Размер видео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показать панель управления
Автовоспроизведение
Автоповтор
Komera cyane KAREGEYA, ibiganiro byanyu biranyubaka cyane!Ndabashimira
Ibiturika byo yabibayemo rwose, nyuma yaho ajya gukorera Imana
Gusa ubuyobozi bwa Rusizi kiriya kintu cyo kubeshya ababyeyi bazakibazwe harimo kudaha agaciro umuturage Ndetse no gusebya igihugu Kandi amafranga aba yatanzwe ?Rwose buriya bintu bizakurikiranve.
Asante Sana Viye
Karegereya you are right 👍 batesheshe agaciro abagore rwose, nta mpamvu nimwe yatuma bakora amakosa nkayo 🤭 ubwo nubusambo nta bumuntu bafite kuko bemera igisebo kumugaragaro. Biteye isoni vraiment.
Ikibazo cya matsiko nonese kujya gushyigikira umu candidat birishyurwa cg? Narinziko ari urukundo nubushobozi babona mu muntu bakajya kumushyigikira?Abo baturage ndumva nta mpamvu yo kwishyuza niba bashima ibyiza bagejejweho bakajya gushyigikira uwo bifuza kubayobora.
@@Uw81nange sinanziko babishyura🤔Ubwo nge ndumva Ari kugura amatora, kuko bajya gutora kuko babemeje kuzabishyura 🤷🏾♀️🤷🏾♀️🤷🏾♀️🤷🏾♀️🤷🏾♀️🤷🏾♀️🤷🏾♀️Iyo bije kumafranga abantu bakora anything.
Umucyo Kitchen TV nyamuneka mukande ho ❤❤
Ndabarasa ndagusuhuje cyane muvandimwe
uwo mugore yakoze neza ariko igitwenge cyawe najye kirashekeje❤
Reka nkubwizukuri,hariya barahemutse kubeshya ababyeyi nkabariya bo mucyato,nange ndibo nababara peeee.
😂😂😂😂😂😂😂😂😂cyakoze..........Pasteur Rugamba ubwo baraje bamuvuge da!!!!!! Uwo muntu arashaka kwigaragaza nabwo Pasteur yabura cash.....
Nyiramasomo komera uza haters imetero! Ntakosa riba muri service zibiturika ahubwo muri bamwe muba sevil bakunda kugira utunyanga nubwo tutari twinshi bisubireho
Karegeya ❤ papa wanjye
Manager wa Gisupusupu twahuye nibagirwa kumubwira
Murakemera ko hari amatora😂😅😅😅
😂😂😂😂😂😂 nukuyagura Niko bavuze🤷🏾♀️🤷🏾♀️
Namwe rero kuki se ikirego cya check mugihakana kuri bishop. Muzi les prophetes batishyura kandi baragujije? ipuuuuuuuuu
Iris melodie😂😂😂
Mubiturika ? Nakwambia ni hatali
Karengeya nigura ikibanza nzaba mbaye umugabo ubwo nzahita nkugurira agacupa nkumugabo mugenzi wae
Akantu ko kuvuga ngo “so, rero” uzagakosore. Cause “so” na “rero” mean the same thing.
SorryAriko muri parlé bibaho, hari ubwo uvuga so ntuhite ubona neza icyari gukurikirahoKa rero, ukavuga byo gutinda ugishaka icyo uvuga nyumaAho bitaba keretse nateguye, nkaba mfite ibyo nsomaLive iravuna ntiyaburamo udukosaAriko urakoze kukabona Uziko hari nubwo mba nkitekereza ntarabona icyo mvuga, nkumva Jalas ambarijemo ikindi kibazoNgasubiza icyanyuma icyabanje bigahwaniramo
Hhhhh, Bari bakurashye ivu?
Bari barindabye daaa
❤❤❤
Komera cyane KAREGEYA, ibiganiro byanyu biranyubaka cyane!
Ndabashimira
Ibiturika byo yabibayemo rwose, nyuma yaho ajya gukorera Imana
Gusa ubuyobozi bwa Rusizi kiriya kintu cyo kubeshya ababyeyi bazakibazwe harimo kudaha agaciro umuturage Ndetse no gusebya igihugu Kandi amafranga aba yatanzwe ?Rwose buriya bintu bizakurikiranve.
Asante Sana Viye
Karegereya you are right 👍 batesheshe agaciro abagore rwose, nta mpamvu nimwe yatuma bakora amakosa nkayo 🤭 ubwo nubusambo nta bumuntu bafite kuko bemera igisebo kumugaragaro. Biteye isoni vraiment.
Ikibazo cya matsiko nonese kujya gushyigikira umu candidat birishyurwa cg? Narinziko ari urukundo nubushobozi babona mu muntu bakajya kumushyigikira?Abo baturage ndumva nta mpamvu yo kwishyuza niba bashima ibyiza bagejejweho bakajya gushyigikira uwo bifuza kubayobora.
@@Uw81nange sinanziko babishyura🤔
Ubwo nge ndumva Ari kugura amatora, kuko bajya gutora kuko babemeje kuzabishyura 🤷🏾♀️🤷🏾♀️🤷🏾♀️🤷🏾♀️🤷🏾♀️🤷🏾♀️🤷🏾♀️
Iyo bije kumafranga abantu bakora anything.
Umucyo Kitchen TV nyamuneka mukande ho ❤❤
Ndabarasa ndagusuhuje cyane muvandimwe
uwo mugore yakoze neza ariko igitwenge cyawe najye kirashekeje❤
Reka nkubwizukuri,hariya barahemutse kubeshya ababyeyi nkabariya bo mucyato,nange ndibo nababara peeee.
😂😂😂😂😂😂😂😂😂cyakoze..........Pasteur Rugamba ubwo baraje bamuvuge da!!!!!! Uwo muntu arashaka kwigaragaza nabwo Pasteur yabura cash.....
Nyiramasomo komera uza haters imetero! Ntakosa riba muri service zibiturika ahubwo muri bamwe muba sevil bakunda kugira utunyanga nubwo tutari twinshi bisubireho
Karegeya ❤ papa wanjye
Manager wa Gisupusupu twahuye nibagirwa kumubwira
Murakemera ko hari amatora😂😅😅😅
😂😂😂😂😂😂 nukuyagura Niko bavuze🤷🏾♀️🤷🏾♀️
Namwe rero kuki se ikirego cya check mugihakana kuri bishop. Muzi les prophetes batishyura kandi baragujije? ipuuuuuuuuu
Iris melodie😂😂😂
Mubiturika ? Nakwambia ni hatali
Karengeya nigura ikibanza nzaba mbaye umugabo ubwo nzahita nkugurira agacupa nkumugabo mugenzi wae
Akantu ko kuvuga ngo “so, rero” uzagakosore. Cause “so” na “rero” mean the same thing.
Sorry
Ariko muri parlé bibaho, hari ubwo uvuga so ntuhite ubona neza icyari gukurikiraho
Ka rero, ukavuga byo gutinda ugishaka icyo uvuga nyuma
Aho bitaba keretse nateguye, nkaba mfite ibyo nsoma
Live iravuna ntiyaburamo udukosa
Ariko urakoze kukabona
Uziko hari nubwo mba nkitekereza ntarabona icyo mvuga, nkumva Jalas ambarijemo ikindi kibazo
Ngasubiza icyanyuma icyabanje bigahwaniramo
Hhhhh, Bari bakurashye ivu?
Bari barindabye daaa
❤❤❤