Miss w ibihe byose Martina ndagukunda. Mbona uri content uri mwiza the true beauty and the favor of God is on you profites- en Kandi ujye ushimira Imana yaguhaye izo mpano zose
Byaba byiza Miss Rwanda ibaye intangarugero mu kurwanya kuvangavanga indimi. Nyampinga ni nyampinga, aba areberwaho akanafatirwaho urugero nk'impinga. Mureke kuvangavanga indimi, niba ari ikibazo kibajijwe mu kinyarwanda muvuge ikinyarwanda, gisubizwe mu kinyarwanda, no mu cyongereza cyangwa igifaransa bibe gutyo. Erega kuvangavanga indimi si byo bivuga ko uzizi neza zose. Mwibuke ko iyo ubajijwe mu kinyarwanda hari abanyarwanda baba bashaka uko asubiza. Harimo ba nyampinga bagiye bagerageza kuvuga buri rurimi ukwarwo.
Aha Aha ho Mbuze Choice pee u girls Ndabona Hano harimwo Miss Mwese Murarikwiye Top 10 murimwo Even in Top 5 Muheto Urabona Ko Yakosoye over confidence Mbega Mwese Muratuje Urabona Ko Muzi ibyo murimwo For me 90% kuri mwese Vanessa Na Amanda Bari stable arasubizanya ubwitonzi bwinshi Muheto Na Marlene bari calm Urabona Bari wize cyane
All I can say just to wish u the best indeed & blessing coz all u are beautiful
Amanda has a charismatic personality, she can sing, and the dimples on her cheeks.. awww 😍 😍 😍 She's such a sweetheart
😭😭 oh my God Vanessa honesty and improvement Journey is so sweet and encouraging
You deserve to be miss Rwanda 2022🇷🇼🇷🇼 Marlène. Courage Ku mushinga mwiza ufite muri Miss Rwanda wo kwita kubatishoboye like Tabita. Kwita kubababaye ni byiza kandi nibwo bumuntu ku muntu wese uzi Imana. Ngusabiye imigisha. Kandi nkuragije Nyagasani muri byose, ugushaka kwe azabe ariko kuzakora. Gusa kubwanjye naguha ikamba kuko urarikwiye.
Vanessa ni wowe Miss shyizeho n’akadomo. Uri mwiza pe! Uburyo uvuga utuje ibisubizo byawe uri kubitondekanya neza. Courage ma.
Miss: Vanessa
1st runner up: Muheto
2st runner up: Darina cg Sabine
Photogenic: Kelia
Popularity: Jeannette
ssx
ssx
Vanessa has both brain and beauty, she deserves the crown.
Vanessa you deserve to be miss Rwanda uzi gusubiza ,gutondekanya amagambo uko bikwiye ,Uri mwiza
Woww muheto rwose afite content iri very interesting#kudatakaza icyizere umuntu amufitiye. Ndabigukundiye dear👨❤️💋👨
Miss Rwanda is a God sent to rescue young girls ❤️ much respect ✊
Team Vanessa Uwimanzi all the way! she deserves it
May God provide wisdom to Judge to choose really Miss 2022 bcz their all beauty, humble, disciplined and intelligent to me all are YES.
Marlène❤️❤️ nkwifurije amahirwe masa. Nyagasani muri kumwe.
Miss muheto imbere cyane 🙏🔥
Miss Rwanda Vanessa uwimanzi😘
Wowwww miss Amanda Saro uririmba neza cyane and u re beautiful, wujuje byose pe u deserve this crown 👑
Vanessa uwimanzi all the way 🔥🔥🔥
Wow beautiful Rwandais girls. I'love Rwandais girls women for married from Netherlands
Vanessa uri keza disi uranitonda Cyane 🙏🏼🙏🏼amahirwe masa gusa miss ni nro47 kazeneza Marie
This group is unpredictable, the girls are pretty much! but Muheto still my favorite
Same
Amanda i have liked you ka darling.
Nice voice,your dimples are lovable as well
You are just aka sweetheart
Marlene😍😍go high cuz😊
Marlene ni umuhanga kbsa!!
Vanessa juuu sana 🔥👌
Uwimanzi Vanessa she deserves it ❤
Amanda Saro courage
Amanda humble girl, nimutima w'urugo rwose
Amanda💋🥰🥰🥰love from 🇺🇬
Uwimanzi ni mwiza cyane nubwo n'abandi ari beza
Marlene nice content
Miss w ibihe byose Martina ndagukunda. Mbona uri content uri mwiza the true beauty and the favor of God is on you profites- en Kandi ujye ushimira Imana yaguhaye izo mpano zose
Woow they are so intelligent, beautiful, confident, courage kd bn chance
Muri beza shenge, muri bato batari gito, mbifurije amahirwe masa . blessings 🙏🙏🙏
Amanda imbere cyane ♥️💚💛💜💯
Amanda we love u
Really loved the dialogue! shoutout to Ruth B's fans!! really loved the piece too...Kepp fighting girls and give your best!!
Saro amanda arakunditse naga puculi🥰
Vanessa nimwiza niwe miss peee kuko arabikwiriye aravuga neza bambe
Vanessa hejuru cyane
Beautiful Souls
Amanda 💕🔥
All the best to our beautiful girls
Amanda ♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️
Vanesa👌
Byaba byiza Miss Rwanda ibaye intangarugero mu kurwanya kuvangavanga indimi. Nyampinga ni nyampinga, aba areberwaho akanafatirwaho urugero nk'impinga.
Mureke kuvangavanga indimi, niba ari ikibazo kibajijwe mu kinyarwanda muvuge ikinyarwanda, gisubizwe mu kinyarwanda, no mu cyongereza cyangwa igifaransa bibe gutyo. Erega kuvangavanga indimi si byo bivuga ko uzizi neza zose. Mwibuke ko iyo ubajijwe mu kinyarwanda hari abanyarwanda baba bashaka uko asubiza.
Harimo ba nyampinga bagiye bagerageza kuvuga buri rurimi ukwarwo.
Ibi bintu rwose ni ubuswa buhambaye . Umuryango nyarwanda ufite ikibazo cyo kurebera ubwema mukuvuga indimi z’amahanga . Ubuse ni Nyampinga wu Rwanda !!! Cg ni ibindi ntazi .
Muhetooo
Wish you the best
muheto has a wonderful and creative personality
Miss Ni muheto
Miss Rwanda 2022
1. MUHETO
2. AMANDA
3. Jeannette
4. Vanessa .Approved ✍️
Amandant Saro u derve it
Aha Aha ho Mbuze Choice pee u girls Ndabona Hano harimwo Miss Mwese Murarikwiye Top 10 murimwo
Even in Top 5 Muheto Urabona Ko Yakosoye over confidence Mbega Mwese Muratuje Urabona Ko Muzi ibyo murimwo For me 90% kuri mwese
Vanessa Na Amanda Bari stable arasubizanya ubwitonzi bwinshi
Muheto Na Marlene bari calm Urabona Bari wize cyane
Muheto....
Number 44 Muheto
🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Nurucabana Muheto gonna get the crown
Muheto courage
Muheto urimwiza pe
Amanda❤️❤️❤️❤️❤️
Muheto n 1 miss Rwanda 2022
Amanda for Mee
Amanda saro🥺❤️❤️
Miss Amanda courage 💞💞💞💞💞💞💖💖💖💖💖
All the best sweetie souls💟
Amanda saro all the way guys💪🏽
Vanessa nikeza pe
Vanessa ubereye ikamba pe uri mwiza
Muheto urikeza rero uracamo yesu akundindire utsinde mama ndagusabira sindyama pe
Uwimanzi shenge , numwari ninyampinga ukwiriye ikampa. afite uburere bukwiriye umunyarwandakazi.
Am muganda bat my mamu is rwandi Manda big up
Muheto Ni yubahwe cyane ❤️❤️❤️
Muheto niw miss muzoba mubwira
Abari beza
Amanda uri mwiza kdi uratuje. Ukwiye ikamba
Vanessa niwe peee
Amanda
AGNES YARAKAYE : FPR nimureke tuyereke amakosa yayo yose // Nzababwira kugeza igihe muzanyicira ruclips.net/video/Gifte_ePD6c/видео.html
Ziba washyano we
Martina how idore you!
Ark muheto kombona arebana agasuzuguro numushiha
Nange ntayo da
Amanda nkwifurije amahirwe masa
Ariko muheto ko mutamubaza mucyogereza bivuziki da!?
Marlène tukuri inyuma
Muheto imbere
Muheto urimwiza pee
Azinogusubiza neza kbx👏
Muheto ni mwiza ndagapfusha rukara
Vanessa asa n Muyango pe
Barenda gusa ariko muyango aseka neza kumurusha.
Ese final ni ryari
Muheto arabikwiye
@@nyiransabimanajulienne160 erega ntawuri hariya utabikwiye,utabikwiye ntago yahageze
Hhhhhhhhhhhhh nibyiza p
Muheto uri mwiza pee ubaye miss wenda twakongera kugira Miss mwiza byukuri.abandi ndabona ntazi.
Marlene
Cool ndakwinginze Kanda Aho kwiyo photo unkorere subscribe and like comment kwi ITARA tv 2 wirebere film nyarwanda na comedy nziza zibereye amaso
Ibaze ubaye ufite ikibazo cyo kurangiza vuba ndetse no gucika intege. mugihe cyo gutera akabariro wakoresha. cafezi na
REVIVE ikozwe mu bimera bizwiho kongerera igitsinagabo imbaraga mu mibonano mpuzabitsina no gutuma imitsi ikora neza.
REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa *Epimedium* N'igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w'ibihingwa bizwi nka *berberidacea* kiboneka mu majyepfo y'Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
Iki gihingwa kimaze imyaka isaga ibihumbi bibiri mu Bushinwa gikoreshwa nkicyongera imbaraga z’abagabo ndetse no mu kuvura imikorere mibi ku mubiri wa kigabo.
REVIVE yateguwe byumwihariko kugirango yongere ubushake bw'imibonano mpuzabitsina, yongere ubwinshi no gukomera kw'intanga, yongere imbaraga za ogisijeni mu maraso.
REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. Ubaye ufite icyo kibazo rero hamagara 0786530978
Muheto ushubiji neza amafaranga ntakyamaze ikyambere urimwi za pe amahirwe masa
Vanessa deserve the crown 👑👑 for sure 💯💯
You deserve to be miss Rwanda 2022🇷🇼🇷🇼 Marlène. Courage Ku mushinga mwiza ufite muri Miss Rwanda wo kwita kubatishoboye like Tabita. Kwita kubababaye ni byiza kandi nibwo bumuntu ku muntu wese uzi Imana. Ngusabiye imigisha. Kandi nkuragije Nyagasani muri byose, ugushaka kwe azabe ariko kuzakora. Gusa kubwanjye naguha ikamba kuko urarikwiye.
Amanda