Yoo akagakobwa nikeza kimenyi azi kureba disi aranatuje agira namafoto meza nukuri pe ukobamuvugaga bitandukanye cyane rwose kuki bata guhaye kuba Miss koko ndababaye cyane nanze abaguse beje.
Urumupfasoni disi mbere bakuvuga nabi muri miss 2019 narakwanse ariko natahuye k uri IMFURA Umbabarire kuba narakwihenzeko mukobwa mwiza. Sindumunya Rwanda ariko ndagukunda
It's a slip of tongue. It's a common issue among Rwandans L &R. Ni ikibazo. But the most important nuko mwumvise icyo yashatse kuvuga. Guys no hard feelings tujye tworoherana.🤦♀️
Hanyuma se ntituvuga diporome ko ho udasakuza ngo twabyishe?sha ibyo wanditse ni ubuswa pe,uziko hari abahora barekereje ngo bavuge ikosa cg ikibi cyakozwe,ubu mu kiganiro cyose ni icyo utoyemo?sha burya koko hari abigirira mukushi ku mutima, shaka Imana ugire umunezero pe.
Burya kwanga umuntu umwangishijwe nundi nibibi sinarinziko muyango arumwana mwiza uku disi😍
Yoo akagakobwa nikeza kimenyi azi kureba disi aranatuje agira namafoto meza nukuri pe ukobamuvugaga bitandukanye cyane rwose kuki bata guhaye kuba Miss koko ndababaye cyane nanze abaguse beje.
The Journalist is some how very Professional and serious. Keep it up dear Emmy.
Reba umuvugo wambere muRwanda ruclips.net/video/BJkiuHEl7_8/видео.html
Nitwa Kayonga Good,
Sha MUYANGO we ka nkuvugeho bicye; ngewe sinitaye kubyo abanyamakuru benshi (batarimo Emmy...kuko n'umuhanga kandi w'umunyamwuga) nabandi bandika nkanjye bavuga ntafitiye ibihamye ariko iyo nkuru yo itumye nkubona, ndakumv ndasesengura nsanga; Uri umunyabwenge (someone who speaks her mind, uri mwiza cyane ijwi ryawe, urasubiza nk'abari b'Urwanda, uri icyo muruzungu bita "Wife material" Kimenyi nakomereze aho pe. courage kandi mwari, gusa ukomeze ushake abakuyobora neza muri career bidakuyeho ko nawe umenya ikikubereye......undutiye benshi...sha unyibukije umu X wanjye witwa 'Uwase' muvuga kimwe,,,,...uvuga nkabakobwa rwose (ibintu n'ijwi bituma ngira ibitwenge....enjoyable..)....Ndaza gushaka uko mbasura wowe na Kimenyi sha
Muyango burya numwana mwiza ntimuzongere kumusebya ngo ni Kibaruma, courage Claudi kandi wakoze kuza kubwiza ukuri abanyarwanda.kuko isura yawe yarizwi nabi mubantu.kandi urukundo nirwogere nukuri
Nkikundiyekoo gafana Rayon ibindi byose yaba ibyonzi cyangwa ntazi nibyabooo Ahaaaaaaaaaa🙇🏻♂️
She's so pretty and kind,,,so humble💚💛
Mbega umwana mwiza weee!! Innocente kabisa, umwana ufite uburere disiii. Uri IMFURA peee
Claudine et Yves forment un couple magnifique ....Tt ce k je leur souhaite ;que leur amour soit béni!
Wow wize kagarama my fvrt skul shn 😘😘😘😘 ndagukunze pe
Don't know what they're talking about, but she's gorgeous.
Uwo mukobwa Ise aribyo mwita Papa we arirabura kdi numugabl ushinguye cyane Yitwa Muyango
Uyu mukobwa avugisha ukuri kose ntaguca kuruhande pe!
Muyango we ntukambeshye sipourqoi je t'aime## Ndagusuhuje mukivandimwe##
Sha uvuga neza disii. Umengo ur umwana mwiza sha. Uratuje kandi uri clear muvyo uvuga.
Sorry Muyango narakwanze nkuziza ubusa disi urumukobwa mwiza ufite umutima wumunyakuri nukuri ndigaye🤔 uziko niyi interview nari naranze kuyireba disi univugira neza 😍nkubonyemo undi ntatekerezaga pe🤔
khaila umutoni wanguuuuuu! Hhhhhh sha nanjye nari naranze kumukurikira pe! Gusa nkukundiye ko urumwana mwiza uca.bugufi ugasaba imbabazi
@@ailceuwimana5092 shahu urwango nikintu kibi!! aha nakuyemo isomo rikomeye mubuzima sinanziko harubujiji nifitemo bingana gutya nkanga umuntu nkaho muzi neza narigaye sinjya nigagaza ayo nibonyeho ikosa nibajije nicyo namwangiye ndakibura ubu hari nabandi nkanjye nukuri nubujiji
Incwiii Muyango wivugira neza bambe ,uratuje pe ikindi kdi ufite ukuri rwose ntaguca kuruhande ndagukunda njyewe byumwihariko nanjye sinjya ngendera kubyabantu bavuga pe.Emmy thanks nawe nkunda interview zawe ziba zisobanutse kbsa.
She is beautiful and honest 👌
This girl is lovely 🥰🥰🥰🥰❤️
Uzasimbure Joly mubabaza ibibazo umurusha gushishoza nokuba umunya Kuri.
Disi Muyango ni honest mu buryo ntatekerezaga....yivugira neza!
Chr narintarumva ijwi ryawe Mumy gusa ndagukunda uwampa akanamba kawe tukamenyana disii
Sha uyu mukobwa ni mwiza shenge kandi ni umwana mwiza mama.
Urumupfasoni disi mbere bakuvuga nabi muri miss 2019 narakwanse ariko natahuye k uri IMFURA Umbabarire kuba narakwihenzeko mukobwa mwiza. Sindumunya Rwanda ariko ndagukunda
Muraharara cyakora,aka gakobwa nindyarya
@@ncongolais9371 ndumiwe ubwo ni wowe wivuga,burya namaze kubona ko abantu bivuga.uyu mwana ni mwiza imbere n inyuma.
She’s so kind I like her soooo much😘😘😘
Emmy ababyeyi bavuze bati, ntibavuga ababyeyi bavu ati, tunoze ururimi rwacu ni rwiza
Muyango namukunze nkimubona niwe Nashakaga ko aba miss ariko ntakundi bibaho
Gusa urumwana mwiza pe
Muyango azi kuvuga inkuru neza,interview iraryoshye
Emmy yatwawe wallahi sha uriya mwana arahiye
Urumwana mwiza Muyango komerezaho rwose ntukite kubivugwa turabashyigikiye
Where can we download girls like Muyango?!? 😂
Burya ninakana gatuje disi iyi interview inyemeje ukuri
Ni Teddy Mumfashije mwampa number ya Muyango Sha nukuri ndamukunda mbanumva nshaka kumubona tukaganira murakoze
My friend, if you are afraid of destroying other people's relationship you will die single
Shema cesar
hhhhhh
Shema cesar I'm texting and she is not replying, but I don't care I will keep pushing hard till she will get grey hair
Umukazana Wacu Sha💝💝💝💝
muyango uri umwana mwiza w'umunyakuri hahirwa kimenyi uzakomeze gutyo
warakuze pe ndumiwe,
Urimwiza
Muyango ni mwiza yagombaga no kuba miss Rwanda kabisa
Cyanee
Narababaye pe
Aka interview karyoshye rwose
great kutuzanira iyinkumi
NDAGUKUNZE Muyango sibanga. From sweden❤
Jartin inget jag med😘😘😂😂
jag älskar henne också
Ariko ubundi ahandi agaragara Ari inzobe cyanee
Gusa kumaso urumunyakuri kbsa.
Wow she is nice
N'akana ko mubakire sha, Habaho guhirwa sha ntihabaho gutunara.
Kimenyi yaguye ahashashe peee
Nukuri subiramô tuzagutora pe nibatariguha tuzabajugunya tarihenze vraiment baratubeshye Vevo azagusabe imbabazi kbsa nokwemera kimenyi byanyeretse ko ukunda abantu batuje oya nturuwo bavuga bakwibeshyeho pe nukuri urumukobwa wumutima pe.
Mpise nanga the fuckn cat vevo
me too
Interview ya B threy wayishyizehe? #YambiTv
Wa mugani ko twahise tuyibura?
Ayo masengesho ya sacyenda nibyiza aliko mujye musenga buli munota buli segonda kuko satan we ntasaha agira akorera mbere yiyo saha cg nyuma yiyo saha abakora nabagira inama yokuba mumasengesho umwanya wose kandi mukubahiliza nibyo uwiteka Ashaka soyez bénis 🙏🏾
Much love
Imana ibakomereze urukundo rwanyu
Plz,mwoduha numero ya Muyango?
Turamufana
Yeweee kari open kbx
Ndagukunze cyane nzanagutwerera nakimenyi mbakure ariko nzabikurikirana kbsa.
ruclips.net/video/B_dckkJtMm4/видео.html natwe dukeneye inkunga yanyu kumuziki wacu
MUYANGO NUMWANA MWIZA SANA
Uyu mwali ni uw'i Rwanda ni mwiza pe
Mubigaragara Usubiza Neza Urinumuhanga Ariko Urumwana Mumyitwarire 🤔
None uragirango asubize birenze imyaka afite hhh
nge ndanakwikundira
Vraiment uyu mwana avugisha ukuri Basi🙄🙄🙄🙄
Uuhhh
Muyango Uzi umwana mwiza disi.
Thecart vivo yaragusebeje ark ntuzabyiteho uria nimbwebwe yamatiku gusa
Yari miss uhuwe mwaka se cyangwa yabaye igisonga tu ?
Yego sha nibazaga ahantu nkuzi byaranyobeye.nakubereye cheftaine kuri table ya Refegitoire.
Ab i Buhoro 👌🏽
Banamuhimbye kibaruma disi
yallah #muyango ndamwikundira pe
Uyu mwana ni ibiryo pe!!
Nice and interesting interview 👌👌👌👌
Wawwawwwww!!!!!
Umugabo ntibamukurura ngo bamujyane bajyana ihene hhhhaaaaaaaa ahwiiii
Mujye mwitondera the cat kuko yazbasenyara ugasanga murikwangana ntacyo mupfa
Uwo demu ni dendeweri.
ni miss koko
Wakoraga muri Macdonald noneho
Ngo ariyubaha? Yarifotoye yambaye ubusa koko iryokosa ntazongere kurikora pee nizereko byamubereye isomo niba yubaha Imana koko ntazongere kuko bituma Umuntu ata agaciro
On ne dit pas deux mire on dit deux mille....
Ariko izi fone zingana gutya ni murwanda bazikorera nimizigo
Hhhhhh😂😂😂umusa nanjye sinamenya aho bazikura peee🤣😆😆
Buriwese agira ibyo akunda
Yewe baramututse bamuhaye amazina yose mabi ashoboka rwose ahaaaaaa
Muyango miss yubu irakonje disi weee hariharyoshe ivyanyu
Uyu mutype yavuye ku isimbi TV
Fidele Ngera wapi ni ku inyarwanda.com
16:52, 17:18, na 19:48 🤣 hahah ikadomo
Abanyarwanda mugira agahararo,mbanyujijemo ijisho.
Avuga ok ok ok nkiza lukyfire😂😂😂
Ahubwo wowe ntakintu ufite mumutwe
😂😂😂😂😂ntabagahararo Muyango numwana mwiza biragaragara
Hhhhhhhhh ntacyo wowe ugira agashyari
Ariko nkawe uwo mutima mutindi uwukura he?va ibuzimu ujye ibuntu, rekana n ububi kabisa.jya ureba ibyiza ntukajye uhora ukanuye nk iyo foto ukanuriye gushaka kubona ikibi, n ibyiza ukabijora ubisobanura nk ibibi ibyo ni ishyari .
OMAR SHAKUR,nakozikihe cyahe c ko mbona warakaye cyane
Kuki atareba umuntu mumaso.
😂🤣🤣
Law na coffee bizavamo koko hhh.
Hhhhhh,ariko mwate rwose!
Gumayo 👍
Kibaruma
Ndabona urakana keza sinkambere pe
uwiringiyimana antoinette mbere c yakoraga iki koko
Muri tron-commun twamwitaga mwate I kansi
Bivuze iki mwate
Hhhh afite imyatese?
😂😂😂😂😂
I byose bishatse kuvuga iki?
Hahahaaaaa
Hhh bahuriye muri nibature... Ariko ikigaragara nuko wagiye Kuri mrhc uvugati uriyamuhungu waribuyu ingana kuriya nayibonante koko.... Banyarwanda tuvugishe ukuri pee
😢😢😢😢😢😢 mbega woe
🤣🤣🤣🤣🤣🤣narumiwe
Good for her
Gifirimbi muraho ra
Ngo warangije ryari?????? deux mirre.Mana weee🙊🙉
Ngo deux "Mirre dix huit" ngo "diprome" je mbona arikeza cane ariko nikivugire ikinyarwanda gusa igifaransa acihorere
@@clarissenshimirimana9843 ariko Clarisse ndakunda abarundi kazi
😁😁😁😁
It's a slip of tongue. It's a common issue among Rwandans L &R. Ni ikibazo. But the most important nuko mwumvise icyo yashatse kuvuga. Guys no hard feelings tujye tworoherana.🤦♀️
Ndumiwe
Wakoze amakosa Muyango ntuhamagara umugabo wabandi mubwo buryo, nangwo wikundiye biriya bintu bye yambaye ubusa
Muyango urashabutse rwose, wiboneye ubusa bwa Kimenyi uti rwose reka nibanire nuyu , ahubwo nabandi basore batangire biyambarire ubusa..
Diprome🙁 senkuyu iyo avuga mururimi azi yarikuba iki
Mukunda negativity gusa
Sibyo dukunda umuntu wiyoroshya uyu yikomeje ubwo nawe muvuga kimwe cg niwowe wamwigishije
Kandi ari nkumuzungu wavuze ikinyarwanda nabi, mwamushima ngo yagerageje. Africans with their low minded, that's the real colonialism ☝️
josiane mukeshimana 😂😂😂yewe nawe urasekeje koko uyumukobwa urabona ko arikubivuga kugira atwereke ko azi ururimi kdi ntarwo azi ikindi igifaransa nubwo bakigisha amasaha make mwishuri ariko barakiga birasekeje kubona urangiza imyaka12 uvuga nkumuntu utarize
Hanyuma se ntituvuga diporome ko ho udasakuza ngo twabyishe?sha ibyo wanditse ni ubuswa pe,uziko hari abahora barekereje ngo bavuge ikosa cg ikibi cyakozwe,ubu mu kiganiro cyose ni icyo utoyemo?sha burya koko hari abigirira mukushi ku mutima, shaka Imana ugire umunezero pe.