IBYO YAHURIYE Nabyo DUBAI Nagahomamunwa😥🙆♂️😳Isomo Rikomeye kubashaka kujya kuba hanze Murubu buryo👂
HTML-код
- Опубликовано: 15 окт 2024
- #ireretv #dailybread #ireretv+250788351168
IRERE TV ni RUclips Channel igamije kugeza ijambo rihumuriza kubayikurikira buri umunsi.
kubagezaho kandi ibiganiro byubaka umuryango nyarwanda muburyo bwumwuka, ubugingo ndetse no mumubiri.
IRERE TV kandi dufasha kurerera Urwanda, dutanga inyigisho kubana nurubyiruko muri rusanjye.
Turatarama yewe Tukaramya Imana. Ushaka kutugezaho, ubuhamya, inyuganizi cg igitekerezo waduhamagara kuri
Tel: 0780767456.
Tubashimira kuba mudahwema kubana natwe mubiganiro tubageza. kora share usangize abandi icyiganiro wakunze, unakande subscribe niba utaraikora. wowe wabikoze Imana uguhe umugisha.
IRERE TV is a RUclips Channel that aims to bring comforting words to its followers every day.
and to provide them with discussions that build up the Rwandan community spiritually, spiritually and physically.
IRERE TV also helps to raise Rwanda, we provide education to children and youth in the country.
We worship God. If you want to share with us, a testimony, a lawyer or an opinion, you can call us at
Tel: 0780767456.
Thank you for continuing to stay with us in the conversation. Do share the conversation you liked, and click subscribe if you haven't already done so. you did it God bless you.
Sha hari inshuti yanjye byabayeho neza nkibi. We yagiye canada ariko yagarukanye depression nubu itarakira.
Gusa iyo byanze mugihugu cyamahanga umwanzuro ni kurya kuri UN office cg resettlement senter njye mbaye mubihugu 8 iyo niryo banga
Muvandi urintwari cyane kuko wemeye kuva iriya utihagazeho uriho nabi kuba utaritaye uko abantu bari bubibone kandi Uwiteka niwe mugenga wubuzima bwacu kuko no mumafuti yacu ayaturindiramo akomeze ahabwe icyubahiro
Ooooh, ntago biba byoroshye. Ubuzima buba bukaze hanze.
Ayomakuru urubyiruko rwomurwanda rurayakeneye rwose gobaba baziko bagiye gukira ahh
Umunyamakuru utazi kubaza ,ibibazo byawe ntakigenda
Sha wari warezwepe go niwamuregwe usiga izara
Urubwaze ????
Yoooo
Wampaye number yawe nkakubaza amakuru menshi ko nanjye nashakaga kujyayo
Nimero ze azigarukaho mukiganiro
Uzanyandikire in box nkujyane ahandi heza hatari mubarabu kuko hariya si ahantu. Abarabu Ni Babi cyane
Wazandangiye se nange sga
@@jeanbaptistenshimyumuremyi8858 hahah uzanshake !! Si uko babivuga disi we !! Hahaha
Woe warasaze twe ko turiyo ntidukora amafrga kandi turayafite
@@PaulMugabo-i7w lol !!! Hahah