Nukuri ndagukunda cyane mukozi w Imana imwongerere imbaraga n amavuta uge ukomeza uduhe izi mpuguro nziza cyane. Hanyuma ku byerekeranye n icyacumi n amaturo, uko dukataje twirinda ibyaha niko dukataje no gutanga ibyo byacumi n amaturo no gufasha abakene. Ugende wongere uyitubarize kuko ndumva bidasobanutse.
nimuve mu binyoma mwigishe abantu ukuri, ese n he Imana yavuze ko dutabarwa n ibyo twakoze!! mwabigisha binyoma mwe! mwitegure kuzisobanura ubwo Yesu Kristo azaba agarutse! erega nta muntu ukizwa n imirimo yakoze, ahubwo dukizwa n Imana ku bw ubuntu bwayo. nimusome Bibiliya nk uko biri, muvuze nk uko ivuga. yemweeee nimwihane muve mu binyoma.
Riziki uvuze ukuli kuko nta mu Kristo utegetswe gutanga Icya cumi. Urukundo rwa Kristo Turi muli twe nirwo rudutangisha ku bw’umutima ukunze atari ku bw itegeko. Musome 2abakorinto 9:7
Uwizera wese ni umutambyi afite inshingano yo kwamamaza Kristo. Kandi Yesu nta nyubako yasize nitwe twabaye insengero. Ibindi ni amaco y’inda! Ubu se Riziki afite nyubako yihe ? Et pourtant arigisha tugafashwa!
Mushiki wanjye komeza ujye imbere ntugire ubwoba kubw'imbaraga ze ufite uzabaho no mu rupfu ukomeze rwose iwacu mu ijuru bari mw'ijonjora, Imana iri gutoranya abera mu ntore, igihe kirihuta vuba kandi kitagaruka rangurura amahanga yose twumve ibyo Umwuka atubwira. uhabwe umugisha mwana w'Imana
Hallelujah nukura nkuko ubivuga is I icitse intege nkuko ubivuze babyebyi ntibakiyubaha isi yararangiye pe Kagabirwa Anety Uganda Hallelujah
Uri umukuristu kweli ndagukunda peeeeee uvuga Imana neza nkumva ndanyuzwe nanjye icyampa ngo njye nshyira mu bikorwa ibyo data aba yaguhaye kuduha.kuko ntuba wavangiwe uba urimo neza. Songa mbere mw'izina rya yesu
Imana dusenga itubabarire ibyo twayicumuyeho iturengere. Kagabirwa Anety Uganda Hallelujah
Yebabawe Imana idutabare riziki ndagukunda ukorera Imana pe
Imana yacu izaza yoguceceka koko ntawutazayibona Hallelujah ni Kagabirwa Anety Uganda Hallelujah
Riziki Ndagukunda cyane urabwiriza ngafashwa nukuri hari aho ngeze kubera inyigisho uduha.Imana igukomeze .amavuta amavuta.
Ndagukunda wa mukobwawe Imana ijye ikumpera umugisha mwinshiii kd rwose jyukomeza uvuge ukuri ,Uwiteka natwe adufashe gukora ibyo adusaba.Riziki love u
Izaza yoguceceka bene data Hallelujah Kagabirwa Anety Uganda Hallelujah urubanza ruzatsinda bake
Sinzahwema kukubwirako ngukunda mukozi wimana Imana ikumpere umugisha mwinshiii cyane 🙏
yesa mukomeze cane
Amen . Komera Riziki. Yesu agushyigikire cyane👏👏👏🙏🙏Uranyubatse cyane. Kandi nongeye gutitizwa cyane nuko Uwiteka aje kudusura. 😨😱 Mbega azasanga nsa nte? ??Imana imbabarire ibyaha byanjye nibicimuro byooose. Mana nzi ko utabeshya. Uraje pe .Unyejeshe Ezobu ndera. Amaraso ya Kristo atubeho abashaka kuyubaha iteka ryose. Amen.
Yesu nadutabare
Riziki Imana ijye iguha umugisha mwinshi cyane
Imana iguhe umugisha mukozi w'Imana kuduhugura ni Ijambo ry'Imana, amavuta ni imbaraga bikomeho ibihe byose mw'Izina rya Yesu Kristo 💕❤
Click this link to join RIZIKI CHANTAL Group's freinds: chat.whatsapp.com/HkUbA9rkyqbHuqdzekXojF
Yesu ashimwe cyanee barokore namwe nshuti za RIZIKI CHANTAL. Nifuje kugira icyo mvuga kuko hari ubwo tutaba abantu beza tukirengagiza umurimo ukomeye Team irigufasha chantal iba yakoze. Maze iminsi mbona muvugango ibibwira byatinze kuki ataduha ijambo muri munsi kandi nturamubaza imbogamizi agira kuringo byibura umufashe kugirango ajye atambutsa ijambo buri munsi hari ibikenerwa ngo ijambo rijye kuri youtube hari : CAMERA, INTERNET, EDITOR ,,CAMERAMAN,COMPUTER,TRANSPORT....Ese bene data muziko ibyo byose uwo muvugako mukunda (RIZIKI CHANTAL) abigira, ese abifitiye ubushobozi? Ndashakako ababishoboye bavugako Bakunda RIZIKI CHANTAL baza muri iyi groupe ya whatsap:chat.whatsapp.com/HkUbA9rkyqbHuqdzekXojF , tuzasaba na team imufasha kuza muri groupe tumenye imbogamizi tuyikemure cg tujye twakira ibibonetse kuko ntacyo twahinduraho ariko kwirirwa tuvugango yatinze ntakintu tunamufashije , tutazi n'imvune ibirimo yaba ari icyaha turigukora. NSHIMIYE TEAM YITANGA IKAMUFASHA. Click this link to join RIZIKI CHANTAL Group's freinds: chat.whatsapp.com/HkUbA9rkyqbHuqdzekXojF
Nukuri Imana iguhe umugisha ku bw'irijambo yagushyize ku mutima ugejeje ku bantu batuye isi.
Komerezaho rizikiwee ntugatinye abantu uzatinye Imana yaguhamagaye abariyo wubaha
riziki mukozi wimana yesu akwonger amavuta kuko urahembur imitima yumye nanje ndimwo.ndakwinginze unsengere cane kuko imitima wanje urumye. muzoba mukoze
Imana ishimwe kdi imbababarire ungire igikoresho cyayo nkuko igukoresha mukobwa wa Yesu Imana imfashe mururugendo Mana ndakwinginze nkoresha kdi ukomeze uyumukobwa
Murakoze nkuko ushije sitegekoko ibyo uvuze buriwese abifate nkuko abyumvishe nawe yasenga agasobanuza Imana gusa abantu nibyiza ko babwirizwa ukuri kwijambo ry'Imana kubyicyacumi ibyo wavuze simbyemera icyacumi kigomba gutangwa hanyuma abasigaye nayo simake ushaka gufasha abatishoboye ngirango yabafasha nyuma yogutanga icyacumi
Abayoborwa n'umwuka wera nibo bana b'Imana. Imana yivugiye ko iba mumuntu; none Uhuye numushonji (ariwe Imana ibamo) umuciyeho ngo ugiye gutanga 1/10! Ubwo se uba ugihaye Imana kdi wayitaye kunzira ngo ugiye kuyishakira murusengero ubwayo yararuvuzeho ko itaba mumazu yubatswe n'abana babantu? Yesu yaravuze ze ngo azakubwira ngo nari nshonje ntiwangaburira none ukwiriye kujya aho bazaririra bagahekenyera amenyo. Haraho wumvise avuga nkibyo kvutatanze 1/10murusengero?
@@pacificmugiraneza598 ese wigeze ufashe abekene kumafaranga yose yicyacumi ukayakotesha??
Imana iguhe umugisha
@@lmanaiguheumugishaalice6614 nibyiza kumva icyo abandi bavuga gusa RIZIKI s'Imana buriwese nyuma yokumva ibyo ababwiriza batandukanye bavuga abagomba kubanza kuvugana n'Imana Yee gusa RIZIKI Imana imuhe umugisha
@@sergedusengimana6645ese abatajya munsengero bo ko batagitanga ubwo Imana ntibazi Koko Kandi harigihe bazatanga abandi mwijuru
Nukuri ndagukunda cyane mukozi w Imana imwongerere imbaraga n amavuta uge ukomeza uduhe izi mpuguro nziza cyane. Hanyuma ku byerekeranye n icyacumi n amaturo, uko dukataje twirinda ibyaha niko dukataje no gutanga ibyo byacumi n amaturo no gufasha abakene. Ugende wongere uyitubarize kuko ndumva bidasobanutse.
Imbaraga namavuta mukozi w Imana vugira uwagutumye kuko ukurimo niwe ukuvugiramo ushaka yunve ibyo mwuka abwira amatorero.kubaho ni Christi no gupfa ninyungu kumu christo wukuri.
Turagukunda mukoziwimana kuko urabwiriza nkumva nyunzwe pe imana iguhe umugisha utagabanyije ndetse kwagurire imbago nkuko yazagurise abesi iguhe nimbaraga
Amen Uri muri bya bihumbi birindwi bitarapfukamira bayari urakoze gutumikira Imana natwe tugiye gushyira mû bikorwa
Ndagukunda rwose ,umukobwa utagira ubwoba,uvugira Imana byukuri
Mwamaye nimero yuyumuvugabutumwa
Komera Riziki,Ariko ayomavuta yaguhinduye uyareke,Kandi tuguteze amatwi Vuga Yesu neza Azaguhemba .
Ntabwo ari amavuta , kuko n'ikibambasi cy'inyuma yahariya yicaye harahindutse cyane
Ntago Riziki yakwitukuza
Yesu ndatsinzwe imana iturengere abari munzira nziza imana idukomeze imana iguhe umugisha mukozi w'Imana
Uri mu mwuka pe!
@@davidniyitegeka4561 thank you
@@davidniyitegeka4561 thank you
@@nasijojo3314 too you
Nukuri ndagukunda cyane uvuga ibyo imana igutumye utongereye cg ngo ugabanye
Ndagukunda mukobwa wa Yesu nukuri Yesu yaguhaye kuvuga nkawe ushize amanga
Komere lizrki niwapfuye vuga imana niyo ikuzi inanaguhemba cane vuga
Murak9ze riziki we
Hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah Amena Riziki mwiza yego rata eeeee urakoze kunkangura Imana ibahumugisha 🤲 mwinshi mwizina Rya Yesu
Nongeye kugusuhuza mukozi w,lmana amahoro y,Uwiteka nakubeho iteka ryose , ikomeze ikwagure kandi ikomeze kukumara ubwoba bwo kuyivugira urakoze cyane Yesu akongere imigisha
Ndakwemera rwose, ariko ahaho ntabwo turi kujana, Ugenzure neza urebe niba nta vangirwa ririmo kuko icyacumi n'amaturo ntagihe bidatangwa, tugomba kubitanga tugafasha n'abakene ariko ntagisimbura ikindi
Amena cyane uku Niko kuri
nimuve mu binyoma mwigishe abantu ukuri, ese n he Imana yavuze ko dutabarwa n ibyo twakoze!!
mwabigisha binyoma mwe! mwitegure kuzisobanura ubwo Yesu Kristo azaba agarutse!
erega nta muntu ukizwa n imirimo yakoze, ahubwo dukizwa n Imana ku bw ubuntu bwayo.
nimusome Bibiliya nk uko biri, muvuze nk uko ivuga.
yemweeee nimwihane muve mu binyoma.
Ahwiiiiii .Imana iturengere.aka karirimbo kabafashe nkunda kumva amakuru yumurwa ,uri kure ................
Yesu aguhe umugisha kubwubutumwa ariko mbere ya byose turiho kubwimbabazi za Nyagasani . imbabazi zimana rero zihoraho .
Wo kabyara we uzonjyere ubaze Imana niba ijwi ryayo ari ryo wumvise kuko aho nabashije gusoma Bibiriya nta na hamwe nigeze mbona Imana ibuza abantu gutanga icyacumi
Hhhhh
Riziki imana yamahoro iguhe umugisha.uvugisha ukuri.shalom
Sha mukobwa was Kristo,uwaguha abandi bahanuzi batinyutse nkawe,Wenda ahari ibintu byarushyaho abantu bakumva ahari.!Gusa abakunzi b'umusaraba bakomeze bagusengere Imana ikomeze igutinyure,kuko uri kuvuga nka Elia kugihe cya Ahab ubwo yahagarikaga imvura, agatinyuka ntatinye Ahab.Komera komera,kandi Imana igushyigikire.
Riziki humura Imana ukorera irakuzi kdi izakurengera,rwose humura
Urakoze cyane kudukangura imana ihabwe icyubahiro iguhe umujyisha
Urakoze cyane ntawufite icyo azireguza
Urakoze kumajambo y, Imana utuhaye
Imana ishimwe nkunda ukuntu uvuga Imana neza nukuri ikomeze igukomeze
Riziki guma mo. Iki gihe ubutumwa nk'ubu abenshi ntibabushaka ariko kuri bamwe burakomeretsa ariko buranomora. Gusa Uwiteka uturengere pe!
Imana imbabarire nukuri kdi iduhe imbaraga zo gusenga dukiranuka kugato na kanini.mukozi w.Imana iguhe umugisha
Amen amen mukozi wimana uvuze neza kandi inyigisho ikwiye kwigisha abantu benshi
Am
nukuri ndagukunda Imana igume ikwagure
Riziki uvuze ukuli kuko nta mu Kristo utegetswe gutanga Icya cumi. Urukundo rwa Kristo Turi muli twe nirwo rudutangisha ku bw’umutima ukunze atari ku bw itegeko. Musome 2abakorinto 9:7
Urakoze kubitangaza kumugaragaro kuko abasenga Imana byukuri barabiziko iyo nzara ihari kdi igiye kuza
Uwizera wese ni umutambyi afite inshingano yo kwamamaza Kristo. Kandi Yesu nta nyubako yasize nitwe twabaye insengero. Ibindi ni amaco y’inda! Ubu se Riziki afite nyubako yihe ? Et pourtant arigisha tugafashwa!
Riziki abo bapaster Bari kuku gendaho
Babwire ibyo Bisambo Aho kugirango Barizwe N'umurimo w'imana Bararizwa Na Maturo
Imana iguhe umugisha
Mukozi w'Imana urakoze cyane uraducyebuye nkaho nteranira ijambo ryose barisobanuramu ibyacumi na maturo kdi nukuri ntaho bihuriye nijambo yigishije
Riziki uwiteka aguhire !!!nge haricyo mpindutseho Imana iguhe umugisha Amen
IMANA iguhe umugisha ,utagabanije
Wagiyehe se Riziki muhanuzi w'Uwiteka???Urakumbuwe..
Imaniguhumugisha ducyeneye abavugabutumwa nkaba bavugukuri nubwo kurya benshi ariko barahirwa abumvububutumwa bagahinduka. Habwumugisha mukozi wlmana
Amahoro! Mukomeze mutubwire pe, ibi nibyo dukeneye mu minsi ya none. Iminsi turimo ni mibi, Umwami Mana adutabare!🙏
Amen Amen❤🙏🙏🙏🙏
Niko kuri Imana ninziza kanadi abasenga Imana byukuri barabizi ntagushidikanya Imana igukomeze
data mwiza ndatsinzwe mbabarira ibyaha byanjye byose unyongere amahirwe yakabiri umwuka wera ambeho kuko ijoro rirakubye isi icuze umwijima
Ndagukunda cyane ibyuvuze nukuri ago gukizwa cg kutwigisha ijambo ryimana ahubwo bari kwisabira amafaranga ntagakiza ahubwo ni business
MANA ndatsizwe ndagukunda mukozi wa Ndiho ndagukurikirana cane kuk ubutumwa bwawe buntera kugumana n IMANA ye
Nkurinyuma. yesu. Akurinde
Nibyo rwose insengero ziracyafunzwe sinawe wambere Imana ibicishijemo. Ko nifungura bizamenyekana.uramfasha cyanee mukozi wImana
Benedata Riziki turamwubaha kd turamukunda kuko arimo umwuka w'lmana. ariko mwitondere irijambo yavuko, ituro ryicyacumi murifashisha abakene. musome ibyanditwe neza murasanga ituro ryicyacumi ritandukanye niryo gufasha abakene. Rero ndimubivange. Uko buriwese asanzwe akiranukira lmana abikomeze. Buretseko ndabizineza ko nawe azahakosora.
Muri Bible harimo icyacumi kigenewe abakene...hanyuma abapasiteri sibo batambyi gusa, ahubwo abizeye Yesu by'ukuri bose ni abatambyi b'ubwami bw'Imana.
Rwose ndagukurikira cyane pe courage Imana igushoboze gukomera muriki kinyejana
Ndagukunda mukobwa wacu❤
Yesu azaguhemba kuko wabwirije mukuri. Imana nanjye indindire ubugingo kuko nanjye nshaka kuyikorera wese,inyambike imbaraga.
Nukuri rwose komeza uvuge ubutumwa abantu biyegurire Yesu. nukuri tugeze igihe isi ikeneye agakiza, abantu rwose bishe amategeko yImana barenga kubyategetswe.
Muraho nkunda ukuntu uvugisha ukuri uwiteka aguhe umugisha , ni mama joy ndashakako umfasha gusenga murakoze
Ubuhanuzi bwawe ndabwubaha ...Yesu aturengere cyanee
Nukuri pe Imana iguhe umugisha
Mvuze Amen. Irijyambo Amen nijyambo rikomeye ririmwo imbaraga iyo warivuze m'umwuka no m'ukuri . Bana Bimana muhaguruke mwoye kwicyara, muze tujye kumavi dusenge tutayi ryarya. Dufukame dusengere uyu Mwana w'Imana Riziki Chantal. Amajyambo avuga uwo adahindura azoce amenyako Isi imwasamiye. Ndumva agahinda kenshi k'umutima. Mfise vyishi navuga ariko ndumva ntashobora kubikwiza ahangaha kurubuga. Bana Bimana muze twihane. Ndavugango muze twihane nyakwihana. Kuko satani yaramaze gutambagira Isi nabayituyemo bose. Yesu ubahisha Umwana wawe nawe akubahishe. Amen.
Twibukeko Imana twizeye yica Kandi Igakiza, Irakenesha Kandi ikanakura abatindi ku cyavu, Icyindi gufasha abakene tubafashe ndetse cyane buri wese biramureba kuko dushaka kujya mu ijuru, Ukuri ku ijambo ry'Imana kubahirizwe kuko twararyize neza, ababishoboye batange ayo maturo n'icyacumi kuko aho yajyaga haracyahari ntabwo bapfuye( byakwandikwa bitakwandikwa) ibyo ntibindeba, kuko Uwanditse ayambere ntabwo yari yanzanira igitabo ngo ngenzure uretseko nabyo atari ngombwa,
Gusa uzi gukora neza ntabikore azabibazwa, abantu bareke ingeso mbi, ibyaha, uburangazi bakurikire Umwami Yesu, tube maso tutayoba cyangwa ngo tuyobye abandi, Tube maso , nta hantu na hamwe bibiliya itubuza gutanga icyacumi n'amaturo , uretse igihe waba ufite icyo upfa na mugenzi wawe, Kandi nabwo murabanza mukiyunga mwarangiza ugafata rya turo ukarijyana ukarishyira umutambyi,
Nanjye nzapfa ndabizi.
Ariko muzansobanurire uwo mutambyi uwo ari we. Ko Yesu Kristo ariwe mutambyi dufite, akaba ariwe watambiwe ibyaha byacu akinitamba, abo batambyi bandi bavuye he? Ko Abalewi batagiraga umugabane na gakondo, ubu abitwa batyo bose hari utabifite? Munsobanurire ndabasabye.
Riziki WE uwiteka azakwihere ijuru ndarigusabiye gusa tugeze mubihe bibi pawuro yavuze
Riziki komera imananirikumwenwe imbaraganamavuta gumamo
Yesu ashimwe cyaneee
Gutanga amaturo n'icyacumi ni itegeko ry'Imana ku mukristo wese w'ukuri rero ni ngombwa kandi nukuri kw'Ijambo ry'Imana ntana rimwe Imana izigera ibuza abantu gutanga amaturo cg 1/10 a
Ahubwo gufasha nabyo ni umurimo ukwawo abakristo bakijijwe neza bakwiriye kwitaho ariko ntibikwiriye gusimbura amaturo cg 1/10 ahubwo byose bikwiriye gukorwa kandi neza!
Amen amen
Amen maman liziki we love you ramba ramba
Amen amen
Vugukuri Imana izagushigikira
Ameeeen Imana iguhe umugisha mukozi w'Imana ijambo ryawe rirampindura umutima wanj ndagkunda cane 🙏🙏 uhezagigwe na Dawe wa twese
Nukuri Imana idutabare
Murakoze Imana iguhe umugisha
Amena🙏🤷♂️❤️😍
Imana iguhe umugisha p kuko uko nukuli kuzuye😊
Mukomere shatare imana ukorera ikulinde
Ndagukunda cyane uvugisha ukuri.
Amen Haleluya hezagirwa nshuti yumusaraba.Yesu numwami.Arikungoma.
Yakuzanye hagezepe.Imanikujimbere.Amen🙏🙏❤❤Imbaraga na mavuta
Yesu aguhe umuhisha
Nukuri lmana igume ikwagure kdi nifuza guhora nyurwa nibyo wigisha, Amin.
Nukuri urumuko w'Imana pe gumamo sst
Mana yange unyeze kdi untunganye umpindure igikoresho cyawe uhora ukoresha!riziki Imana yo mw'ijuru iguhe imigisha myinci kubw'inyigisho utugezaho.ndagukunda icyazampa umunsi umwe ngahura nawe imbona nkubone
Kabyare sister Chantal. Nibafashe abakene rwose naho amaturo ni ukwihera ba gafaranga bagashyira muri biriya bifu byabo
Mukozi w'Imana ko ibintu uvuze bimeze nk'inzozi mperuka kurota?ayiwe grande vacances...reka dushake ubwami bw'Imana dukiranuke twandikishe imirimo kuko imbere si heza...ayiiii
Chantal, nkunda impuguro uduha.Nkwifurije kuzapfira mu Mwamu Yesu.
Imana ntabgo ijya yivuguruza,ijambo ryayo ,,,,ntiwemerewe kuryongereraho cyangwa kurikuraho ijambo narimwe,uzabirengaho azahabwa ibihano byanditswe muri icyo gitabo(biblia) Mm Chantal ,,,,,ubaka agakiza kawe kw'ijambo ry'Imana hamwe Numwuka nyakuri Wera.Ukwiriye kwicara ukabanza ukigishwa neza,nahubundi uzayobera mubuhanuzi.Ibyo uvuga ,,,,ntabgo bizabura kuko turi mubihe byimperuka kandi satani ntabgo arajugunywa muri rwa rwobo,,,,,ese ko nta humure utanga! bimwe uravugisha ukuri ibindi nibitekelezo byawe,,,ushobora kuba waravangiwe ,,,pasteri wawe nagufashe kuko azakubazwa,,,,,cabugufi R.Chntl (ikicumi n'amaturo biveho )nah'ibindi uravgsha ukuri
Imana iguheeeee umugisha wamukozi wimana we
Ndagukurikira mukozi w' Imana. Unsengere nkizwe nere ns na sheregi kuko nacumuye ku Uwiteka.
Ndumva ubwo wabimenye wapfukama ugasaba Imana imbabazi ukarushaho kuyishaka n'umwete wawe wose. Liziki yakubwirije ahasigaye ni ahawe n'Imana Nyr'ijuru.
Umukristo atangishwa n umutima Icya cumi cyari icyo abalewi batagiraga gakondo. Ubu Twese twahindutse abatambyi b ubwami bw Imana 2 Petero 2:9
Ukonukuri