😢😢😢This is my first time nanditse comment,but Maman O ndumva naguhembera ubutwari wagize ukirinda gutekereza nabi nkibyateye mubakobwa nukuri ndagukunze birenze ibisanzwe❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Yooo thank you nukuri kuduha iyo story byanze bikunze harabo biribugirire umumaro munini cq bikabakomeza bitewe nibihe barimo kand keep it up ndabakunda cyane knd imana izabahe kurambana na o ibahe nabandi ba babe beza
Kukirebana no gukuramo inda nange simbyemera I am on the side of mama O. Imana iyi yemeye ko utwita iba izi impamv kuk ntijya itungurwa kd ntujya ihubuka rero izi impamv ibikoze kd impamv zayo zose ninziza gusa twizeye ibyo ntakosa narimwe twakora ryokwica umuziranenge IMANA iguhaye.
Why I am crying 😭😭😭true love ♥️♥️♥️Imana yaremye ijuru nisi ikaturema natwe ikomeze ibubakire ,kuko Imana numubyeyi mwiza ,,abantu baca Imanza ark i think ko arubushake bwayo😭♥️♥️♥️♥️
ABA Jo turi hano tubereke ngo Love is our name ♥️♥️❤
Jo twins love is our name ❤❤
♥️♥️♥️♥️🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮❤️❤️❤️
❤❤❤❤❤❤❤
❤❤❤❤❤❤❤❤❤love is our name
Umu Joo love is our name ❤
Turashimira abasore badatererana abakobwa bateye inda muri abagaciro yesu / allah ajye abaha umugisha utavangiye pe❤❤❤
Sha abantu twatwise tukiri abakobwa tukagira amahirwe abaziduteye bakatwemera ewana tuge tububaha tubakunde mbese barakoze peeeeee❤❤
Sibyo rata🥰🥰
Cyaneee ❤
Sha kbsa
Cyane pe
Iryn thank you ❤ that content will be more than supportive 🎉 courage 🙏
😢😢😢This is my first time nanditse comment,but Maman O ndumva naguhembera ubutwari wagize ukirinda gutekereza nabi nkibyateye mubakobwa nukuri ndagukunze birenze ibisanzwe❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Abajooooo twins shooooow love is our name ❤ abantu iyi couple twagiye like
Iryn pole warababaye pe!
Rusine warakoze cyane pe, uri Umugabo mwiza na Papa mwiza.
Nanjye byambayeho,
Umugabo wanjye yahise afata inshingano atazuyaje.
Abagabo nkamwe muri ab'agaciro ku miryango yacu.
Turabakunda cyane ❤❤
Ka Iry nakana keza ni umubyeyi mwiza ,akunda patrick oooh be blessed mukobwa wa yesu . nawe URI INTWALI
Couple nemera cyane 🥰 ababakunda nkange nimunyihere♥️♥️♥️♥️
Ark disi urugo rwanyu mwigirira emotions 😢❤❤
Bazajya bisekera nurwenya rwinshi nibibarenga barire ayibyishimo😊❤ Imana izabahe kurambana , that's my prayer
Nanjye byambayeho bimbaho mbamumuryango wandeze kuva mama napapa bapfa muri 1994 😢urugendo rwanjye rwogutwita yari ukurira gusa ntawe mbaza kubera ipfunwe ryamakosa nakoze kubwo gutwara inda😢narihebye ibise bimfata nijyanye kwamuganga napapa wumwana yarantereranye 😢😢mbahamagara nagezeyo .gusa icyonshima Imana nuko nabyaye umuhungu mwiza cyane aza arumugisha arakundwa ubu akaba agize Imyaka 7 ndashima Imana kwijya iducisha mubikomeye ngotuzabe abantu bakomeye❤
😭😭😭😭😭😭😭
😭🙏
Ihangane nukuri yesu niwe mubyeyi mwiza yakubereye papa akubera mama humura umwana azakura neza
Once Iryn said :” iyo bavuze abagabo numva wowe kuko abandi simbazi” ❤❤❤❤
Just wake up feeling like listening from you gusa ended up getting role model Patrick respect brother!
Abantu bose batewe inda bakiba iwabo ariko abazibateye bakabashaka mumfashe dushime Imana ko yadutabaye kandi twari twasebye kabaye!
Ntago byambaye ho ariko nabaye umukobwa kandi naranabyaye i can fell your pain sweetheart ariko Uwiteka ashimwe ❤
Umva we are happily married now
Icyubahiro ni icya nyagasani
❤❤❤
❤❤❤❤
❤❤❤❤
Mwiriwe, iki kiganiro nkisubiyemo inshuro 2 😢may be ko mba numva muri kumvugira ubuzima😢 iryn nukuri ndagukunze cyane duhuje ubuzima total. Nunyemerera tuzavugane byumwihariko🙏
Yoooooooo mbegurukundo ruryoshye ❤❤❤❤ ndabikundira dis
aba jooo hejuru cyane
Yooo thank you nukuri kuduha iyo story byanze bikunze harabo biribugirire umumaro munini cq bikabakomeza bitewe nibihe barimo kand keep it up ndabakunda cyane knd imana izabahe kurambana na o ibahe nabandi ba babe beza
Muri iyo projects uzajye unatumira abantu bagize story nkiyo batubwire ama experience abirimo ndetse bizajy binahumuriza abari kubicamo bumve ko hari nabandi byabayeho kandi ubuzima butahagarariye aho.
Thanks much love❤
Sha Ndabakunda mwa Bantu b’Imana mwe💋💋💋cyane cyane Mama O
She’s beautiful she’s humble she’s………uvuga neza Mama O💋je t’aime vraiment 🥰
Mukomeze mihirwe mubyo mwerekeho amaboko yose 🙏
Aba jo twins tumenyane 🙌🙌🙌
Uwiteka azabahe kurambana mwirerere abana Imana izabaha, ntacyiza nkokurerana nuwo ukunda mbifurije kuzabona ubuvivi n'ubuvivure murikumwe nanjye mbyisabira , Amen 🙏
❤❤ Urakoze gushimira abakubaye hafi bose ndumva na Céline arimo.gusa wararonse ufite umugabo w'imfura cyane ❤❤
Njye mba mbona musa pe! Ababibona nka njye nibande?
Iyo story yanyu neza neza imeze nk'iyange! Gukura turerwa na Mama wenyine ( papa wacu yapfuye turi bato cyane) nange nkimenya ko ntwite nahise numva ntahuza amaso na Mama. Gusa umu partner wange yambaye hafi uko yarashobojwe. Nanze gusubira iwacu bambonye mfite uruhinja. Ariko dore amarira we! Now my baby agiye kugira 2 years . Njya ntekereza abambwiye ngo nyikuremo, nakumva ubu ibyishimo mfite ngashima Imana. Yemwe nta joro ridacya kd ntabwo ikosa rikosozwa irindi bavandi! Umwana ni rwo rukundo rwuzuye ruri muri iyi si igoye!!
Shimira partner wawe nawe yabaye imfura
Yesuweeeee urandijije chr 😢😢 gusa inkuruyawe ihuyeniyange gusa abamamaturintwaricyane❤❤❤
wumve ngo duhuje story now my baby son has 4 years old but it is hard for really
Eryn afite ijwi ryiza peeeee ajye ahora atuganiriza pe❤❤❤❤❤
Yo iryn disi afite amagambo meza andijije Imana ikomeze ibubakire
I really like your couple❤uyi story inteye kugira amarangamutima menshi ndushijejo kubakunda😢 Imana ibahe umugisha nibyo byonyine mfite byo kubabwira❤
Wooow ❤❤❤ ndabakunda cyaneeee, icyogitekerezo ugize nicyiza cyane Iryn, courage
Rusine you are good daddy 🎉 because wabaye Mm O hafi knd nishema rikomeye IRYN azahore abigushimira kuko ni bacye babikora😍
Iryn ndagukunze cyane iri umubyeyi mwiza cyane gsa abagabo nka Rusine Imana ijye ibaha imigisha mwinshi nukuri couple yanyu narayikunze cyane❤❤❤❤❤
Gukunda amatafari ni sign igaragaza ko ukeneye iron , kdi kumva warira buri kanya no hormonal changes bibaho cyne. But courage nukur muri inspiration pee kubantu benshi
Kukirebana no gukuramo inda nange simbyemera I am on the side of mama O. Imana iyi yemeye ko utwita iba izi impamv kuk ntijya itungurwa kd ntujya ihubuka rero izi impamv ibikoze kd impamv zayo zose ninziza gusa twizeye ibyo ntakosa narimwe twakora ryokwica umuziranenge IMANA iguhaye.
Mbega mbega umugore uvugisha ukuri kose! Mugabo we, ufite umugore muzima. Aba mama bubahwe.
Mama Iryn ni umubyeyi w' intwari cyane ndamuzi.uwiteka azahe umugisha urugo rwanyu rushya❤
Impore mutima niko kuba umubyeyi nda❤❤❤❤❤ turashima ko imana yabisoje neza
uri muri ibyo bihe ,akabura uwo abwira,akabura umuhumuriza, ni ukuri naze muhumurize❤
🇷🇼❣️ Urukundo Rwukuri Urugo Rwiza Ruzira Umwaga Umwana Nu Mutware Nkumukunda Nihame❣️🇷🇼
Why I am crying 😭😭😭true love ♥️♥️♥️Imana yaremye ijuru nisi ikaturema natwe ikomeze ibubakire ,kuko Imana numubyeyi mwiza ,,abantu baca Imanza ark i think ko arubushake bwayo😭♥️♥️♥️♥️
Nukuri ndabakunda cyane peeee kd nukuri muratwigisha kd mubumuntu bwinshi cyane ❤️💕💕💕
Njyewe nikundira uyu mudamu uko asa nuko avuga mbese biranshimisha nagera Kuri Rusine rero afite ubumuntu kdi nkundako yibuka aho yavuye akabidusangiza kdi agira n'urukundo agahera Ku muryango we ,mbasabiye umugisha uwiteka abubakire kdi ikirenze ibyo tuzijyanire no mw'ijuru ndabakunda ntimuzantenguhe.
Wauu Imana ibashyigikire
Rusine na lryn ukovyamera kose niyobyagusaba ubuzimabwawe O azabone urukundi rwanyu mwembi byumwihariko papawe rusine birabaza kwisanga wararezwe na mama gusa kand papa wawe ahari arimuzima ataruko yapfuye nkange arahari ariko simuzi namama yapfuye nyori muto so rimwe narimwe bijya bimbaba nkarira so please byumwihariko rusine♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️
Woohoo from today ndabakunze cyane❤ kdi ndakumva cyane kuko ibyobihe ndabizi cyane cyane
Turabakunda cyanee hano muri kaminuza y'uRwanda ishami rya Huye ❤
Nkunda ukuntu umugore wa Rutemisi Ari Natural nkunda draide ze nkunda ukuntu atimekapiya
Yooooo nanje papa yitwa ildefonse ❤❤❤
Mam o wakoze cyane kudukomeza uneye kwiyakirap🙏🙏
Ayrni asigaye asetsa nkarusine😂😂 niyompamvu ihene nziza ushaka ayizirikaho iyee😂😂❤❤❤❤❤🎉
Imana izabahe kurambana nukuri gusa unteye ibyishimo kuko ubwobuzima nubwaburimukobwa ufite ubwenge
Ikiganiro ciza cane pee🎉❤i lov u Iryn mm O muratesa pe rukomez gsosaa🇧🇮🎉🎉🎉💗
Muzaduhe love story ❤❤❤❤
Iryn ndagukunze cyane pe nanjye byambayeho nukuri ndakwishimiye cyane nanjye ibintu uvuze ndabikunze cyane ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
That’s why nkunda Rusine ❤️❤️warakoze kwanga gutererana umukunzi wawe 😍🥰❤️ hano haribenshi batererana abakobwa babateye inda 😭🥰ndumubyeyi ndabyumva cyane mbana numugabo umbahafi muribyose
Why am I crying😭😭💜
Courage IRYN knd Rusine urinfura cyane ❤❤ ururugero rwiza rwabagabo bazi gukunda
Uvuze ukuri ❤
Murakoze kwumva ubusabe bwaba fans banyu, Imana ikomeze ibubakire urugo rwanyu ❤
Mom O nkwifurije kubakarugamera blessing over, blessing for you and papa O&O
I love you so much
Iki kiganiro cari kiryosh vrt😍😍muduhe suite
Ooo my God ikigani kirangiye aribwo kigitangira ariko ndabakunda cyane ♥️♥️♥️♥️♥️🥰
Muri ipfura❤ maama O wabaye intwali👏🏾💪🏾mweseee ❤
Ndabakunda cyan iryn wazaretse tugahura koko
Sha gutwita byo nubundi buhamya pe ubu noneho njye ndabura 2month ngo nibaruke ku kazi baranyirukanye banziza gutwita umutware wanjye nta kazi afite nawe kdi sha umwana akeneye kuzambara rimwe na rimwe ushaka ikintu ukakibura ukumva isi ikwikaragiyeho arko ndizera ko iyatanze gusama izatanga nicyo kumwambika
Utuye haganahe grace?
@@IshimweFabiola-mt3bu ntuye muri nyamata ya bugesera aho bita ntarama
Nibikunda uze kumpa nbr yawe ?
Nanjye umpe numero yawe nzakugereho
Tanga number yawe please
Ibyuvuga ndabyumva cyne byambayeho ndatereranwa nuwayinteye aranyigarika birababaza kdi bikaryana cyane
Yooooo nukuri Rusine afite umugore mwiza cyaneeee nukuri muzarambane abachr umu baby nawe nakure agejuru🥰💞💞💞♥️♥️♥️🥰🥰💞💞💗♥️🥰💞💞
Ko mbona musa ..ndabakunda byuzuye❤❤
Imana ibakomeze muri byose ibaneze ibambike imbaraga ❤❤
Mana mbega couple nziza wee! Muri beza, nkunzeko ntabikabyo mugira. Nyagasani azahore murugo rwanyu, ndabinginze muzahore mutya 😢❤ mana ndabakunze cyane😢❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Mbega umudamu mwiza❤ tu es trop belle, belle,belle naturellement. Mugabo uzamwiteho ntazafane! Elle est jeune ... Urugendo rurerure imbere yanyu...! Mbifurije Guhirwa , mugatunga , mugatunganirwa .
Oooo Jehova Thank you so much kuba ukomeje kwita kuri Familie RUSINE Shimwa❤❤🎉🎉
Nukuri ndabakunda rudahusha eric nimusaza wanjye nkunda ankurikira bwa 3 ariko ajya ambwira ukuntu mumukunda murimfura cyane😢none rusinde uwo mudamu wawe asa nababyara bacu cyane cyane uwitwa delthinne ndamukunda cyane madame wawe😢
So touching ❤❤❤
Oooooh my God j vs ❤ trop mur ntwari ko ko knd Imana izobahezagira❤
Turabakunda cyane ariko mwongere sound
Imana niyo izi urwombakunda mbifuriza ibyiza Imana itanga Uwase ndamushimiye cyane kd ndamukunda
Nukuri nanjye ndabakunda cyane ❤
Blessed family, wish you future happiness!
Washatse Umwana Mwiza Shaa ❤❤❤
Am emotionally touched 28:48 this coupleeeeeeeeeee 😔😔
Urandijije pe
Rusine rwose ntabwo watwise utazongera kuvugango mutwise😂, Anyway I like your couple mukomeze mutere imbere
Nukuri nawe yaratwise ntibiba byoroshye muvandi 😢
Ohhh ufite umugore mwiza pe menya nokumitima aruko
Wow ndabakunda cyaneee 🎉❤
Mubyukuri ndabakunda sindava kuriyi channel ndi serious uwangira inshuti namwe😂❤❤
Ndabakunda cyane Uwase ntegereranyije amatsiko content zajya utugezaho uzanatwigishe guteka sibyo❤ndabakunda cyane ndana basengera
Uziko disi cya Rusine gifite umugore w' icyuki Di!!❤
Just do it iryne some times we are confused of what to do about babies especially when we are very far from our family.courage kbsa
Iryn nkunze kuntu uri naturelle❤
Hy rusine na iyln ndabakunda cyane mwambera inshuti
thank you kbx nanashimira Rusine abasore beshi baba ibigwara bakiruka gusa dukuyemo amasomo murakoze
Nkunda iyi Couple and I will make sure mpuye nabo ❤❤❤❤❤
Muzaduh urund rugendo rwose ❤❤
kandi nawe uzamwubahe uko ari
❤❤❤
Ndabakunda gusa❤
Ndabakunda nukuri
Izonama turazitegereje
iryine we tangira vuba ahubwo tweho ntana partner twaridufite gs ubu turiho mwana igistina gore turashoboye cyane
Mama o ndarize ndashize wagirango turavukana najye nakuze mbana na mama gusa kandi papa ahari nabyo ubwabyo nigikomere gikomeye ari wowe uba ugifite ari mama wawe aba yarashize(wagira icyo ukora biba bigoye umwana wu mugore nijambo nubu maze iwajye imyaka13 iyo nditekereje birangora mpita niheba
Noneho kugira umwaku ugatwitira iwanyu ni situation iba iteye ubwoba kubera cyane icyo uba uricyo (umwana wu mugore)ariko bene twebwe naje gusanga imana idukunda uko byagenda kose ntiyagutererana muhumure ejo n8heza jye nabibonesheje amaso yajye nabana bacu bakura neza kuko tubarerana ubwoba❤
Nukur ndabakunda pe❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Ndakwumva cyane! a first time mom hari byinshi aba atazi bisaba kuba hari umuntu wundi umuri hafi,kandi google ntiguha ibisubizo byose byibyo wibaza.
I'm so proud of you Iryn❤
turabakunda cyane❤❤❤
Muri beza cyane!!!! 😍😍😍😍
Ndabakunda cyne yooo 🥰😘😍be blessed