Размер видео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показать панель управления
Автовоспроизведение
Автоповтор
Urakoze maman Ubu nanje nditahuye nanje ngiye kwikunda kandi gusenga
Nukuri ndafashijwe ndetse cyane uhabwe umugisha nuwiteka ukomeze imbaraga namavuta ubundi ni wowe wavuga nkumva naho ibindi bya matayo na Mariko ni amagambo ndagukunze cyane amen
Amen gutanga guhesha umugisha kuruta guhabwa ndabizi pe
Hallelujah Yesu azaza peee Ndagukunda maman Aline wacu Urubuhamya peeeee
Nukuri , Imana ikuraho igisuzuguriro
Yooo maman yesu aguhe umugisha cane lmana iduhe guhinduka abagore nabakobwa tukaba icitegererezo kubandi
Imana iguhe umugisha maman Aline.uvuga neza Imana kdi nukuri isengesho rigira imbaraga kuri byose.
Amen amen nukuri ubuhamya bwawe nukuri ndabwumva cyane ibyo ndabizi
Aliko ndagukunda weeeeee,Imana ikomeze kugusukaho amavuta,iguhaze uburame.
Imana iguhe umugisha icyampa ngo umugore wese abe mumahema tumenye ko turi abanyembaraga turitwari kazi
Hallelujah hallelujah urakoze cyane lmana iguhe umugisha❤
Urakoze mubyeyi uranyubatse uhezangigwe
Imana iguhe umugisha ❤
Nukuri gutanga nibyiza bihesha umugisha
Ariko ntimugabye babure gukora ngo basenge Rutayisire ati ninubure gukora ngo mwiriwre musenga mukore ko mbona abasenga cyane byukuri arabakene urasa gutyo kk ubeshejweho no gusenga gs badamu muhaguruke mukore musabe Imana ibaheremo umugisha abakozi bi. anana bagagashew barabashuka pe mukore gusenga gs udakora uzapfa uru mukene pe
Nukuri ntabwo atubujije gukora kora kd usenge , God bless you Aline ufashije benshi
Imana iguhe umugisha mubyeyi
Nubu uracyari mwiza Maama ❤
Imana ikomeze ikwagure.kd izaguhe iherezo ryiza.
Maman Imana ikongere amavuta ndafashinje
Biracyashoboka sis
Sema sema maman
Nivyo maman umugre takwiye kuvugira kumuhanda
Amen, 🙏🙌
Ubuhamya umaze iminsi utanga bugize icyaha singing impamvu abantu bahora ari nkomamashyi ntibabwize abantu ukuri uriya mugabo uhora wandagaza Aritonda ikindi werekana ko inzego z, urwanda zidahana ko ntacyo zakumariye. Igihe kirageze ngo tubabwize ukuri ntabwo abantu bose arinkomashyi
Ububuhamya kubwumva nabyo ubwabyo birakomeye kuko gukomeza kwihanganira kumva umuntu wumupapa uziko abanababuraye bakanabwirirwa hanyuma yataha bakamuha ibyokurya agatinyuka akabirya akanabimara ( biranzonga kubyumva kbs ) uyu ntaba afite daimoni ahubwo ubanzabariwe daimoni pe
Ubwose watanga icyo ukuyehe mugihe ntagaciro ufite murugo rwawe??ese mugihe wakubitwaga waratangaga cyagwa ubukora ubu aho Yesu aguhereye agaciri
Ndafashijwe
Iki kiganiro kiramfashijije
Ndafashijwe nongeye gusubizwamo imbaraga
Ariko izonzara nibyo mwisig ntabwo bibereye abakozi bi Mana pe
@@michelwagakem4702 Hoya birakabije kbs.barisiga bagakabya
Nivyo harigihe l'usage atadufasha kabisa hhhhhhh
Abiyita abarokore muzige nogukora uturimo twaboko ese nihe wabonye umuntu arya atakoze? Nawe ubibona ubu kuko wahagurutse ukabeshya injiji nimwigishe gukora.
Ruka
ujye ubanza ujyenzure neza inyandiko haba harimo amakosa menshi, kubisoma biba bigoye,
Urakoze maman Ubu nanje nditahuye nanje ngiye kwikunda kandi gusenga
Nukuri ndafashijwe ndetse cyane uhabwe umugisha nuwiteka ukomeze imbaraga namavuta ubundi ni wowe wavuga nkumva naho ibindi bya matayo na Mariko ni amagambo ndagukunze cyane amen
Amen gutanga guhesha umugisha kuruta guhabwa ndabizi pe
Hallelujah Yesu azaza peee
Ndagukunda maman Aline wacu
Urubuhamya peeeee
Nukuri , Imana ikuraho igisuzuguriro
Yooo maman yesu aguhe umugisha cane lmana iduhe guhinduka abagore nabakobwa tukaba icitegererezo kubandi
Imana iguhe umugisha maman Aline.uvuga neza Imana kdi nukuri isengesho rigira imbaraga kuri byose.
Amen amen nukuri ubuhamya bwawe nukuri ndabwumva cyane ibyo ndabizi
Aliko ndagukunda weeeeee,Imana ikomeze kugusukaho amavuta,iguhaze uburame.
Imana iguhe umugisha icyampa ngo umugore wese abe mumahema tumenye ko turi abanyembaraga turitwari kazi
Hallelujah hallelujah urakoze cyane lmana iguhe umugisha❤
Urakoze mubyeyi uranyubatse uhezangigwe
Imana iguhe umugisha ❤
Nukuri gutanga nibyiza bihesha umugisha
Ariko ntimugabye babure gukora ngo basenge Rutayisire ati ninubure gukora ngo mwiriwre musenga mukore ko mbona abasenga cyane byukuri arabakene urasa gutyo kk ubeshejweho no gusenga gs badamu muhaguruke mukore musabe Imana ibaheremo umugisha abakozi bi. anana bagagashew barabashuka pe mukore gusenga gs udakora uzapfa uru mukene pe
Nukuri ntabwo atubujije gukora kora kd usenge , God bless you Aline ufashije benshi
Imana iguhe umugisha mubyeyi
Nubu uracyari mwiza Maama ❤
Imana ikomeze ikwagure.kd izaguhe iherezo ryiza.
Maman Imana ikongere amavuta ndafashinje
Biracyashoboka sis
Sema sema maman
Nivyo maman umugre takwiye kuvugira kumuhanda
Amen, 🙏🙌
Ubuhamya umaze iminsi utanga bugize icyaha singing impamvu abantu bahora ari nkomamashyi ntibabwize abantu ukuri uriya mugabo uhora wandagaza Aritonda ikindi werekana ko inzego z, urwanda zidahana ko ntacyo zakumariye. Igihe kirageze ngo tubabwize ukuri ntabwo abantu bose arinkomashyi
Ububuhamya kubwumva nabyo ubwabyo birakomeye kuko gukomeza kwihanganira kumva umuntu wumupapa uziko abanababuraye bakanabwirirwa hanyuma yataha bakamuha ibyokurya agatinyuka akabirya akanabimara ( biranzonga kubyumva kbs ) uyu ntaba afite daimoni ahubwo ubanzabariwe daimoni pe
Ubwose watanga icyo ukuyehe mugihe ntagaciro ufite murugo rwawe??ese mugihe wakubitwaga waratangaga cyagwa ubukora ubu aho Yesu aguhereye agaciri
Ndafashijwe
Iki kiganiro kiramfashijije
Ndafashijwe nongeye gusubizwamo imbaraga
Ariko izonzara nibyo mwisig ntabwo bibereye abakozi bi Mana pe
@@michelwagakem4702 Hoya birakabije kbs.barisiga bagakabya
Nivyo harigihe l'usage atadufasha kabisa hhhhhhh
Abiyita abarokore muzige nogukora uturimo twaboko ese nihe wabonye umuntu arya atakoze? Nawe ubibona ubu kuko wahagurutse ukabeshya injiji nimwigishe gukora.
Ruka
Ariko ntimugabye babure gukora ngo basenge Rutayisire ati ninubure gukora ngo mwiriwre musenga mukore ko mbona abasenga cyane byukuri arabakene urasa gutyo kk ubeshejweho no gusenga gs badamu muhaguruke mukore musabe Imana ibaheremo umugisha abakozi bi. anana bagagashew barabashuka pe mukore gusenga gs udakora uzapfa uru mukene pe
ujye ubanza ujyenzure neza inyandiko haba harimo amakosa menshi, kubisoma biba bigoye,