Ariko nkunda Romeo 😂😂😂 ibintu byose aba abishaka😂😂😂😂😂😂 ❤❤❤❤❤
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂❤❤
Yego rata Mugwiza,wamwe ubabwira,none amabuno yinkoko yatangiye kugaragara 😂😂😂😂😂
Mutesi akunda abamuvuga ariko mugwiza uvuze ukuri tumaze kumuhaga rwose haaaa numwaku
Mugwiza subugodyi nubukene bwubuswa 💔
Ese nkuyu abavuga iki?
😂😂😂😂😂😂😂
None ko umwumva??? Nanjye naringiye kubaza icyo uba wandika nsanga ntawambwiye kubisoma. Ubwo rero amakosa nayanjye wabisomye
Ndicaye ndize ahubwo ndayobotse
👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏 iryarya 🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺🤦🤦🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺🤦🤦🤦🤦🤦🤦🤦🤦🤦🤦🤦🤦🤦🤦🤦🤦💔💔💔💔💔💔💔💔
Ko uri gukoresha langage zitari ku rwego rwawe? Ngo ntutinya ibibwana bibwejura? Iyo si mvugo nziza pe kuna umuntu atumva ibintu kimwe nawe ntabwo bimuhindura ikibwana.
RUclips izatuma muta ibaba ikamba rya kibyeyi muryamburwe pe .ibyo wavugaga ni byiza ariko ntukavugane amahane menshi si byiza.
JIHAD NA BRIAN BARYA RUSWA NYINSHI NGO BADASHYIRA AMAFOTO YABANTU HANZE
😂😂😂😂😂😂
Bariyemera sana
Ni icyaha gihanirwa, kandi barenze kw iperereza basojoa na ma audio .
MUGWIZA nubwo ntemeranya na bimwe mubyo uraruza hirya no hino bijyanye na spiritualité uzana kwigisha abanyarwanda, Uri umuvugizi mwiza kubyerekeranye namadini batuzanive kuturimbura. Birababaje cyane kubona abanyafrika, abanyarwanda byumwihariko birirwa muruwo mwanda mvamahanga bakanga gakondo yabo. Na génocide yabasigiye ntasomo babikuyemo ahubwo ubu baranigisha abanyarwanda ngo imyuka mibi. Narumiwe rwose
Mugwiza uzi ubwenge wiyamamarije kumwanya wabadepite nagutora pe
Jyubavuga Mugwiza ubakubite ama bombe Bo gatsindwa niyandemye puu
Mugwiza, urakoze cyane kuvuga utagabanya IQ y'abantu.
❤❤❤
Nyamara warababwiye ntibumva. Uti muraje musubiranemo
Vraiment ❤❤
Ubone ibyo wirata ngo urumucwezi mwizinaryayesu Kristo winazareti puuuu
😂😂😂😂😂😂😂
Ko nunva avuga yesu n'Imana nkabandi bose,abo bacwezi siyo basenga.ababizi bansobanurire.njye uyu mubyeyi nkunda ibyo avuga ibindi biramureba.ahubwo mbona azi ibyimana cyane kurusha abiyita ko bayizi kurusha abandi.
Arasobanukiwe Mugwiza ahubwo dukanguke
Ariko se Theogene azaruhuka ryari?
Ibibweju byatangiye kubwejura amabuye yabifashe birikumoka
Mugwiza ibyuvuze nibyo rwose madame wa theo ashake umwavoka,ariko na ministere yumuryango nayo imurege kuko yateje impagarara mungo nyinshi zisambana .
Muzajya kwa randon Sha ndakumvise
😂😂😂😂😂😂
Mpise nibuka ukuntu. Cyagisambo jutsen cyo nayambwa Ezekieli bakoranye rwa justen rwigaragura
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
djihadi na bruane rwose isebanya ikintu cyabo noneho bafite ukuntu bataka umuntu ubavuzeho umuriro ukaka gewe sinyunva ibintu byabo iyo bavuga barya mumenye
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Kuwa6 numusi wokuruhuka mama Mugwiza
😂😂😂😂😂😂😂😂oya umunsi wo kwitegura, kuruhuka ni ku wa karindwi
Ariko abiyita abakozi b'imana (bamwe) ubu si ubutekamutwe n'iterabwoba rishingiye ku iyobokamana?
Niba basengera abantu bagakira mwagiye mu bitaro? Bagasengera ubutayu n'amapfa imvura ikagwa?
Ni he, utambeshye, basengeye umuntu wacitse amaguru akamera amaguru mashya, uwavuyemo ijisho akazana ijisho rishya, uwapfuye mu myaka nka 15 umubiri warashangutse akazuka akagaruka? Maze na Yesu ubwe yarapfuye nk'umuntu (kuzuka kwe ni ibijyanye n'ukwemera).Niba ubizi, atari ukwemera gusa, umpe urugero.
Njye ndibaza: Imana batwigisha bavuga ko bayivugisha ivugana na bo nk'aho dukeneye kubanyuraho, iyo Mana bo ubwabo barayibonye? Ni nde muntu wabonye Imana n'amaso ye? Uwayobonye n'amaso atubwire.
Abantu dukeneye gushishoza tugatandukanya Imana Rurema n'amadini, urukundo rwa kimuntu n'imihango y'idini
❤❤❤❤❤
Uvuze ukuri ese kazungu yishe abanganiki sinomwemeza Theo kk umuntu nimugari
Mugwiza ni umunyabwenge ariko religion yawe kuyitwumvisha bizagorana
Reka gutukana nawe
😢mugwiza Kubota utababarira
Ese Romeo wasubiranye na madame ?
😂😂😂😂😂😂😂iyo nkuru se uragirango abacukumbuzi bayitangire bayicukumbure
Umugore byararangiye bamuriye agapapu kandi uwamutwaye ni ingagari si rushati nka Romeo.
Yanabeshe ko arinfubyi yajonoside anabeshako ntamuvandimwe agira murifamiyeyose kd papawe yishwe nimodoka yarumu shoferi nyina yicwa nasidà kd ba nyinawabo barahari nababyàràbe nabavandumwe😂
Ubundi wowe ndakwemera rwose 😂😂😂😂
Narakwandikiye ntiwansubiza kandi waricekeye
😂😂😂😂😂😂😂uzanyandikire njye nzagusubiza niba waramubajije ikibazo cya natural health
Ariko mugwiza mbanumva avanga amasaka namasakaramentu😂😂!ngaho yemera bible !ngaho ngo ni umurangi umucwezi !😂😂 yewe mbona ujijutse cyanee !ariko hari aho ugera ukancanga !abacwezi nabarangi ni imyuka mibi wabyeza wagira ute warayobye ! Wahuye nasatani wigira malayika wumucyo !
😂😂😂😂😂😂😂
😂😂😂😂😂😂😂😂😂 freedom
😂😂😂😂😂😂😂
BIBLE YANDISTWE KUGIRANGO ABANTU BOSE BAYISOME... NTABWO ARI ITEGEKO KWEMERA IBYANDITSEMO... AHUBWO HARI IBYANDITSWEMO ABANTU DUSHOBORA GUKORESHA MU BUZIMA BW'ISI ITUWE N'INDYARYA, ABANYAMASHYARI, ABABIBA INZANGANO... ARIKO HAKABABO NINYIGISHO ZIGISHA URUKUNDO, KWIHANGANA, BIBLE NINK' INYANJA.. UTAZI KOGA RURAMUJYANA😮😮
Turagowe,umudamu wa Theogene aragowe
❤❤❤❤❤
Idini ririmo nyine, sinon imbaga ntiyari gupfira mu masengero!
❤❤umbaye kure
Kakanakakan❤❤❤
Ahubwo avuge abo bose bakoranye bataramwica
Wanga mutesi wamugore we. Urwana ufite sirwiza nagato. Yagukoreye iki koko? Nawe ibyuvuga uburozi nta nyigisho zirimo na gato. gusesengura si gutukana cg kwerekana urwango rwikirenga
On dit de bouche a oreille! Pas a l'oreille!
Vuga buve mama
❤❤❤❤
Sinabivuze ntaravayo
Mugwiza ndakwemera uvugisha ukuri.
Iki kiganiro kiranshimishije cyane
Iki nicyahe cyo? 😂😂😂
🤭🤭🤭🤭🤭🤭
Reba uko mutukana? Ni icy'iwanyu
Ni kene wanyu!!!...
UKUNTU USHIRA ISONI KANDI UFITE IZINA RYIZA CLEMENT (URASEBYA ABAKUBYAYE😮😮
Uziko mbonye Romeo😂😂😂😂 ni murebe muri lunettes za Mugwiza murabona Romeo afite ubwanwa bwinshi😂😂😂😂😂
😂😂😂😂😂😂😂uzi kurunguruka vraiment
@@balancedlifetv nonese ngirente nshuti yanjye? Nirebeye muri lunettes nkubitana na Romeo
Kusazese
😂😂😂😂😂
Iryosengesho ryuzuye urubetezi!😂
😂😂😂😂😂😂😂
Iki gikecuru kirashyanuka abarokore wowe wita ibigoryi ubarusha ubwenge ibaze umuntu wemera ko ari umucwezikazi
Ntaho abeshya abarokore muribyo kd cyane ,twamaze kubamenya
😂😂😂😂😂😂😂gutukana bibi
Sha abanyedini bo nimwe bayobe ba mbere!
Niba ukunda 3D nange nkorera kwifoto unteze imbere
Sorry 😢
Itumira abagore babarangi,nabamfumu,nabacwezi,iyo like yaba ipfuye ubusa,uyumugore akunda bino bintu byimyuka mibi ,ubuyage muri domene ye abayigeze intyoza muribibintu byimyuka mibi,mfite ubwobako azashuka Romeo akisanga yamukurikije,uzukuntu ibintu bibi umuntu ahita abyumva,Romeo ushaka wakwirinda uyumugore ukorana nabarangi,wabonyeko wavuye impande ya DC clement ,ahita atera ivi, imyuka mibi yarimuviriye mumugisha we
Eseko mbona uyu mubyeyi wamwibasiye mupfa iki we cungana n,izamu ryawe ureke gucira imanza abandi kuko ibyo abarokore birirwa batubeshya twarabuvumbuye naho Romeo we si umwana azi kwihitiramo wimugirira impuhwe
.@@amatameza
❤❤❤
@@amatameza
Icyakora urarushye pe...pôle kuba ubuzima bukubihiye.. uyu mushiha ntabwo ari kubusa!!!
We yarazahuyse abandi barazahara noneseko wibagiwe imodoka igipariseri kinoni ibiporezo abesha ngafasha infubyi
Mbaye uwambere mwampaye like koko niba atanzigo🙏❤️
❤❤❤❤❤❤❤❤
❤❤❤turayiguhaye
Sinabivuze ntaravayo