Agasaro Hari ndemeranya nawe kuba umuntu aba kuri social media ntibiaha uburenganzira bwo kumuvugahk ibihuha no kumusebya niba ukeka ko nkubeshye ibyo gusesengura musesereza uzabivuhe kubayobozi bakuru urebe ko biguhira itegeko ntabwo ribireba niba yaramamaye ahubwo rureba niba ibyo wavuze harimo gukwiza ibihuha
Theo byikubye inshuro nagukunda pe❤❤ urinyangamugayo,urumuntu w'umugabo cyane, iyi mihanda iriho abantu bamwe,bakora ibiganiro bisenya society kandi bakoze ibyiza byakwemerwa
Sabin Afite ubwenjye Yajimije mwagirangose Azatukana? Ahubwo Arahabona👍👍👍👍👍
Theos uri umugabo w'inyanga mugayo cyaneee.Uri umuhanga cyanee
❤❤❤❤❤❤❤❤❤ ndakunda Théo kuko ur'umuhanga peee. Wanse kwinjira mu matiku. Vyukuri wishuye Gasaro nkinyankamugayo.
Ntaco Sabin yakoze cari gutuma yisobanura kuvyo abantu bari biteze.
Uzi ubwenge wobona ko ataco atishuye. Yishuranye ubwenge bwinshi.
Igihari Nuko Sabin Ameze Neza Ikindi Sabin Ukuri Kose Yakuvuze Umuntu Utagize Icyo Abonamo Nuko Ntacyo Yarakenewe Kubona Ikindi Kwigaragaza Kwa Sabin Byari Bikwiye Kuk Hari Abivugishwa Ngo Nyosho Ngo Ntazagaruka Ahubwo Abanzi Ba Sabin Mwicare Mwige Ch
Sabin nta gisobanuro na kimwe atugomba. Yaganiriye n'umuryango we bamwereka unconditional love, n'Imana ye yamuremye. Ibindi ni ugukurikiza icyo amategeko aranga urubuga mpuzabuhanga ruvuga, desordre n'amatiku tukabivamo.
Wapi imoamvu ngwinondebe yemeye ko sabin ari umugabo we atariwe bizakomeza kwuvazwaho abanyarwanda turaziranye erega
jewnkunda Sabe nahobamuharaboka sinzava kwi simbi.tv❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
gahunda ni ukumufasha cyanee
Turagukunda kdi arakunditse pe, akora neza abatabibona sibyabo @@cyizaadams469
Mukomere. Gasaro tv. Nibyiza komuduha ibiganiro, byiza kyane. Ariko, Gasaro, nawe, turagukyeneye ko uzakora, Video tuzajya, tukubonamo
Yego rwose, nkuhaye sub nange uyimpe
Sabin courage ukora niwe ukosa
Sabin ndamukinda niyo nzasigara ndumwe
Ariko kuki bifuza ko Sabin abasobanurira ibyamubayeho ari mu rukiko se, buri wese azategereze ibyo yari yiteze igisubizo azakibona . Sibo bamugaruye mwisi yabazima nibategereze igihano gikwiranye n'ibyo bamukoreye kuko Imana ihora ihoze.
Kuki batabyibaza? Nabanyakuri ntamatiku cg nkurikira utazi uwo ukurikiye. Mwe mwumva ntacyo agomba kuvuga, mwese muri abanyamayanga. Niba ukunda umuntu ukamubura ntiwibaza aho yagiye cg icyo yabaye? Kuki abaza abantu Aho baburiye mubiganiro bye, we akaba atasubiza icyo kibazo murumva adafite ikibazo? Biragaragara ko harimo ukuri kubyavuzwe.
Sandrine ni wowe usigaye tutakubona kuri Camera! Uzatwiyereke Dore na Sabin twamubonye👏👏👏
@dorotheuwamaria5107 wivugira abandi kuko wowe uranzi neza😂😂😂
@@gasarotv Amakuru menye n'uko Comment nyinshi zinjiza! Ndaje nandike sha? NDUNDUBWONKO uzampemba hafi warigwiriye😁😁
Theo uri umuhanga am your fan, kdi uvuga utuje ndabikunda cane
Uwubonye Sando mu kirahuri nkanjye ampe like 😂😂😂😂😂
😂😂😂😂😂😂😂😂,ese ubundi kuki yihisha haruwo yibye,nashake azigaragaze kuko nubundi kwihisha ntacyo bimaze na sain nawe yariyarakaniye ko adateze kwiyerekana none twamubonye ubundise karekose.
Ibyo ni ukuri rwose Theo gusa kuko umuntu mwashakanye en plus noneho mufitanye n'abana warangiza ukajya kumuvuga ibyo yagukoreye wibwira ko uri kubaka umuryango uba wibeshye . Icyambere uba uhemukiye abana mugihe cyabo kizaza ikindi kandi nawe uba wihemukiye cyane kuko uba waremeye ko mubana . Please dushake amafaranga ark muburyo buri positive turebe future cyane kuko amashusho ntasaza azagumaho .
Umusatsi wawe wagarutse Theo
Byiza cyane🙏🙏
Uvuga ukuri pe❤❤❤
Sabin ati ishuri ni ikindi, nawe Théo urasobanutse anyway.
teo. ndagukunda cyaneee uratuje wararezwe ndagukurikira❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Sha agasozi k'iwacu havuka abagabo gusa pe, Sabin ni umuntu w'ujugabo n'amatiku bamutwerera ntiyayajyamo. Gusa baramuziza iterambere agezeho, kuri iyi mihanda abafite Subscribers nkabe ni bangahe? ♥ Igiti cyera imbuto nziza cyane nicyo giterwa amabuye bashaka izo mbuto❤
Yego sha ndamukunda cyane ko ataza guterana amagambo nabamusebya, buriya se bumvaga ko aza kubabwira ubujajwa nkubwabo?mpise nkora sub, nange uyinkorere twikomereze rata
Gasaro ateye ubwoba ntako utagerageje Theo arakunanira,amatiku ni ba pasta Claude uzobarondere
Ariko usaba Sabin kwisobanura ni muntu ki? Ni Imana ko ari yo yera itagira amakosa?
Theo nawe uribumuhanga uraziko ikibazo abanyarwa bafite ari umunwa
Sabin n'umunyabwenge ntabisobanuro atugomba namba, ahubwo abantu bamwigireho bave mumatiku
Theo
Ndumusa binee
Umugabo witonda kandi wirinda induru
Mwikwigiza nkana ngo RUclips yarahindutse kandi mubizi neza. Nimunyungu za Leta. Mwahawe rugali ngo mufungure youtube muhangane na opposition. None muritakosha😂
Theo ndagukunda gusa ubumuntu ugira uzabitoze abawe Bose nuki Sabin ntakidasanzwe urakoze nuko inkozi zibibi zamwihaye gusa namushimiye ko yacecetse
Agasaro Hari ndemeranya nawe kuba umuntu aba kuri social media ntibiaha uburenganzira bwo kumuvugahk ibihuha no kumusebya niba ukeka ko nkubeshye ibyo gusesengura musesereza uzabivuhe kubayobozi bakuru urebe ko biguhira itegeko ntabwo ribireba niba yaramamaye ahubwo rureba niba ibyo wavuze harimo gukwiza ibihuha
Sha kubera ukuntu nkunda Sando!! Ngiye kujya nandika commantaire zirenze 50! Mutuke, mutake, ariko RUclips nihitamo iyo Video, ikamuhembe ntangurire DUNDUBWONKO, cg CUNGUMUNTU 😭😭😭 Sando we uzaba undiye Sha 🙏
Sando njye ndagukunda kandi nzaza kuguduhuza.
😂 SANDRINE NAWE DUKENEYE KUKUREBA AMASO KU YANDI DI😅 ESE MWIHISHIRA IKI ? NONE SABIN UKO BYAMUGENDEKEYE BYATUMYE ATWIYEREKA 😂😂😂
Kujya gusambana wambaye ishapure mwana ibaze nawe
Yaragusambanyije?
Ko atari wowe wamutumye guhanuka kubipangu byabandi nkubwo uraburana iki yari yabuze amarembo?
Nonese bikumariye iki Mu buzima bwawe?
Nukuri sab ngwi bwambere ye abarimubeza mwabonye ukuntu urindagiza umwanzi ukibura😂😂
None se mugira ababwire iki njajwete karara ntiyababaiye ubuse karara yunguste iki Koko ubugome gusa bazahurira imbere
Sandrinr nawe azaza kwiyerekana kuri camera aruko afashwe muri scandale yumusambanyi😂😂😂
@truthwin5854 ibyo unyifurije IMANA igukubire 1000.bikugirirweho
Nonese? Yiyerekanye kubirako twamubonye kwa ngwino ndebe yarasebye gusa
Agasa iyo wisobanuye urisobanya umunyabwenge ntiyisobanura kuko byateza izindi coment
Mureke amatiku mushake izindi content izo twarazihaze rwose hari byinshi wakora Kandi ukabona views
Niwowe wazihaze wowe shaka izindi content siwowe ubabwira guhindura kbs
@alicedusabe7510 umbaye kure mba ngukoze🤝
😂😂😂Ati nibwo twabonye Mugenzi wacu😂😂😂 Mugenzi wawe ni inde,undi ati nishimiye kugaruka weeee😂😂😂😂 Ayinyaaaaaa uburyarya shaaaaannn 😂😂Mwaramuvuze weeee😂😂mbega gusa nyine benshi mufite ibimwaro😂😂
Ibimwaro byiki se nibo basimbutse ibipangu cg nibo baseseraga mumikoki ? Ibyo bamuvuze se ubundi wagizengo byavuyeho ? Sha ibye ntibiteze gusibangana nubwo yagarutse 😂😂😂😂😂😂
@@esperancemujawiyera7986ikiza cyane ni uko uwo wabonye atari we.Imana ishimwe
@@esperancemujawiyera7986 Guma uko nonese hari kindi cyakuvamo😂😂😂😂
@esperancemujawiyera7986 😂😂😂😂😂😂😂😂,urabivuze mpita mbona ya video yirukanga mumikoki aturumbuka munzu yandagaswi agana murisimbukiro kugipangu arikwihisha amaso yabantu,ariko abantu rwose ngoyashimiye umugore atamushimira se kuba umugore yaravuze ariyamagambo suko yariyishimye rwose,ubundi abagore bose hobava bakagera bahishira abagabo babo mumakosa babakorera ninayompamvu mungo haracyarimo ihohoterwa ry'umugore mumiryango,uziko ushobora gusanga umugore bamukubita vamumennye umutwe wamubaza akakubwirako amaze gukubita umutwe kugikuta,umugore ntabwo ahita afata umwanzura ,abagore bafite ahantu babika amakosa yabagabo babo ubundi yobyuzuye nibwo mubona urugo rwasenyutse,mwese mwarimuziko aza asaba sorry kuri yago ndetse nabandibantu bose natengushye,jyewe nabonye mwese mutaranyuzwe.
Ahubwo unva umuntu avunitse amaguru kubera abagore, none aragarutse arya iminwa yisekeshwa ahengetse iminwa, akajya avuga ibintu abicagaguramo kabiri ukunva aragarutse ngo ohhh agasubiramo😭😹😹😹😹yarangiza ngo yarize? Yize iki? Yize angahe? Utazi ubwenge ashima ubwe pe! Umunyabwenge ntago abura dignity to that low level kabisa! Umunyabwenge aba arimo akora research zibyejo hazaza ntago ashuka abatumirwa kutajya kuzindi Chanels ngo kugirango ubaterane imbere! Ese kuki abantu bigira beza?!
Rata umuntu ushaka ubusobanuro numunyamatiku