UBUSUGI bwanjye NIYO MPANO IKOMEYE NZAHA UYU MUKUNZI WANJYE❤️Tumaze Imyaka 9 Dukundana🚨COUPLE NZIZA🥰
HTML-код
- Опубликовано: 19 сен 2024
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), Wahisemo neza gukurikira ZABURI NSHYA, Imana iguhe Umugisha !
Uramutse wifuza kutuvugisha waduhamagara kuri iyi Numero 0786388010 (NTAGANZWA PLAISIR)
Kora SUBSCRIBE kuri Channel ya Olivier & Denise youtube.com/@spiritualfamilyministiries?si=jw2cJjyjbAvQMbn_
iyikupure iraberanyepe
Ndabakunda aba bana disi I'm from Burundi 🇧🇮 I
Umukobwa wirinze agomba kubyirata rwose❤
Yesuweeeeeee orivie numwana ariko disi afite amagambo yubwenge nimwiyubakire lmana izabashyigikirep ndabakunda cyane ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Ntibavuga "Ndavuga ati"
Bavuga "Ndavuga nti"
Rwose rubyiruko mugerageze gukosora ayo makosa yo gushyoma(kuvuga ibintu uko bitari). Murakoze kumvira, Imana ibahe umugisha.
Ikinyarwanda barakica cyane
Sinarinzi ko mu Rwanda hoboneka umwigeme ashingir'intahe ubusugi niwe
Imana ikwongere umugisha
Mu Rwanda barahari benshiiii
Urugo ni rwiza cyane iyo washatse uri isugi umugabo arabikubahira cyane
Ikindi ukiri mumyaka iri hasi yi myaka 5 ntiwamenyako ari rwiza cga ari rubi ahubwo nyuma yimyaka5.njye ndumazemo imyaka 20 ariko wagirango turacyari abafiance kuko uko imyaka iba myinshi turushaho gukundana cyane .nimukomere Yesu Kristo azababere umusinge wurugo .
Ikibabahe Nuko plaisur uzumvango yabasenyeye baguye bihorera ubwo juza Kumar tv nko ntana kaexperunce murugo habamo byinci
Courage rwose uwiteka abashigikire
😂😂😂😂nihatari brother nukuri untwari washoboye ibyabandi basore batashobora gukora congratulation once again
Muribeza disi!!imana izabubakire rugume🙏
Waoooooo nice couple
God bless them 🥰🌹
Nawe plaisir YESU aguhe umugisha mwinshi turagukunda cyneeee!!!
Wooow iyi couple ndayikunda pe kandi nukuri Imana izabubakire❤❤❤❤
Yoooo nukuri Nkunda iyi couple cyaneee pe❤❤❤❤❤❤
Imana iguhe umugisha Denis mwiza kdi warakoze kwihagararaho niyo mpamvu ugomba guhora ushima ndabizi nezako abakiri amasugi barahari cyane nubwo ari bacye arko barahari bihaye agaciro Imana izakubakire nshuti ujye usabira nabakobwa bifashe nkuko kwawe Imana izabubakire byaba bibabaje utariyandurishije ubusambanyi imyaka yose wakubaka ntibigende neza kdi warubashye Imana
Woow 💗 nice couple in and out❤
Incwiii Imana izabubakire rukomere
Shn hose mba mpari sijya mpaga kubareb paster twarigany shn ndakwibuk nkasek❤
Imana izabubakire urugo rwiza
Nibyiz imana ibashyigikire rwose
Oh Imana izabigufashemo kibondo, bamwe twagiye tububika kumbi tububikiye ingegera zitazanabiha agaciro, zikadutoba😢😢😢😢😢
Yegokooooo.kuburyo wakwita umugabo wawe ingegera se?aho urakabije gutukana rwose
@@NteziryayoPrisca hhhhhhhhhhh
Wihangane pee, cyera baribeshi ark ubu umubonye ababona arigitangaza niyompanvu yabihaye agaciro
Ehhhhhhhh, what ibilis?
@@UWUMUGISHADINAH-vo7lpUko iterambere riza ibintu bigenda bihinduka! Nubwo ntari uwa kera cyane ariko ndibuka ko tukiri bato kugira ngo uzumve UMUKOBWA watwise inda itateganyijwe byari scandale. Ubu rero kubera iterambere abasore n' inkumi ntacyo bakikanga, relations sexuelles byabaye ibisanzwe!
Muri beza cyane.muraberewe!!!!!!
Tubipfurije ubukwe bwiza❤
Imana izabafashe kd ikomez ibashyigikire pe
Plaisir wakoze cne gutumira iyi couple kuri zaburi nshya, nibato mumyaka ark bafite inyigisho zikenewe muri society.
Imana ibashyigikire rwose
Muzarwubake neza mama kdi muzagere kure mu iterambere❤
Yooooo plaisir wakoze kuzan il couple ndayirinda kubi Denise numwan mwiza dis
Gusa ndabakunze muvugisha ukuri.❤ubundi abantu benshi bariyemera bakabeshya🎉
Ufunga neza ibitambara mukobwa mwiza🎉🎉🎉
Ok nda Oliver and donyse ndabakunda cne
May the Glory of God be with you in Jesus' name.
Mbaragije Imana,muzabe intwari .
Kubaragiza Imana nibyo ariko nabo bazirinde! Hari couples nzi zashakanye rwose baririnze mu busore bwabo ariko ubu batewe n ' uburaya utamenya!!??!
Iyi couple muri beza, Imana izabubakire , muraberanye noneho muri beza cyaneeeee
Muri beza yesu azabubakire cyane
Oooh!!! Murakunditse pe!! Uwiteka azakomeze abubakire, mbifurije ijuru rito ku isi!!
Ndabakunda bana banjye ❤❤ Olivie aracyakunda igikoma hhhhhh
Nibyiza cyane😊
Nibeza amen❤❤❤❤❤
Imana ibakomeze cyane kandi gusenga bikomeze bibe intego yanyu
Nukuri murasa wagirango ni sister wawe peee murasa neza
Mbega abana nkunda♥️♥️♥️Nyagasani abaherekeze murugendo rwanyu!
Urugo sibintu urugo nubumuntu ubumuntu bwo murabufite mukomerezaho
Good 👍 Muribeza Kandi murakwiranye IMANA niyo yabahuje ndabakunda❤❤❤❤
God who is in heaven bless more this couple ❤❤❤❤❤
Waw ndabikunze biramfashije cyane Imana izabubakire
My handsome and my beautiful ❤ blessed
Ukonukurishawu
Ndabashyigikiye muri gahunda zanyu zose Kandi imana muri kumwe
Ibyo mutagiza ikiganiro bijye byubahisha izina ryumwami ariwe yesu kistu usomye ijambo ririkuricyicyiganiro ino shen ntiyaga kwiye kwitwa zaburi nshya mwazarense kuvanga ibintu koko
Muntera umushiha gusa ❤❤
Nanjye couple nziza ndazikunda
Muri beza,muzahirwe muri byose,Imana izabahe byinshi
Hhhhhhhhhh nugira amahirwe wowe akabuha agaciro!! Nashatse ku myaka 29 narihambiriye koko, ngirango azabinshimira, abinkundire, ariko simbabeshye nta gaciro na gatoya yabuhaye ubusugi namubikiye mu bukumi bwange bwose. Yarampemukiye kugeza ubwo nyuma yimyaka 5 byanga burundu ubu tumaze imyaka 11 dutandukanye. None rero mwana wange Imana izakubakire, ubwo busugi rwose azahe agaciro urugamba warwanye rutari rworoshye.
Komera! Nnajye Niko byangendekeye
😢😢😢
@@tuyisengeclaudette8290😢woe mwari mwaramaranye igihe kingana ute mbere yokubana
Mwihangane disi,jyewe ndacyarurimo kdi yarabinyubahiye,ariko mumya 5 numvaga ntacyi byamubwiye ariko maze gukura nabibonye kubera ikizere angirira mumibare yacu.
@@nezaalphonsine3076 👍👍
That's good
Imana izabubakire.kuba kwemera ibyaha byanyu.ibagirire neza
Mec tu peux faire tout ces travaux ménagers alors qu'elle est en bonne forme
Muraberanye pe couple yanyu ninziza cyane!!!
Muzagaruke mutubwire nyuma yubukwe uko bimeze
Yooo Imana izabubakire bantu banjye
Aha Imana izagufashe ubwo busugi abukubahire uretse ko hari ubugingo ntukabone umuntu waguciye amazi kdi warir8nze😂
Ndabakunda ❤️ cyannn b blessed in ur new lif to gether
SHA PLAISIR UWO NIWE UZABASENYERA MUBIMENYE
Uwiteka azabashyigikire
Ilv them❤❤
Nice couple.
Yes they are❤
Cyakoze uyu mujama afite umuchr mwiza koko!
Tuziranye nakora uburyo mumutwara😂😂😂
Byararangiye inkweto yabonye iyayo
God bless you disi
Ndabakunda setu🥰🥰🥰
Voici! Le couple trop examplaire 🎉🎉🎉🎉🎉
Xariko Sha murasa rwose
Iyi couple ninziza love you ♥️ ❤
Uzigutega igitambaro
wow Imana izababe hafi
Imana ikomeze ibashyigikire ❤
Ababantu bansajije kuburyo ibiganiro byose byabo byose ndikubireba
Hhhhhh
Gusa iyi couple ♥️♥️♥️♥️ ni nziza pe ndabakunda ababonako ari beza ntatambuke atankoreye subscribe kuri iyi FOTO nukuri muraba mukoze p ndabakunda cyane p 🙏🙏🙏🙏
Imana ibashyigikire mama❤
Ndabakunze cyane Gusa mwabaye inwari
Uwose kondeba asa namushiki wawe
Imana izabubakire
Iyi couple nyikunda ntabunebwe❤❤❤❤
Cyoooo reeee
Nukuri nkunze couple yanyu pendi kirehe
Nonese ubundi mwaza kuri camera kuvuga ko mujya mubikora? Ibyo nibintu byo mubwihisho bimenywa n'Imana
Haribyupfaho kurikamere
Beautiful couple ❤❤❤❤❤❤❤
Muzagire urugo rwiza❤❤❤❤❤❤❤❤
Courage gusa muzamenya icyo kuvuga cya nyacyo murugezemo
muri beza
Murabahanga cyane abasher
incwi nukuri my name urimwiza peuh❤❤
Muvuse ukuri kuzuye kweri
l love love❤muraberanye
IMANA izabubakore
Njye mbona musa neza
Muzabyare muheke
My couple💪
Ni beza❤️❤️
Brown Kimberly Walker Michelle Jackson Patricia
Uzabanze urebe niba mutavukana ariko jye ndabona musa nk'intobo 🤷
Olivier nyaboneka wizana umwana wawe mwiza imbere ya camera z'uwo mugabo, wa mwuka wateye utabirukanka ho😢😢
Nza nza....ngo nzaganduka ariko sinzatsikamizwa! Sinshyigikiye gutsikamirwa ariko wamwana w'umukobwa we itonde ayo magambo wiyahuza...utaranamenya uko itunda riryoha!! Ariko waba uzi urugo ari iki? Bamwe bavugako ari ishyari, abandi bati urugo rubi ruritwa n'a gereza.....mbifurije kuzagira urugo ruhire
Murasa neza rata bageni beza nimukomeze mutwarane kuko imbere niheza ndabakunda
Denyse Uzi gutega igitambaro neza peeee