YESU WE!!😳RUTAYISIRE NIBA USENGA GUTYA URI UMUROZI😳😭IMANA NTITERWA IMITOMA😳UBURYO BWIZA BWO GUSENGA
HTML-код
- Опубликовано: 6 окт 2024
- WIFUZA GUKIZWA CG GUTANGA UBUHAMYA BWAWE (INKURU YANJYE) WAKORESHA IZO NIMERO ZIRI HASI Cyangwa, WIFUZA GUSHYIGIKIRA UMURIMO W'IMANA
_______________________________________________
MTN Mobile Money : +250 788 20 8757
Airtel Money : +250 733 049 049
_______________________________________________
Ushaka Gukoresha Western Union cg Money Gram watubaza kuri izo nimero, Ushaka kubana natwe kuri watsapp Group Nyura hano: chat.whatsapp....
#Irene_0788208757 #Bohoka
Imana ihe umugisha Umushumba Antoine. Umunsabire ategure amasengesho dusengere Abantu Imana idukize ubukene. Murakoze.
Mushumba iyo numvise ubutumwa uvuga amarira arisuka kubera umunezero,be blessed
Imana ibahe umugisha
Nibihe bimenyetso umuntu abona akamenya ko yanditse mugitabo cy'ubugingo.
Amen habwa umugisha mubyeyi mwiza ndagukunda cyaneee mutwigisha byinshi ariko iyo bigeze kumbaraga za amasengesho bijyana ahantu hakomeye Uwiteka abahaze uburame
Ariko ndagukunda cyane mubyeyi❤❤ you are a true pastor, umpaza kwizera burimusi ndahinduka urimunzi ukonkurikirana inyigisho zanyu, wambereye umugisha ukukomeye cyane Thank you so much🙏🙏🙏❤❤❤
Imana yaturemye,ikarema isi n'ibiyirimo🙏🙏🙏, Ndayishimiye ko yagushyize mu biremwa byayo byiza👏👏 Ndayisaba kumva amasengesho yacu,kandi ikakongerera ingabire yaguhaye🙏🙏🙏🙏❤️
Imana iguhe umugisha mushumba.Gusenga ni ugutitiriza nta kwivumburira Imana.
Arko Pasteur uzorabe muma zaburi haraho biri, uretseko ntobikira kubera I jambo ry'Imana ridusaba gusabira abatubabaza.
Shalom?Imana idushoboze iduhe imbaraga,be blessed
Pst. Iyo Imana yaguye isezerano ntirihera kdi ntibeshya.
Nibyo aha ndize neza pe
Murakoze pastor.
Urakoze dear reverend canon
Twifuza kwegerana n’ Imana muburyo buboneye
Murakoze kubw’ izi mpuguro
Hello pasta yesu ashimwe turishimye cyane
Yo disi utuje nkuwasengeye Kwa Padiri uratuje cyane pe,imana ikomeze iduhane umugisha.
Hhhhhh
Hhhhh yavuye mubavuga amasengesho ajya gusenga
Amena amena !!! Imana iduhe gushyira umutwe mu maguru mugihe itaradusubiza
Pasteur urakoze kuduha umuco ingene umuntu yosenga,nanje ayo masengesho nsanga nayinjiyemwo ntabizi,Mutima mweranda atumurikire mû masengesho yacu York' musi yose
Nukuri mpora mfaswa iyo numvishe ijambo rya pr 🙏
Yesu ashimwe!
Dushimye Imana kubwa Roho w'ukuri uri muri twe. Aduha kumenya ukuri, maze ukuri kugatuma twigenga. Aleluya!
Past Antoine Rutayisire imana ige iguha umugisha peee kuko udufasha amasengesho kuko twe nitubona umwanya wo kujya mumateraniro
uyu mukozi w Imana ndamukunda ukuntu yigisha biranyubaaka Paster Imana iguhezagire izoguhe ijuru
Imana imbabarire amasengesho makeya imanaindinde gukora nisoni
Ndanyuzwe pe ! Merci, Past !
Imana Ijya Ikora bitewe na circonstances turimo Nanjye ndi umuhamya 🙏
Amen!🙏
Amen amen muhezagirw cne murakoz
Pst Imana ibahe umugisha kulo murabakozi b.Imana kuko mugira inyigisho z.umwuka wera
Imana iguhe umugisha mwinshi.njye harigihe navugaga nti ubanza ntazi gusenga bitewe nabo turi kumwe uburyo bavugaga , mbese détails nyinshi, ndasobanukiwe kurushaho
Imana iguhe uburame Kandi izabuguha uracyadifitoye akamaro
Ndafashwa pepe
Amen
Pastor imana iguhe umugisha hari byinshi wubatse muritwe
X
Mu Izina rya Yesu dushimye Imana ku bwa Mwuka Wera.
Kwitegereza no gusesengura ibyo tubona na byo ni impano nziza. Tukanamenya gutandukanya ikiremwamuntu n'ibindi biremwa.
Imana ikomeze kuguha umugisha kuko turiko turiga pe.
Yesu ashimwe!
Dusabe ngo Mwuka Wera uri muri twe adushoboze, tubashe gushishoza kurushaho, tumenye gutandukanya ibibi bitwugarije n'ibyiza, dushimire ibyiza Imana yaduhaye, dusenge twamagana kandi twitandukanya n'ibibi.
Muri Yesu Imana iduhane imigisha.
Ndabakunda mwese.
Ariko ko ukomeje kunyubaka paste?
Amina
Murakoze cyane ,icyampa nkamenya Imana mwamenye.Imana impe ubwenge bwokuyisobanukirwa👏
Imana ibahe umugisha mwasengeye igihugu cyacu amahoro araganje. Hashimwe Imana Data yo Mugenga wa byose.
Yesu ashimwe!
Kwihana tukitandukanya n'ibibi bihesha imigisha ikirere cyacu, ibihugu byacu.
😅😅😅 Imodoka igomba kuyoborwa n'Imana yonyine,,,No one has more experience to drive well and reach there safely!! You are true pastor.👌👌💕💕
Yesu ashimwe!
Gusurana no gusengerana nk'abakristu ni byiza n'Ijambo ry'Imana rirabitubwira. Ni byiza gusangira n'abo dusanze, ariko ntihagire uwitwaza ivugabutumwa cyangwa amasengesho ngo anyunyuze imitsi y'abandi, kandi yenda atanabashima!
Imana idufashe cyane.
Imana nishimwe cyane
Yewe nuko abantu basenga basakuza , ubundi iyo umuntu akubangamiye mukintu runaka urabosengera rimwe na rimwe Imana ikahamuvana da
Imana ikongerere amavuta past ndagukunda kuko uramfasha cyane
Senga uhindure, uhindure gakondo yawe.
Icyo gitabo nagikura he?
❤
Yesu ashimwe!
Mu gihe tubona umuntu asa n'ukoreshwa na Satani, Yesu aduha ububasha bwo kwamagana tugahirika Satani cyangwa umudayimoni umukoreramo, umuntu akaba arabohotse agakira.
Mana twongerere imbaraga zo gusenga
Am touched by your preaching
Amen Amen Amen
Amen❤
Murakoze kuduhugura muburyo bwogusenga
Mbega amagambo meza Yesu utwigishe gusenga
Nibyo rwose
Ukuri nuko, tuvugana nase, nta formula, nukumubwira ibyuzuye umutima muburyo dushaka👌
Nukuri pastel ibyavuga nukutip
Wamugabo we nutabona ijuru rwose ubwo sinzi uko bizagenda ?ariko se ibyo uvuga bifite intebe mu mutima wawe?kuko yezu yavuzeko tuvuga neza ariko imitima yacu ikaba irikure ye
harimwo ukuri, basigaye bameze nkabagenda kubapfumu, kurabisha ivyiyerekwa
Uwiteka akongerere uburame muvandinwe
Uyu n’umushumba kandi ahugura neza abo ashumvye kandi bikamera neza
Ndasaba imbaraga mugusenga. Munsengere nange nsenga neza
God bless your wards to us Hallelujah hallelujah Amen
Antoine Uri umukozi w’Imans peee👌👌🙏🏻
Amenna
Abasenga nibake abasengerwa nibenshi!
Imana Ishimwe
Aaaamen ❤🙌🙌🙌🙌
Uyu mugabo ntasabanutse.umwirasi pe.Rutayisire ibi nibiguhira nzareba.
Imana ntiyatuma abantu Bose bakwemera cg ngo bagukunde kuko byarangira wiyise Imana . niyo mpamvu uhari nawe kugirango umushumba yongere amaranire kwegera Imana no gukomeza gushaka mumaso hayo !! . Imana iguhe umugisha
@@dianeumurerwa2166 nubwo bimaze iminsi ariko najye ngusabiye umugisha Dear Diane,ukuntu usubizanije ubwenge!!kd Niko kuri ntabwo yakwemerwa nabose!!
Yesu wee 🤔 tugirire Ubuntu pee 🙏
Nkunda ukuntu uvuga ijambo ry,ukuri icyampa nkazaganira nawe imbonankubone
Amatitre yawe,wayabonye? Jya wubaha....
Ndagukunda uvuga Ibintu biri refete na bible.
Ndashaka uzigishe kubyerekeeye nokwatura
😂😂😂😂 nanjye iyo utwana dusenga ndumirwa kuko tuvuga iby ababyeyi bavuga
Mujye mudusobanurira no kubijyanye numunsi wa sabato kuko benshi ntitubisobanukirwa
😂😂😂😂ngo icyuma cyakozwe n umuntu 😂😂birasekeje ariko
Yesu ashimwe!
Ni byiza gusenga no kugeza Ubutumwa bwiza ku bantu bo mu ntara zinyuranye. Ariko tugomba kumenya ko Ubwami bw'Imana buri muri twe. Na Yesu yabwiye wa musamariranikazi ati hari igihe abantu batazagomba kuza gusengera i Yerusalemu cyangwa kuri uyu mugezi.
Dushimye Imana kubwa Mwuka Wera.
Amen Amen Amen ❤
none c pastor gukizwa ni ukuva mu gatolika?
Ikibazo cyiza peeee! Njyewe maze noguhaga ibyamadini. Ntanubwo Imana iguha kuko wayisabye iduha nkuko umubyeyi amenya ibyumwana akeneye!
Nanjye bisigaye binyobera pe.
Oya , rwose , buri wese Abe uwejejwe muriryo
Gukizwa ni ukwakira Yesu nk'Umwami n'Umukiza. Aho waba uri hose waba mu gaturika cg ahandi upfa kuba wemera ko Yesu ari Umwami wapfuye akamena amaraso akikorera ibyaha byacu. Ukamwemera kandi ukamwubaha. Kubera ko ijambo ry'Imana rivuga ngo mu isi yose umwemera nawe aramwemera. Irindi rikavuga ngo icyakora abamwemeye bose bakizera izina rye yabahaye ububasha bwo kuba abana b'Imana. Ntakindi
Gukizwa ni ukwakira Yesu nk'Umwami n'Umukiza. Aho waba uri hose waba mu gaturika cg ahandi upfa kuba wemera ko Yesu ari Umwami wapfuye akamena amaraso akikorera ibyaha byacu. Ukamwemera kandi ukamwubaha. Kubera ko ijambo ry'Imana rivuga ngo mu isi yose umwemera nawe aramwemera. Irindi rikavuga ngo icyakora abamwemeye bose bakizera izina rye yabahaye ububasha bwo kuba abana b'Imana. Ntakindi.
Nkunda ingigishonzawe lmana inzajye ikundindire inguhe icyumutima wawe wifunza
restoration churche
Ámen❤❤
Ubwye lmana uti uri igiti kinganzamarumbo
Urisambu utarumva
Urinshuti yokwizerwa
Uba usenze nabi?
Nkuko uneguye ibyimodoka?
Nukuri p-e
Murakoze cane
Na wubahwe patiri🤭🤭? Aho ho urakabije
Hhhh kabisa pastor, hari umugore waciye imbere y,iwange ndiko nubaka, noneho ntiyamenyako ndihafi Aho, aravugango, "iyinzu neretsweko itazuzura" nibaza impamvu ,arikobintera umwete wokuyuzuza vuba, kuko nabonaga abiterwa n,ishyari nk,umuturanyi, none nakoze na.finissage abibona, buri kucyumweru atambuka yabaye birebire ndetse ateze n,igitambaro ku mitwe😂 ubwo rero nahise mbonako ibwifuzo bibi bamwe babigira kwerekwa, hhhhh ubujiji nibwonshi pee
Nifuzaga kuzagushaka ugasengera abahungu banjye none reka mbe ndetse
Uwiteka aguheumugisha
❤❤❤❤❤
Ibyiza nibi
😂🤣😂🤣😂🤣
Imana imukomeze ntakuntu mwompa numéro yiwe ya watsap?
Amen
Ameeen
Amen
Amen🙏
Amen Amen