MWAZIRUYE ibyo TWAZIRAGA🤔Namwe MURABIKABYA kdi NTABYACITSE🙄COPINAGE&Fiancaille bitandukanye gute?
HTML-код
- Опубликовано: 9 июн 2024
- #AGAPETV
Ganira natwe #250782196087_Theo_Whatsap
Kora S U B S C R I B E ujye umenya byinshi unafashwe mu biganiro n' ubuhamya bwa GIKIRISTO
AGAPE Tv ni urubuga dusangiriraho ubuhamya, inyigisho, ibiganiro bya gikritsto ndetse rukakumara amatsiko ku nyandiko z'abahanga, Abatubanjirije mu rugendo,Ibyibazwa....bigamije kukubaka mu gusobanukirwa ibyo wizera.
Twubakiye ku ndangagaciro z'abavutse ubwa Kabiri nkuko Ijambo ry'Imana ribivuga mu butumwa bwiza uko bwanditswe na Yoh 1:12. Bityo ni ibyo dutanga hano byose bigamije gukomeza gushyigikira Umukristo udukurikira.
Wifuje kutwandikira koresha: u.theos2030@gmail.com
Wifuje kudushyigikira: +250782196087(Momo,WorldRemit,...) Видеоклипы
Uwo muntu wo hagati aseka neza cyane afite nuruhu rwiza
Kirazira rwose mubyeyi muburyo bwikwirinda inzira satani yacamo abashuka,ikikiganiro nicyiza cyane muhabwe umugisha
Hallelujah nagukumze cyane rwose. Uravugisha ukuri cyane.
Urugendo rw' ubusore ndusoje neza nta bikomere rw' ibyo nishinza murinjye ariko nabishobojwe no kugendera ku ntego nari narahaye ubuzima bwanjye ndetse no gusenga kumva Imana nkanayemerera
Ndabasuhuje mwizina ry'ayesu
Mboneyeho nokubashimira kubwikiganiro cyiza mutugejejeho mama pasteri ndakwikundira pee
Turabashimiye ,ikiganiro cyiza , Imana Ibahe Umugisha
Ndi umusore wenda gushinga urugo arikobndahamyako kwimenya no gushyiraho amahame y' ibikuranga ukirinda kugendera kubyo benshi bagenderamo ugakurikira ibyo ubonako aribyo byiza byawe bigufasha gutsinda kuko benshi mu rubyiruko bagwa mu kigare kibi
Mama paster ndagukuuuuuuundaaaa Mana ujyundindira uyu mubyeyiiiii kugeza ashaje🙏😘
Ibiganiro bisa n'iki bibe byinshi cyane. More helpful.
Imana Ibahe Umugisha kubwo ikiganiro cyiza gifite umumaro mu Ubwami bw'Imana
Yoooo M Pasteur ndagushimiye cyane haribyo unyigishije❤ Imana iguhe umugisha
Uko byari biri mbere Maman pasteur nibyo byanyabyo kuko uno munsi benshi barajyera mujyihe cyabo bamwe bamaze gusambana iyo bitabaye usanga gusomana byarababase ngaho gukorakoranaho kubera kwijyenga nta gitsure bacyigira kandi nti wibeshye uko ubabona uko Iyo umuntu yarari mbere yirinda muri byose mu myambarire mu misatsi mbere ugasanga wari umusatsi w'umwimerere ariko yajyera aho ajyera akumva haricyo yahinduraho menyako kabaye nahandi bihinduka uko . Yesu Christ wenyine niwe ubanza uzagirira abantu impuhwe ahari
Imana ibahe umugisha ku kiganiro cyiza mwaduhaye 🙏
Iki kiganiro rwose cyari gikenewe cyane Yesu abahe umugisha 🙏
Esther Ni umuhanga , avuga yitonze, Jado Sinza is lucky to have her ❤❤❤❤❤
Yesu aguhe umugisha Mama pastor kera waraduhuguraga cyane murubyiruko ukatubwira ngo uri iRose ririho amahwa
Murakoze mukomeze mutugaririze niryesi mubawe 🙏🙏🙏🙏🙏
God bless you all, Aya maasomo rwose ni ingenzi cyane kubana n'ababyeyi peh!!
Uyu mubyeyi ndamukunda weeee bless you abundantly 🥰
Muhabwe umugisha muratubatse cyane
Haleluya azi ubwenge cyane
Muhezagirwe rwose duheshejww umugisha namwe iyaba abari bacu bose bategaga amatwi bakumva
Mama pasteur ungeraho ko umwana yabaga aruwababyeyi Bose byatumaga umwana ahari hose abonako umubyeyi wese Ari bumugwe nabi bigatuma batinya bakanabubaha
Estér numwana mwiza yesu azakunezeze murugo rwawe
Abakobwa beza b'umutima ❤❤
Haleluy ndagusuhuje ndagukunda narinkukumbuye uracyakundana na Dembor wo Kwa paster ndagusuhuje cyn
Ndabakunze bantu banje, lmana ibahereze umugisha mwishura neza❤🎉
Azabe arasa na Dorcas
Mubyeyi mama pasteur nkunda impuguro zawe
Sis Esther ❤maze urasekeje😂😂😂😂Kristo akomeze Abashyigikire mwese bakobwa beza
Hareluya chr ndagusuhuje twiganye muri KIM
Ester muzamumbwirire ko mukunda cyane
Mwakoze mwaganiriye nezaaa
Hareluya weeee ndagusuhuj
Agape tv wari warabuze? Imana ishimwe ko wagarutse. God bless you
Abakobwa beza dosii
Halelua ari very realistic 😊
Azabe usa na madam papi clever p nibazk muvukan❤❤
Ndabashimiye kubwiki kiganiro abakobwa bacu bari mumugongo mwiza
Mama Pasteur arakoze kubwinama nziza ahaye abakobwa bacu muri rusanjye ababyeyi dukwiye gukomeza inshingano zacu twita kubana bacu bakobwa muri rusanjye
Iki kiganiro ni cyiza Theo uzadushyirireho n'ikindi kijyanye n'imyambarire n'imisokoreze y'abakobwa b'abakristo
Wow ibiganiro nkibi ni ingenzi urubyiruko turabikeneye
Ikiganiri cyiza cyane
Hallelujah nanjye namukunda kbx nimwiza mumpe number akoresha
Twasabaga ko mwadutegurira uburyo twabona ibiganiro by,uburyo twarera abana b,abakobwa neza inama turazikeneye murakoze❤
Ikigali Road cyiza p,barakuze guhugura abajeunes❤ ubutaha bazatubwire uko umukristu yakwitwara muri fiançaille
Yoooooo babucura mu bakobwa batewe ishema no gukizwa mfite ubwoba bwa barumuna banyu!
Nibyiza
Nako uyireke ufite ubwiza karemano pe!
Nonec m pasteur ngewe ndimo kuyibaza izina nawe uyimbwirire insubize ndakwinginze iyababwiraga kera nubu nziko itahindutse kuko amazina yacu yose lmana irayazi
Iki kiganiro cyubahwe,bakobwa bacu mugihe agaciro !
Byiza ariko mwabicaje nabi kuko mama pasteur yakagombye kuba hagati.
Uko biri kose iki kiganiro kiraryoshye. Ndaza kubyumva mfite akanya
Bakobwa beza lmana ibahe imigisha
Kbx
Still nubu birazira kubana bubaha umuco wi Itorero rya ADEPR
Hhhhh mukomere mwese
Muri beza Kandi muri abanyakuri.
Copinage ku mu christo si ngombwa pe.kuko akenshi hazamo guhemuka kuko nta ntego iba ifite.
Gusura umusore mu nzu ari we nyine ni ukwikururira Satan!! Uyu mubyeyi aravuga ukuri!!! Ibyo avuga byose ni ukuri!! Njye nari mbiguyemo kera!
Iki nicyakera ariko kuko Alellua yarashyingiwe Ari hafi kubyara
Ndababara iyombonye ibiganiro nkibi bivugabizima bikabura comment ark ibivuga ubusa uganga birakurikirwa😭😭
aba bakobga ko ari beza we
Hareruya arasa na Dorcas umudamu wa papy clever
Igitekerezo. Igitsure ndacyemera pe. Gusa buriya hari ikintu kiza nge nakundiye ababyeyi bange. Papa by'umwihariko yantoje kugendana n'ijisho ry'Imana kurusha uko ko gutinya ababyeyi . Iyo utoje umwana wawe kubaha Imana akabitora, surveillance n'ubwo utayireka urayigabanya ubundi ukamubera umuguide.
Mwakoze kubwiki kiganiro !
Prodidge we ndagusuhuje
Aaaàas
😂❤❤❤❤❤😢❤❤❤❤😂
Yoooooo babucura mu bakobwa batewe ishema no gukizwa mfite ubwoba bwa barumuna banyu!