Размер видео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показать панель управления
Автовоспроизведение
Автоповтор
Thank u pastor Ndanshaka kugufashaUyumurimo muri iyi 2020 Guhamya Yesu Christo
Amen, pastor avuzukuri kwijambo, dukeneye abantu benshi bameze nkawe batubwira ukuri kwijambo. Imana iguhe umugisha
Uwiteka aguhembe mubyeyi wacu. Iyaba abiyita abakozi b'Imana bageraga ikirenge mucyawe Igihugu cyacu cyabona ububyutse. Habwa umugisha n'Uwiteka.
Canon nkunda ko muvugisha ukuri indaya zabaye nyinshi utubyiniro twariyongereye pe, ububyutse ntabwo turabubona ahubwo ibyaha bikabije kwiyongera cyane uko niko kuri ariko Uwiteka niwe wahindura imitima y'Abanyarwanda benshi bagakizwa bakareka kwibagirwa aho twavuye kuko niba Yesu atinze kuza urupfu narwo ruri haf
Imana iguhe umugisha Pastor. Ikwongere iminsi yo kubaho ukomeze uyobore ubwoko bw'Imana. Ikwongere ubwenge, ikiganza cyayo kikubeho mwe n'umuryango wanyu.
Mbikuye ku mutima ndagushimye kandi ndagukunze. Ndanyuzwe. Imana nisingizwe
Mukozi w'Immana urakabyara uragaheka urakuzukuruza!ndagukunda urumuhanga!urakabona ibyiza byose kdi Immana izaguhe ijuru
Ohh nawe rwose bizakubere gutyo bambe.
Yooo umvugiye ibintu najye nkunda Rutayisire weeee sinabona uko mbivuga arakabaho arakarama arakabona ijuru arakabyara aragaheka arakuzukuruza arakabona ibyiza Imana itanga arabona ibirenze ibyo atekera ntawabona ibyo amusabira nibyo amwifuriza. Biratangaje ukuntu atwubaka turi benshi kandi atatuzi tutanamuzi ndetse nabari hanze kure mu amahanga bakubakwa n'ijambo rye. Icyama nkazagira amahirwe yo kuzahura nawe tukaganira mba nifuza ayo mahirwe nuwo munsi. Turagukunda tukwifurije ibyizs muri 2020 hamwe na madame wawe nabana bawe numurimo Data yaguhamagariye. 💖💞💜🌹
Uri umuhanga rwose dukeneye abantu nkawe benshi. Happy New Year.
N'ukuri umvugiye ibyo nifuzaga ko abantu bamenya bakava mukwigirisha bagakiranuka by'ukuri. Ubusabane n'Imana bukaba sincere and deep. Ubu huzuye kwishushanya kwinshi Imana idutabare.
Amen.uranyubaka Papa Antoine. Imana ikomeze ikwagure muri byose.
Ndakwemera Imana yumve gusenga kwawe izane ububyutse ku Isi yose
Uvuga ukuri kwijambo ry'Imana
Ntamuntu narimbwunve avuganeza nkwawe Imana iguhe umugisha
Umwuka wera agume muri wowe , uramfasha cyaneeee
U Rwanda rufite abanyabwenge.👌
Amen
Wuzuye umbwenge mbw Imana
Imana igikomeza kumwongerera amavuta n umugisha.
Uri umwe mu bakozi b'Imana beza. Imana ikwagure cyane
Mwigisha,abantu nibigishe kw ihana mu kuri nta buryarya. Nyuma yibyo ububyutse buzaza.abant bavuye mubyaha.
Pasteur Imana iri kumwe nawe pe! nanga abantu barata ibitangaza. kuko buri munsi mbona ibitangaza iyo mbonye ndamye nka byuka nigitangaza, iyo mbonye ibyo kurya by'umunsi wose n'igitangaza, inzu nkodesha n'igitangaza, iyo nsoje umunsi ndi muzima n'igitangaza. Nyuzwe nibyo bitangaza Imana inkorera umunsi k'uwundi kandi nta kwiriye ndi umunyabyaha. Ndanyuzwe Mana yajye habwa icyubahiro uri uwiteka Imana ikomeye, uri ishoborabyose, icubahiro n'ikuzo ni byawe iteka ryose.
Pastor erega abantu ntibumva, ntanubwo bemera, niyo mpamvu abantu bavuga ibikorwa muma Churches ngo ahari abinangiye bazamunzu yimana
Ububyutse tuzabubona umunsi amasengero yose azamamaza yuko turi ab'urukundo rumwe bamwe batavuga ngo nitwe dukomeye mu kwemera bemeza urukundo turarushaka,urwanko turarwanse. Mbega muratahura yuko abantu baguma batandukana mukwemera,mu kwizera ariko sekibi arushirizaho gutsinda kuko hiyongera gusebanya
Papa Pastor Antoine wuzuye ubwenge buva mu ijuru
Imana iguhe umugisha mwishii cane
My role model
Like
Amen.
Ububyuste buriho kuko ibitangaza nsi ububyuste rwose ahubwo ubutumwa bwiza bwa christo buriho kuvugwa bwubuntu
Kubyerekeranye no gutunga permis y' impimbano v. Byo ariya ni amahirwe yica ubugingo ariko akiza umubiri.Sinemeranya nuvuga ko yakwihana kandi agakomeza kuyitunga no kuyikoresha abizi neza ko ari ingurano
Invugo siyo ngiro.
Umushinja iki gituma uvuga ko ivugo Atari ingiro
Pasta.murakozeCancer. YesuAbahezagire
Hari umubyeyi waduhaye ubuhamya ko yihinduje imyaka , igihe kimwe aza kurwara ajya muri coma, yibona yapfuye ngo abona ku musaraba we hanfitseho amazina ye hamwe bayandika , hanyuma hamwe bandika igihe yavukiye abona handitse ngo ikinyoma.Bivuze ko kubeshya imyaka cg amazina cg izo diplome na permis zimpimbano kanso ugakomeza kubikoresha ntakwihana kutari uko wahindura ibyo byose, ugasubizaho ibyukuri, ukazibukira ukajugunya cg ukareka gukoresha ibyo wibye.Pasteur simuvuguruje mbivuze nkurikije ubuhamya numvanye abakoze ubwo buriganya, Imana ikabasanga ikabereka ko badakwiye kwi edhya ko bihannye ahubwo kwihana kwemerwa n' Imana ni uko
Rv Dr Antoine Uri umuhanga pe?!
Uragaya abakorera cash wowe ntuhembwa ?ntukorera ibihembo??mwese muhuje umubyeyi
kurikirana IYUKORERA tv ubone ijambo ry'Imanaburi
Pasteur Imana ibahe umugisha uzi uwo wemeye kandi uhamya ukamuhamiza abantu.
Thank u pastor
Ndanshaka kugufasha
Uyumurimo muri iyi 2020
Guhamya Yesu Christo
Amen, pastor avuzukuri kwijambo, dukeneye abantu benshi bameze nkawe batubwira ukuri kwijambo. Imana iguhe umugisha
Uwiteka aguhembe mubyeyi wacu. Iyaba abiyita abakozi b'Imana bageraga ikirenge mucyawe Igihugu cyacu cyabona ububyutse. Habwa umugisha n'Uwiteka.
Canon nkunda ko muvugisha ukuri indaya zabaye nyinshi utubyiniro twariyongereye pe, ububyutse ntabwo turabubona ahubwo ibyaha bikabije kwiyongera cyane uko niko kuri ariko Uwiteka niwe wahindura imitima y'Abanyarwanda benshi bagakizwa bakareka kwibagirwa aho twavuye kuko niba Yesu atinze kuza urupfu narwo ruri haf
Imana iguhe umugisha Pastor. Ikwongere iminsi yo kubaho ukomeze uyobore ubwoko bw'Imana. Ikwongere ubwenge, ikiganza cyayo kikubeho mwe n'umuryango wanyu.
Mbikuye ku mutima ndagushimye kandi ndagukunze. Ndanyuzwe. Imana nisingizwe
Mukozi w'Immana urakabyara uragaheka urakuzukuruza!ndagukunda urumuhanga!urakabona ibyiza byose kdi Immana izaguhe ijuru
Ohh nawe rwose bizakubere gutyo bambe.
Yooo umvugiye ibintu najye nkunda Rutayisire weeee sinabona uko mbivuga arakabaho arakarama arakabona ijuru arakabyara aragaheka arakuzukuruza arakabona ibyiza Imana itanga arabona ibirenze ibyo atekera ntawabona ibyo amusabira nibyo amwifuriza. Biratangaje ukuntu atwubaka turi benshi kandi atatuzi tutanamuzi ndetse nabari hanze kure mu amahanga bakubakwa n'ijambo rye. Icyama nkazagira amahirwe yo kuzahura nawe tukaganira mba nifuza ayo mahirwe nuwo munsi. Turagukunda tukwifurije ibyizs muri 2020 hamwe na madame wawe nabana bawe numurimo Data yaguhamagariye. 💖💞💜🌹
Uri umuhanga rwose dukeneye abantu nkawe benshi. Happy New Year.
N'ukuri umvugiye ibyo nifuzaga ko abantu bamenya bakava mukwigirisha bagakiranuka by'ukuri. Ubusabane n'Imana bukaba sincere and deep. Ubu huzuye kwishushanya kwinshi Imana idutabare.
Amen.uranyubaka Papa Antoine. Imana ikomeze ikwagure muri byose.
Ndakwemera Imana yumve gusenga kwawe izane ububyutse ku Isi yose
Uvuga ukuri kwijambo ry'Imana
Ntamuntu narimbwunve avuganeza nkwawe Imana iguhe umugisha
Umwuka wera agume muri wowe , uramfasha cyaneeee
U Rwanda rufite abanyabwenge.👌
Amen
Wuzuye umbwenge mbw Imana
Imana igikomeza kumwongerera amavuta n umugisha.
Uri umwe mu bakozi b'Imana beza. Imana ikwagure cyane
Mwigisha,abantu nibigishe kw ihana mu kuri nta buryarya. Nyuma yibyo ububyutse buzaza.abant bavuye mubyaha.
Pasteur Imana iri kumwe nawe pe! nanga abantu barata ibitangaza. kuko buri munsi mbona ibitangaza iyo mbonye ndamye nka byuka nigitangaza, iyo mbonye ibyo kurya by'umunsi wose n'igitangaza, inzu nkodesha n'igitangaza, iyo nsoje umunsi ndi muzima n'igitangaza. Nyuzwe nibyo bitangaza Imana inkorera umunsi k'uwundi kandi nta kwiriye ndi umunyabyaha. Ndanyuzwe Mana yajye habwa icyubahiro uri uwiteka Imana ikomeye, uri ishoborabyose, icubahiro n'ikuzo ni byawe iteka ryose.
Pastor erega abantu ntibumva, ntanubwo bemera, niyo mpamvu abantu bavuga ibikorwa muma Churches ngo ahari abinangiye bazamunzu yimana
Ububyutse tuzabubona umunsi amasengero yose azamamaza yuko turi ab'urukundo rumwe bamwe batavuga ngo nitwe dukomeye mu kwemera bemeza urukundo turarushaka,urwanko turarwanse. Mbega muratahura yuko abantu baguma batandukana mukwemera,mu kwizera ariko sekibi arushirizaho gutsinda kuko hiyongera gusebanya
Papa Pastor Antoine wuzuye ubwenge buva mu ijuru
Imana iguhe umugisha mwishii cane
My role model
Like
Amen.
Ububyuste buriho kuko ibitangaza nsi ububyuste rwose ahubwo ubutumwa bwiza bwa christo buriho kuvugwa bwubuntu
Kubyerekeranye no gutunga permis y' impimbano v. Byo ariya ni amahirwe yica ubugingo ariko akiza umubiri.
Sinemeranya nuvuga ko yakwihana kandi agakomeza kuyitunga no kuyikoresha abizi neza ko ari ingurano
Invugo siyo ngiro.
Umushinja iki gituma uvuga ko ivugo Atari ingiro
Pasta.murakoze
Cancer. Yesu
Abahezagire
Hari umubyeyi waduhaye ubuhamya ko yihinduje imyaka , igihe kimwe aza kurwara ajya muri coma, yibona yapfuye ngo abona ku musaraba we hanfitseho amazina ye hamwe bayandika , hanyuma hamwe bandika igihe yavukiye abona handitse ngo ikinyoma.
Bivuze ko kubeshya imyaka cg amazina cg izo diplome na permis zimpimbano kanso ugakomeza kubikoresha ntakwihana kutari uko wahindura ibyo byose, ugasubizaho ibyukuri, ukazibukira ukajugunya cg ukareka gukoresha ibyo wibye.
Pasteur simuvuguruje mbivuze nkurikije ubuhamya numvanye abakoze ubwo buriganya, Imana ikabasanga ikabereka ko badakwiye kwi edhya ko bihannye ahubwo kwihana kwemerwa n' Imana ni uko
Rv Dr Antoine Uri umuhanga pe?!
Uragaya abakorera cash wowe ntuhembwa ?ntukorera ibihembo??mwese muhuje umubyeyi
kurikirana IYUKORERA tv ubone ijambo ry'Imanaburi
Pasteur Imana ibahe umugisha uzi uwo wemeye kandi uhamya ukamuhamiza abantu.
Amen.