Nshima wisdom ubwitonzi n'amagambo ukoresha meza kandi bien choisis. Ukora igikorwa cyiza muri industry yuzuyemo amashetani aba escrocs ndetse ibibi byose... Kimwe gusa mujye mwibutsa kenshi gashoboka ko imbyaro ziva kumana itanira aho ishakiye... Ko niba ufasha wishishije la parole de Dieu, utinde caaaaane kuri la foi en Dieu et la patience dans la paix.. Ikindi wigishe ko stress yokutaronka abana iteza kuronka abana udakunze ndetse des malformations physiques, umwana uremye nabo ,débile nibindi bisambura ingo.
This lady has a wealth of information on the value of sex in a relationship. His way of expressing himself is sometimes slightly daring, but it is nothing vulgar, on the contrary. The icing on the cake, she bases her lessons on biblical etraits. His knowledge is worth a book (books) which would bring him a lot of money.
Gerard dukunda, Byaba byiza ugiye utumira icyarimwe umugabo akavuga ibya sex kuri side y,abagabo n,umugore akavuga kuri side y,abagore kuko nubundi ntawe ubikora Ari wenyine. Merci
#MAMA_QUEEN_0788417607 KURIKIRA IBIGANIRO BINDI BYA MAMA QUEEN AHA ruclips.net/video/Bu-22qiCcO4/видео.html
Yh
Maman Imana iguhe umugisha. Abatarasenya iyonama ibabere akabandokiminsi,
Ndagukunda cyane mamy
@@divinegateyeneza7868 uti abatarasenya,nkuko abyivugira buri rugo rufite ibyago,hari abari guca mubihe bibi kubera umugore wirekura,hari abaca mubihe bibi kubera umutungo batumvikana uko ukoreshwa,hari abari gupfa umwana umugore cg umugabo yashatse afite.......
Nshima wisdom ubwitonzi n'amagambo ukoresha meza kandi bien choisis. Ukora igikorwa cyiza muri industry yuzuyemo amashetani aba escrocs ndetse ibibi byose... Kimwe gusa mujye mwibutsa kenshi gashoboka ko imbyaro ziva kumana itanira aho ishakiye... Ko niba ufasha wishishije la parole de Dieu, utinde caaaaane kuri la foi en Dieu et la patience dans la paix..
Ikindi wigishe ko stress yokutaronka abana iteza kuronka abana udakunze ndetse des malformations physiques, umwana uremye nabo ,débile nibindi bisambura ingo.
Uravugira abagabo cyane ariko ntabwo wakora imibonano burimunsi ugeraho ukunva utabishaka nanone hari umugabo ubikora agasiga ukibishaka ibyo bishobora gutu ma umugore arakara nikosarikomeye cyane kuburyo wamwaka akakwima kugirango utamuteza ibibazo kandi abagabo barikunda mwikosore akaryana munkanda karyana no mwihurura murakoze
Ndi umugabo, iki kiganiro ni cyiza cyane, kirubakitse. Ariko hari abagabo nubwo nubwo abagore babo babaha buri saaha, banga bakagira umwanda wo gushurashura no guca inyuma abo bashakanye.
Ibyo rero bibabaza abagore bacu cyane. Abagore bacu bazirikane iryo funguro ry'urukundo, kandi bikorwe mu bwubahane.
Mere murakoze cyane ariko hari nabagabo bima abagore ukabyifuza ukabibura
Mama queen uri mwiza kandi uzubwenge bwinshi! Much respect!
Yewe .mama kwini we twarashize pe! Wamaze kureba ibiri iwannjye mubulili no murugo iwannjye pe !😊😊
Asante sana Maman Queen, nibwo ngukurikiye bwa mbere kdi sinari nkuzi. Ariko ikiganiro cyawe cyuzuyemo ukuri kose.
Rata nta mugore wo kuraza umugabo ubusa nubwo bigeraho bakaduta ariko ntako tuba tutagize!Imana iguhe umugisha ku magabo meza uduhaye ❤️🥰
Mama byihorere ibyo uvuga ntubizi abagore baratwimye baratumaze 😂
😂😂😂
Hhhhh
Ibyo Mama Qeen avuga nukuri, cyane. Abagabo twarashize. twapfanye isoni nubwoba bwo gufungwa. bishoboka reta yashyiraho plan B irengera abagabo. kbsa.
Urakoze Rweme maman Queen societe nyarwanda iramukeneye mubaze wenda haraho yabivuze yize imiterere y,abagabo mw,ishuli ko antunguye numva arinjye avuga atanzi?
This lady has a wealth of information on the value of sex in a relationship. His way of expressing himself is sometimes slightly daring, but it is nothing vulgar, on the contrary. The icing on the cake, she bases her lessons on biblical etraits. His knowledge is worth a book (books) which would bring him a lot of money.
Mbega umu Mman ufite ubwenge!!!!
Mman Queen, Imana iguhe imigisha kumpanuro utanga
Abagabo benshi twaramfuye twarashize, twabuze kirengera kubera gutinya gusenya Nuko biruzumvikana hanze.
Yooo! Ihangane muvandi nicyo cya mbere
Maman Queen niyubahwe. Inyigisho atanga zubaka umuryango.
Merci à toi maman. 100% raison
Mu byukuri ntagihe kibaho kiri rusange Ku bantu bose. Byaba buri munsi, buri isaha, buri cyumweru... Igihe cyiza nicyo mwembi muhahijwe ntwababibuze. Communication nziza mukemeranywa ibibabereye byanyu mitarebye ibya bakanaka
Ikigabu cy'umugabo cyubahwe. Utararya inkokora y'umugore yishakiye agira ngo biroroshye. Izo mpamvu zo zihoraho!
Yooo uyumumama ndamukunze ashimiye abanyu beshi ahabaryaga Gerard ibinibyo biganiro ducyeneye😊
Ubu njye nsubiye ubusore nkajya gushaka nabanza uwo nakunze nkamwumvisha aya masomo,ya kumva ayacengewe nkamushaka,yayaca amazi nkamureka akajya aho atazatanga umubiri we.
Imana izaguhe umugisha kuko hari abagore Imana yahaye ubwenge bazumva izi nyigisho bagakira ubupfapfa n’ubujiji.
IMANA yaguhaye ubwenge bwinshi mubyeyi mwiza
Nuko Imana iguhe umugisha maman
Mama kwin ngewe namezi 2 yashira yarankaniye agahinda karanyishe nibiganiro ntabikozea
Cyereka,izinyigisho zitanzwe nkomunteko z'abaturage aho ingeri zose zibyumva
Nkbazikibazo kimwe1 ibyobyose uvuga warabikoze murugo rwawe biranga urasenya? Cg wabimenye nyuma ya divorce?🤨🤨 niba ibyowigisha, warabishize murugo rwawe !umugabo,akarengaho akagusaba divorce ! abagabo nibantamunoza🤔🤔
Umuntu ni ntamunoza!erega abagabo murabavuga nkabahorana ubwo bushake kandi hari nabo bicanga kubera abagore babahoza kunkeke zizo gahunda
Teta burya theories ziroroshe wangu ariko pratiques biragoye cyane gukora ibyo ariko aravuga. ikindi iyo satani yamaze kuza murugo rwanyu atari yesu ou allah wenyene abifashijeho nta mpanuro umuntu yumva ntabisomwa asoma abantu bacika ibikoko haba abagore canke abagabo..... bifate nka theories kandi ubishire always mumana gusa ibisigaye imana niyo ifasha ingo gusa
@@Gtownsogo hari akantu nanga ngo niba mufitanye ibibazo ngo muganire,hhhh kandi byo biba byaranze mbere kuganira biba byararangiye keraaa ntanaho byatangirira
Nanjye Uyu mugabo namugaya,umugore ankoreye ibyo mama Queen avuga,najya nanamuheka,gusa nakwicwa n’umunezero bakanshyingura
Reka nkubwire Ana. Nkuko hari undi wabivuze iyo wimva ibiganiro nkibi ukumva bitagufashije icecekere kuko singobwako avuga ibifashije Bose. Ikindi nuko hari Abantu wakorera buri kimwe cyose ariko bitewe nuko bakuze bafite ibikomere bigatuma batanyurwa naho wamanura ijuru. Rero ntutere amabuye Maman Queen nkaho ariwe nyirabayazana wo kwisenyera. Niba kdi warashatse umuntu warezwe Shima Imana kuko wahiriwe n'urugendo. MAMA QUEEN UZAKOMEZE UVUGE ABUMVA BAKUMVA BAKUBAKA BAKUBAKA ABADASHAKA UZABAREKE KUKO NIKO ISI ITEYE.
Uyu mumama abaye intwari yambere itinyutse kuvuga kubitsina byombi muburyo bwo kubaka ingo. Nukuri ibyo avuga mubihe agaciro. Arabivuga adakina afite intego yo gucyebura abubatse
Iri hohoterwa ry’abagabo rireze cyane,abagabo bakwiye kurengerwa kw’Isi,kandi iri hihoterwa niryo siko yamakimbirane yose aba mungo.Mme rero wowe wagize amahirwe yo kumenya ikintu kitwa umugabo n’ibyo aba akeneye mu buzima bwe. Iyaba abantu babagore bagiraga ubwenge nk’ubwawe.Ibiganiro byawe byose byuzuye ukuri cyane.
Nonese abagabo badashaka guha abagore. Bourabavugaho iki?😊😊😊
Ibyo mwavuga byose sibyo. Urugo Ni urw'abantu babiri. Igihe umwe ashaka kurwubaka nk'ibyo yumvanye abandi cyangwa yakuye kuri RUclips ruzasenyuka. For sure. Niyo waba warashatse abagabo benshi Ute, ubwo abo nibo Uzi nyine.
Urakoze muvyeyi. Akenshi Hari abagore benshi bibuka kuyora baramaze gusesa
Maman Queen hari abigisha byo gutwika !!! arko wowe ugamije gufasha ingo courage!
Uvize ukuli vraiment kwanza abagore bajya mubyumba by'amasengesho ashobora kukwima ngo arafunze akaba utatuma wigira hanze cyangwa se guhora winginga bikakurambira.
Mama ikiganiro cyawe cyiratwubatse cyane pe!!!
None ko Ali umu divorce byagenze gute ibyo byose avuga niba yarabyubahije niki cya munanije kugirango arengere urugo rwe niba uli bubone my comment please give me answer!
Nonese wiigeze wumvako byananiye?
@@isanamitimatv mumbarize
@@lolitaimena9782 Lolita ndashaka ko tumenyana peeee ahantu hose uba uriyo nta channel nimwe ntajya mbona comments yawe peeee hhhhh
@@buteragrace6052 maze kuhakura Inshuti rero nkenye peeee
Kuvuga no gushyira mubikorwa biratandukanye abenshi batahira kuvuga gusa kuko iyabishobora ntaba yararushenye
Maman Queen ni umuhanga cyane.Imana imuhe umugisha mukogufasha imiryago myinshi.
Mama barabiduha Ariko nago bigenda neza kubera. Kunanirwa
Mama queen ubwo bwenge ubusubize murugo uge kurukomeza therie abantu bagendana zitabafasha ntacyo zimaze
Mama queen ,Imana ijye ikomeza kukongerera imisha ! Ntako utagize ,ntako utagira ariko ni uko ugosorera mu rucaca ! Abenshi mubashinze ingo zarangije gusenyuka bidasubirwaho bitewe n ' izo mpamvu.Njye mbona umuti kuri kino kibazo ari uko abakobwa bamwe bajya gushinga ingo batabikeneye , kuko babaye babikeneye ntabwo iriya myifato yagombye kubaho . Nkaba mbona rero ko umukobwa uteganya gushinga urugo , iyo ari ubikeneye , akora ibishoboka byose ayo masomo ya maman Queen kuri iyo sujet akamugera ( akaba ayazi ).
Iyo sujet ni bon
Urintwari yumuvyeyi komera uhugure ariko baragwaye amatwi
Ntawabzanga nukutabimenya iyimana yabagezeho
maman Queen ndagukunda inyuma yimibabaro wagize uriko ufasha abantu benshi kwisi. nkunda ibiganiro byawe pe..... uri uwagaciro mungo zubu. yesu agufashe nawe pe
Urakoze cane Mama Divine nasabagako mwampa number yanyu nkabavugisha in box
Gerard uzanye abantu bafasha abantu.From Burundi 🇧🇮
Mama kora hano kbs🤚ako kantu ka ranjyiza vuba njye kwitekera/giravuba nigendere niko kabi pepepepeeee 😂 shn nukuri urakoze kuruno mwanya wawe kuko ibyo uvuga byose njye ndabyumva 100%kd abagore Imana ijye idufasha iduhe ubwenge kweri 🙌
Arega umugore uvuga ngo rangiza vuba nigendere ntacyo uba umumariye,aba akubwira ko washaka wahindura ukamushakira umunezero nawe agakora ibyo yishimiye.
Gira vuba nisinzirire ukagirango uri muri course,….yewe ibyangiza abagabo m’umutwe ni byinshi.
Cyangwa ukagirango igihe cyo kuryama cyahindutse igihe cyo kwambara wikwije( ipantalo, n’imipira) cg akaguha abanje kugutuka no kugucyurira.
@@Papalain ranjyiza vuba nisinzirire😂nibyo pee shn nukuri nanjye ntarabimenya nararaga nambaye umupira na kola ukagirango njyiye muri sport😂😂😂
Iby'umugabo numugore nibanga rikomeye.
Umugabo burya afite imirishyo umugore afite ingoma ( imigoma)
Umugabo rero niwe ukubita ingoma aho aba ahamagara ngo Ingo ma( ngwino ma).
Congratulations mama Queen
She has spoken the true.
Maman Queen Imana iguhe umugisha pe ibintu uvuga nibyo ninabyo biri gusenya ingo nyinshi.
Izi nyigisho nizo pe. Uyu mumama afite umwuka w'Imana.
Ibyo uvuga nibyo cyane
Maama qeen imana iguhe umugish
Nukuri peeee ahubwo nkuhaye inka
NYAKURAMBA QUEEN, KUGARAGAZA AKARI KU MUTIMA GASESEKARA KU MUNWA,NGUHAYE AMANOTA 99,99%
Uyu mubyeyi ni umuhanga, gusa iby'ubwenge byumbwa n'abanyabwenge, niba avuga ku kibazo gisenya Ingo ,kigatuma abana bakurira mu matage y'ababyeyi, uyu musanzu urakomeye pe. Thanks Mama Queen
Igitsina cya buri munsi cyatuma umugabo asaza vuba. Nibura kabiri cg gatatu mu cyumweru.
😂😂😂😂😂
Reka da ahubwo araramba
Ubwo baba barashakanye badakundana kuko iyo urukundo ruhari guhura gusa kwegerana muhita mukururana mwembi mugahita mubishaka
Uruwakamaro mumuryango nyarwanda,komerezaho rwose kdi turakwishimiye
Uyu mubyeyi yubahwe kbs arasobanutse kandi turashimye
Iki ikiganiro kirashimishije.Ariko rero ntabwo imibonano igomba gukorwa buri munsi. Biterwa ni ubuzima Bea buri munsi couple zibayeho. Umugore ntabwo Ari igikoresho cy umugabo cya buri munsi.
Ariko biragaragarako M Qween bino bintu mbere utabikoraga kuo buno bwenge ugaragaza ntimwarigutana ahubwo wwnda ubimenye nyuma cyokora ahumuntu amenyeye ikintu niho agikorarera rero Wenda niba ntamwuka mubi ibyihishe inyuma uramutse ubonye uwundi buriya warwubaka neza ukurikije uko uvuga
Ingaruka byamugizeho nizo atifuriza abandi bagore cyane cyane abakiri bato, ese si umusanzu mwiza
Ark abantu mushoboye kuvuga ndabarahiye umebarikiwa na mudomo kbs😳
Umva ubundi wigisha Urugamba warwanye ugatsinda, kwigisha ibya kunaniye ntampamvu rwose.
Umva Niba yarasenyewe niyo mpamvu nyiyifuza Lero ko hari undi byabaho niyo mpamvu abagira inama ngo namwe mutazasenya Ingo zanyu kubera kutamenya igisenya ingo
Imana iguhe umugisha
Iki kiganiro ni kiza cyane kdi ni ukuri kuzuye. Kwimana sex ni imwe muri factors zo gusenyuka kw'ingo nyinshi. #ntitukimane
Ndakwemera geradi kd Imana ijyigufasha from rbv
Imana iguhumugish muvyey uravuga ntuvura juwanje misi yose ntashe muhira acaja kurara mubana ubu nsigaye nipfuz ko yotuma apfa hako nza ndipfuza ikintu ntunze munzu
Ihangane umuganirize umubaze impamvu zabyo
Wampesheje akazi nsinzabyibagirwa
Njye mbona ntanyigisho ufite.
Wamubyeyiwe uruwambere ukanikurikira imana izagufashe ariko uvuze ukuri mama
Uraho , Mama Qeen,nkeneye kowagira inama UMugore wanje, Amaze umwaka urenga yarimutse mucyumba.
Madame muvugabutumwa hano uvuze ukuri 100% umugabo atangira kwiyenza yamaze kugucishamo ijisho ko utamumara ubusambo. Hari umukobwa naterese namukora kurutugu gusa ati plze I am not confortable akansunika ukuboko. Nakoze projection yuko byagenda amaze kuba umugore mpita mukwepa!!!. Hejuru cyane rwose nahise muyoba. Naribajije nti uyu naba mushaka ngo bigende ute?
🤣🤣🤣🤣 uwuzajya ufataho nukujya yiyoroshya kugirango umwemere🤣🤣🤣🤣
Turabaramukije cyane👋
Murabagaciro cyane ibiganiro byanyu bikwiriye kuba impanuro
kubagore bazengereje abagabo
Ni byiza cyane
Wubahwe maman Queen
Gerard nkubaze kuki igitsina gore aribo ukunze kuzana hano mukiganiro Inkuru yanjye ese ntabagabo batotejwe n'abagore??? Bicecekera....
Ubivuze neza nyine, abagabo baraceceka.
Kombona wiyubashye .ibibigani to urabikora ahaaaa🥱🥱🥱🥱
Imana igufashije ukizera ubutumwa bw'igihe wafasha benshi
Ndabizi abagore bamwe baragutuka ariko ibyo uvuga niko kuri
Uziko iyo umugore akwiyimye ukamureka avuga ko uri umusambanyi bigakurura amakimbirane bagatandukana!!!
Uravuga ukuri pe
Ibi biganiro uzasabe ko wajya ubikorana na compaign y'ubuhuza mu makimbirane ari mu ngo (njye ndabigusabye )
Uyumubyeyi niyubahwe arigisha ibikwiye mubihe nkibi ingo zisenyutse cyane arikuzubaka
Mam queen wowe uracyavuga nge narumowe umugore yaranyimye kuburyo mbona ASA nufite ikibazo cyuburwayi reba nawe Aho umugo re tugera muburiri yasisinziye mugitondo ATI samasaha yabyo kumanywa ahita yifurishwa utwenda
🤣 🤣 🤣 🤣 🤣 Yifurishwa utwenda😂😂😂😂 Sha wowe uranyishe
She so right
Uyumubyeyi imana iguhe umugisha
Uwange yarananiye nubuturage gusa sinamubwira ngoduhindure poster ati abyonibiki numuturage kbs
Asanti Sana mubyeyi uranyubatse
Ntamahoro mumuryango irihohoterwa rikiriho,gusa nkuyumubyeyi yarirandura Burundu,ndakwemeye too!!!!
Mbwire koko.ubwo yahora arongora bulunsi
Koko
Ntiyapfa vuba.aliko
Ma
Reka utandukanenumugabo.ndumiwe.eheeee
Abagusha.ahhhhhh
Kwiyubaha nokubaha abandi nibintubyiza
udashoboye gukurikira ikiganiro
ntacyobyakumarira gusebanya cg gutuka
umwijysha kd nibawajehano byumve
ntubishyire mubikorwa nibawumvantacyo
bikubwiye Mamawe babwirengo
umunyabwejye ategamatwi inama ajyirwa
ariko umupfafpa zinjiramigutwi zigahinguka
mukundi
Ibyo nibyo byansenyeye icyanshekeje kikanantangaza nyuma y'igihe gito ahita abyarana nundi mugabo
Hello ndashima ko wigishije abagore ubahugura kunshingano
Ari umugabo cg umugore wanga kuzuza inshingano yahawe biboneka muri bible ngo ;
Bagabo mukunde abagore banyu nkuko Kristo yakunze itorero akaryitangira
Bagore mwubahe abagabo banyu
Ndisabira umuryango nyarwanda kunvira Imana no gukomeza amategeko yImana yose Imiryango yanyu izababera ijuru aho dusanga umunezero amahoro
Mugire ibihe byiza kandi nashimye buriya buri wese arebe aho yagenze nabi yikosore
Sha uvuze neza rwose burijoro ubundi Umugore yagahaye umugabo ikitubabaza erega kiraryoha
🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Gukora kariya karimo nibyiza ariko buri munsi umugabo ashobora guhura ningorane buri munsi byakugwa nabi ikindi harigihe umugore utera imitoma bikanga Kandi gukora iriya gahunda mutari muri mudu imwe ntibivamo neza
hahirwa umugabowawe niba abagorebose barinkawe ngobamenye angaciro kimibonano
Icokuzana iwacu ugategura seminaire kweri
Aka nakumiro 😃😃😃🙆🏾♀️🙆🏾♀️🙆🏾♀️
Uyu kobyamuyobeye yagiye abireka ibintu ahora yigisha byaranyumije afite dispersion
Ubu murebye neza ntimufite mbene ibi bibazo?
Ikintu Kinsetsa nuko abagore ingo zananiye aribo baza kwirirwa bigisha ibi. Nonese iyumugore arwaye cg ari muri period. Yewe. Narumiwe pe
Ariko Ange, ivyo uwo mudame avuga nukwuri kwuzuye, uko ivyurugo rwiwe vyagenze ntavyo tuzi ariko ivyo yigisha nukuri kwuzuye
hari nigihe rwose umudamu aba atabishaka, kandi iyo utabishaka ugahatiriza uravunika ugahora unaniwe pe
@@Sharon_Nimwiza icyambwira wowe ubishaka we atabishaka😏
Ntimukikunde
Uwo mudamu niwe mpaye ijwi. Azabe minister w umuryango
MPa numéro yawe nkuvugishe
Uyumumama arigishap azaduhe ikindi kiganiro abatarashaka abavugaho iki
Ibyubu byuzuye abadayimoni ntarukundo rukibaho naho wamukunda ukamuheka abantu barangiritse
Gerard dukunda, Byaba byiza ugiye utumira icyarimwe umugabo akavuga ibya sex kuri side y,abagabo n,umugore akavuga kuri side y,abagore kuko nubundi ntawe ubikora Ari wenyine. Merci
Rwose ibiganiro byawe nibyiza pe ark harabadamu batabyu mva baba bavugako wakuyeho wirutse muri byinshi wabonye byinshi bo baba bagupinga wababwira iki?