GATSATA:INKURU ZIRAGWIRA😭Nyuma yiminsi umugabo arakubitwa izakabwana|doretumugezeho adukura umutima
HTML-код
- Опубликовано: 10 фев 2025
- #dawidi_0787553816
Niba wifuza kuvugana natwe kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250788211501
Wamugabowe numvise ntabanga ujyira pe wasanga wamubwiraga amagambo mabi amukomeretsa cyane bigatuma ababara nomuburiri akumva biranze unamucyurirako wamushatse akuze nkaho utarubizi abantu nkamwe mubaho Imana igufashe
Mbega umugore nabagabo namwe ntimworohewep imana izibyosei izaguha ugukunda pole sana kbs
Dawidiwe ushyoborokuba wararwaniye mumubiri kandi ndunva byarasabaga gusenga cyane ucecetse cyaneko n'Imana yariyarabikubwiye mbere yuko mushakana .
mpore kbx warababaye cane bikwiye Imana Imana irabaha bakayimanuza iyizire mwiza nanje ni shakira umugabo ukijijwe umugabo ninkumwana burya aba nya rwanda murafyina ku mugabo jew nuze nkwihere urukundo maze rugusaze nkwibagize ico kirofa kitazi gufata neza umugabo bible ivuga umugore w'ubwenge yubaka urugo rwiwe ariko uwigifu arusambuza umuhoro iyizire iburundi maze🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Imana iyishaka kukwigisha byose irabyemera
Ibibintu ntiwarukwiye kubivuga ngaha mbega yemwe ntabanga rikihari kandi urumusenzi uvuga Imana ugashira amabanga yose hanze. Imana izonfashe nzorinde inja mwijuru ntasohoye ivyomunzu ukobizoba bimeze😂kose ndumva binteye isoni. Arikompore cane wihangane
Ntuce iteka mukundwa, buriya afite igukimere n icyigisho ashaka kwigisha abatarashaka. Ndetse hari n undi mugabo wagwa kuri uwo mugore agiye gukiza💔💔💔
Ntuce iteka mukundwa, buriya afite igukimere n icyigisho ashaka kwigisha abatarashaka. Ndetse hari n undi mugabo wagwa kuri uwo mugore agiye gukiza💔💔💔
Hako worwara dépression wobivuga . Kandi iyo ni intahe . Uzi Abantu bavyibitsemwo munyuma bagasara
Ubu muze mukora amabi babacyire amabanga???wapi nabivuge cyane ahubwo!
Iyo abivuze se!!!!!!!
Ariko Imana ni inyamahoro ntabwo ari iy'intambara kandi umugisha Imana itanga nta mubabaro yongeraho . Abavuga ko muvugana n'Imana rero mufite ibibazo. Ahubwo muzasome neza Bibiliya mu menye imyuka ibakoresha
Dawidi pole kbs warakomeretse arko mw’ijuru hari Imana yomora ibikomere ikongera ikagusetsa. Ndagukomeje rero komera
Ihangane nanjye ibyo bya mbayeho ubu tumaze imyaka ine gusa narinzi ko arinjye njyenyine byabayeho gusa icyakunyereka tukaganira kuko nanjye nashatse umugore wumuhanuzi
Muravuga mugakabya gukizwa mwabigize akamenyero ubu Koko waba ukijijwe ugasebya umugore wawe kumbuga nkoranya mbaga ubuse agakiza uvuga karihe mugihe nibanga ry 'urugo urishyira kukarubanda ubuse ko umudamu wawe bamuganirije ko atigeze aguharabika nkuko wowe umuharabika burigihe umudamu wawe arakijijwe rwose ntiyigeze akuvuga nabi ariko wowe urakabije rwose Yesu uvuga sinzi niba umuzi gusa ndumiwe kugura umugabo uvuga nkawe biragoye uzakizwe neza naho ubundi nshingiye nokuri wamukobwa wabaga murikenya watuburiye umubwjrako mugiye kubana mbona utarakizwa
Ngo komorwa!!!! Mbega umukozimana winshanutsi!!! Apuuuu aha ni kumuhanda wagishwi WE iyubahe uvuge uziga
Abantu nkaba mujye mubitondera cyane babazi kwivuga neza ntibajya bavuga amakosa yawe isi igiye kukubona wowe kdi mujye mwumva bose mumenye ufite amakosa umugabo uvuga amabanga yurugo uwo sumugabo ahubwo nicyo ntazi imana imbabarire
Umva se? Imboga zibona abana! Uzanyishakire ndumva Ufite
ibiporezo wangu kd nta mutima mubi❤❤
Ihangane warahangayitse dawidi Imana izaguhoza
😂😂😂😂😂😂😂😂
Wishakira ibiporezo ntarukubaka byaba bikujyanye
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Iki n igisambo peee ariko Imana ishyizeho iherezo🙏🙏
Mbega umugabo mubi weeeee Imana ikubabarire niyo yaba ariko ameze ubaye ukiijijwe warwanira mu mwuka ugasenga kuza kubitubwira se biratumarira iki ko ariho ubereye ikigoryi nuko muza musebya Imana ngo yavuganye namwe muyibeshyera.
Uri kwisebya jya uganyira I ana dore ko mwisebya ,
Imana yarambwiye Imana yarambwiye........ Muzabyishyura mwanze mukunze.....
Nimwe muzabwire Yesu ngo twahanuraga mu izina ryawe nawe ababwire ngo sinigeze ku bamenya ,ko muri fiyansaye wabonaga mudashobokanye iyo umureka ,iyo wubatse uba wubatse kuko Imana ntiyubakira abantu urugo ngo nirangiza irusenye ni satani usenya umuryango none wowe ngo uzashaka undi urabyemerewe kandi uwo mugore ari uwo mubusore bwawe.
Ndumiwe koko nimukatubeshyerere imana imana yacu nihemuka ahubwo uwomugore wari wamuhawe nasatani
Imana dusigaye duyibeshyera duhura nabagabo cygwa Abagore bajyanye na Marari yacu byadogera ngo ni Mana😢tujye twemera Duce bugufi twemere ko twaguye mu mutego wu mwanzi apana gukomeza tubeshyera Imana.
Uwaguseguye niwe ukumenya Sha,wasanga ugera n'injoro ukihindura ipusi twe tukaba turi muri mama wararaye!
Yego rata
Uranshekeje muvandi reka mbanze nseke 🤣🤣🤣🤣🤣
🤭🤭🤭🤭🤭 birashoboka byo
@@mahoronaila3316 🤭🤭🤭🤭🤭😂😂
Yoooooo abantu babesher IMANA bose ngo iravuze 😮😮😮😮😮mwitonde bantu b'lMANA
Abantu bakwiye kugira umbwenge ubuse usengera abantu gute koko? Imana igusange
😂😂😂😂😂😂😂😂😂🤭🤭
Papa niwakabivuze ariko uburyo urimo utekereza nawe Imana igufashe. # ICYO UKWIYE KUMENYA NUKO ACYIRI UMUGORE WAWE # Kuba UMUGORE WAWE atarapfa aracyari uwawe rero ikiza nuko wakicecekera ukaguma ku irembo
Mbashinje kwifata kumyanya ndanga kumirwa🤗
Musenge cyane satani yasabye ingo abantu bigutera amabuye uravuga ibyakubayeho buriwese agira umutwarowe gusa usenge cyane satani ari kuguhiga usenge numugore wawe. Umusengere
Uvuze neza cane uhezagirww.nanj nomugira inama yogusengera umugore wiwe .kandi bizogenda neza
None uba ujekuvugiki kandi uvugako Imana yabikubwiye incuro 3?mwagomeye Imana ahubwo muribirumbo vyarumbiye Imana.
Aliko uyu mugabo muvuga Yesu yaba ari Yesu w, Ukuri tuzi? Menya ari uwo mwiremeye kuko imbuto zanyu nimbi cyanee.
unteye ubwoba wamugabo we cyangwa wabikoraga cyane ukamubabaza ntawe utinya ishyamba atinya icyo barihuriyemo ntanushaka ashaka gusenya biterwa nicyo atabashije kwihanganira
Imanase irafashwa?
Komera Uwiteka azaguhorera, azakwifuza atakikubona, mpore, gusa Imana yo mwijuru ikomeze kuguha kuba maso
Umugore wawe mufatire ibihe umusengere cyane wenda iyo myuka mibi yamuhanzeho yamurekura nuko mukabana mu mahoro. Wikurayo amaso, gerageza umusengere uko ushoboye urebe ko yazakubera umunyago uzageza mu gihugu cyo mu ijuru.
Ivyo birabaho pe .haruwonzi vyabayeho amazw nokuvyara unugabo yamukoraho agaturikisha akarira.yakiriye muma sengesho
Ngo bagabo barabona yahetse ihene iramuruma. Ariko se, ko yakweretse ububi mutarabana kuki utongeye kubaza iyo mana yamuguhaye ngo urebe niba utaratuburiwe? None uracyahamya ngo Imana yaguhaye umugore. Yaguhaye ikigeragezo ahubwo. Pole sana niba ibyo uvuga ar'ukuri.
😂😂😂😂😂😂🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Ndagukomeje niwihangane lmana izaguha impoza marira kbs
Imana ntikorera mumarangamutima wibeshya
Komera wihangane yesu yomora ibikomere
Ariko nigute umugabo ungana nawe avuga amagambo nkaya kuri kamera ntabwenge nkubonyemo nange naguta pe!ngo aranuka ngo naramwozaga ngo kurongora ni bindi ntamuntu usebya uwo babanye kururu rwego ubwosu koharigihe musubirana ikigisebo imbere yitangaza makuru ntabwo urumugabo wu mwizerwa nawe aje akavugibye wakumirwa abagabo ndabazi murabagome imivugire yawe ubwayo irakuranga
Wasanga umugore ari we wahunze ibibazo byamurenze byo
Njye ndabona uyu mugabo nanjye namuta kuko urugambo afite ...!
😂😂😂😂 yewega mbega kuzimura ndumiwe pe
Amugabowe Imana ikubabarire singombwa kuvuga ibintunkibyo kumuntu wumubyeyi mbega 😢
Abagoyi bagira amagambo cyanee abe umugore abe umwana abe umugabo mukanywa kabo nakinyabumfura kibamo😢😂😂😂😂😂
Pole dawidi wee yesu agufashe
Niyihe ngane azabona Indi umukunda azatubwire tumusha kire undi
Ihangane dawidi Imana izagushumbusha
Ese uravuga ngo wafashije Imana gusohoza isezerano uyirusha amaboko
Mwagiye murindagira neza mukareka kwanjwa Imana muvuga muba muyizi cg nizimwe zibicuouri
Ndumiwe cyane
Konabonye wamwuzuriyeho imyuka kuruhimbi yarimyuka nyabaki itaraguhishuriye ibyurugo igahimba kugutiginyura no kugutitiza 😢 rekeraho gusebanya , lmana niyo izukuri.
Aha niho utinyira isi
😂😂😂😂
💔💔💔💔
Erega ibititiza abantu ni byinshi !
@@turibamweali8661 nibyinshi narumiwe🤷🏻♀️
Ywe,uwo mugore yarasaze .Kuko n,uwabeshya ntabwo yageza ahongaho .Gusa wa mugabo we wihangane uzashake undi mugore humura Imana izagufasha iguhe umugore mwiza w,imico myiza .Kuko ntawukeneyekumva uwo musazi w,umugore .Cg uwo mugore yararozwe .
Cyangwase baba barakurojyeye umugore cg baramumuritse nyabingi yiwabo byose banza ubaze imana ahobitiruka ubisenjyere Kandi cyane harijyihe afite icyibazo muriwe aribyo bamuteje abarozi
Erega burya tugendana byinshi!!!!!
Ark se ko basenga!!!!!!
Nimuge mwinjiriza amahera abobanyamakuru Gusa ntakindi muge mukomeza mwimeninda
Ikibazo sukubinjiriza ahubwo nuko harigihe uba urinogukoreshwa numwana kuriwowe akakubaza byose
Imana.izakwiture.ibyowakoze.kuriyisi.niwowe.mugabo.numvishije.wiginga.umugore.igikome.yaguteye.imana.izamukubire
None N'IMANA yabikoreye iki ?
Nyishura David
Merci
Wamugabowe ivyurikuvuga uziko bigizicaha gusenereza umugore kukarubanga ngohageze ahanuka?
Sha Imana yacu suko ikora
Njye ndabizi ko ntawivuga amabi uwomugore nawe uwamuha micro wakumirwa .mujye mutumira kumpande zombi twumve.nahundise wowe kutigeze uvuga nagakosa nakamwe ufite.
Abarokore bamwe muri hanze aha kbs mwataye akarango peee. Izi mbuga ziri gutuma tumenya ubutekamutwe buba mu madini
yesi
Ikosa ryabaye mbere mu buhanuzi bwari atari bwo
@@jeanfxjeanfx Vraiment, ibi bintu by ubuhanuzi bisenya ingo cyane, kubakira ku buhanuzi bihira bake💔💔💔
Ariko tugomba kumva ubanje kuvuga niwe biba birenze😊
Siciye urubanza ariko uburana arumwe aratsinda bazane numugorewe tumwumve
yes ntawishyirahabi ahead hahari batumirenumugore
Muramutubariza mbg kuba abwiwe ko ari. Fashiti nn haruwo wagisjije inama imaze kwumva ivyo sha mwisengere nn cumfyonderako, kand mwagumye muma kimbirane mutarabana yemwe umuntu iya. Kuyobeye mutarabana uramureka 🤔
@@claudineclaudine6145 jyewe ndabona yavuze nibyo atakagobye kuvuga pe nisoni zanyishe
Ark kombona yarikwiyuzurishwa umyuka mubukwe
@@futuren126 😂😂😂😂
Gusa ndibaza intego y'iki kiganiro ni iyihe?
Wamushatse akuzeeeee?wari impumyi se cg hari uwagifatiyeho icyuma?Ahubwo iyo mitekerereze niyo yatumye utubaka.Wumvaga ko uguye kuba umwami undi akakubera itapi.Wapi sha twaramenye umuntu ukijijwe hari ibyo atazana kuri social media😊
Buriya hari impamvu ikomeye itumye aza ku mihanda inakomeye kuruta uko tubyumva
P
Ihangane ivyo bibaho natwe twarahemukiwe tuburako tubikoraho
Feke news aramubeshyera njyewe ndimu saza we ibyabo ndabozi byose
Uyumugagabo nimubi umuntu witwaza ibyimyaka se yashakaga kumugore amurera nkumwana nanyina ibyo byavuyeho kubahakwaho nkambere nuburinganire muzabyibagirwe urabehya ibyobyose nikimwaro waramunaniye tumubajije yavuga ibye ugaseba
Cyakora uriyemera cyaneee wee!! 🤭🤭🤭Ntamugabo uvuga amabanga yurugo bigezeha,jyuvuga uziga umenyeko ukobyagendakose ni mama w'umwana wawe!
Umuntu ufite ibibazo Niko amera bambi
Wasanga umugore ariwe ufite ibikomere mu buriri akaba atavuga💔💔💔
Yataye umugore we ari kukiriri
The woman was mentally unwell, my dear brother. It's because we African don't realise such easily.
Najye,ndashakako,ugkoresha,icyiganiro,nukuri,najye,wamunyamakuruw,ndagukunda 12:58
Esewowe baguhanuriye utarumuhanuzi wowe dawidi ndakuzi na mugore mwashobokana gusa imana yagowe muzarya mubeshyera imana nibahana mwitwaze ko babaha nuriye
Aka nakumiro koko😢😢😢😢
Ark Mana!!abanyarwanda ko mukora ibiganiro bihabura!!!!🤭🤭🤭🤭🤭 Ark rro nimba aruguhahamuka kwa cane k bintangaj!!!erga ntaco wisigarij,gusa urasubiramwo usenge wenyene utumvirij abatubuzi umugor waw azagaruka kuk nuwo nyene kuki wasenga ariko ukamana abajanama munzu??muri barya nyene baza guhanura nibo nkwezi zamarere
Asyi mbega ibigambo we!!! Iryo rongora ryawe amabanga yose hasi🙆♀️Sha Abarokore muragatsindwa n, Umwana wanjye uzapima Kuba umurokore tuzashwana.
Uyu nuwagiye kubasebya siwe wibabeshyera, umusinzi we ibigambo nkibi arabivuga?
@@GloriaMfeka-z3zibi nyine nibyabarokore !
Cyakoze mufitemo n'ubujiji kutiga biragatsindwa urumva ibyo bigambo uri kuvuga??
Cyokora Imana irihangana iyaba arikera yakabaye ikwica nukuri mujyemumenya Imana mukinisha ubukoko niba ubeshya ngo urasenga ibinibintu byokuvugira hano? Ntamushumba ufite c wajyakuganira nawe? Wamugabo we usubirekwisoko kdi usabe Inana iguhe ubwenjye kuko muratukisha izina ry'Imana yacu niyowaba udakijijwe byibura ntanuburere ufite? Gakizwe
You are handsome uzabona umugore mwiza mukundana.Imana izaguhoza amarira
Nyishura David none agarutse akaguseba imbabazi akaza aguhu aho ushakiye wo mwakira mwosubirana ?
Imana yaragukoresheje akugira impumye mu mwuka kugira amwaze satani please ntukavuge ko ufise umugore Imana yiheshe icubahiro
Komezwa NIYAKUREMYE
inkuru ziragwira da! isi ifite ibibazo pe!
IHANGANE BROTHER ARIKO RERO KUBA MWARABYARANYE BYONYINE WARI KUVUGA IBINDI MUCYUMBA NAHANTU HABERA IBINTU BIKOMEYE PE SIBYO KUVUGA NGO NYOKO BUKWE YAJE UBUSA KWERI
Uvuze ukuri mukundwa, mu buriri ntihavugwa 💔💔💔
Mpore mukozi w'IMANA warababaye ndavyunva ariko humura haramahigwe yakabiri uzobona uwuguhoza akakumara agahinda humura kandi uvyakire warahezagiwe
Kamera yijuru ndiyingeze ibufata konabonaga .urimumwuka ese kwari ukwiyuzuza umwuka?
Ahubwo Wariyoboye cg abahanuzi barakubeshye
Ufite amagambo menshi nimbarukuri koko ibyuvuga
Imana yaba yaraguhaye ikigeragezo cyambere cyurushako nyuma ikazaguha umugisha hanyuma uwo mudamu wawe yaba afitikibazo sigusa 😂😂😂😂 ngo yizingiye mwishuka nkuri mumufuka
Nuko atariwowe Nubwo ndumugore ariko sinashyigikira
Abagore babanyamafuti gusa bishobokako yenda yagaye umugabo cyangwa yabikoraga cyane
Ahh nuko wa mubyeyi we ribara uwariraye
Yesu weeee ihangane david ariko bazaguhuze nuwo mugore nawe twumve ibye ariko disi I mana ikugenderere
Yeweyewee ahubwo abagore bareba kure 😅byonyine n ikinyabupfura gike nta mugore wakwihanganira
😂😂😂😂😂😂
Nonese niba byarabaye igiteye isoni nikihe ? Ubwose uwo mugore ari uwawe nturi muri bamwe bakora ibirenze ibyo uyu avuze ?
@@turibamweali8661 oya hari ibivugirwa mu gikari cg off camera . Erega izi channel usibye kwitaranga bo ntacyo bahomba bari muri business
No birihanze
Wasanga aho ruzingiye ari mu buriri, umugore nyuma y'icyumweru ngo ntuzongere kumukoraho, ahubwo wabigenzaga ute bituma akuzinukwa?!?
Wihangane cane kuber satani yaratuziy rero nukugeragez tunesh humura ❤❤❤❤❤
Umudamu wawe twaramwunvise nawe nturinshyanshya uriyemera,nyine wunviye Imana unanirwa kwihangana satani yagutwaje igitugu ,sijyansobanucyirwa ijuru abantu mukorera.
Apuuuuuui uragatsindwa Imana yakurutse wowe uriya mukobwa wariye udufranga twe uramuboneraho akaga
njye maze imyaka ine ariko ndamahoro🙏🙏
Uyu mugore mwasezeranye mui bibi no mu byiza, mu buzima no mu burwayi. Niba ibyo uvuga aribyo, ararwaye nuwo kuvurwa no/cg gusengerwa kandi uri umunyamasengesho. Saba inkunga y amasengesho nta kinanira Imana. Umugore Si uwo kuvugira aha, kuko biramwicira ejo he, ahawe n ahumwana.
Iyo wanze kumvira Imana nibi ubona kdi iyutumviye nagakiza abarintako ntimukatubeshye
Agakiza ko kaba gahari kuko ni aka buri wese ahubwo amakosa yo kurambagiza niyo atera ibi byose
Dawidi we,ubwo urakijijwe koko?wa mudame se wahemukiye,ukamuhubura muri Kenya kwari ukwihimura....?
Shahu 😎 ibi bintu byanyu mwihaye,mushobora kuba mubyitirira Imana Kandi Iba Itabirimo N:B Ahubwo twisabire RIB izamushake imubaze byimbitse wasanga Hari ibyo yakubonyeho bidasanzwe!!
Ukoniko kuri
Arikowa mugabo we plaisir umusabe imbabazi yagukoreye ubuvugizi turagushyigikira none ngo yakugiriye ishyari koko ugatinuyuka ukabivuga?
Dawidi tuza ejyera abagabo na madamu wawe binjire mubuzima bwicyumba imbere mbese mumibonano harijyihe madamu agutinya mbese harizindi ngamba zifatwa Kandi bisaba ubwenjye no gutegura uwomwashakanye
Uvuze ukuri mukundwa, wasanga uyu mugabo mu buriri bitaragendaga umugore ntabivuge
Nishyari yakugiriye umugore wumugore bro
Sha ihangane pee ngewe icyibazo cyawe ndacyumva pee kd namwe mmuvuga Dawid nabi musigeho kk nimba mwishimwe ejo mwababara
Sha nange ninkuko bimeze pe ngewe yankuye kuburiri ubu ndara hasi mbese agahinda kagiye kuzanyica
Wamugabo we njyewe sinemeranya nawe nta mukozi wimana ukora gatanya,ntabwo imana ibeshya,ntimukabeshyere imana, iyo musezerana imbere y,imana muravuga ngo muzatandukanywa nurupfu,rero niba umugore ari we mubi mugihe akiriho ntiwemerewe gushaka undi ubwo niba koko ari mana yavuganye nawe uzategereza ko apfa ubone gukora ubukwe nibitaba ibyo ntabwo wavuganye ni mana. kandi kubishyira kukarubanda nukwishakira hiti, imana idusaba kwihanganira ibitugerageza tukabishwamo no gusenga.
Pore mama ndak7mva
Wa mugabo we urinkorashyano ! Esubwo urakujijwe? Ntamuntu usenga ukwiye kugira imyitwarire imeZe itya! Urumupagane gusa! Apuuuuuuuu!!!?
Imana ikubabarire uzihane bundibushya kuko urumutubuzi mubi bampaye number yawe nkakubwira wanyamaswawe umugome mubi gusa imana muzayibeshyera kugeza ryari koko ndababaye kdi uzabibazwa wankozi yibibi we syiiiii
Agahinda kumunyonzi kamenwa numunyonzi mugenziwe mwimucira urubanza🙏
Uyu mugabo nawe kumunwa ntiyoroshye ntabanga narimwe afite
Umunyamakuru arimo kumuca mu ijambo cyane rwose nareke agende kumurongo.
Abivuge vyose ukuntu baryamanye vyagenda😅😅😅😅😅😅
Mbega umugabo ubeshya weee ngo abaganga babonye ko ataryamana numugabo babibonera hehe se ndumiwe koko
Uyu mugabo David ntiyumva ,kuk ntaco Imana itambwiye ,Arik ntiyayumvira,witesheje umwanya uwu mugore ,nubu nutumvira Imana urushako rwawe ruzoba rubi.uyu mugore yanse uburyarya ,ahubwo wewe wari wabaye impumyi😂😂😂
Yebabawe cyangwa yararwaye abadayimoni😮??
Ubugabo bugufi 😅😅😅 ubundi se nigute kabwiriza ubutumwa kadashobora nogufata micro hahha kose kuzuye icyaro , imana imbabarire ariko akakantu ntamugabo ukarimo
Wamugabo we nkugiriye inama rwose ntuzongere kuvuga ibyumuryango wawe kukarubanda rwose uko nukubura ubwenge rwose ubu koko ninde wakugira inshuti akakubista ibanga izo ntambara zirwanirwa mumiryango nshuti cyangwa wowe ubwawe ugafata icyemezo ntakuka
Uyu mugabo ntago Ari serieux pe 🤭 umuntu aravuga ntagire na kimwe atinya kuvuga?? Bagabo murabe mureba hatazagira uyoba ngo araganira numugabo mugenzi we
@@gatarayihafrank123 cyakora ugabo uvuga akavuga nukobarongorana aha!!!!!! naherutse habaho injajwa zabagore ark byabayuburinganire
Abagoyi niko bateye ninkabashi
@@ninsiima.mariamu7035 ariko abashi bararutanze weee🤭🤣🤣🤣🤣
@@gihanaivan6614 kkkkk birarenze
David komera cyane ariko Kuza kuvuga ibyo urugo rwawe kuri social média si byiza, egera imiryango, inshuti bagufashe ariko kuvuga ibyawe ku karubanda ntabwo bikwiye.
Manaweee konumva ingozubu ziteye umujinya 😢
Ubustwa nubujajwa. Bwabarokore mungeze ahantu jy nokubivuga kuri radio yisi murakabije kwishyira hanze akaboneste kose. Hanze
Ahaaa.ariko.wazize.nawe.kutumvira.Iman.nukuri.ubone.ibimenyetso
Niman.yakuburiye.kwazakubera.ijyihanda.ihangane.ntakundi
Abagabo babarokore ugirango mumitwe yabo harimo amazi ubwonko babukuyemo 😂😂😂😂 umugabo muzima avugabyose ngo paaaaa!!!! Sha akanakumirope
@@nikuzwejeannine1527
Hhhhhhh
Rindira narangiza udashizeho nimero ze murabipfa naravyiboneye kwa Rose tv ati ntiwibagire gushiraho nimero yanje 😂😂😂😂 aba diaspora murahanzwe gusa kubiba ivyutazasarura muruhira ubusa
Ubu se ko ukiri muto Niki gitumye wishyira hanze gutya ntuziko ejo hawe uri kuhangiza koko
Uririrwa ubaza aragirango mugire impuhwe mu mufashe akeneye cash😅
Icyi kigabo ibintu byose cyavuze kirabeshya ,ahubwo gishobora kuba gifite injyeso zidasanzwe zananije uriya mugore :1ngo abaganga barakubwiyengo ujye umwoza umukande n 'utuzi dushyushye kubikomere kugitsina cyee !?ngo ibyumweru bitatu nibishira uzamurongore !!!njyewe ndubatse maranye n 'umugore imyaka 23ariko ntabwo rwose aringombwako muganga akubwiriza ibintu byose .eeee yanzeko umukanda ngo adakira ukamusaba kubintu niyo yaba yaracitse amaboko yombi ndemezako atananirwa kwikandira hariya hantu kuburyo urinda kuhamukandira nundi uzashaka ntimuzashobokana .ibitenge by 'ibihumbi ijana se wakintuwe ntihariho n 'igitenge kimwe kirengeje ijana !?ngo waguze inkweto z 'ibihumbi magana tandatu !!?n 'ikibanza se cyoguturamo waruguze kandi warakodeshaga !?yarakurebye abona uri icyigoryi ahitamo kwijyendera hakiri kare mbegaaa ariko imana yaragowe rwose ngaho ubukwe bwawe kamera yomwijuru ntiyabufashe ,umwana kwamuganga ntibamukwanditseho ,wagiye gukora Bebe shaw gute ,mutabyumvikanyeho kujyeza ubwo yangako muteka ,kujyeza ubwo yanga impano mbega woweeee 😢😢😢😢 😢😢😢
Imana yaragowe koko!!ibi nibyo bita ubupfapfa bukabije narumiwe.
Njyewe ndumva ari filme uri kuvuga,cg ari histoire yundi kuko uri umunyabinyoma no mu maso biragusa