Art is an illusion of truth,science, psychology and philosophy, Erick my brother you're so smart and your massage through this interview is so touching and I am an architect and civil engineer of the future but i really need to hear from people like you. Big up to bac T. You're doing a great job. Afrimax tv uyu mwaka dufite akazi kenshi kandi katoroshye ☝️😂🤣
Ufite ubumenyi pe!! ariko ntabwenge ufite !! YESU agutabare kdi agutabarane n' abagushigikiye. Sinagucira urubanza haracyarikare wakizwa. Ariko just now, urarushye!! Mube maso Yesu yagaruka n' uyu munsi.
Bact journaliste w abatinganyi. ..Hariho ??????? Uragahora uramamaza. . Abavyeyi twaragowe. Na za Bulayi biracari urukozasoni ku bavyeyi none mu Rwanda vyose birarekuwe. .. Abigeme b iyi myaka barigorewe nk ab i Bulayi. . Abahungu bose ni baba abatinganyi i ngo n imiryango zizocika burundu mu gihugu. Ariko hari abazobironkeramwo agahengwe . Muti ni bande? ? . Ba bavyeyi bahohoterwa ngo ntibavyaye abahungu . Hihihi.
He is very smart... true artist... open mind... ara lookinga wird to attract people’s attention... niko Aba star bakora... gusa namubwira ko umubiri wacu ari temple of Holy Spirit... wife kuwusonera...Ukore shows za we ariko wubaha Imana yawe..
I am not usually commenting on videos,but i am now pushed to write after reading through your comments! mubyukuri wagirango hari abantu bamwe bandika comment batumvise na content ya interview cg bayicyicirejemo hagati,why? byaba byiza tugiye turangiza kumva interview before commenting. ikindi, gusa munyumve neza sindi umuvugizi wiyi tv cg Bac-T, Abantu bamwe baba bavuga ngo ibintu by' ubutinganyi, ngo uburaya and other nonsenses, what? ese ko uba wasomye title yinkuru ni gute ubona effort or time yo kumva ibintu utari interested, wakabirekeye abumva ntacyo bibatwaye hanyuma hazaza ibindi wiyumvamo ukabireba n'umutima mwiza,, why do you allow something not worth it to occupy your time???? Anyway, what we people know is to only judge, we never know what the future holds and we may learn how to respect other people's belief, you who think that you are Jesus followers,we all know that the devil was once an angel , and saints were once sinners. so,everything changes and peoples change too.!! (I don't mean to hurt anyone, it is just my point of view) .
ÉRIC NGANGARE, uracyari ingangare kweli. I remember you back to high school "Shyogwe Secondary School". Genda Shyogwe ubaye ubukombe!!!! Power to you bro, keep it up
It is funny when you read all this comments about people don't like, like or hate gays or lesbians !! I remember the first time I saw and talked to a gay I was like woow this is crazy ! But let me tell you something you get use to to the point you don't even care and pay attention ! We go to school, work , some of them smart and good career as us or even better so ugeraho ukabimenyer kabisa ukabona ni ibintu bisanzwe ! Ntabwo ndi umwe miribo ariko nyine biba byasnsekeje uko aho muba mwabigize ibya hatari !! Get use to my friends it is every body's choice !!
well ! I understand your points ! Nonese nacyimenyereza gute kandi ntacyo nkora !! Nonese wibaza ko kuba hari abatabivuga aho bivuze ko badahari !! Let be honest Ariko se uwo muntu akubangamiye gute ? Please I need your ponts of view uko umu gay cyangwa umu lesbian akubangamiye ?
Heee bech is what happen for you i want to now what going on let me now bact that your job you doing verry. Well dont give p ma boy ubundi mukundiki mwabarezimwe usa that me arizona karive
Murakoze mwese! Iyo ngize irungu nza kureba aho comments zigeze. Murandekura bya bon sana. Yesu mumubwire ansanga mu kabyiniro ariko Mariya aramuhitana!! Much love y'all
..ABANYARWANDA we re so good at pointing fingers..nobody Is perfect...as long as he is happy with his life,whts the problem,kdi ikindi he didn't say tht he is Gay...muzi kuvuga menshi gusa kdi uwareba ubizima mubayeho yasanga.......
Abanyarwanda abanyarwandakazi always judgemental and negative! Focus on positive things and work hard then that's it! This guy is real, keep the hard work dude!
Ariko umuntu ntakavuge ikibi nurangiza ngo yigize miseke igoroye ubwo se urumva bihuriye he kweri?umujuru bazareke kumwita umujuru se ngo baraba bigize miseke igoroye?eeh kuva ryari se di ushaka ko abantu baceceka kugaya ibyo kugawa ngo baba bigize miseke ikoroye. Harya ntiwakuze ukosa ababyeyi bawe baguhana?nuko se bo babaga bigize miseke igoroye di?uyu musore yaravangiwe,baba bishyize kuri bos3 babireba niyo mpamvu na buri wese avuga kubyo yabonye ntago bajyaho ngo tubashimagize nitubona ibyiza turabishima kandi n ibibi tukabigaya. Aka gasore rero rwose karavangiwe,bimwe kavuga ni ubwenge ibindi kavuga ni ubugoryi,wowe se wajya kwambara ubusa ugashyira bose babireba?cg ugashyigikira ubikora?i y ubutingani byo ni sakirerego ni ishyano nta nicyo waburana ariko ntiyavuze ko ari we ahubwo ni umunyamakuru ubeshya ku mutwe w inkuru ngo abona abayireba kandi sibyo kuko baba bari no kubyamamaza. Aka ga sore njye nabonye ubukwe bwako kera youtube cg igihe.com gafite umugore mwiza none ubu nkabonye kameze gatya kavuga ibi sha sinzi ko uwo mugore bakiri kumwe kuko mpise mugirira impuhwe,ubu koko ninde washyigikira ko umugabo we ashyira ubusa bwe ku karubanda?umugabo cg umubyeyi nyabaki ukora ibyo?askigari.
Eric I know you tukiri bato...but ngo wagenda wambaye ubusa? Surprised! All you need is Jesus in your life you are smart and talented yes but bizapfa ubusa you seem to be disconnecting your self to life basic realities and values
uyu mwana arambabaje cyane, nigeze kumubona kuri Ishyo arts ari kuri stage avuga poem in French kandi abishoboye bya trop! ariko ntangajwe nuko afite imyitwarire itagaragara neza.
Jesus Christ yataye umuco wa nde ariko ? Ko muvuga mushinjana mutanatekereje neza, abanyarwanda batangiye kwikwiza ryari?, ko nta n’imyaka magana ibiri ishize imyenda igeze I Rwanda
I like him. He is very intellingent
Umugore cyangwa umukobwa ntakambarane n'umugabo, kandi umugabo ntakambarane n'umugore, kuko ukora atyo wese ari ikizira Uwiteka Imana yawe yanga urunuka.
(Gutegeka 22:5)
Umugabo natinga undi bombi bazaba bakoze ikizira, ntibakabure kwicwa. urubanza rw'amaraso ye ni we ruzahama.
(Abalewi 20:13)
Kbs
Bruh ain’t gonna lie this nigga speak good English
Art is an illusion of truth,science, psychology and philosophy, Erick my brother you're so smart and your massage through this interview is so touching and I am an architect and civil engineer of the future but i really need to hear from people like you. Big up to bac T. You're doing a great job. Afrimax tv uyu mwaka dufite akazi kenshi kandi katoroshye ☝️😂🤣
Twariganye, same class twanabanye muri dortoir imwe. Yari umwana witonda cyane w’umurokore kuko yakundaga gusenga muri class everyday in the morning, sinari nziko yahinduka akagira indi philosophy n’ibitekerezo bihabanye na beshi bamuzi.Ni umuhanga cyane kandi ni umwe mu bantu bafite free mind, nta muntu asagarira uretse abirirwa bamuvugaaaa, blah blah..... Ibyo akora n’ibyo avuga abifitiye uburenganzira igihe cyose nta tegeko yishe.
Ewana ndamukunze cyane kbs he was saying daily life mn😍😍
Now I wish to think like you mn
Je suis époustouflée par ton intelligence ,ton ouverture d'esprit!!!bravo young man
Il est cool👍
Eric is one of the best spoken-words artist around here!!!
Abantu nkaba gutura mu bihugu byacu abantu bagifunze umutwe ningorane.
Uyu mwaka ufite akazi kenshi pe aho kujya gushaka amakuru ngo marina na kidum bararanye ntacyo bitumariye ahubwo jya ushaka abantu nkaba turahuramo ubwenge👌
Ufite ubumenyi pe!! ariko ntabwenge ufite !!
YESU agutabare kdi agutabarane n' abagushigikiye.
Sinagucira urubanza haracyarikare wakizwa. Ariko just now, urarushye!! Mube maso Yesu yagaruka n' uyu munsi.
Ariko kama ni One key ,yakwakiriye Kristo Yesu akamukiza !
Agway iki?
Nkunze ukuntu afite umunezero kabisa 😍😍😍komerezaho 1key nkwifurije iterambere naho abakavuga ubihorere ukomeze ukore
Ari mature kabisa!!
Bact journaliste w abatinganyi. ..Hariho ???????
Uragahora uramamaza. . Abavyeyi twaragowe. Na za Bulayi biracari urukozasoni ku bavyeyi none mu Rwanda vyose birarekuwe. .. Abigeme b iyi myaka barigorewe nk ab i Bulayi. . Abahungu bose ni baba abatinganyi i ngo n imiryango zizocika burundu mu gihugu.
Ariko hari abazobironkeramwo agahengwe . Muti ni bande? ? .
Ba bavyeyi bahohoterwa ngo ntibavyaye abahungu . Hihihi.
Nigga yakubwiye ko ari umutinganyi ? Bac t come'on
He is very smart... true artist... open mind... ara lookinga wird to attract people’s attention... niko Aba star bakora... gusa namubwira ko umubiri wacu ari temple of Holy Spirit... wife kuwusonera...Ukore shows za we ariko wubaha Imana yawe..
Nibyo
Ariko mwamubesheye ntiyavuze ko ari umutinganyii
Ariko se buriya umuntu wumugabo yisiga verni kunzara?
useka neza
OMG!!! This guy is very smart!!
I am not usually commenting on videos,but i am now pushed to write after reading through your comments! mubyukuri wagirango hari abantu bamwe bandika comment batumvise na content ya interview cg bayicyicirejemo hagati,why? byaba byiza tugiye turangiza kumva interview before commenting. ikindi, gusa munyumve neza sindi umuvugizi wiyi tv cg Bac-T, Abantu bamwe baba bavuga ngo ibintu by' ubutinganyi, ngo uburaya and other nonsenses, what? ese ko uba wasomye title yinkuru ni gute ubona effort or time yo kumva ibintu utari interested, wakabirekeye abumva ntacyo bibatwaye hanyuma hazaza ibindi wiyumvamo ukabireba n'umutima mwiza,, why do you allow something not worth it to occupy your time????
Anyway, what we people know is to only judge, we never know what the future holds and we may learn how to respect other people's belief, you who think that you are Jesus followers,we all know that the devil was once an angel , and saints were once sinners. so,everything changes and peoples change too.!! (I don't mean to hurt anyone, it is just my point of view) .
Inseko yawe ntaburyarya ifite wa mugabo we uzubwenjye uzibyukora freedom of speech freedom of your body njyewe nkaricyongukuyeho
Wow this guy is very intelligent!!! Keep it up bro.
You can't hate on this nigga
Mubihugu developpés waba ufite amafaranga menshi kbsa kuko ndabona uri un artiste w'ubwenge courage
Nta butinganyi yavuze Ahubwo mwe mukunda guca imanza. Mujye mureba ibyanyu, murebe neza niba iwanyu nta bigoramye mubigorore. Uyu nawe niba hari ikibazo afite azacyibarizwa n'Iyamuremye. So simwe mufite akazi ko kumucira urubanza ...
Yebabawe, yakinaga basket neza, akanabyina neza kwishuli. Why did he choose to be a gay? Muheruka afite umugore.
this guy is all the way unique
ariko mwebwe mumwita umupede..muramuzi? niba hari umuntu ukundana nabakobwa ni 1key..afite kandi n'umwana w'umuhungu
ÉRIC NGANGARE, uracyari ingangare kweli. I remember you back to high school "Shyogwe Secondary School". Genda Shyogwe ubaye ubukombe!!!! Power to you bro, keep it up
It is funny when you read all this comments about people don't like, like or hate gays or lesbians !! I remember the first time I saw and talked to a gay I was like woow this is crazy ! But let me tell you something you get use to to the point you don't even care and pay attention ! We go to school, work , some of them smart and good career as us or even better so ugeraho ukabimenyer kabisa ukabona ni ibintu bisanzwe !
Ntabwo ndi umwe miribo ariko nyine biba byasnsekeje uko aho muba mwabigize ibya hatari !! Get use to my friends it is every body's choice !!
Umunyarwanda Cyane Out of God’s choice
umva nubwo wamenyera ikibi ntibikibuza kuba kibi,kandi kumenyera ikibi nibyo bita gupfa uhagaze kumenyera ikibi ninzira yirimbukiro iyo wimenyereje ikibi burya nyuma wisanga mukwicuza gukabije
Icyo wimenyereje icyaricyo cyose kikubera normal nyuma yigihe gito !positive or negative !! Watch out what you let in your life!!!
well ! I understand your points ! Nonese nacyimenyereza gute kandi ntacyo nkora !! Nonese wibaza ko kuba hari abatabivuga aho bivuze ko badahari !!
Let be honest Ariko se uwo muntu akubangamiye gute ?
Please I need your ponts of view uko umu gay cyangwa umu lesbian akubangamiye ?
@@umunyarwandacyane9369 abikoreye iwe akabyimenyera ntacyo bitwaye biramureba ariko kubisakaza no mubandi nicyo kibazo ashobora kubivuga njye simbikore ariko umwana wanjye akazisanga yabikoze ikiza nuko bajya babyimenyera nkubu nkibi byarebwe nabantu benshi ase wemera ko ikibi gishobora gusakazwa kigakorwa kandi ari kibi ababigiyemo kera bazi ingaruka zabyo so nkibakwiye kubyigisha mubantu gutya ngo nibintu bisazweee kumenyera ikibi ntibikibuza kuba kibi nunywa urumogi ukarumenyera ntibikuraho ko ari rubi noneho ruba rubi kurushaho iyo urwigishije nabandi ngo ntacyo rutwaye
Renewed respect for you 1key🙏
Best of the Best... Open minded man i like you
Ariko uyu muntu afite ubwenge mûri we urabona yifitiye ibyishimo.
Yego .
Abatingayi ndabakunda n abantu beza cyane .bishoboste ahubwo abagabo bose baba abatingayi
guzu Toni aqa~@
@@olyi826 ok akazi keza
@@ndengerabenson3538 merci😂😂nzaguheraho
@@olyi826uri #IKIVUME. urumva ubugoryi uzana hano.
Uyo type ari fort !!! Arasobanutse PE!
Hhhhh dupfa ubusa kweli namwe muri gutuka uyu musore muramuhora ubusa
Heee bech is what happen for you i want to now what going on let me now bact that your job you doing verry. Well dont give p ma boy ubundi mukundiki mwabarezimwe usa that me arizona karive
Abavyevyeyi baraburira hejuru.nukuri yesu akugenderere
Ahubwo nge ndibaza isi niyo yangiza abantu, cg abantu nibo bangiza isi?
Isi irarengana 🙄😕
dufite akazi kenshi cyane hahahaha iyi nigga akazi kahe wowe reka dukore akazi kokuguha views nitwe dufite akazi kenshi cyane uyumwaka
Best artist in town
Maurice Shyaka you're right
Ko stabilize ngo turebe
Ko atabikoze ngo turebe
Talented & Clever enough!
Murakoze mwese! Iyo ngize irungu nza kureba aho comments zigeze. Murandekura bya bon sana. Yesu mumubwire ansanga mu kabyiniro ariko Mariya aramuhitana!!
Much love y'all
Witwicira umuco ayo masunzu uzayagoshe
Il vit ds un pays.... il a le droit de faire ce qu'il veut sur son corp😘
Kdi jyumenya gushira title kuri vds zawe ntaho yigeze aviga kwarumutinganyi
Real talk
..ABANYARWANDA we re so good at pointing fingers..nobody Is perfect...as long as he is happy with his life,whts the problem,kdi ikindi he didn't say tht he is Gay...muzi kuvuga menshi gusa kdi uwareba ubizima mubayeho yasanga.......
umva nubwo wamenyera ikibi ntibikibuza kuba kibi,kandi kumenyera ikibi nibyo bita gupfa uhagaze kumenyera ikibi ninzira yirimbukiro iyo wimenyereje ikibi burya nyuma wisanga mukwicuza gukabije
muvandi kutaba perfect ntibivuze ko ikibi kitavugwa nkikibi nanyirabyo akamenya ko ari kibi ubwose urumva aribyo kuvuga ko yifotoje yambaye ubusa?
Abanyarwanda abanyarwandakazi always judgemental and negative! Focus on positive things and work hard then that's it! This guy is real, keep the hard work dude!
@@StoriesTellerKar uri #IKIVUME wowe nabandi muguje #UBUTINGANYIII. bajye babatinga ariko muvane umwanda hano
Sinjya nkora commantaire ariko uyu Muhungu azi ubwenge pe. Big up young man
Smart but not wise
Umujama aciye ubwenge
Bac t bazaguhane ugira titles zihabanye nikiganiro wagiranye numuntu
Bravo tu es très intelligent chapeau
Uyu mugabo azi icyo ashyaka ariko ibyoyambara wapiiii😎
Hindukira/wakireYESU akuruhurekuko urarushye
Ararushye pe
Ndakubona wowe nka secretary wimana uramuvugyiye 😂niggas wanna show how spiritually they are akkkkkkkkkkkkkkkeeeeee
umutoni brenda hhhhhhhhhh Brenda uramuhaye tu
ese ugira ngo umuruho yikoreye uramworoheye.
Ibi neza neza nibyo bita kuvunwa n'umutwaro utikoreye.🤣🤣
Hehhhh musore hari guca ubwenge n,ukuvanga ibintu harivyo nkubonyeko vyiza ariko hari nivyo nkunenze pe!
Yesu wee uziko nari nayobewe aho muzi🤭🤭🤭🤭🤭
None uragirango tubikoreho iki
Arko ubundi mwebwe muvuga umupede arabyara
Shetani mkubwa uyo.izo tatoo😔
Ngangare you're a genius...
Good interview! Ariko wabeshyeye uyu mupapa muri title @ Bac T
Niko yabaye wamuntu we
mujye mumanika ama clicher ya film murerekana mwabaswamwe ubwo titĺe yubutinganyi mwavuze ihuriyeye he nikiganiro mwakoze
Abagaratiya 5.19,..22 . hari ahavuga ngo ibiteye ikoni nibindi nkibyo
Mubyukuri ntibazaragwa ubwami bw,'Imana Gusa mugiriye inama
Yogutekereza Iherezo rye.
Sha ntibakubeshe iyo nyimwesho ntikuberey pe
Sha uyu numutinganyi kbs, musore yesu agusange aguhe agakiza kbs.
Ariko abahanzi murakomerewe pe!satani iragerageza kuberek ibintu bitaberey ko bibabereye nahoshwi.
Dear Fellows Rwandans, Mugabanye kwigira ba miseke igoroye. Twese tubayeho ubuzima butandukanye icyambere nuko ubaho ubuzima bukunyuze.
Eric u are so Talented man, Uzi ubwenge kabsa plzzz keep sharing...... ibindi birakureba rero nibyawe
uri #Ikivume. uvuze ubusa. iyo uziba
Ariko umuntu ntakavuge ikibi nurangiza ngo yigize miseke igoroye ubwo se urumva bihuriye he kweri?umujuru bazareke kumwita umujuru se ngo baraba bigize miseke igoroye?eeh kuva ryari se di ushaka ko abantu baceceka kugaya ibyo kugawa ngo baba bigize miseke ikoroye.
Harya ntiwakuze ukosa ababyeyi bawe baguhana?nuko se bo babaga bigize miseke igoroye di?uyu musore yaravangiwe,baba bishyize kuri bos3 babireba niyo mpamvu na buri wese avuga kubyo yabonye ntago bajyaho ngo tubashimagize nitubona ibyiza turabishima kandi n ibibi tukabigaya. Aka gasore rero rwose karavangiwe,bimwe kavuga ni ubwenge ibindi kavuga ni ubugoryi,wowe se wajya kwambara ubusa ugashyira bose babireba?cg ugashyigikira ubikora?i y ubutingani byo ni sakirerego ni ishyano nta nicyo waburana ariko ntiyavuze ko ari we ahubwo ni umunyamakuru ubeshya ku mutwe w inkuru ngo abona abayireba kandi sibyo kuko baba bari no kubyamamaza.
Aka ga sore njye nabonye ubukwe bwako kera youtube cg igihe.com gafite umugore mwiza none ubu nkabonye kameze gatya kavuga ibi sha sinzi ko uwo mugore bakiri kumwe kuko mpise mugirira impuhwe,ubu koko ninde washyigikira ko umugabo we ashyira ubusa bwe ku karubanda?umugabo cg umubyeyi nyabaki ukora ibyo?askigari.
Do u bro ain’t nothing wrong with it
he is talented by the way
Yitwa gute kuri instagram ,ndashaka kumenya indirimboze plz
Smart and crazy ass
IYI ni Rockok sunzuu 😱
Yeah it nothing 👌
Ark bac T washatse ibindibiganiro koko kubizi tukwemera
Urashaka ibihe se, igikenewe ndumba ari ibitekerezo biva mu muntu hanyuma amahitamo ni ayawe
Oya afrimax irashoboye
Uri umusore mwiza, cyokora nkwifurije kwitondera n'ijambo ry'Imana, ukamenya ko Imana yaremye Umugabo, hanyuma Ibona ko atari byiza ko umugabo aba wenyine, nuko Irema umugore kugirango babane, kandi bororoke. Ntabwo nkutera amabuye, gusa nakwibutsaga .
Mbega isi
Ari smart kabisa
Ufite ubwenge uvanze nubugoryi
Eric I know you tukiri bato...but ngo wagenda wambaye ubusa? Surprised! All you need is Jesus in your life you are smart and talented yes but bizapfa ubusa you seem to be disconnecting your self to life basic realities and values
People are so quick to try and dictate how others should live their own lives, who TF do you think you are? Just live and let live, It's not so hard.
His name on social media please
Eric 1 key niko yitwa kuri instagram
Afrimax TV thank you
Cool mn still gone on
😂😂😂😂😂😂
This guy’s depth isn’t something that most people can comprehend.
Absolutely agree with you
Kurikira umwami yesu urarushe pe
Uwo Yesu wanyu harya abwiriza abantu kwaka icami ntabyo kwihangira umurimo??ubwo se wowe uraruhutse?Lets mind our own business
@@Kigalisteets mubwireee! buriya abantu bakurikiye yesu ngo baziko aribo baruhutse buriya ntibazi ingoyi bariho.
@@regisdekisqo Brother abantu birirwa bacira abandi imanza nyamara tweretswe mu mitima wasanga umuriro waka
I love how he talks ☺️
I like this guy 😘
Very smart chap... Society is not ready for u tho, mzee keep hustling
Ark mwe mushinzwe gupromotinga ubutinganyi bac t
nawe uliwe kbx Mushake indi topic ibyotwara birambiwe
Reka ababereke aho mizohurira hose mubamenye mwegereyo batabateza amashetani yabo.
Jacqueline NISHIRIMBERE 😂😂 shetani zimenya izindi. Aha muri sure ko Imana yoza yotwara mwebwe mu ijuru? 😂😂 Muzi gucya imanza yamara muze mureba neza
@@fleetingthoughts4766 ushyigikiye unutinganyi?
urakana keza kabisa
Umvamwana ndakwemerape nibatwemerako hari umuco mubi tugombakumenya kohari abawurimo tukabona ahoduhera tubirwanya urakora musaza
Iki kigoryi Kira batera umwaku wallah
BACT Ntuzongere kugarura uru rugoryi kuriyi Channel yacu pee
Bac T hhhhhhhhh sha woe uranyica papa wange woe jyuyabakuramo musaa gusa ndakwemera bac
Quovo Kelly mwaba muzi uko yitwa uwo mu type ? Cg IG account ye? Tubwire rwose turabikeneye, abantu nkaba bagabanya stress 😁
Murwanda rwarumbije abasorebeza bataye umucu
uyu mwana arambabaje cyane, nigeze kumubona kuri Ishyo arts ari kuri stage avuga poem in French kandi abishoboye bya trop! ariko ntangajwe nuko afite imyitwarire itagaragara neza.
arasebya umuco abantu bitwaza ngo umuco uraguka bakawagura mungesombi ntibikwiye
@@ndengerabenson3538 sibyo se,ninde wababeshyeko kwaguka ku muco ari ukuzana ico ry andi ukashyiraho cg kuzana iby abandi?ko ahubwo kwaguka ku muco ari igihe banyiraho bahimbye ibindi bishya bakabyongeraho,hazagire uzana icyo yahimbye,naho ibyo akura ahandi ibyo ni ibyaho areke gutoba umuco w abakurambere niba adashoboye guhimba ibishya ngo abyongereho niyigumanire ibyo b abandi yahisemo ariko abyita irindi zina ye kubeshyera umuco w abakurambere.
Ubundi umuco wacu ushingiye ku kubaha Imana ariwo wuzuye muri kirazira kandi ikaba yuzuye no kwiyubaha kuko uwubashye Imana ariyubaha,naho ibyo kubyina n ibindi bigaragarira amaso byo ni inyongera si ifatizo kuko ifatizo ryawo ni indangagaciro arizo kubaha Imana no kwiyubaha kuko byose bijyana.
Ninde ugena imyitwarire boss?
@@hirwahonore8344 ni sosiete yabantu
Ndumva ntangiye kwanga umusaza Bac T
Wamaze
@@kevinirons1746 yego ra
Utu twana se??? Mubanze mwige kubaza why
Ariko ntabyo yavuze ko ari umutinganyi cg ko atari we. Kiretse niba hari ahandi mubikuye
Araboneka kariwe
Emerie urakoze ahubwo abamwita umutinganyi menya aribo batinganye hhh nonese umutinganyi arabyara ??? Yavuzeko afite umwana ahubwo dukunda byacicye kdi tureke guca imanza imana niyo mucamanza kuko natwe nitura abera
@@hakizimanasterlingbilal90 ubibonera he niba atabitubwiye? 😩
@@claudinenyiramutuzo6436 ntukavuge ubugoryi bwawe ngo unabuhagarareho. ubu se urashaka ko bazanagusobanurira gutandukanya wowe na musaza wawe
Apu yavugaga iby ubwenge ariko niba yarambaye ubusa nawe kandi ashyigikira uriya mukobwa mpise mbona ko yavangiwe.ibaze erega akanabisobanura yewe ndumva yarataye umuco pe ,ibaze pe ubuse ko ataje yambaye ubusa ra?nukuvuga ko yaneye isoni ndumva avuga n ibigambo bibi(cuss)sha rwose musore waravangiwe,bimwe uvuga ni byo ibindi sibyo naho kwambara ubusa nibyo ahubwo bazashyireho amategeko abihana ibyo ni urukozasoni pe.
Jesus Christ yataye umuco wa nde ariko ?
Ko muvuga mushinjana mutanatekereje neza, abanyarwanda batangiye kwikwiza ryari?, ko nta n’imyaka magana ibiri ishize imyenda igeze I Rwanda
bat wpbkbs ikifaniro ntacyo kitumaruy
Nubwambere mbonye iyi nyogosho
Najye pe😂😂
Nibwo bwa mbere wabona amasunzu se?yewe ubwo ntuzi amateka,aya nayabonanye abakobwa bato niba ariyo yitwa ibisage sinibuka,ariko amasunzu yogoshwa bitandukanye kandi afite amazina atandukanye nubwo byose tubyita amasunzu.
Abanyamerica mwishinga ngo nabatinganyi bafite impamvu zibibatera kd uganiriye numwe muribo back stage wumva yicuza cyane ibyo yagiyemo ,ibyo babeshya ngo niko bavutse barabeshya Imana izabaturinde
Izabaturindire kure pe!
he's smart
afrimax journalist i love you i want you to marry my daughter i am serious
Ruth Julie Hirwa hhhhhh
What's wrong witchu🤔🤔🤔🤦🏾♀️? can't u let her choose 4 herself🤔🤔🤔🤦🏾♀️🤦🏾♀️🤦🏾♀️🤦🏾♀️?
@@cestjolie5574 hhh i think she was kiddin
@@mreddygi i guess too
@@mreddygi ma friend, parents like this are full ov the earth so u can never really know😳😳🤦🏾♀️...
Yampayinka uyu we nuwahe narumiwe koko
Na akazi kawe komeza wumirwe