MUSENGERE Plaisir wa ZABURI NSHYA😥YANYIBYE MILLION8 BYOSE MUTAMENYE HANZE UMUVUMO W'UBUSAMBANYI😭

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 25 окт 2024

Комментарии • 51

  • @NgaruyishemaPascal
    @NgaruyishemaPascal 2 месяца назад

    Imana yarakaye iri gushyira hanze abantu , kandi RUclips muyitondere .

  • @FrancoiseKiza
    @FrancoiseKiza 2 месяца назад +2

    Uwo ninde wohereje miloyoni inye? Mukunda amahera, mwarangiza mukayakinisha. Turi mu bihe byanyuma aho abantu bazakunda impiya cyane. Niba uwo muntu baramuhaye izo milioni, uwayohereje afite reci ,yazo, ayiboherereza. Muve mu mazimwe.

  • @saramacady
    @saramacady 2 месяца назад

    Wasaze imana igutsende

  • @saramacady
    @saramacady 2 месяца назад

    Mwaraze imana ibatabare

  • @NyirahabimanaJeanette-pk3jb
    @NyirahabimanaJeanette-pk3jb 2 месяца назад +2

    Ibibintu mubireke mwivugire ijambo kuko ntacyo bidufasha

  • @hagenimanaodette6977
    @hagenimanaodette6977 Месяц назад

    Mwambabariye mukarekeraho kuvuza induru

  • @nirereclementine8085
    @nirereclementine8085 2 месяца назад

    Uvuze ukuri imana niyizi imitimayabo

  • @cocosmith12
    @cocosmith12 2 месяца назад

    😂😂😂😂Ariko abantu babuze ibyo bakora koko
    Imana ibababarire kuko mutazi ibyo muvuze. ubeshyera uwo Imana yahamagaye disi aragowe na bibilia irabivuga

  • @peacehope304
    @peacehope304 2 месяца назад +2

    Umuntu wohereza milion 8 hanyuma akabura ama unites cg akamushiridaho?
    Adrien reka nkugire inama gerageza wigishe iby'umusaraba naho ibya abantu ubivemo mbikubwiye nigenedera ntabwo ndi umuhanuzi ntanubwo ndi numuyobozi mu itorero, ariko gerageza uvugire uwagutumye ntuvigire Penina ch Plaisir. Imana iguhe umugisha

    • @umusaruzi
      @umusaruzi  2 месяца назад +1

      Uba wumvuse neza inyigisho

    • @gakonikabakobwa164
      @gakonikabakobwa164 2 месяца назад +1

      Adrien twibwirire ibyumusaraba ni byotwe dukeneye barekesha izabumvisha nayo ireba ahotutare ba imenya ibyotutamenyu muntu

  • @NibishakaTheogene-g2s
    @NibishakaTheogene-g2s 2 месяца назад +1

    Mugende gake nibayaratwaye umugabo bikuyeho kuwamuha atamuha nayamuhe yarayariye

  • @ANGELIQUEMUKASHIMIYIMANA
    @ANGELIQUEMUKASHIMIYIMANA 2 месяца назад +1

    Ahaa

  • @yizerevalensyv2503
    @yizerevalensyv2503 2 месяца назад

    Nizere ko uzi amategeko agenga gufungura ministry utaba uri gukora icyaha utabizi

  • @MugabePascal-x9c
    @MugabePascal-x9c 2 месяца назад +1

    Nagukundaga ariko nawe urabeshye mwanditse miliyoni8 Kandi yavuze 4

  • @mugenidenyse2399
    @mugenidenyse2399 2 месяца назад +2

    Narababwiye iyo inda isumbye amaboko amaboko akorera ubusa

  • @FrancoiseKiza
    @FrancoiseKiza 2 месяца назад

  • @CelleStinaDlakadla
    @CelleStinaDlakadla 2 месяца назад +1

    Umenga umutungo abakoroni basahuye afurika iyo tugiye iwabo bawudusubiza maze tukarengwa uwotubonye wese tukohereza barwema tukohereza ba penina tukohereza harya amafaranga wavunikiye wayihehesha?

  • @ChristianMukarwego
    @ChristianMukarwego 2 месяца назад +1

    Ese ko numva nomero ya penina bari bayifite kuku amafr batayanyujije kuri phone ye?mwaretse kumvira ayo majwi ya ba sanibarati koko,igiti gifite imbuto ntikibura imijugujugu

  • @tharcisserutamunuga7788
    @tharcisserutamunuga7788 2 месяца назад

    Wowe se ubizanye ute hano?

  • @mukanyrigiraprovidance-yn8cy
    @mukanyrigiraprovidance-yn8cy 2 месяца назад

    Birakabije ni ukuri

  • @Im_sam-o6l
    @Im_sam-o6l 2 месяца назад +1

    Ngahoda,Kuva yasezerera Maman Aline ntiyongere kumwikoza amaze kubona viyuzi nahise mbona plaisir aharara agahararukwa vuba ntanimperekezape,uyu penina mwihita mumutera amabuye byose birashoboka.

    • @Julie-s3l5l
      @Julie-s3l5l 2 месяца назад

      Ariko rubanda muzi gusebanya ,Njyewe nakurikiye episode za Aline zose
      Iyanyuma niwe wivugiye ko ubuhamya bwe burangiye ngo Kandi ntashaka kuzongera kunvikana mwitangaza makuru !
      Mugabanye amatiku .

    • @gakonikabakobwa164
      @gakonikabakobwa164 2 месяца назад

      Ntamatiku umuntu numuntu di!!kdi amahera arateranya byihorere muvandimwe isi yabaye isi!!!

  • @philomenenyiraneza6407
    @philomenenyiraneza6407 2 месяца назад

    Murya mubikiro🤔

  • @ManishimweFortune-uo2fb
    @ManishimweFortune-uo2fb 2 месяца назад

    Nzaba ndora da

  • @abizeyejeanbosco369
    @abizeyejeanbosco369 2 месяца назад

    Ariko Mana izi mbuga ko mbona ziri guteza ibibazo koko abantu basigaye bagirana ikibazo bakaruhukira ku karubanda koko Uwiteka Mana ese ibi nibiki koko! Tujyeze mubihe biheruka nukuri harubwo mba numva nareka smart phone pe kuko ibintu mbonaho bintera agahinda bikanacumuza ariko harubwo mbona nazo zigiye guhura nakazo

  • @EvangeliqueNiyonsaba
    @EvangeliqueNiyonsaba 2 месяца назад +1

    Plaisire mwimubeshyera nu mukozi w,lmana

    • @esperancemujawiyera7986
      @esperancemujawiyera7986 2 месяца назад

      😂😂😂😂😂😂😂😂😂

    • @gakonikabakobwa164
      @gakonikabakobwa164 2 месяца назад

      Numukoziw IMANA ariko ntaragera aho satani atageza imyambi abiyita ko arabakozi bIMANA nibenshi!!!

  • @ibuyerizimatv
    @ibuyerizimatv 2 месяца назад

    Ark se nkubu Koko umuntu Arya utwabandi agasinzira pe 🙆🙆🙆 Mana Ukomeze undinde uru rukozasoni rw'ubuyuku bugeze aha Mana weeee ndumiwe pe 😭😭😭😭🧏🙆

  • @mugishaisaacpro5135
    @mugishaisaacpro5135 2 месяца назад +2

    😢😢

  • @Stevennsabiyaremye
    @Stevennsabiyaremye 2 месяца назад

    Muraho bavandimwe benedata
    Njye nagirango mbabwireko
    Ibibintu twabigendamo gake
    Kuko penina sinysnga mugayo
    Umuntu wubahuka gutwara umugabo wabandi yarangiza akanabyigamba
    Ntiyabura no gusebaya
    Ariko sinciye urubanza tubigedemo gake murakoze

    • @adelahavugimana6973
      @adelahavugimana6973 2 месяца назад +1

      Rebecca yaje gushaka amahera nta kindi

    • @peacehope304
      @peacehope304 2 месяца назад

      ​@@adelahavugimana6973Ariko mana ubu koko u Rwanda rwabaye iki koko?

  • @BizimanaAlphonse-e5i
    @BizimanaAlphonse-e5i 2 месяца назад

    Niko babaye na pasteur claude yatanze cheque itazigamiye ya 3M nubu yanze kwishyura muminsi mike muramwunva muri RIB

  • @beatricemutoni3137
    @beatricemutoni3137 2 месяца назад

    Icyabikemura nuko yakohereza sms yayoherejeho byahita bikemuka Kuko ntawapfa kohereza amafaranga anganuko ntibaguhe sms

  • @yizerevalensyv2503
    @yizerevalensyv2503 2 месяца назад

    Nonese urabihamya ko ayo mafrw yayamuhaye uziko bihanwa n'amategeko uwo muntu natange aho yoherereje ayo mafrw ntimugakwoze ibihuha muziko bofungirwa ibaze umuntu waba mu mahanga akaba yafata amafrw yo kwivuza akayaha umuhanuzi ndumva bitabaho ikindi kuki atayacishije kuri phone ya nyir'ubwite

  • @Isange804
    @Isange804 2 месяца назад

    😅😅😅😅😅 byose ni content mwibereyemo , nonese Munyamakuru Adrien ko ugira uti iki kibuga cya youtube bagikiniramo , kd nawe Ibyo ugaya aribyo ugira content ubwo tuzamenya umunyakuri Ari nde? Byose bizashira hasigare urukundo nihitiraga😂😂😂...naho Ubundi RUclips twese turi mukazi nugutambutsa amakuru buriwese afite.

  • @shumbushojobs1796
    @shumbushojobs1796 2 месяца назад

    Ariko se uwo watanze izo miliyoni kuki adatanga recit ngo agaragaze ibimenyetso ko yayohereje plaisir wasanga satan ari ikibuye ahiritse kuko ntagihe plaisir atatangiye amafaranga kuri camera pe

  • @rukundo-wt4vp
    @rukundo-wt4vp 2 месяца назад

    Ariko uretse guteranya abantu, uwo muntu uguhamagara akubaza ko wabonye amafaranga, kuki atayakwihereye akayanyuza kuri Plaisir?? Uwo muntu ndumva abeshya ahubwo ni gateranya.
    Kuki ataguhamagaye akubaza uko yakugezaho ayo mafaranga yakugeneye? Birarambiranye kbs nawe ninkozi y'ikibi🤗😎

  • @Stevennsabiyaremye
    @Stevennsabiyaremye 2 месяца назад

    Wasanga aruwamuguriye ngo abivuge kuriya

  • @adelahavugimana6973
    @adelahavugimana6973 2 месяца назад

    Ariko se mutekereze ko Diaspora bo bafise amahera yo guha ugize ico avuga wese kumihanda? Ni mukorere ingo zanyu natwe hano turakora kugira tubeho

  • @Imananinziza447
    @Imananinziza447 2 месяца назад

    Wamunyamakuru we nanga ukuntu wivugisha.
    Abuse ibi uba ubizanye kuri kamera ngo byubake nde? Usibye gusenya gusa.
    Wigize umutagatifu ,kandi nubwo ntakuzi neza urasa n,umutubuzi.
    Viyuzi ukica ubuhamya bwana mugenzi wawe bikunguye iki?

  • @cratereltd8027
    @cratereltd8027 2 месяца назад

    Plaisir baramubeshyera, kuki batayihereye nyirayo Penina kandi bari bafite nomero ye?

  • @SimbarikurePierre-qz2fv
    @SimbarikurePierre-qz2fv 2 месяца назад

    Hhhh penina yaratuzengereje abagabobacu yarabamaze abatwara

  • @FrancoiseKiza
    @FrancoiseKiza 2 месяца назад

    Uwo ninde wohereje miloyoni inye? Mukunda amahera, mwarangiza mukayakinisha. Turi mu bihe byanyuma aho abantu bazakunda impiya cyane. Niba uwo muntu baramuhaye izo milioni, uwayohereje afite reci ,yazo, ayiboherereza. Muve mu mazimwe.