UMUTI WO KONGERA UBUSHAKE NUBUBOBERE KUBAGORE MUGIHE CYOGUTEA AKABARIRO💞.
HTML-код
- Опубликовано: 2 окт 2024
- UmurimboTV Ubuzima umuryango inama ubuhamya byose mwaduhamagara kuri 0788 403 257
Iyi video ikubiyemo inama numuti byagufa gukora neza imibonano unezerewe cyane kongera ubushake nuburyohe kd bitaguhenze kd akenshi bamwe Mubantu tuzira kudaha ubintu agaciro ngo tubikore neza. ariko ubundi burimugore wese yifashe neza yaryoha rero bavandimwe mureke dukundane dufashanye niba ugerageje ntibikunde tugufitiye imiti myinshi ikomeye. biba bibababaje kubona umugore wikizungerezi inyuma ariko imbere ntakigenda muhagurukire kwiyitaho Murakoze.
Nomero mwatubonaho 0788 403 257
Nkusabe wandike iyo numéro kuko jewe ndi muburundi ntabwo bikunda + cunyandikira
Ndi mushasha ibiganiro vyanyu vyanryoheye
Ese umuntu ufata imiti yo kuboneza byakunda
Wadushyize muri groupe turakwinginze
Urakoze kubyigisho zawe ,gusa hari umuntu uba uri natural ubushake bwinci,nububobere bwinci ,ntacyo umuntu yakoze uretse kwinywera amazi gusa.
Urakoze muvyeyi yesa aguheza gire cane
Ndumurundikazi ndaguknda cn ndushire muri grp uzutubwire utubanga rwinshi twabagore
Murakoze cyane mama nonese , umuntu akoresheje tungurusumu na tangawizi gusa ubuki akabureka haricyo bitwaye ntiyakira , mumbwire murakoze
Bagusubize numvireh
Murakoze Maman . Muzatubwire n'umuti utuma igitsina cy'umugore cyegerana.
Ujye ukora exercise zigitsina. Wibumbe nkaho urimo gufata inkari,wongere urekure gato,wongera ufata, u ukora cyane shuri hose uko ubyibutse. You will be fine
Sdd
Ariko nta kintu mwatubwira cyatuma umuntu Asama cyakongera intanga ngore
In box ngufashe uzanshimira nyuma
Urakoze cyane mubyeyi kunama zawe nziza utugezaho
Murakoze cyane 👏
Byose utubwira n byiza gs pfite ikibazo ese ko uyotugiye kubikora n mugabo wanjye muvandi irarya pe ijya kwinjiramo nenda Gupta tugiye kumarana umwaka ikindi ese gukoresha ibyo ibyo utwite nyangaruka thx mubyeyi
Uganira neza ese izo nimero uri kuvuga bazireberahe ko twazibuze abantu mutari kuzibona nksnjye mumpe lik turebe
Ya group washyizemo
Imana iguhezagire muvyeyii
Abagore batwite cyane abari mugihembwe cyambere Ntabwo mwemerewe kubikoresha.hanyuma uwonsa munsi yamezi6 uzajye uyikoresha 2 mucyumweru Umwana yatangiye gufata imfashabere ntakibazo kuwukoresha murakoze.
urakoze cyane rwose turagukunda ❤
Awww none SE ko ubwira abagore abagabo ntutubwire natwe ntizisenyutse tubwire natwe abagabo
Mubyeyi natwe wadushyira.muri group
Mubyey umuntu afashe tangawiz tungurusum ntakoreshe ubuki harikibaz
Mama sauda ahaho wrakoze pee uyumuti urakora mbikoze igihe kitageze kucyumweru ark nanjye ntanjyiye kubona impinduka
Wandangiye Aho nawukura nayugura sibyo please
Serie x
Turagukunda uradufasha cyane ❤
Merci shangaaa🎉🎉🎉
murakoze
Ndagukunda cyane
Ese ujyusubiza ibibazo umuntu kugitike?
Murakoze Cyane 🙏
Harigihe uvugikinu ukagenda utagisobanuye neza twakubariza mugikari ntudusobanurire neza? ark turagukunda❤
Urakoze kunyigisha
Urakoze cyne ndagukunda❤
ndagukunda cyane nshyira muri group number yawe ntago twayibonye kdi turayishaka
Assallam Allaikum najye unshyire muri gulp ndagukunze
Murakoze cyane
Urakoze
Niburimunsi
Ndiburundi ndagukunze❤❤
Nanje nuko kbx
Masha allah
Amina🙏
Non amazi umuntu yonywa nkaya ngana gt kumusi
Murakoze mubiganiro byiza byo kubaka urugo
Murakoze cyane nshuti
Mama turagishimiye kukiganiro uduhaye.ariko none nabageze muri menaupose vyamufashe.
Uganira nezap njye nkunda inama zawe ahubwo umbabarire unjyure muri group
Merci beaucoup.Uri umugore mwiza cyane.
Amiin thanks
Nuwonsa yabikoresha?
Ahubwo uzatubwire umuntu abashije kuwunywa burimunsi hari ikibazo byamutera?cg mbigire icyokunywa cya burimunsi ntakibazo
Muzadushyire muri group
Nukuri nange ndabishaka
Murakoze cyane
Mama urumuntu mwiza imana ijye iguha umugisha.❤
Amahoro nanjye minshire mur grp mwoba mukoze
Tubwire kubantu baba muri onapo nibanabo babyemerewe
Bjr
Iyi tangawiz na tungurusumu wabikoresha utwite?
Asww bite muvandi wampaye number yawe nkazagusobanuza nitwa Nadia ntuye rwamagana uswahirin
Nukuri tubashimiye inama mutugira , knd turifuzako mwadushyira muri group
Umuntu yakoresha iyo tangawizi na tungurusumu,ari mu mihango
Oya.
Jyurasa kuntego
Merci udushyire muri group
Nanje munshire muri groupe
Nkunda impanuro zanyu mubyeyi
Nonese bimwe wavuze mbere amazi uyacanirana natungurusumo na tangawizi?
Assalam aalaikum mama,imana ikongerere,ubumenyi, bawe ubutugezeho inshallah
None se nabimyaka mirongo bikuriye😂
Nanjye uzanshyire muri grp
Sinjya numva mushaka narimwe ubwo atabimbwiye numwaka washira
Narinziko arinjyewe bibaho gusa ubuse sindwara we batubwire
Nikibazo gikomeye byibuze se iyo abikubwiye wumva umushaka basi se bikagenda neza ukishima niba rero ubikora byo kurangiza umuhango kuko yabigusabye sha uzajye kwa muganga pe
Hhhhhhhhhh cha woe turikumwe ark biterwa nuko arigihe ubumubona mugeso zitagushimishije wend aguca inyuma ukumva uramuhaze
Mama wazatubwiye icyo umuntu yakora kugirango aryoherwe nimibonano
Peee
😂😂😂😂ubwo wasang uwo mubana akubabaza cg ukaba wararozwe gus iyo ubana numuntu ubona aguci nyuma ntago mwakorana imibonano nguryoherwa iyikora ari nkokubura ukugira Kuko arinshinganozawe nyine
Murakoze cane kukiganiro mutanga
Amahoro y'Imana abane namwe 🤝 nshira muri groupe
Urakoze cyane nukuri,imana iguhe umugisha kumwanya wawe utugenera❤
Urakoze cyane 👏 Namwe Imana ige ibampera umugisha.
Izi nimero ko umuntu azihamagara akabura umwitaba?!
Urakoze cyane pe watubwira nkora imibonano pfite ububobere noyita nu ma igikorwa kitarangiye
Niba udahita uba lost muri mind wasanga uyikora utabishaka uhatiriza cg se ukaba urwaye!
Mam. Najye. Ushyire. Murigurupe
Asalaam alaikum ww mana ndagukunda Kandi nukuri Allah akomeze kuguha imigisha uradufashapee❤❤❤
Urakoze cane mubyeyi mwiza ❤❤
Abandi se bemera imana zingahe?
😂😂😂😂mumbarize
Utabonye ubucyi wakoresha icyi??
Nange mumfashije mwanshyira muri group
Njye ndakwikundira Mama uranyubakira cyaneee❤❤
Oooh ❤urakoze cyane 👏
Ufite ikibazo cya Diabete afata imiti yibinini buri munsi we mumufasha mute?
Mama najye ndaka gurup
Mam turagukunda
Ese twabona gute number zawe dufashe pe haribyinshi byokukubaza murakoze
Kumuntu ukoresha onapo ikaba Ariyo ibitera nabwo byakunda?
Batubwire
Sawuda ndashaka imero yawe
❤
Ngira inama kwinjira birandya nta bubobere.😊
masha allah tabaraka rahman😂
Amina 🙏
Nkunda ibiganiro byawe
Thanks 👏
Nyagasani akongerere💞
Ese mama sweet mommy irakora cg nukutubwshya? Mfasha
Mwiriwe neza dukund ibiganir mutugezah ark ikibazo nshak kukubaza nukuberik iyo maze gukor imibobano kuberik umugab ntiduhoran hashir imins tubonany nzan uduher kugitsin tukagend dukur byab biterw nik mudusubize
0788 403 257 uzampamagare tugikemure
Iyonkoze imibonano numugabo ndabyimba mwansobanurira
Muzatuganire kuburyo bwogutegura umugore n'ibice byibandwaho.
Abagore Bose sibamwe ashobora kukubwira ahamuryohera ariko siho haryohera uwawe ndumugore nanjye ariko nakugirinama yokurjya uganira ndumugore wawe akakubwira ahamujyura
Yego tuzabibanyurimo kuko haribyo bahuriraho murakoze.
@@RugwiroEsperanceurakoze nshuti.👍
Umuntu wonsa yakoresha uyu muti ?
Nonese nukubimwa burimutsi??????
Waduhay number yawe Koko
Mm udakoresheje ubuki se hari ikibazo??
Asalamwaikum sawuda inama zawe ningira kamaro wampa namber zawe ko nkukenene cyane kk ndakwinginze
Iryo ntayo nzi
Amahoro m wambabariye mukanshyira muri group
ko nta niméro tubona
urakoze cyane rwose turagukunda ❤
Murakoze
Noneumuntu
Abifataburimus
Waduhaye number zawe
Umuntu ashaka kukuvugisha yakubona gute
0788 403 257
Mam. Najye. Ushyire. Murigurupe
Ark wanze kunsobanurir😭
😢iyaba tutapfaga cg ngo dusaze
Good 👍
Ikibazo ni kimwe kdi gikomeye, ko iyo umuntu yariye tungurusumu cga ibitunguru yirirwa yabangamiye abantu kuko yirirwa anuka mu kanwa! Kdi naho wakwibrosa ntago bishira. Ubwo icyo kibazo cyo mwakitubwiraho iki? Ndavuga umuti wagukiza uwo munuko watewe na tungurusumu.
Uhekenye perisire
Nonese umuntu atwite yabikoresha
Hoya
Ntiwaduha number yawe umuntu agacamugikari, murakoze
Yazitanze ncuti reba aho commentaires zitangirira.
Merci