Размер видео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показать панель управления
Автовоспроизведение
Автоповтор
Nziyuko ushobora byose Kandi ntacyakunanira wambereye byose yezu niwowe muvuzi wukuri mana komeza wigaragaze nomuruyu muryango tubigusabye twizeye kuko ushobora byose amen
Mukamucyo jacqueline mana wankoreye ibitangaza mugire narindwaye indwazamayobera nomuhe narikucyuma urandinda garagaza ukuboko kwawe kuruyu muryango kugirabgo nawo uzavuge kugirirwanezanawe urakoze kugiye kubikora amee😂
Tubisabye twizeye mwizina ryawe yesu Amen🙏🙏🙏
Yesu kristu uko yarari ejo nuyumunsi niko ari nizeye ko tuzabona imbaraga z'Imana zibohora aba bana
Abanyamasengesho baretse tukazishyirahamwe tugasenga tukazafata amasengesho tukajya gusengera abo bantu ko barushye bikomeye ko harigihe Imana haricyo yakora a afite impano twagize icyo dukora
Gusenga nibyo najye bazabwire nzasejye pe
Ugize igitekerezo cyiza Imana iguhezagire,kandi Imana itabare uriya muryango nukuriiii
Najye ndahari rwose 🙏
Ariko twongereho n'ubufasha bwo kumuvuza@@shingiropatrick3567
🙏🙏🙏🙏💓💓
Mwizina rya Yesu kristo w,lnazallethi nirukanye izimbaraga z,Umwijima muruyu mwana w,lmana
Umunyamasengesho umwe wenyine usengera mukuri no mumwuka ,arahagije kubasengera bagakira
Ubuse wiyirije kangahe?aba urabona Ari abadayimoni boroshye?😂
Amen 🙏 nukur nabadaimoni batoroshy nukur
Uyu mubyeyi nawe afite ikibazo pe, nukumusengera. Bigaragarako satani yahabonye indaro. Imana irengere abantu bayo pe
Impamvu yatumye ubasura ni uko Imana yiteguye gukora igitangaza😊
Cyan nukur 🙏
Uyumubyeyi yarahahamutse pe. Gusa Mwizina rya Yesu Amutabare
*Abanyamasengesho n’abantu bafite uburyo bw’ibifatika, mugire icyo mukorere uyu Mubyeyi.**Imana Ibahe umugisha.🙏*
Uwumuvyeyi yemwe afise agahinda, Mana yacu yomwijuru niwe mushobora vyose wokumutabara umusubize umunezero🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
God bless you imana injyiguha umutima ukomeye 😢😢 imana niyizi agahinda kawe 😭😭🥹
Imana ishoborabyose ibafashe ibakize mwizinarya Yesukristo uwiteka abakirize abana imbaraga zumwijima zisubireikuzimu nugusenga uyumukecuru aruhuke kuko ararushecyane😢😢😢 nuwokugirirwaimpuhwe abakristo barihe aboImana yahamagaye? Nimuhaguruke mukore ubutarambirwa😢😢😢😢❤
Yooooo mbega icyijye rajyez 34:39 ihangan mama ❤imama izaku bohora nu muryang. Wawe humur humura wizer mwizina ryaye yesu 🏌️🏌️🏌️abantu babashaka kuku cirara akobo imana igaca kanz. Wowe humura ukomez. Usenge im ana izakora ibitangaz. Imana igukomez. Umutima.
Yooooooo mana yanjye koko ibi nibiki koko?mana tabara 😢birababaje cyane ark Imana itabare pe iyakoze ibyo duhora twumva nibi ibikore
Mana weeeee ndumiwe koko ubu se ibi nibiki koko imana ibatabare nukuri ibakize aya madayimoni ndumva akomeye data wo mwijuru natabare akoze isoni abarozi😭😭😭😭😭😭😭
Uwiteka ureba agahinda k' ababyeyi,ukabika amarira y' abakwizera ni abakubaha mu icupa,nkweretse uyu mubyeyi ngo umukirize abana
Umva mweneda si twimerako lmana lshobora byose ndumva nifuzako wazasubirayo barakize mwizina rya yesu kristo.
Mbega ntimbaaa Mubyeyi warababayeee gsa Nyagasani aguhe kwihanganaa kdi Bantu mugira umutima w'impuhwe mureke dufashe uyu mubyeyi wari utunze akaba asigaye akorera Rubanda.
Ibiganza bya Yezu biracyakora ibitangaza nanjye mu izina rikomeye rya Yezu kristu mwaturiyeho gukira kdi nizeyeko azakira hamwe n'uwo mushikiwe.
Twaturiye gukira kuruyu muryango mwizina rya Yesu
Amen nibakire gukira mu izina rya Yesu kristo
UWITEKA IMANA Ishobora byose, umva gusenga tugusaba kwirukana imyuka y'umwijima yazengereje ibi biremwa byawe. Umubyeyi yaramaze ibye abavuza birananirana ariko wowe ntakikunanira. Wirengagize ibitakunezeza ubakirize imbabazi n'impuhwe byawe kuko twisunze Umucunguzi wacu n'Umwana wawe ukunda YESU KRISTO. Amen
Beulah,Yesu aguhezagire kubwo kubw'iyo mirimo y'Uwiteka.N'ukuri ndahamya ntashidikanya yuko abanyarwanda bafise urukundo,mufashe uyu muryango uve mur'ubu bukene mwongere muvuze abo Bana indera
Imana yumvagusenga kwabana bayo tabara uyumubyeyi mwigaragarize nkimana kandi turabyizeye amen 🙏🙏
Mwami Yesukristo niwowe wenyune ukurabantu kungoyi, ukabohora ababoshywe nimyukamibi, ukaruhura abarwazababo, nabobagashima Imbaragazawe, ndakwinginze bohora uyumuryango, ubatandukqnye nibibyago mbona barimo, ubukore mwizina Rya Yesukristo Amen
Amen
Imbaraga z'Imana
Aha hantu ni hehe?
Amen Amen 🙏
Izina rya Yehova nigihome kidukingira kumanywa nanijoro,ntawamwizeye ngo akorwe nisoni,byose arabishoboye,nibi yabikora mu Izina rya Christ yesu dusabye twizeye Amen
Uvuze ukuripe
Humura yesarabizi mubyeyi yesu wacu. Amenyabyose azabakiza. Izere ntcyijyakuba imana. Itabizi. Yesu. Azabakiza.
Imana itabare abayo.iguhezagire mukozi w'Imana witanga kugira ibiganiro bitugereho
Mana yacu twirijyiye tuziko ushoboye byose nacyijya cyikunanira. Tukweretse uyumuryango uwiteho nukuri uwucyise Kandi uwuhidurire amateka ,bkandi nukuri tuzagushima,urakoze kujyiye kubikora🙏🙏🙏 Amen
Mubo Kristo yapfiriye nabo barimo Ashoboye cyane kubakiza.Twatuye gukira amashimwe y'Imana azazamurwa kubwababantu.
Pamphile iyi si nyabingi koko??? Mw'izina rya Yesu Kristo Umwami wacu ntangiye ikiganiro arko mu nm mikeya mpise mfatwa n'agahinda nibajije nk'umubyeyi mugenzi wange 😭😭😭😭😭😭😭 😭😭😭 Yesu Kristo tabara aba bantu ubabohore rwose ukoreshe itegeko ryawe sinavuga ngo uhaguruke uze uyu mwuka uwukure muri aba bana wa muryango w'igicumbi umaze iminsi mikeya utubwiyeho byinshiii ni nkibi uretse ko icyo nahamya nuko yiyoberanya hari n'abitwa abasirimu bayifite rwose Abubwo Imana itabare abantu kdi natwe twihe Imana ntacyo twisigarije kuko abadayimoni bazerera babaye benshiiiii aho baturaga babuze amacumbi none barisanzurira mu bantu arko tujye kw'iriba ryiza ritadusaba ibiguzi mw'izina rya Yesu Kristo Umwami wacu tuzatsinda
Pamphile nirebe abanyamasengesho azabajyaneyo bahasengere. Imana twiringiye ninyembaraga
Yesu twunvise ukiza uwarumaze igihe mumarimbi wamukijije Abamuzima kandi tuzi nezako ukowahoze nubu niko uri ntuhinduka
Ntaburozi ! Bundi izo ni mbaraga zi myuka mibi ! Ariko ntizishobora kurusha imana amaboko! Wowe komeza usenge kugeza igihe iyo myuka mibi ihungiye !!
Ihangane mama lmana irakuz kd irakiz izagufash na bana bae bambe sheng ooo ni muhumure❤❤❤❤
Banyamasengesho nimuze hafi mutakambire Imana igire icyo ikora ngewe ndabyemera ndi umunyantegenke wumunyabyaha ariko abakijijwe nimuze mutabare mugahekamwe nukuri ndababaye
Imana imbabarire kutayikorera uko bikwiye ibi birarenze ahwiiii ikigeragezo mbonye ikirenze ibyanjye
Abana b, Imana bose mbashyize mugishura cya Bikira Mariya Nyina wa Jambo
Ububasha bwa yesu nawiteka ndaburimbuye mbwohereje munyenga yirimbukiro mu Izina rya Nyagasani Yezu Kristu
Nagahinda gusa mukomeze kwihangana imana izagutabara mama.
IMANA ijye iguha umugisha kwitanga gutsa papfire
Uwite niwoe urengera ababaye ndakwinginze igaragarize uyumuryango kuo uraremerewe pe
Uwiteka manayanjye ndase nirukana abadayimoni kubuzima bwababana mwizinaryayesu
Yesuweeeeee wageze kwa Mariya na Marita ukoribitangaza nawe Mana. Koribitangaza wirukane imyuka yabazimu nabazimukaxi. Muruyumuryango mwizina ryayesu
Ntabwo byoroshye ariko mw'ijuru hari IMANA ikomeye, ijya ibyoroshya
Imana ibarengere nukuri birababaje
Imana irakiza yakijije nuwarimaze imyaka mirongo 38 nae izagukiriza abana mubyeyi
Imana irashoboye abobarozi Imana izabakoza isoni babajyanye ikuzimu pee
nukuri Imana itabare uyu muryango kdi ibarenjyere kdi Imana ishobora byose bazakira mama kdi uzashima Imana barakize
Imananibyose Mubyeyi nakugira Inamayo kwegera Imana kd ukatura Igasenga Mwizina ryayesu bimarwanogusenga
Yoo mwihanganepe mwazabajyana kwamatovu kubavuzigakondo😢😢
YESU nashimwe mureke twese ukodushobojwe tubasengere arko dukande n'akanyenyeri
Mwami yesu ushobora byose azakore igitangaza uyumubyeyi umpare agahinda umukirize abana asaze neza
Ntakinarira Imana gusa niba hari umuntu wabigize muruhari ni umwicanyi
Hoya bamutegeye kuriyonzu, urunva yamanutse hejuruyinzu, yirukanka, byamufatiye mugusakara, nihobamutegeye, gusa uwomuryango ubanze wihane wature ibyahabyose byomugisekuru, kandi nokuba yaragiye mubapfumu nikindikindi cyamwongereye gutuma imyuka mibi ibona icumbi muruwomuryango, nibamara gusenyera ibyobyose bazabone gusenga Imana izabarengera, gusa bihangane
Baramuroze
Ndababaye cyane ariko Kristo wakijije benshi ndakwinginze kiza ababana bawe bakeneye impuhwe zawe
Ububasha bwa sekibi bwateye uyumuryango ndaburimbuye mbwohereje munyenga yirimbukiro mu Izina rya Nyagasani Yezu Kristu
Imana yomwijuru ryera igufashirize abana kuko abagome ndabona barabashyize ikuzimupe.
Abakire Rwose mugaragaze icyamafaranga yanyu amaze njye Rwose ntanikibugande mfite
Nogusenga simbizi aha mbaye inkorabusape
Yesu arahari Kandi aracyakora wamubyeyi we humura
Mwizina ryayesu bakir gukir yamana yazura umana wayahiro niyo man yokubak😢😢
Imana izahorere uyumubyeyi, icyihishe inyuma yibi cyose Imana izane inkoni
🙏🙏🙏🙏
Muraho neza, Imana yo mu ijuru rwose itabare ubwoko bwayo, Pamphile mwazaduhaye Numero yanyu ko hari ubwo tubura uko dutanga inkunga yacu, murakoze!
Ibigeragezo bituma unasara ngo barakurikirana nta ni Imyaka 2,ngo umwe 80 undi 90 ntiyumva disi ko harimo imyaka10,akaba atanibuka ni Izina ry' umukobwa we sha😭 akaryibagirwa
Yarahungabanye😢ntago wabonye ko hageze akikanga akagirubwoba nkaho haricyabonye
Yoooo Imana nigutabare mubyeyi
Uwiteka rengera uyu muryango uce imigozi ibafashe mu izina rya Yesu Kristo.
Humira turasenga cyane mama imana irahari rwose
Abanyempano barihe ngo bakandagire aba badayimoni maze Yesu yamamare
Imana izaguhembere ibyo ukora
Iyi ni imyuka mibi.itsindwe mu izina rya Yezu.
Imana izarengere uyu mubyeyi nziko Imana ishobora byose . ibohore abana be.
Mubyey wajy komer ibijyeragez nkibibibah icyambere nukwiyacyir
Mana yanjye baramurogeye disi gusa uwizeye yesu ntabwo azacyena mukomeze kwihangana babyeyi Imana niyo nkuru
Yooooo mbega umunyamakuru uca bugufi
Imana yacu ishobora byose ntakiyinanira harigihe ibibazo bikwikubitaho ugasigara wibaza icyakuzanye kuriyisi! arko dufite umurengezi 🤲🤲🤲🤲
Mana wee mbega umubyeyi wahungabanye nukuri uwiteka atabare aba bana ndetse nuyu mubyeyi
Ihane pole
Nziko nacyinanirimana mugihe cyashyizweho
Man wee nukuri imana izabafashe pe komera mubyeyi satani yarabagose pe
Imana ibarengere!😊
Ntacyiza cyabapfumu Sha bakubeshya amahoro nabo badafite ariko yesu arashoboye mumwizere
Imana ibarengere mu izina rya Yesu amen.
😢😢😢😢yoo kuvyar kicwa nintuntu nkuko birababaj bas mpor muvyey 😢😢😢
Nyagasani yigaragaze kuko dufite ibihamya byibyo yakoze! We pray 🙏🤲
Imana ibarengere ibatabare mwizina ryayesu.
Azakira mu izina rya yesu🙏
Yooo manawe mbega agahinda uwotekamana renger ubwokobwawe ukize aba baye
Yoooo mwihangane peee😢😢
Niyihangane imana iramureb
Imana ishoboye byose irab ikora😢
Yoooooo 😭😭 pole mama IMANA ishobora byose
Yesu tabara uyu muryago ukize uyu muntu
Yesuwe mbega agahinda ntacyindi cyacyiza uwo mwana namasengesho gusa wowe senga umunjyane mumasengesho uzamunjyane murusengero rwa zerafati bamusengere naho abo nabo kukurira amafranga ntacyo bagufashije
Ooo sorry bambe uwiteka ushobora byox ntakimunanira mana nkweretse uyu. Mur yango ngo Ubuntu nurukundo rbyAwe bibomeh amen
Ahuuuuu dumiwe turasenga mwizinaryayesu kisot amen
Yes akuregere mubyey
Mana weee nukuri imirimo yawe igere kwababana nukuri bakire aha nukugira ngo ngo imirimo yawe igaragare bakize Mwami wanje bakinze ndakwinginze Mwami tugirire imbabazi utabare uyumuryango nukuri 😢😢
Nahimanagusakandi. Iratabara. Nimwizera. Bizikora. Mwihanganeeeeeeeeepe
Mbega ahantu aryamye wee yesu weeeeee
uwiteka. mparira ibicumuro.ndumuntumubi. ariko. .ukize umuhunguwawe
Imana imukize
Imana itabare abantubayo pee
Nziyuko ushobora byose Kandi ntacyakunanira wambereye byose yezu niwowe muvuzi wukuri mana komeza wigaragaze nomuruyu muryango tubigusabye twizeye kuko ushobora byose amen
Mukamucyo jacqueline mana wankoreye ibitangaza mugire narindwaye indwazamayobera nomuhe narikucyuma urandinda garagaza ukuboko kwawe kuruyu muryango kugirabgo nawo uzavuge kugirirwanezanawe urakoze kugiye kubikora amee😂
Tubisabye twizeye mwizina ryawe yesu Amen🙏🙏🙏
Yesu kristu uko yarari ejo nuyumunsi niko ari nizeye ko tuzabona imbaraga z'Imana zibohora aba bana
Abanyamasengesho baretse tukazishyirahamwe tugasenga tukazafata amasengesho tukajya gusengera abo bantu ko barushye bikomeye ko harigihe Imana haricyo yakora a afite impano twagize icyo dukora
Gusenga nibyo najye bazabwire nzasejye pe
Ugize igitekerezo cyiza Imana iguhezagire,kandi Imana itabare uriya muryango nukuriiii
Najye ndahari rwose 🙏
Ariko twongereho n'ubufasha bwo kumuvuza@@shingiropatrick3567
🙏🙏🙏🙏💓💓
Mwizina rya Yesu kristo w,lnazallethi nirukanye izimbaraga z,Umwijima muruyu mwana w,lmana
Umunyamasengesho umwe wenyine usengera mukuri no mumwuka ,arahagije kubasengera bagakira
Ubuse wiyirije kangahe?aba urabona Ari abadayimoni boroshye?😂
Amen 🙏 nukur nabadaimoni batoroshy nukur
Uyu mubyeyi nawe afite ikibazo pe, nukumusengera. Bigaragarako satani yahabonye indaro. Imana irengere abantu bayo pe
Impamvu yatumye ubasura ni uko Imana yiteguye gukora igitangaza😊
Cyan nukur 🙏
Uyumubyeyi yarahahamutse pe. Gusa Mwizina rya Yesu Amutabare
*Abanyamasengesho n’abantu bafite uburyo bw’ibifatika, mugire icyo mukorere uyu Mubyeyi.*
*Imana Ibahe umugisha.🙏*
Uwumuvyeyi yemwe afise agahinda, Mana yacu yomwijuru niwe mushobora vyose wokumutabara umusubize umunezero🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
God bless you imana injyiguha umutima ukomeye 😢😢 imana niyizi agahinda kawe 😭😭🥹
Imana ishoborabyose ibafashe ibakize mwizinarya Yesukristo uwiteka abakirize abana imbaraga zumwijima zisubireikuzimu nugusenga uyumukecuru aruhuke kuko ararushecyane😢😢😢 nuwokugirirwaimpuhwe abakristo barihe aboImana yahamagaye? Nimuhaguruke mukore ubutarambirwa😢😢😢😢❤
Yooooo mbega icyijye rajyez 34:39 ihangan mama ❤imama izaku bohora nu muryang. Wawe humur humura wizer mwizina ryaye yesu 🏌️🏌️🏌️abantu babashaka kuku cirara akobo imana igaca kanz. Wowe humura ukomez. Usenge im ana izakora ibitangaz. Imana igukomez. Umutima.
Yooooooo mana yanjye koko ibi nibiki koko?mana tabara 😢birababaje cyane ark Imana itabare pe iyakoze ibyo duhora twumva nibi ibikore
Mana weeeee ndumiwe koko ubu se ibi nibiki koko imana ibatabare nukuri ibakize aya madayimoni ndumva akomeye data wo mwijuru natabare akoze isoni abarozi😭😭😭😭😭😭😭
Uwiteka ureba agahinda k' ababyeyi,ukabika amarira y' abakwizera ni abakubaha mu icupa,nkweretse uyu mubyeyi ngo umukirize abana
Umva mweneda si twimerako lmana lshobora byose ndumva nifuzako wazasubirayo barakize mwizina rya yesu kristo.
Mbega ntimbaaa Mubyeyi warababayeee gsa Nyagasani aguhe kwihanganaa kdi Bantu mugira umutima w'impuhwe mureke dufashe uyu mubyeyi wari utunze akaba asigaye akorera Rubanda.
Ibiganza bya Yezu biracyakora ibitangaza nanjye mu izina rikomeye rya Yezu kristu mwaturiyeho gukira kdi nizeyeko azakira hamwe n'uwo mushikiwe.
Twaturiye gukira kuruyu muryango mwizina rya Yesu
Amen nibakire gukira mu izina rya Yesu kristo
UWITEKA IMANA Ishobora byose, umva gusenga tugusaba kwirukana imyuka y'umwijima yazengereje ibi biremwa byawe. Umubyeyi yaramaze ibye abavuza birananirana ariko wowe ntakikunanira. Wirengagize ibitakunezeza ubakirize imbabazi n'impuhwe byawe kuko twisunze Umucunguzi wacu n'Umwana wawe ukunda YESU KRISTO. Amen
Beulah,Yesu aguhezagire kubwo kubw'iyo mirimo y'Uwiteka.
N'ukuri ndahamya ntashidikanya yuko abanyarwanda bafise urukundo,mufashe uyu muryango uve mur'ubu bukene mwongere muvuze abo Bana indera
Imana yumvagusenga kwabana bayo tabara uyumubyeyi mwigaragarize nkimana kandi turabyizeye amen 🙏🙏
Mwami Yesukristo niwowe wenyune ukurabantu kungoyi, ukabohora ababoshywe nimyukamibi, ukaruhura abarwazababo, nabobagashima Imbaragazawe, ndakwinginze bohora uyumuryango, ubatandukqnye nibibyago mbona barimo, ubukore mwizina Rya Yesukristo Amen
Amen
Imbaraga z'Imana
Aha hantu ni hehe?
Amen Amen 🙏
Izina rya Yehova nigihome kidukingira kumanywa nanijoro,ntawamwizeye ngo akorwe nisoni,byose arabishoboye,nibi yabikora mu Izina rya Christ yesu dusabye twizeye Amen
Uvuze ukuripe
Humura yesarabizi mubyeyi yesu wacu. Amenyabyose azabakiza. Izere ntcyijyakuba imana. Itabizi. Yesu. Azabakiza.
Imana itabare abayo.iguhezagire mukozi w'Imana witanga kugira ibiganiro bitugereho
Mana yacu twirijyiye tuziko ushoboye byose nacyijya cyikunanira. Tukweretse uyumuryango uwiteho nukuri uwucyise Kandi uwuhidurire amateka ,bkandi nukuri tuzagushima,urakoze kujyiye kubikora🙏🙏🙏 Amen
Mubo Kristo yapfiriye nabo barimo Ashoboye cyane kubakiza.Twatuye gukira amashimwe y'Imana azazamurwa kubwababantu.
Pamphile iyi si nyabingi koko??? Mw'izina rya Yesu Kristo Umwami wacu ntangiye ikiganiro arko mu nm mikeya mpise mfatwa n'agahinda nibajije nk'umubyeyi mugenzi wange 😭😭😭😭😭😭😭 😭😭😭 Yesu Kristo tabara aba bantu ubabohore rwose ukoreshe itegeko ryawe sinavuga ngo uhaguruke uze uyu mwuka uwukure muri aba bana wa muryango w'igicumbi umaze iminsi mikeya utubwiyeho byinshiii ni nkibi uretse ko icyo nahamya nuko yiyoberanya hari n'abitwa abasirimu bayifite rwose Abubwo Imana itabare abantu kdi natwe twihe Imana ntacyo twisigarije kuko abadayimoni bazerera babaye benshiiiii aho baturaga babuze amacumbi none barisanzurira mu bantu arko tujye kw'iriba ryiza ritadusaba ibiguzi mw'izina rya Yesu Kristo Umwami wacu tuzatsinda
Pamphile nirebe abanyamasengesho azabajyaneyo bahasengere. Imana twiringiye ninyembaraga
Yesu twunvise ukiza uwarumaze igihe mumarimbi wamukijije Abamuzima kandi tuzi nezako ukowahoze nubu niko uri ntuhinduka
Ntaburozi ! Bundi izo ni mbaraga zi myuka mibi ! Ariko ntizishobora kurusha imana amaboko! Wowe komeza usenge kugeza igihe iyo myuka mibi ihungiye !!
Ihangane mama lmana irakuz kd irakiz izagufash na bana bae bambe sheng ooo ni muhumure❤❤❤❤
Banyamasengesho nimuze hafi mutakambire Imana igire icyo ikora ngewe ndabyemera ndi umunyantegenke wumunyabyaha ariko abakijijwe nimuze mutabare mugahekamwe nukuri ndababaye
Imana imbabarire kutayikorera uko bikwiye ibi birarenze ahwiiii ikigeragezo mbonye ikirenze ibyanjye
Abana b, Imana bose mbashyize mugishura cya Bikira Mariya Nyina wa Jambo
Ububasha bwa yesu nawiteka ndaburimbuye mbwohereje munyenga yirimbukiro mu Izina rya Nyagasani Yezu Kristu
Nagahinda gusa mukomeze kwihangana imana izagutabara mama.
IMANA ijye iguha umugisha kwitanga gutsa papfire
Uwite niwoe urengera ababaye ndakwinginze igaragarize uyumuryango kuo uraremerewe pe
Uwiteka manayanjye ndase nirukana abadayimoni kubuzima bwababana mwizinaryayesu
Yesuweeeeee wageze kwa Mariya na Marita ukoribitangaza nawe Mana. Koribitangaza wirukane imyuka yabazimu nabazimukaxi. Muruyumuryango mwizina ryayesu
Ntabwo byoroshye ariko mw'ijuru hari IMANA ikomeye, ijya ibyoroshya
Imana ibarengere nukuri birababaje
Imana irakiza yakijije nuwarimaze imyaka mirongo 38 nae izagukiriza abana mubyeyi
Imana irashoboye abobarozi Imana izabakoza isoni babajyanye ikuzimu pee
nukuri Imana itabare uyu muryango kdi ibarenjyere kdi Imana ishobora byose bazakira mama kdi uzashima Imana barakize
Imananibyose Mubyeyi nakugira Inamayo kwegera Imana kd ukatura Igasenga Mwizina ryayesu bimarwanogusenga
Yoo mwihanganepe mwazabajyana kwamatovu kubavuzigakondo😢😢
YESU nashimwe mureke twese ukodushobojwe tubasengere arko dukande n'akanyenyeri
Mwami yesu ushobora byose azakore igitangaza uyumubyeyi umpare agahinda umukirize abana asaze neza
Ntakinarira Imana gusa niba hari umuntu wabigize muruhari ni umwicanyi
Hoya bamutegeye kuriyonzu, urunva yamanutse hejuruyinzu, yirukanka, byamufatiye mugusakara, nihobamutegeye, gusa uwomuryango ubanze wihane wature ibyahabyose byomugisekuru, kandi nokuba yaragiye mubapfumu nikindikindi cyamwongereye gutuma imyuka mibi ibona icumbi muruwomuryango, nibamara gusenyera ibyobyose bazabone gusenga Imana izabarengera, gusa bihangane
Baramuroze
Ndababaye cyane ariko Kristo wakijije benshi ndakwinginze kiza ababana bawe bakeneye impuhwe zawe
Ububasha bwa sekibi bwateye uyumuryango ndaburimbuye mbwohereje munyenga yirimbukiro mu Izina rya Nyagasani Yezu Kristu
Imana yomwijuru ryera igufashirize abana kuko abagome ndabona barabashyize ikuzimupe.
Abakire Rwose mugaragaze icyamafaranga yanyu amaze njye Rwose ntanikibugande mfite
Nogusenga simbizi aha mbaye inkorabusape
Yesu arahari Kandi aracyakora wamubyeyi we humura
Mwizina ryayesu bakir gukir yamana yazura umana wayahiro niyo man yokubak😢😢
Imana izahorere uyumubyeyi, icyihishe inyuma yibi cyose Imana izane inkoni
🙏🙏🙏🙏
Muraho neza, Imana yo mu ijuru rwose itabare ubwoko bwayo, Pamphile mwazaduhaye Numero yanyu ko hari ubwo tubura uko dutanga inkunga yacu, murakoze!
Ibigeragezo bituma unasara ngo barakurikirana nta ni Imyaka 2,ngo umwe 80 undi 90 ntiyumva disi ko harimo imyaka10,akaba atanibuka ni Izina ry' umukobwa we sha😭 akaryibagirwa
Yarahungabanye😢ntago wabonye ko hageze akikanga akagirubwoba nkaho haricyabonye
Yoooo Imana nigutabare mubyeyi
Uwiteka rengera uyu muryango uce imigozi ibafashe mu izina rya Yesu Kristo.
Humira turasenga cyane mama imana irahari rwose
Abanyempano barihe ngo bakandagire aba badayimoni maze Yesu yamamare
Imana izaguhembere ibyo ukora
Iyi ni imyuka mibi.itsindwe mu izina rya Yezu.
Imana izarengere uyu mubyeyi nziko Imana ishobora byose . ibohore abana be.
Mubyey wajy komer ibijyeragez nkibibibah icyambere nukwiyacyir
Mana yanjye baramurogeye disi gusa uwizeye yesu ntabwo azacyena mukomeze kwihangana babyeyi Imana niyo nkuru
Yooooo mbega umunyamakuru uca bugufi
Imana yacu ishobora byose ntakiyinanira harigihe ibibazo bikwikubitaho ugasigara wibaza icyakuzanye kuriyisi!
arko dufite umurengezi 🤲🤲🤲🤲
Mana wee mbega umubyeyi wahungabanye nukuri uwiteka atabare aba bana ndetse nuyu mubyeyi
Ihane pole
Nziko nacyinanirimana mugihe cyashyizweho
Man wee nukuri imana izabafashe pe komera mubyeyi satani yarabagose pe
Imana ibarengere!😊
Ntacyiza cyabapfumu Sha bakubeshya amahoro nabo badafite ariko yesu arashoboye mumwizere
Imana ibarengere mu izina rya Yesu amen.
😢😢😢😢yoo kuvyar kicwa nintuntu nkuko birababaj bas mpor muvyey 😢😢😢
Nyagasani yigaragaze kuko dufite ibihamya byibyo yakoze! We pray 🙏🤲
Imana ibarengere ibatabare mwizina ryayesu.
Azakira mu izina rya yesu🙏
Yooo manawe mbega agahinda uwotekamana renger ubwokobwawe ukize aba baye
Yoooo mwihangane peee😢😢
Niyihangane imana iramureb
Imana ishoboye byose irab ikora😢
Yoooooo 😭😭 pole mama IMANA ishobora byose
Yesu tabara uyu muryago ukize uyu muntu
Yesuwe mbega agahinda ntacyindi cyacyiza uwo mwana namasengesho gusa wowe senga umunjyane mumasengesho uzamunjyane murusengero rwa zerafati bamusengere naho abo nabo kukurira amafranga ntacyo bagufashije
Ooo sorry bambe uwiteka ushobora byox ntakimunanira mana nkweretse uyu. Mur yango ngo Ubuntu nurukundo rby
Awe bibomeh amen
Ahuuuuu dumiwe turasenga mwizinaryayesu kisot amen
Yes akuregere mubyey
Mana weee nukuri imirimo yawe igere kwababana nukuri bakire aha nukugira ngo ngo imirimo yawe igaragare bakize Mwami wanje bakinze ndakwinginze Mwami tugirire imbabazi utabare uyumuryango nukuri 😢😢
Nahimanagusakandi. Iratabara. Nimwizera. Bizikora. Mwihanganeeeeeeeeepe
Mbega ahantu aryamye wee yesu weeeeee
uwiteka. mparira ibicumuro.ndumuntumubi. ariko. .ukize umuhunguwawe
Imana imukize
Imana itabare abantubayo pee