Umusore mwiza Mu Gahinda kenshi😢 UMUKOBWA Amwanze ku Munota wa Nyuma💔IKOSA NAKOZE NTIMUZARIKORE 🖤😢😭
HTML-код
- Опубликовано: 19 окт 2024
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Wamusore we wiburana wakoze amakosa cyane yo kwemera kujya murukiko ababyeyi bataramubona.
Komera burya numugambi w'Imana itubereye maso burya yabonye ntamahoro wazagira ejo hazaza knd niwamenya ico Imana yabikoreye uzufukame uyishime knd nubu ikwiye gushimwa
Pastor numukobwa bagukoreye ubufindo maze nawe kubera warurambiwe ubusiribateri urahubuka. Pole sana. Imana igushumbushe
Abandi bagira chance yo gukundwa n'abasore bafite gahunda,bakayatera inyoni
Singo rata umvugiye ibintu
Ihangane imana uwawe haraho yamishyize ark usenge cyane kuko imana iravuga kd ntivuga 1cg2
Tuza usenge Imana izakurengera iguhe ugukwiriye mu give gikwiye
Ihangane muvandi nanjye byambayeho icyo kibazo turagihuje ariko nakuyemo isomo tugomba gukomera.
Abahanuzi Imana ibababarire kuko bavangirwa bakica ubuzima bwabeshi cloude yahumishijwe nubuhanuzi icambere yariko asengera urugo Imana imwereka uwobazobana numukobwa aravyemera yumvaga yasubijwe ninkabantu basenga basubizwa bakava kuMana ntibasenge ninko kuronka umwana ntumwiteho kdi uronse Umwana uramwonsa, ukamusiga,ukamuhamata akicara,agakambakamba agahagarara,akagenda, iyo utamukoreye ivyovyose yanapfa
Pole sana wasanga nurya yakweretse ngo nimusazawe atanico bapfana uwomukobwa ntabahope
Humura mw ijuru hari Imana itabara izaguha undi sha nanjye byambayeho umusore nanjye nuko yabinkoze
Yesu nashimwe uwimuntu koyakubabaje ihangane ntiyaruwaee
Uyumusore yashyizemo uburangare kd ntarenganye imana yarabimweretse munzozi nuko atasobnukiwe
Ihangane abakobwa turaha kd turi beshi Imana izaguha undi ufite umutima ukunda kd Uziguha agaciro urukundo
Ahubwo bishimire Imana uwontiyari gwawe sha
Plaisir ubaza kibyeyi Uwiteka ajye aguhira muri byose
Ihangane musore mwiza wa kristo Imana izagushumbusha
Mpore Musore mwiza urababaye, ariko ntuzi ibyo Uwiteka akurinze! ubwo se umuntu mutashobokanye murambagizanya ubwo uzi ibyari bigutegereje? hari igihe kimwe uzatanga ituro ry'ishimwe kuri uru rugo Uwiteka akurinze. kubana si agahato ni urukundo n'ubushake bwa babiri; humura uzabona undi ugukunda; wihangane utuze kandi usenge.
Uvuze ukuri kwuzuye
Wamuhungu we wakemeye ukinjira mugusenga Koko?ukamenya icyo Icyo Imana ishaka
Ohhh pore brother, humura izere Imana bizagenda neza.
Pore muntuwiwacu nyamangabe
Sha abantu bakinisha imutima wumuntu lmana izabahane kuko birababaza ibyurukundo birababaza ndikubicamo komera nawe wowe uri guca mubihe nkibyo
Good question plaisir ??? He was just crazy. How would he listen to her already adashaka kubona abiwabo?
Ariko nta mpamvu yo kukubwira ko gahunda zahindutse, selon yicyo bagambiriye na their level of understanding!!!!! Ahwiiiii ni akumiro.
komera musore w iwacu
Gisha inama Uwiteka wikishinga abahanuzi isengere
Ko umukobwa ariwe watse ubutane ukaba warabwemeye amafaranga nayiki bagutangisha
Yooo!pole sana bro buriya ntiyaruwawe uwawe naza uzubaka!
Sha nkurikije ubushakashatsi nakoze umuntu ubesya yigira nkaho atunvise ikibazo arikubazwa narebye ukiganiro cyose ariko ahaaaa.wasanga nuwo mukobwa waramubesye ukamwizeza ibyo udafite
maze imyaka myinshi ntaba mu rwanda ariko ibiri gutera za divorce nyinshi ninkibi byose,aho umuntu akora ubukwe nta babyeyi kandi abafite,abantu basigaye bahurira kumuhanda bakishora mu mushinga w'urugo bataziranye neza, amahirwe yawe musore nuko mutabanye ngo mutandukane nyuma kandi ntanubwo watanze inkwano ntacyo wahombye,Gira ubwenge usenge Imana utitaye kubahanuzi
Wobanza ugashim kuko imana ikurinze igisasu carikukurimbura
Eeeee mpore maze imana ikurinze ikintukidasanzwe burya wihangane
Komera mama imanirikumwe nawe
Uyu mukobwa Imana yaramukurinze ariko nawe ubutaha uzasenge Kandi wubahe ibyo umuco nyarwanda usaba: kwiyerekana mu muryango no gutegura inkwano
Ihangane papa
Ariko ububuhanuzi koko manayanjye
Uri ikijuju wasezeranaga nuwo utazi ushaka iki???
Arikubwo wuzuye mumutwe
Nonese ko uri umu ADEPL wagiye ute utasenze ibyo ni cya kigare cyamadini meirirwa mubeshya ngo murasenga. Mujye mukoresha ubwenge munashishoze sho kugendera nu kigare
Maaaa,uo mukobwa ntbwo yigeze agukunda !!!ahubwo nabatekamutwe bashak kukurya utwawe
Unomusore ntamujyanama yagize byose yabikoze ahubutse,gusa yihangane,
Disi amaso akunda ngo ntabona neza ! Wabonye ibimenyetso byinshi kubera urukundo ntiwabyitaho urahubuka
Kd imana izaza yeguceceka ntanubwo ivugarimwe
Yewe nihatari biragoye kumenya ibyabakundana uvugisha ukuri gusa muzatuzanire nuwo mukobwa tunve uruhande rwe.uyumungu se azi umuco nyarwanda urushaka ubukwe bwemewe ariko ntibarakwereja ababyeyi
Pore sana uzoronkuwundi twese vyatubayeho komera kandi lmana irikumwe nawe
Hhhhh Claude rwose isengere Imana yawe ureke iya bandi ngo baguhanuriye basigaye batekinika cne
Uratomboye kuba agiye hakirikare yarikuzakwica
Ihangane wasanga mutariburambane
Wa musore we urababaje jye mbona wagombye kumenya icyo kibazo cy'inyatsi ukivuza naho ubundi ushatse n'undi mukobwa nawe yaguhemukira
Ok uwo mukobwa lmana yaramukyrinze gusa nawe ubukwe ni ikintu gitwara amafaranga afatika Kandi icyubahiro cyumukobwa ni ukumukwa none ko wagiye kubabyeyi be ngo uvugako inkwano ntayo ufite ko uzahibaha byenda juba cyangwa munyuma ese warayiteguye urayibaha ???
Umusore iza avugako ntakwano imbere yababyeyi aba yisebeje
Umukobwati ariko ubwo wuzuye mumutwe
Nonese wowe uruzuye ufite karandeziwanyu bazaguterekerere nahogusengako urumupagani
Izaguha uwumumaro
Uyumukobwa ntabwo bizamugwa amahorope nuwo barikumwe ntamwizerepe abasore mubemaso ntimukarebe isura nuburanga
Ntacyo uhombye😂
😂😂Nabwo niyo umujyana bitamurimo ntimuba mwatabanye kdi ntiwasenze uko bikwiye kbsa
komera musore w iwacu
Wa musore we urababaje jye mbona wagombye kumenya icyo kibazo cy'inyatsi ukivuza naho ubundi ushatse n'undi mukobwa nawe yaguhemukira
Uyuhungu rero ntabucakura namba yifitiye ahubwo umukobwa ahonbye umugabo
Uyumukobwa ntabwo bizamugwa amahorope nuwo barikumwe ntamwizerepe abasore mubemaso ntimukarebe isura nuburanga
Pore brother Imana izagushumbusha numvise uruwiwacu
@@mukamunjyemadativa8555 Nawe uri uw iwacu
IMANA igukijije umusaraba wumugore ubanze usenge pe Kandi izaguha umugore ugukwiriye