Ese ko numva nomero ya penina bari bayifite kuku amafr batayanyujije kuri phone ye?mwaretse kumvira ayo majwi ya ba sanibarati koko,igiti gifite imbuto ntikibura imijugujugu
Ariko Mana izi mbuga ko mbona ziri guteza ibibazo koko abantu basigaye bagirana ikibazo bakaruhukira ku karubanda koko Uwiteka Mana ese ibi nibiki koko! Tujyeze mubihe biheruka nukuri harubwo mba numva nareka smart phone pe kuko ibintu mbonaho bintera agahinda bikanacumuza ariko harubwo mbona nazo zigiye guhura nakazo
Ariko se uwo watanze izo miliyoni kuki adatanga recit ngo agaragaze ibimenyetso ko yayohereje plaisir wasanga satan ari ikibuye ahiritse kuko ntagihe plaisir atatangiye amafaranga kuri camera pe
Imana yarakaye iri gushyira hanze abantu , kandi RUclips muyitondere .
Uwo ninde wohereje miloyoni inye? Mukunda amahera, mwarangiza mukayakinisha. Turi mu bihe byanyuma aho abantu bazakunda impiya cyane. Niba uwo muntu baramuhaye izo milioni, uwayohereje afite reci ,yazo, ayiboherereza. Muve mu mazimwe.
Wasaze imana igutsende
Mwaraze imana ibatabare
Ibibintu mubireke mwivugire ijambo kuko ntacyo bidufasha
Mwambabariye mukarekeraho kuvuza induru
Uvuze ukuri imana niyizi imitimayabo
😂😂😂😂Ariko abantu babuze ibyo bakora koko
Imana ibababarire kuko mutazi ibyo muvuze. ubeshyera uwo Imana yahamagaye disi aragowe na bibilia irabivuga
Umuntu wohereza milion 8 hanyuma akabura ama unites cg akamushiridaho?
Adrien reka nkugire inama gerageza wigishe iby'umusaraba naho ibya abantu ubivemo mbikubwiye nigenedera ntabwo ndi umuhanuzi ntanubwo ndi numuyobozi mu itorero, ariko gerageza uvugire uwagutumye ntuvigire Penina ch Plaisir. Imana iguhe umugisha
Uba wumvuse neza inyigisho
Adrien twibwirire ibyumusaraba ni byotwe dukeneye barekesha izabumvisha nayo ireba ahotutare ba imenya ibyotutamenyu muntu
Mugende gake nibayaratwaye umugabo bikuyeho kuwamuha atamuha nayamuhe yarayariye
Ahaa
Nizere ko uzi amategeko agenga gufungura ministry utaba uri gukora icyaha utabizi
Nagukundaga ariko nawe urabeshye mwanditse miliyoni8 Kandi yavuze 4
Narababwiye iyo inda isumbye amaboko amaboko akorera ubusa
❤
Umenga umutungo abakoroni basahuye afurika iyo tugiye iwabo bawudusubiza maze tukarengwa uwotubonye wese tukohereza barwema tukohereza ba penina tukohereza harya amafaranga wavunikiye wayihehesha?
Ese ko numva nomero ya penina bari bayifite kuku amafr batayanyujije kuri phone ye?mwaretse kumvira ayo majwi ya ba sanibarati koko,igiti gifite imbuto ntikibura imijugujugu
Wowe se ubizanye ute hano?
Birakabije ni ukuri
Ngahoda,Kuva yasezerera Maman Aline ntiyongere kumwikoza amaze kubona viyuzi nahise mbona plaisir aharara agahararukwa vuba ntanimperekezape,uyu penina mwihita mumutera amabuye byose birashoboka.
Ariko rubanda muzi gusebanya ,Njyewe nakurikiye episode za Aline zose
Iyanyuma niwe wivugiye ko ubuhamya bwe burangiye ngo Kandi ntashaka kuzongera kunvikana mwitangaza makuru !
Mugabanye amatiku .
Ntamatiku umuntu numuntu di!!kdi amahera arateranya byihorere muvandimwe isi yabaye isi!!!
Murya mubikiro🤔
Nzaba ndora da
Ariko Mana izi mbuga ko mbona ziri guteza ibibazo koko abantu basigaye bagirana ikibazo bakaruhukira ku karubanda koko Uwiteka Mana ese ibi nibiki koko! Tujyeze mubihe biheruka nukuri harubwo mba numva nareka smart phone pe kuko ibintu mbonaho bintera agahinda bikanacumuza ariko harubwo mbona nazo zigiye guhura nakazo
Plaisire mwimubeshyera nu mukozi w,lmana
😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Numukoziw IMANA ariko ntaragera aho satani atageza imyambi abiyita ko arabakozi bIMANA nibenshi!!!
Ark se nkubu Koko umuntu Arya utwabandi agasinzira pe 🙆🙆🙆 Mana Ukomeze undinde uru rukozasoni rw'ubuyuku bugeze aha Mana weeee ndumiwe pe 😭😭😭😭🧏🙆
😢😢
Muraho bavandimwe benedata
Njye nagirango mbabwireko
Ibibintu twabigendamo gake
Kuko penina sinysnga mugayo
Umuntu wubahuka gutwara umugabo wabandi yarangiza akanabyigamba
Ntiyabura no gusebaya
Ariko sinciye urubanza tubigedemo gake murakoze
Rebecca yaje gushaka amahera nta kindi
@@adelahavugimana6973Ariko mana ubu koko u Rwanda rwabaye iki koko?
Niko babaye na pasteur claude yatanze cheque itazigamiye ya 3M nubu yanze kwishyura muminsi mike muramwunva muri RIB
Icyabikemura nuko yakohereza sms yayoherejeho byahita bikemuka Kuko ntawapfa kohereza amafaranga anganuko ntibaguhe sms
Nonese urabihamya ko ayo mafrw yayamuhaye uziko bihanwa n'amategeko uwo muntu natange aho yoherereje ayo mafrw ntimugakwoze ibihuha muziko bofungirwa ibaze umuntu waba mu mahanga akaba yafata amafrw yo kwivuza akayaha umuhanuzi ndumva bitabaho ikindi kuki atayacishije kuri phone ya nyir'ubwite
😅😅😅😅😅 byose ni content mwibereyemo , nonese Munyamakuru Adrien ko ugira uti iki kibuga cya youtube bagikiniramo , kd nawe Ibyo ugaya aribyo ugira content ubwo tuzamenya umunyakuri Ari nde? Byose bizashira hasigare urukundo nihitiraga😂😂😂...naho Ubundi RUclips twese turi mukazi nugutambutsa amakuru buriwese afite.
Ariko se uwo watanze izo miliyoni kuki adatanga recit ngo agaragaze ibimenyetso ko yayohereje plaisir wasanga satan ari ikibuye ahiritse kuko ntagihe plaisir atatangiye amafaranga kuri camera pe
Ariko uretse guteranya abantu, uwo muntu uguhamagara akubaza ko wabonye amafaranga, kuki atayakwihereye akayanyuza kuri Plaisir?? Uwo muntu ndumva abeshya ahubwo ni gateranya.
Kuki ataguhamagaye akubaza uko yakugezaho ayo mafaranga yakugeneye? Birarambiranye kbs nawe ninkozi y'ikibi🤗😎
Yagirango agerageze plaisir ko arumwizerwa
Wasanga aruwamuguriye ngo abivuge kuriya
Uwomugore arabeshya
Ariko se mutekereze ko Diaspora bo bafise amahera yo guha ugize ico avuga wese kumihanda? Ni mukorere ingo zanyu natwe hano turakora kugira tubeho
Wamunyamakuru we nanga ukuntu wivugisha.
Abuse ibi uba ubizanye kuri kamera ngo byubake nde? Usibye gusenya gusa.
Wigize umutagatifu ,kandi nubwo ntakuzi neza urasa n,umutubuzi.
Viyuzi ukica ubuhamya bwana mugenzi wawe bikunguye iki?
Plaisir baramubeshyera, kuki batayihereye nyirayo Penina kandi bari bafite nomero ye?
Hhhh penina yaratuzengereje abagabobacu yarabamaze abatwara
Guse se
Uwo ninde wohereje miloyoni inye? Mukunda amahera, mwarangiza mukayakinisha. Turi mu bihe byanyuma aho abantu bazakunda impiya cyane. Niba uwo muntu baramuhaye izo milioni, uwayohereje afite reci ,yazo, ayiboherereza. Muve mu mazimwe.