Kuna watu wamepitia mateso kwenye hii safari ya maisha, pole sana dada, ila tu nikushauri usirudi kudanganywa tena ukajiongezea tabu kuzaa mtoto mwengine. Much love from 🇹🇿
Aha ntamugabo nagirira impuhwe kuko tunyura muribyinshi tugaceceke iyi utazi kwifatira imyanzuro uba mururwo rugo nagahinda kakagira na effects kubana. Ntabwo society natuma imbuza amahoro ngoniko zubakwa never. No man will ever make me lose my sleep never. Pole madam
Kuba umurokore ni akazi gasaba kwibagirwa ubwenge ugasigara ibintu byose ubyitirira Imana cg shitani kugirango uhunge "ukuri" kandi uhunge uruhare rwawe uba wabigizemo kuko 90% by'ibiba mu buzima bw'umuntu ni ingaruka z'amahitamo aba yahisemo. Muba mujya kubashakamo kuki?nta muntu muzima usohoka muri bene wabo ngo ajye mu bundi bwoko ibyo ni ukutiha agaciro kuko byica amaraso yawe ntuyabyara,hano mu gihugu cyacu hiyongeramo n'akarusho ko ubwo bwoko bwarimbuye ubwanyu abana na ba nyina na ba se ,sekuru na ba nyirakuru barashorerana n'imihoro bajya kurimbura imfura ,nonese wowe urifata ukemera kubajyamo urumva utarataye ubwenge?urabeshyera umuco ngo ntawe usubizayo inka ahubwo ni nde uzana inka batabanje gufata irembo?ni nde wakubeshye ko mu muco umuntu ashorera inka iwanyu gutyo gusa batabyumvikanye? mu muco nta babyeyi b'abatutsi bashoboraga gutanga umwana wabo mu yandi moko reka reka ,ahubwo wowe ingaruga urimo ni uko wataye uwo muco,muzarebe ko abinjiye mu madini atari mwe mwabaye ibigoryi naho abiziritse ku muco wabo ibi ntibishobora kubageraho,musubire ku muco mwige ubwenge.
Sha mwitera uyu mubyeyi amabuye kuko harigihe ibintu biba kumuntu kuburyo utabasha kubisobanura , Imana igutabare iguhe kwiyakira kandi itondere abagabo , nubwo uri mwiza ariko rera abana bawe uturize Nyagasani
Kuna watu wamepitia mateso kwenye hii safari ya maisha, pole sana dada, ila tu nikushauri usirudi kudanganywa tena ukajiongezea tabu kuzaa mtoto mwengine. Much love from 🇹🇿
Ubuhamya bwawe nawe burimo akavuyo pepepeeeee,yaba wowe yaba uwo mugabo mwese Muri abanyamafuti,nubujiji bwinshi,ngaho umva uvuye iwanyu uragiye utwitiye umuvandimwe wumugabo,🤦😩 ibibazo byinshi mbona aritwe abagore tubyizanira,no kuguma wemera kubyararagura nibibazo UBA ufite urumva Atari ukuzana abana mukavuyo kanyu koko,mwarangiza mukanashyiramo Imana mumafuti mwikururiye...
Ndabyumv1 kimwe nawe
Nibyo rata tugire ubwenge
Rwose uvuze ukuri abo bana rwose bajye babatekerezaho.
Yoooh Sabin wazadushakira umuhanga mu mibanire/sociology akatuganiriza imivumo abagabo bikururira muguhemukira abagore Imana ibayabahaye
Nyabuna naze atuvure turarembye
@@Rm-zo7ro ngahooooo
nuwanjye umuvumo ntazawukira, imvune yumutima mporana ntizamugwa amahoro
Pole sana chr lmana izakubera byose irinde abagushikisha urukundo kuko lmana niyo nkuru naho absgucira urubanza bo nibaceceke bible iravuga ngo usenze umugore we aba amuteye gusambana
Yewe, ihamgane ariko mama usenge cyane kuko nawe harimp amakosa menshi wakpze. Ubu se ubyara nundi mugabo kandi ukiri mu isezerano? Uwo musore mwari mugiye kubana ufite abana 4? Kandi agutera inda muri abarokore? Ibyo wavuze byose ntiwigeze ubisabira imbabazi kandi aricyo cya mbere. Uracyari muto n' abandi benshi bazaza bakubwira urukundo, uzasenge cyane kandi wirinde. Gusambana bibi.
Wa muvyeyi we, nkwisabire ikintu kimwe untabare ntuzongere kuvyara umwana. Abantu baguhenda urukundo bazoza ari benshi uri mwiza. Bazokwama baza bakeneye muryamane. Usenge Imana igukingire ntuzongere kugira uwo muryamana vyanse naho ugende onapo kuko wohava uguma wongera ibibazo. Tekana urere abo ufise mwiza
Ni mwiza cyane kd ni muto
Nawe nibyo bimwoshya akirirwa asambana ese ubundi buriya akijijwe iki ko jya numva ngo abasenga ntibasambana sicyo numva bigisha umuntu bwambere
Gusenga ntabwo bibuza kubyara, ahubwo mugire inama atangire kuboneza urubyaro 🙂
Sabin ndagukunda nukuri!Uzi kuganira nabantu Bose!abababaye ubabarana nabo!nabaryohewe nuko courage Sabin🇧🇮
Babura kumutuka c Sha🥴
Ariko seeeee yemwe njyewe iyi nkuru mbuze icyo nkuramo! Harimo uducenga twinshi! Gusa umenye ubwenge ushishoze kubakubeshya urukundo! Bitabaye ibyo uracyafite abana benshi bo kubyara.
Sha nanjye byancanze ubu ngubu
Cyakora abagore ubugoryi bwacu weee,uti murumuna wumugabo antera inda,Ubwo se uba uje kuvuga iki,nari nakugiriye impuhwe Ariko hajemo ibyo kubyarana nabandi numva nkugaye
Hhhhh nyumvira nawe wamubyeyi weee😊😊😊😊😊
Njye ndarambaraye pe ndumiwe
Ariko kuki umuntu avuga inkuru ye abantu bati arabeshya nonese nimwe mwabayeho ibyo avuga.Inzu Itwikira byinshi.Umutima ukabika ibirenze. Impore mama.
Ngaye abantu mwese mwamuteye amabuye, Gukosorana ineza bitera ibyishimo. Niba hari naho yakosheje mumuhe inama namagambo meza nimuto inama mumuahye yazubakiraho
1. Ihame ryo ku isi nuko iyo uri kubyara ugomba kwitegura kurera kubw’ibyo byara abo ubona wagerageza kurera
2. Ubujiji bubaho ariko ingaruka zabwo zakwiye kuduha gufata ingamba zikomeye zo guhangana n’ubuzima
Nibyo rwose abagore tuba faible cýane
Ohhhhhh Ruth ishuti yage magara burya yankoreye baby shower I love u sister komera
Ese SABIN Abagore bashavuriye mu rushako uzakira amarira yabo yose uzabivamo manuka mucyaro utunge mikoro bo barabyakiriye babiteramo ibiparu nibwo buzima
Bigaragarako wumvise amabwire cyane knd ntiwagira kwihangana nokubabarira uwo mubana. Knd ntawudakosa knd bigaragarako uremereza ibintu cyanee
Numvise ahubwo ariwe wakoze amakosa akomeze. Kuryamana n’umuvandimwe wumugabo? Yesu Mwami Mana
Ruth pole sana gusa Imana irakora
Umbabarire kubwamagambo ngiye gukoresha warinjiji hejuru yizindi utandukanye numugabo usubiye iwanyu umuciye inyuma uranabyaye urasambanye kwa usubiranye nawe uziko abarokore ntabwoba mugira usubiyeyo Sha urashoboye kbx
Afitemo nibinyoma yaje kwishakira ubufasha Ariko ibyo avuga byose namacuri
Nibyo byabobasengana ngobasubirane nibo babaroha
@@fortunecadette8919 ubundi njyambona ntamurokore numwe uzabona ijuru niba ririho kuko njyewe narumiwe ibibi byose nabibonye mukirokore Imana imbabarire guca urubanza
Pole sana,wahuye ni bibazo ark nawe warubifitemo uruhare kudafsta icyemezo.
Irerere abana uve mubyabagabo, urukundo urushyire kubana bawe, nibo bazaguha urukundo utahawe nabagabo
Sabin waragowe kweri amarira yabagore uzayakwizahe
Iyi nkuru ntiyunvikana gose😢
mama wenda umugabo yakubaniye nabi pe, ariko nawe wamubereye ikigwari rwose! umuntu wumukristo aterwa inda na murumuna wumugabo we koko?? genda nawe wigaye waramususuguje rwose. none urumva icyiza cyamuturukaho arikihe namahano yo kubyara hanze wamukoreye!!
Kubyarana na myramu wawe cyera ntibyaba amahano asenyingo. Kuko yabaga abyaye mururwo rugo, ariko ubu byanatuma abantu bicana. Byose nibimwe mubyatwadutsemo. Ntimumpore ko mbivizentyo,( ndabizi ko (ibihe nibyabyo).
Ikibaz cyabarokore nikimwe ufite ikibazo barakizi. Uti ihangane imana izabikemura . Nyamara imana ntizava mwijuru ngwize ibikemure kbs imana izanyura murabo musengana. Kuki baticara hamwe ngo ikibazo bagikemure ahubwo bagahita batererana nyirikibazo. 😭🙏🏾❤ ibi bigomba guhagarara kbs knd bidatinze rwose . Ibi tugomba kubihagarike knd urugendo rurakomeje .
Ariko iyo muvuze ngo sinzi uko byagenze turaryamana ntasoni muba mufite ufite kujarajara mubagabo kazi kawe Sha ko wabyaye ufite abana bahagije wareze abana ukava mubyabagabo
Ntibara mukomeretsa ababare ace azinukwa icitwa umugabo iyo ava hose.
Jewe simbona abagore bavuga ivyo mu rugo rwabo ,iryo ni banga basha mureke si vyiza.
Abavyeyi ba kera bapfira imbere kandi bakigumya,yaco duta umuco.
Nkizo ngorane zose rondera umuntu wu mwizigirwa canke umukozi w'Imana umubwire agufashe.
Kandi usanga ego ubabaye cane,ariko ubu dusigaye tubifata nko gusegerereza mwitwaza ibibazo mwigumye musenge.
Umu maman asenga akigumya aronka ibisuvya ivyo aba ariko ararondera.
Sabin, wewe ufise vocation yo kumviriza ingorane z'abantu ? ???Courage !!!!Ufis'impano kabisa !!!Erega bizokurwaza wangu !!!!Kw'ar'ingorane gusa !!!
Nmubona umugabo ntakigenda mujye. Mwirindakubyarana nabo mwabagoore mwe mwagiye mugira ubwenge
Cyakoze uyu mugore akunda abagabo pe, rwose ibyo uvuga ntabwo byumvikana urahuzagurika cyane
Ariko kuba ubuzima bwanse n'umugabo ukongera ukaba ufise abana bane, kumva ushaka kuvyara abandi. Emwe Imana iduhe ubwenge nukuri
Nibyo rwose
Sabi ngusabira umugisha kumana always kuko ufitiye runini abantu beshi.
Sha komera ukomeze wirere abana kandi uri intwari komera humura kubaho kwagashwi simpuhwe zagaca humura
Ruth wowe nta bwenge na buke ufite.iyi nkuru yawe rwose wapi,gusa uhuguye abantu bafite ubwenge buke
Inumire sha ibibazo bigutera ibintu byinshi
Ikosa yakoze ni ukwemera gusubirayo!!
No Kuba mwarabanye mutarakundanye
Icyo mbashize kubona nuko uyu mudam yazize kuba yoroshye kubeshyeka ikindi n uko ubuzima yanyuzemo bushobora kuba bwaramwangije k umutima no mu bwonko kuko inkuru ye icucitsemo ibintu byinshi bimwe yibagirwa ibindi akabyibuka ibindi akabicurika ariko sinamurenganya may be ni stress z ubuzima yanyuzemo. Gusa Madam inama njye nakubwira nugufungura ubwonko n amaso ugakanura ukareba kure kuko rwose nawe wagizemo ubwana bwinshi cyane mu bibazo byawe niba warabitewe n ubwitonzi niba warabitwe n idini sinzi pe. Urumvako wubakiye kukubwirwa amagambo menshi cyane ugakubitiraho no kubura urukundo rw umugabo. Gusa nakugira inama yo kutongera gusubirana n uwo mugabo no kwitondera kongera kubyara ukarera abo ufite. Imana ikorohereze pe
Mbega inkuru ndumiwe koko
Mbaye uwa 644 nanjye. Maze ndore
Nutagabanya ubuzanga uzabyara nabandi
Mushiki wange ruth Pole sha Imana yarahabaye yarakurengeye
You are a good woman keep it up
Aha ntamugabo nagirira impuhwe kuko tunyura muribyinshi tugaceceke iyi utazi kwifatira imyanzuro uba mururwo rugo nagahinda kakagira na effects kubana. Ntabwo society natuma imbuza amahoro ngoniko zubakwa never. No man will ever make me lose my sleep never. Pole madam
Bameze uko bameze nawe umeze uko umeze. Gusa victims murizi kavuyo twiteza nabana bacu. Ni twisunge Yesu kndi niba bigoranye contraception hafi 🙏🏾🙌🏾
Ruth pole sana, Imana Niyonkuru ikomeze ikubere maso kandi irabishoboye 🙏🙏🙏
Ariko Sabe🥱🥱🥱🥱 wagize ubwoba bite byawe ko ntabubazo ukibaza kubintu bitunvikana? Gusa twakubujije guca mwijambo byonyine Ariko umuntu nkuyu uvuga ibintu bitunvikana wakabaye umubaza ingungo kungingo ngwo twunve inkuru neza yibyo yanyuzemo. Ubu ntituzi Uwo avuga ari umugabo wambere cyangwa uwakabiri
Nukuri ntiwamenya aribiki
Suko se
Ntawamenya aho umugisha uva
Abadamu benshi cyane bashatse aho badashaka abandi abobaribashaka byasaga nagahararo abandi barahohoterwa bagaceceka n'uvuze bavuga ko ntabanga agira mbese urebye dukeneye abaganga turibenshi.
Aba Bantu bose bababaye Sabin nyuma azajye abashaka abaganirize bihoraho
Ntabwo Sabin yabivamo bamaze kuba benshi cyane
@@ukuri2523 uyi ubivuga simbona afite cano nawe yabikoze?
@@lolitaimena9782 😂😂
@@ukuri2523 ntiyabyiviramo rata kd banaracyaza
Njye ndakumva hari ubwo ibibazo bikurenga ugahitamo guceceka kandi ni hyiza rwose😊
Nubwo wahemukiwe nawe waratwitse kubyarana na murumuna Wu mugabo wawe?🙄🤔
Wumvise nabi nago arko yavuze
@@mremedia7456 nyama ra umwana we wa Kane uze kunva neza murumuna w'umugabo we kwa sewabo
Uyumugore arahuzagurika cyane inkuruye ntiwamenya aho ihera naho irangirira knd ntanuwakwemera ko yabyaye abobana 2 banyuma yarakoze divorce !🤷♀️
Kubera ukuntu abivangavanga !
Abantu mwese mwamuteye amabuye uyu mudamu, Imana ibababarire cane, je inkuru yiwe nayitahuye cane, je ibintu vy'amadini ndabizi ingene bihindura abantu ibijuju kubera ukutamenya ugahora utinya ngo Imana ivuga uku. Ikindi kuba yaravyaranye n'abandi ndabitahura hamwe yabiha kubera kurondera affection atigeze aronka ariko agasanga yasamaye ntiyirinze gutwara inda. Navyi kutirinda gutwara inzindi nda vyava ku myumvire nyene y'idini yakuriyemwo ntiyari azi uko birinda gusama inda kandi ntiyari no kuyikuramo nkuko benshi baca babikora. Imana iguhoze igutabare
Sabin wabajije benshi pe ntibisobanutse pe!!!!
This story if full of confusion, but if you try to understand she’s gone through a lot🙂
Sabin uzatuzanire Mbona bihita
Icakuzo urakunda abagabo gute uguma uvyara kubagabo batandukanye Sabin utuzanira inkuru zigoye kumva kuvyara ata divorce ufise
🤣🤣🤣 akabi gatwengwa nkakeza
Oooh Sabin ibiganiro nkibi bidasobanutse ujye ubyihorera kubisohora!!! Ibyo avuga biravangavanze!!!
Pole sana
Ruth we inkuru yawe irababaje pe, ariko nubwo ufite intimba wiba umwana ntuzongere gusubirana nuwo mugabo kuko warokotse kenshi ariko ubutaha azakwica!!! Ndinkawe nanava aho ntuye urwanda ni rugari
Sabin abagore iyo babuga barira, ushobora kwibeshya ko ari abantu. ariko nuko abagabo batavuga., Barashize.
Ahaa nzabandora ibyamoko yabanyarwanda🇷🇼 nivangura bafite
Mbaye uwambere mumpe like Bantu banjye
Ese like muzimaza iki?
@@nikuzesandrine1034 hhhh nuko tuzikunda wowe c ntizigushimisha 😂🙏
@@patricknsengiyumva34 nayiguhaye rwose.reka ntazo nkeneye😊
@@nikuzesandrine1034 Nanjye nayikwishuye nanjye
Inama ya 1. Iyo urugo rwanze cg umugabo akakunanira mufitanye abana barenze umwe icyo ukora wirinda kwirirwa uryamana nabahisi nabagenzi ahubwo ukarera abana bawe. Simuteye amabuye ariko nimuto nashake imirimo akore areke gushakira amakiriro mubagabo
Mwabonye karuhura mujye mwirirwa mumabi muzajya muza abaruhure
Aha ntawamenya mwapfuye ifuhe ryawe
Gusa ufite imyitwarire mibi yo kubyarana nabagabo benshi kandi bira ingaruka mbi nabandi babikurembo isombi
Uyomuvyeyi yihangane kandi Imana imuhezagire ubuzima bwiwe bwose busigaye ize imuhe umunezero
Kubana numugabo nabana wabyaranye nabandi ahubwo numuntumwiza
Guhora umuntu abyara muri ubu buryo nabyo si shyashya kd ngo ni umurokore
Gukizwa nabi bitera umwaku erega mubyeyi
Rero abagore biyiminsi natwe ntituri shyashya ese kombona mwese ntanumwe ujya ushima icyiza umugabo yego abagabo bajya bahemuka ariko Hari icyiza aba afite njye uwanjye mushimira ko yatumye byara nkamenya uburyohe bwumwana ibindi byose yakora biramureba mujye munyuzamo mushime rwose Hari nabagore bahindura abagabo babi kndi undi yari mwiza rwose mujye mubanza mwisuzume rwose
Ntawe utaka atababaye di,ubuse yaje hano atababaye nonese kubyara ntarere abana bakicwa ninzara ubwo bibwo bugabo.wowe warahiriwe ariko harandi bashavuriye murushako
Ibyuvuze nukuri.niyohaba harikintu kimwe yaba yaragukoreye kimwubahire.nigute ushobora kubyarana nuwomwashakanye umwana urenze umwe bakaba 2,3,4.....uyumuntu nukuvugako ntakiza wabawaramubonyeho.noneseko tutarabamalayika .nuwomwotse ibere rimwe harigihe mudahuza nkanswe uwomwahuye mukuze
Kbs🎯
Ibyiza birahari mu byukuri kuko aba yaragukuye iwanyu ubishaka kandi umukunze ark agukorera ibibi byinshi ukumva uramwanze neza neza nabyabindi byiza yakoze ntubibona pee!
@@uwishemalosine4252 bitandukanye no guhirwa kndi muriyisi ntawutagira umusaraba we ariko njye sinajya hariya ngo nkorerwa ibi kuko Hari inzego zibishinzwe hano bahaza bafite izindi nyungu rwose ngaho uzanyereke umugore uza hano kuri social media ashima umugabo we ndumugore kndi utabana numugabo kuko Hari ibitaragenze neza ariko sinaza aha ngo mvuge nakari murori ejo umwana wanjye azakure abisangaho agahinda kamurenge wapi rwose never ubuse iyo aje hano araruhuka ko aba yararushye 😂😂😂
Kubabarara warababaye ariko ja muri onapo kuko uracari muto pee kuko abakubesha bazoza ari benshi
Imana imbabarire ariko ubwo si ubuhamya ko ntawagufataga kungufu se ubwo urumva wowe utari ikirara?
Ngo aho yari yaragiye utazi ni iburundi🤣🤣 .. komera mama Imana ishimwe ko uhari kdi ukomeye urimo kwirera abana
Akumiro karagwira 🤔🤔
Nukuri Mubyeyi inkuru yawe ndayumvise yose, ariko abarimo bagutera amabuye nibakureke kuko aya Madini nayo yica abayoboke mu mutwe, gusa nibakureke kuko icyo uzabacyo muragendana.
Shn rusi ntago ushobotse,story yawe irimo amanyanga menshi ntisobanutse,iyo ibyo bikomere byawe ubigumana ntubizane kuri youtube
Benitha uri umugome pe
Ese abagukunda bose ningombwa ko muryamana?
Wishyize hanze ntubuze byose,ukimara kubyarana nabagabo 3!!!!rwose umugabo wawe ahita aba umwere kuko ntibyumvikana ukuntu ubyarana nabo Bose warangiza ngo umugabo wawe ntashobotse ahubwo buriya ibyo yakoraga byose ni wowe wabiteraga,nawe nuko abagabo twihangana tukabika mu nda.
Sha sinarinziko abagabo bibwa bakibaho 😭😭
Baruzuye
Nibo benshi
Kuba umurokore ni akazi gasaba kwibagirwa ubwenge ugasigara ibintu byose ubyitirira Imana cg shitani kugirango uhunge "ukuri" kandi uhunge uruhare rwawe uba wabigizemo kuko 90% by'ibiba mu buzima bw'umuntu ni ingaruka z'amahitamo aba yahisemo.
Muba mujya kubashakamo kuki?nta muntu muzima usohoka muri bene wabo ngo ajye mu bundi bwoko ibyo ni ukutiha agaciro kuko byica amaraso yawe ntuyabyara,hano mu gihugu cyacu hiyongeramo n'akarusho ko ubwo bwoko bwarimbuye ubwanyu abana na ba nyina na ba se ,sekuru na ba nyirakuru barashorerana n'imihoro bajya kurimbura imfura ,nonese wowe urifata ukemera kubajyamo urumva utarataye ubwenge?urabeshyera umuco ngo ntawe usubizayo inka ahubwo ni nde uzana inka batabanje gufata irembo?ni nde wakubeshye ko mu muco umuntu ashorera inka iwanyu gutyo gusa batabyumvikanye?
mu muco nta babyeyi b'abatutsi bashoboraga gutanga umwana wabo mu yandi moko reka reka ,ahubwo wowe ingaruga urimo ni uko wataye uwo muco,muzarebe ko abinjiye mu madini atari mwe mwabaye ibigoryi naho abiziritse ku muco wabo ibi ntibishobora kubageraho,musubire ku muco mwige ubwenge.
Urunvako nawe wabaye indaya
Pole nukuri
Ndumiwe
Ubuho rero hazoza benshi bikitse muri ubwobuzima waciyemwo. Wirinde ncuti. Yezu akurinde
Akenshi ibibazo nitwe tubyitera. Iyo ubyaye umwana wa 1 mu bibazo, ugashyiraho uwa 2,3,4,5,!!! Ngewe ubu mba numva nagucira inkoni nkagukubita.
Ariko ibintu mwihaye byo kuratira isi yose ubuzima bwanyu muba mugamije iki? Kandi muba mubeshya. Iyo ni imitwe. Harya ngo muruhukira mu itangazamakuru ??Ahubwo muba muri kurutanga.
Sinkibyobyosese!!!! Ikibabaza nuko bashyiramo nabana babo!! Ntibajya batekerezako abana bishobora kuzabagiraho ingaruka umunsi bakuze bakabibona! Ubundi ibintu nkibi bagakwiye kujya babijyana muba counselors bakabagira inama! Yaba ari na depression bakamenya uko bakuvura, naho hano ushobora kuza kuhavugira story yawe bakagutukira muri comments ukenda kwiyahura 😀 ariko numvise ngo iyo wahageze baguha za millions da! 🤪
Umva nawe warakabije ! Ukundana numuntu uhita uryamana nawe ! Nkuko wasengaga wagombaga gukomera kuri Kristi !
Rerowamukobwawe ufituburara wowe.uwambereyakunaniye none utangiyenabandi
Ihangane mubyeyi
Yemwe Saben inkuru ziragwira courage
Isimbi njye mbisabire akantu buriwese muzaganiriza muzabanze mumubuze kurira
Kuko kurira nintwaro benshi bifashisha mukubeshyera abandi hanyuma bakigarurira amaranga mutima yabakurikira ikiganiro cyabo bagasa nababashigikiye bakajya hirya tukuri kuki se ntamugabo uza arira?
Keni
Uwambere
Uri wa 2🤭
Sabin mujyemwicarana moushwari yogukore mugihe umutumirwa arimokurira ajyayikoresha kwihanaguza intoki sibyiza✍️
Ubwo ngo nawe ukeneye ubufasha urangije ubyara 2 umugabo ati garuka uragaruka kndi ngo wagiye kubyara wumva byararangiye yewee uracyafite igihe kirekire cyo gusenga
Ugya mwishanba utazi ugaca inkoni utazi.
WAMUBYEYIWE SINGUTEYE AMABUYE,ARIKO NJYE IKIKIGANIRO NDAKIRANGIJE, ARIKO RERO PE WARANYANYAGIJE, UFITE ABANA 5 UBYARA KUBAGABO 3 KANDI URIKUVUGA UBUGWARI UBUGOME BW'UMUGABO WAWE,NTUVUGE UBUGWARI BWAWE, ESE WUMVAKO URUMWERE? USHINJA UMUGABO GUSAMBA, NAWE UGACA RUHINGA UGASAMBANA? UTI UMUGABO NUMUGOME? MWESE NTIMWABANIRANYE MBONA MWAZAHURA MUGAKORANA MUNTOKI MUKABABARIRANA.
KUKO MWESE MUFITE UBUSHYUHE BW'ABAZIMU.💯% NIMWIHANE MUMARAMAZE.
Nawe nubwo umugabo yasambana nawe warasambana pe kubyaragura ntamugabo ubwose warumu rokore canke?
njye izi story maze kuzihaga ku isimbi 🏃🏃🏃😣
Uyu umugore sinzi ko ibyamubako byamuha isomo! Abana 5 ,abagabo 3
🤭🤭🤭
Ubushyuhe bw’abazimu 😂😂😂😂😂😂 ndapfuye peee
hhhhhhhhhhhh
Nge ubu nibaza aho abahemu aho bungukira.Kuko ibintu byoguhemukira umuntu mwabyaranye,mwashakanye nta ndanga gaciro ibirimo peee.Twisubireho
Nyumvira uwo mutima wuwo mugabo nibyubwoko Mana weeeeee. Urwanda Ruracyafite akazi. Ariko icyiza iteka gitsinda icyibi. Imana y' Urwanda Izuhagira imitima yabakiziritswe niyomigozi yashitani. Ariko bajye babaha udupapuro twokwihanaguza
Utarabicyamo ntiyamenya okubiryana wapi ibyogusha bye let me take care of my kids 😭
Ubere abandi isomo abakobwa mubura ubwoko GT?ivyo mwigize!
Uyu mudamu se ko akiri mutoya akaba amaze kubyara bingana gutyo, kandi bigasa n'aho bizakomeza, ubungubu azagarukira hehe? Gusa abagabo bata abagore babo ntabwo ari byo nimwisubireho
Ariko abagabo ko bataza kuri social media bo ntibababara barababaza gusa🤗