Hari imfungwa HE P.Kagame natorwa azaha imbabazi? Bamporiki, CG Gasana, Rusizana, Dubayi n’”Abandi”🤫
HTML-код
- Опубликовано: 20 июн 2024
- HARI AMAKURU, IBITEKEREZO CG IBYIFUZO WIFUZA KUTUGEZAHO? WADUHAMAGARA CG SE UKATWANDIKIRA KURI NOMERO +250788308594 (IRI NO KURI WHATSUP). TUBAHAYE IKAZE KANDI MUKANDE KURI "SUBSCRIBE" KU BATARABIKORA
Twari tubakumbuye mwaratinze kutugezaho ikiganiro,dukunda ibiganiro murugezaho
Byiza cyane
Azababarire bose cyane cyane abamazemo imyaka irenze 10
Jyewe mwisabiye imbabazi zabatekereje kumwandikira bazimusaba niba inyandiko zabo barazimushyikirije
Abanyarwanda murasetsa cyane Niki muvuga
Icyaha cyose nicyaha turamusabye Ngo umwana wese kumubyeyi we umwana
Ese, kuki mutekerezako MAKENGA yarimurwanda?
Ubwo mwemeje ko urwanda arirwo rumufasha🤷♀️
nugushaka indangurura majwi 3, mugihe abatumirwa ari 3. kuko bitera iso kutayifite
Agahugu gato ,gakennye....kagira abasirikari ibihumbi n'ibihumbi.... mukeka ko batarya???? Ubwo se ibyo kugaburira abana bizava he?? Ubushobozi bw'ababyeyi ni buke cyane. Mu rugo ntibarya...neza, ku ishuri barazongwa kubera inzara... ibibazo ( santé corporelle et mentale) bizabuzwa n'iki?? Igihe cyose abaturage batihagije mu biribwa, iki kimeze nka jenoside ....
Imbabazi ni ngombwa kubazi kwiye!!! Bazihabwe bahereye kuri bamporiki eduwar
Ngo imbabazi zizahabwe abakoze icyaha cyoroheje
T❤
Kuki imbabazi zahabwa Bamporiki na Gasana abafunzwe vuba aho guhera kuri Mushyayidi umuze mo imyaka n'imyaniko na bariya banyamakuru abafunzwe ku mpamvu zidasobanutse?
Ukwiye imbabazi mbere ni bamporiki eduard na kazoza
Abakoze ibyaha byoroheje
Ariko murashaka kurira hit kucyiganiro cya mutesi 😂😊😅
1:30 Ngo ni ubwa mbere iburyo bwawe hicaye ikiremwa? Joseph H. Ko ahora ahicara muri mu kiganiro burya se si ikiremwa?
Si akamwenya, ni akamwemwe...
Murantunga si arimenyereye kumva iki kiganiro kiyobowe nabakirimo gusa amarso mashya nimeza ariko consistency ningombwa ,benshi mubabakurikira twakurikiranye ibiganiro byanyu birimo joseph mukuru kuba tutabikurikirana cyane nuko hari aho twari tumenyereye ko mutugeza ,mutageza joseph adahari