IKINYOMA GITAGATIFU😱 Amadini ni mabi - yigisha Kureka ibyaha kandi kubireka ntago biguhesha AGAKIZA
HTML-код
- Опубликовано: 6 фев 2025
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Ndafashijwee Aleluyaa ,icyogitabo naragisomye nsobanukirwa umwukawera uwariwe , ambamo imbere ni inshuti yange Aminaaaa.ndaguha ubuhamya , ge mba muri Españe, igihe kimwe narintwaye imodoka, ndangije mbona nayobye sinzi umuhanda nfata ngo ngere iyo naringiye , kuko ino haba imihandamyishi pe ,
Ndagije ndahagarara ,mbwira umwuka wera ngo mwuka wera nyohehereza umumalaika angeze iyo najyaga
Akokanya mbona hahagaze umugabo arambwira ati nagufasha iki , mubwira ikibazo narinfite , arambwira ti nkurikira ndakugeza iyo ugiye , natsa imodoka nawe andimbere mbona ngeze iyonajyaga, so musobanuye umwuka wera ndumva nabaha inka ndanyuzwe mubyumve , yabaye benshi bumvaga ikikiganiro,
Amen! Umwami wacu YESU Kristo Abahe umugisha bakozi b'IMANA! Uko niko kuri rwose pe! Gusa nizere yuko muraba abambere mu gushyira mu bikorwa aya magambo akomeye muhishuriwe, natwe ababyijejwe n'ijambo mutubwiye KRISTO Atwuzuze imbaraga z'Umwuka Wera kandi atwungure ubwenge kugirango tumuhamye by'ukuri mu bihe bikomeye nibidakomeye!
Pamphyl jyewe niteguye kubwiriza ubutumwa nkoresheje T- shirts zanditseho amagambo biblique contre ubutinganyi n’izindi immoral acts nzakora urugendo rurerure mu ndege nywambaye kuko numva umutima wanjye ugiye guturika gutinyuka kuvuga ngo Imana yaremye ubutinganyi ; ntabwo nsinzira; umutima wanjye uzaruhuka mbikoze muri uku kwezi kandi 🙏
Yesu ashimwe ndabaza kuki umugabo ubana n,umugore badasezeranye kuki batemerewe kujya kwigaburo ryera kandi nubwo ntaramenya cyane ijambo ry,imana ntaho ndabona ngumugore yambikane numugabo impeta mumfashe gusobanukirwa kubintu byogusezerana kumugore numugabo murakoze M Ronald Uganda 🇺🇬
Ngo ntibaba barakorewe imihango yera
Yewe ndumva icyi cyigisho cyirakomeye cyane komera komera rwose pe ♥️ nukumufata tukamuha kaze mubuzima bwacu.
Jye maz:iminsi nsenga nsaba Yesu kumbatiza mu mwuka wera
Yesu Ashimwe bagaragu ba Yesu Kristu
Iyo mwahuriye hano mwembi ndabakunda cyane kuko muvugishwa amagambo y’ubwenge bigaragara ko muyoborwa n’Umwuka Wera
Ndifuza ko tuzaganira ku ijambo ry’Imana face to face soon as possible!
Imana Ibidufashe mo
Pamphyl wavuze ko ukunda ibisheke nzabikugulira ujye kubyicira mu murima
Imbaraga n' amavuta bakozi b'Imana. Icyigaragara n'uko benshi batazi kubatizwa Mu Mwuka Wera. Nukuri ducyeneye kwiga aho gufatira ibintu hejuru.
Yes mukozi w 'Imana urabivuga nkavyumva cane habwumugisha .
Dr Imana iguhe kurama cane kugirango urusheho kugaburira itorero rya kristo ndafashwa cane iyo mbakurikira
Imana ibahe Umugisha mwembi!!!
👍👍
Byiza cyane Mana Dukeneye Imbaraga zidakumirwa n'Ibihe.🙏🙏
MANA yanjye weee!!!!! Ndumiwe pe!!!!!! Cyakora IMANA ibahe umugisha.
Pamphile Uzatuzanire Ev.Anicet Niyomugabo, Ndetse na Ev. Sugira Steven. turaba kumbuye Hano kuri Zaburi Shya.
Imana ikomeze Ibahe Umugisha Mumurimo Ukomeye W'Imbaraga Mukora.
Amen Amen, nukuri ibi nivyo kweli. Imana ibahe umugisha.
Ahubwo mubikorane umwete mugifite uburyo Imana ibe ibahishe mube muyikorera
Imana ibahe umugisha rwose
Samuel byiringiro mukozi w,Imana ndagushimiye kumagambo meza ,nukuri ndumwe mubanyuzwe kandi batangajwe n,Imana Ikuvugishije Iciye kuri Iyi channel
imana ibahe umugisha
Ngewe ndashakako Yesu ama umwuka wera anyeze ibiteye isoni kureba pronograph no kwikinisha no kutumvira kose munsengere
Intumwa ntizatinyaga, bari bashize amanga kubera imbaraga z'umwuka wera zo guhamya Kristu nka Messiya. Biswe ibiharamagara, abubitse ibihugu. Ibyo bavugaga Mwuka wera yabiherekeshaga ibimenyetso. Ibyo Dr Sam avuga niko kuri. Abakristu ni benshi ariko abakristu b'abarokore ni bake. Nidusengera m'ukuri no mwuka izo mbaraga zizaboneka.
Bavuga Umwuka wera
Imana ibahe umugisha
imana ibayobore mukiganiro
Amen!
abanyamadini ntibashakako,abantu ,bamenya ukuri. kugirango abantu,bigumire ,imbere yabo
ndagukunda doctor uvuga ukuri gafashwa
Uravuga ukuri
Yohana :13:10
Yesu aramubwira ati “Uwuhagiwe nta kindi agomba keretse kōga ibirenge ngo abe aboneye rwose. Namwe muraboneye, ariko si mwese.”
Ko intumwa zabwiwe ibi pentecote itaraba tuvuge ko iyo bapfa batari kujya mu ijuru? Ese ko bari baboneye umuntu uboneye yarimbuka ngo nuko ataravuga mu rurimi rushya? Ko nziko hari abitwa ko bafite uwo mwuka nyamara nta mbuto nta gakiza tubabonaho uzarebe abateje ikibazo amatorero uzasanga hari abavuga ko bafite umwuka
Pamphile weeee jya ureka avuge ntumuvugiremo,
Ese wamugani ibintu Murwanda tubwiriza byatuma turenganywa nibiki😀😀😀😀😀
Bonjour,numvise introduction yonyine MBA touché, ibyitwa ubutumwa bwiza sibwo
Amen
Ntabwo ushobora gukizwa utarihana ibyaha
Jye bamfunze 3 kubera gukorera IMANA.
I NYTRE 1, I KIGALI 2
😂😂😂😂 ngo nuko ataco mu bwiriza. Ndamusuhuje Docter Samuel nari ndamukumbuye nkunda ingene yigisha
Vraiment yavuze ukuri
Pamfile asomye 8:1 araseka birasekeje pe!!!! Nitutumvira 1:8 uzisanga ku 8:1 muramfashije pe!!!!
URAHO neza m'y brother Samuel?
shaloom!reka ntange ikibazo nacyo kizajye kiri list yibizasubizwa.ikibazo cyanjye kirebana ni bya Mwuka wera kuko sindabyumva neza.
none Mwuka wera uganiriza abantu umutandukanya ute nibyo twita umutima nama?
Ndagusubiza niba utaramenya umwuka wera uko akuganiriza , cg ibitecyerezo byamuntu , ukeneye ubufasha ngo umumenye byuzuye
Ikosarobimukoranukogusu bizaibintuinyuma ngewabirambanamirape muntuamaragutangira mugahitamubisubizainyum nukubariki
Umbaye kure ,ntacyo bavuga
🙌
Yesu we !nuko ntacyo mibwiriza.haha
Jewe ndabaza ikibazo kandi muze mukinyishure none ko uvuze ngo utagira mpemu yera ntazabona ijuru kandi mbona Atari muri africa amashengero yino usanga atabantu buzuye mpwemu yera kandi none ca gisuma kumusaraba ko cagiye mwijuru kandi atampwemu cuzuye murakoze
Doctor ibyo uvuga nibyo rwose ndemeranya nawe 100%
Ikimenyimenye, reba comments zirihano. Satani yambuye abantu ivugabutumwa,maze abadodera ubucocero bw'ivugabutumwa abizeza ko barikora kandi wapi. Reba Matayo 5:11-12, Yesu abyita guhirwa.Kandi akatubwira ngotuzishime. Ngibi ibyishimo nyakuri by'abayesu. Ndebera Yakobo 1:2-4; IBYISHIMO NGIBYO. Murebe ibyirato by' Intumwa Paul, bitandukanye n'Abigisha b'Ibinyoma, (YEWE nI UBUPFU kubarimbuka pe 1abakorinto:1:18) 2Abakorinto11:24-28. Nyine ni umusaraba. Twe abayesu twirata umusaraba nkuko Paul abivuga, Abagalatiya 6:14. Erega iyo turangaye, twirata inshoncero satani yatudodeye, kandi twigisha inyigisho z'inshoncero satani yatudodeye. dukanguke ntidukomeze kugwa mu muteko wa Nyamutezi. Erega tugomba kuva amaraso mu ntambara yokudwanya ibyaha (Abaheburayo 12:4). Ubuzima bw' ababwirizabutumwa bwa Yesu Nyakuri ni uko bagendana urupfu rwa Christo (2Abakorinto4:7-11). None Muri bande mudashaka gusa nka Yesu christo? Reba Inkovu yesu afite ku mutwe,urubavu,amaguru, amaboko,.... tugombe tuzigire natwe mu buryo bumwe cg ubundi. Uwa christo agendana inkovu za christo (Abagalatiya 6:17) We have to hit the nail on the head of the gospel.
Uyu muvandimwe se nawe ntacyo ari kubwiriza ko nawe batari bumufunge?
Icyo kiganiro cya eschatology mutumenyeshe igihe kizabera
Ubundi se koko abanyamadini babwiriza iki? n'ubwo ni ubuyobe ngo ni gute umuntu yamara imyaka myinshi adakijijwe, igihe cyose mutaramenya ko inini ntacyo rihuriyeho n'itorero muzakomeza mubeho mwiyumva gabadakijijwe!!! itorero ni umubiri wa Kiristo, wambwira ute se ryabaho ritagira Umwuka wera????? Yohana 14:17 ni we Mwuka w'ukuri. Ntibishoboka ko ab'isi bamuhabwa, kuko batamurora kandi batamuzi, ariko mwebweho muramuzi kuko abana namwe, kandi azaba muri mwe.
Huumm
Ndabona bitoroshye
Nutumvira Acts 1:8 uzumvira acts 8:1!!!!
Right 👍
Hhhhh
Gukizwa?