UMUGORE MUTAMENYE WABYARANYE N'UMUHERWE MIRIMO|Bashatse kunyica kenshi😭Nari imfubyi ya Jenoside😭😭

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 7 окт 2024

Комментарии • 845

  • @ISIMBITV
    @ISIMBITV  2 года назад +16

    INGABIRE PRISCA: +250 782 983 984

    • @nyiranshutidjamila5378
      @nyiranshutidjamila5378 2 года назад +10

      Muramutukira ubusa ,ariko ,icya mbere mwibuk nuko byamubayeho ari umwana, knd w,infubyi ,ibyo birahagije kuba yanyura muriyo nzira mwimuciraho iteka ndabinjyinze

    • @ikazetv2192
      @ikazetv2192 2 года назад +12

      Uyu mudamu yantangaje. Ntahantu na hamwe nigeze numva avuga ko yigeze akora. Umwana wimfubyi utarigeze ashaka gukora koko agahabwa amafrw ntagire icyo ayashoramo agakomeza yiruka ibihugu byose. Ngo yaryamye mu cyumba cyumugabo utari uwe, utari se cg musaza we NGO ntiyavuniramo urufunguzo....ubwo se wabaga wagiye kumariki ra! Aranabivuga ari a l'aise erega nkaho ari byiza.... ese ubwo muba muje kwa Sabin gukoriki koko!!! Kuvuga ko mwakoze uburaya? Ndi wowe naceceka kbsa. Ko yapfuye se urashaka iki? Ubwo amafrw wumva aryamye kuri compte koko!!!

    • @uwasekelia8775
      @uwasekelia8775 2 года назад +10

      @@nyiranshutidjamila5378 30 years old yari umwana 🤔 ntimukabeshyere ububyubyi icyo numvise nuko yari umunebwe yakundaga guhabwa

    • @queen3marie
      @queen3marie 2 года назад

      @@uwasekelia8775 suko🤦🏾‍♀️🙄

    • @niyonizeyechantal1366
      @niyonizeyechantal1366 2 года назад

      @@nyiranshutidjamila5378 ntawamuciraho iteka pe. Kuko abantu ntibareba kure muburyo bungana

  • @nadineninani9014
    @nadineninani9014 2 года назад +27

    Yegoko!! Uziko waje uje mwuyu muryango!! Wakurikiranye nigihe yavukiye cyokora ndize pe. Gusa ntuzongere kuvuga kumugore wa Mirimo urukundorwe n umukunziwe niwe uruzi ntago waza gusambanayo ngutangaze n ibikomere byaho kuko mubikomere byurugo indaya niyo number one

  • @uweraqueen3010
    @uweraqueen3010 2 года назад +36

    Uri injiji wamugore we!!!! Ugakubitana na mirimo akarinda apfa ntaninzu umukuyeho none uri kuvuga ubusa

    • @sadianishimwe3156
      @sadianishimwe3156 2 года назад +1

      Sinkibyo byose araho arasamye ngo yabyaranye numuherwe ntanigare afite .

    • @bahatinadia1601
      @bahatinadia1601 2 года назад +3

      Nubundi yari igihomora niraha ryari ryaramubanye ryinci yamukuyeho umwirato gusa ntanikyo bimumariye

    • @yvonneayinkamiye7130
      @yvonneayinkamiye7130 2 года назад +1

      Kudahirwa nirari yarafite yogusohok

    • @djamilamukandayisenga2135
      @djamilamukandayisenga2135 2 года назад +1

      Yamwizezaga kujya iburaya

  • @uwamaliyadorothy4549
    @uwamaliyadorothy4549 2 года назад +4

    Ufite abana nyakubyara! Uwo ni umugisha wawe mubyeyi! Abo jya ubabonamo impano zavuye ku Mana, dore ko mwasigaye muri INGERERE uko nabyumvise ubivuga! Uwo ni Umuryango Imana yakwihereye shenge!!

  • @mukankuzijolly3913
    @mukankuzijolly3913 2 года назад +39

    Nihanganishije umudam wa Murimo mukuru. Izi ndaya ninazo zamuroze. Murenjye leta dore niyo ifite ibyamirimo ibindi barimo gusenya. Cyakora mwaragowe pee

    • @cyusajohn6513
      @cyusajohn6513 2 года назад

      wapiiii ,ntiyarashobotse turabizi . yangaje umugabo aramusaza nubwo n umuhabo atabyifashemo neza

  • @marleneuzamukunda9297
    @marleneuzamukunda9297 2 года назад +21

    Icyakoze uretse ko yatsinzwe ariko ipfubyi nyishi zahuye nimitego myishi Isa nkiyuyu mubyeyi ababashije kuyisimbuka tuge duha Imana icyubahiro,
    Kdi nibyo koko iyo uri ipfubyi ukabona umuntu mukuru ugirango azakubera umubyeyi akazakwiyereka uko utamutekerezaga.ababizi barabizi
    Uhoraho akurengere mubyeyi

    • @Sharon_Nimwiza
      @Sharon_Nimwiza 2 года назад +2

      umuntu w'imyaka 30 ubwo yashakaga umubyeyi ngo amumarire iki ?

    • @Sharon_Nimwiza
      @Sharon_Nimwiza 2 года назад

      izi ni ingaruka z'amakosa dukora

    • @nyirangondoassoumpta5651
      @nyirangondoassoumpta5651 2 года назад +1

      Impfubyi se ibura ubwenge?Milimo uwo se ni se yari yabonye.

  • @mukandirimamurekatete5167
    @mukandirimamurekatete5167 2 года назад +5

    Impore gusa abantu dukwiye kunyurwa nu buzima turimo tukaragwa no kwihagana twihaganira ibintugerageza dusaba Imana imbaranga Paul yavuze ngo dushobozwa na Kristu uduha imbaranga harabanyura mubuzima bugoye cyane ukongera ngo bugoye batigeze bemera amafr ya bagabo nyamara inzara ubukene guseba gusekwa gucumbika warigeze inzu cyagwa warigeze urungo ect kwiyakira uko uri nicyo ngikuru. Niwengera Imana nayo izakwengera ikurinde igutsindire ibishuko..God bless your

  • @Marie-th8uv
    @Marie-th8uv 2 года назад +58

    Ko mwese mwari ibihomora kuki wumva uwo Valentine yarakubereye mubi kdi mwese icyo mwapfanaga na Mirimo ari kimwe!

    • @rosamuhimpundo4516
      @rosamuhimpundo4516 Год назад

      Wewe wishakiraga kwitwa umuhabara wumunya mafaranga ntasoni koko ko utamusabye nu mutahe uribwirako ubu haribyo wakwibonera

    • @rosamuhimpundo4516
      @rosamuhimpundo4516 Год назад

      Warindaya Kuko wifuje amandorari

    • @nyirarukundoceline5490
      @nyirarukundoceline5490 7 месяцев назад +1

      Si ibihomora gusa bari n'abajura kimweNone ati "Valentine yanyiciye future y'abana banjye!!!"Wowe uzi uko wishe future y'ab'uwa mbere wa kirara we!?

  • @Sum34643
    @Sum34643 2 года назад +27

    Nyamara ibi nibinwe mungaruka zubupfubyi cyane cyane umuntu akiri muto hari I ibintu byinshi byangirika mumikurire nubwo ntawabishyigikira ariko kumutuka sibyiza

    • @yvonneumulisa1743
      @yvonneumulisa1743 2 года назад +1

      Yego tujye twirinda gutukana ntago aribyo ahubwo byigishe abantu cyne cyne igitsina gore

    • @MMathy116
      @MMathy116 2 года назад +1

      Yego rata kumutuka sibyo rwose

    • @3bbrightbravebrain994
      @3bbrightbravebrain994 2 года назад

      Ntabwo yari muto, yari afite imyaka igera kuri 29.
      Yavuze ko yabyaye afite 30.

    • @Sum34643
      @Sum34643 2 года назад

      @@3bbrightbravebrain994 nibyo ariko yavuze ko yabaye imfubyi muri 94 afite 16ans, byinshi byatangiye kwangirikiraho,

    • @josianemukeshimana6647
      @josianemukeshimana6647 2 года назад

      Nonese ba sugar daddy bahura nimpfubyi gusa? Upfa kuba ukenye ugahura na sugar daddy ufite cash🙄

  • @v.5522
    @v.5522 2 года назад +82

    ahhhhhh cyakoza umuco waracitse tugeze mu bihe bya nyuma nkubu waje mu itangazamakuru ngo bigende gute koko ko atari urukiko, ibi bintu mukora abana banyu bazajya baba victime nihitiraga da

    • @gracemartine6814
      @gracemartine6814 2 года назад +4

      Umbwire koko

    • @v.5522
      @v.5522 2 года назад +2

      @@gracemartine6814 njye numvise birenze kuburyo nahise ndekeraho kubyumva ariko ibaze Vraiment ukabyarana ni umuntu 3 kose uziko ari umugabo ufite urugo ikindi Mirimo yarafite cash nyinshi ntiyanamukuraho n'inzu kugeza kumbyaro eshatu ntaho afite ho kuba urumva se Nyakwigendera we atari yamurebye mu bwonko, uziko ni abapambe ba Mirimo yari yarabakijije koko nkanswe umuntu babyaranye so sad kabisa

    • @gracemartine6814
      @gracemartine6814 2 года назад +2

      @@v.5522 buriya nuyumukobwa yakurikiye cash ,njye nzi umukobwa wapangaga na Mirimo amurihira Home inyamiranbo ,umukobwa wumusirimupe chanbre ye yabagamo burikimwe cyose kiza bizakugeraho,murimo amushakira ibyangombwa amwohereza Europe,,yakundaga uwomukobwa burimugoroba yabaga yajekumureba,,,uyurero niba barabyaranye koko sinibaza ukuntu atabamwubakiye,,,

    • @odilleodille5306
      @odilleodille5306 2 года назад

      @@gracemartine6814 uyuyarigi cucu cyanyuma yibindi ntiyanatekereje kwari mpfubyipe 🤭🤔🤣🤣iyame nyubwenjya babayeho neza fite business imutungi yabana bafite nahoku bahabo bwite rwose 🤷‍♂️

    • @gracemartine6814
      @gracemartine6814 2 года назад

      @@odilleodille5306 gutukana si byiza gusa yabuze ubwenge ibyobihugu byose yabagamo ayomafr yarikumwubakira inzu muRda,arikontakundi natuze arere abana be twese turabafite twareze twenyine kdi barakuze

  • @claudicoco2246
    @claudicoco2246 2 года назад +61

    Muzajya mwirirwa mutambikije ku bagabo bubatse nimurangiza muze gutera isesemi

  • @kigali8522
    @kigali8522 2 года назад +49

    Wabaye umwana , kuba utaranamukuyeho inzu,, naho ibindi byari uburaya mwikoreraga, ukwiye gutuuza ukirerera abana, kdi Imana izagufasha bazakura neza

    • @umwizabelyse2828
      @umwizabelyse2828 2 года назад +6

      Harikintu abakobwa bibeshya umugabo niyo yaca inyuma ariko umugore wiserezano aba afite agaciro uyu mugore rero yaricaye ati nzajya ndya cash ntiyibuka no kwizigamira akirira akaryama ngo andi azaza rwose wabaye umwana kuko wivugiyeko wamuburaga abana bakicwa ninzara mwahura ukongera ugatwita ese ubwo wumvaga utishiraho indi mitwaro

    • @mukampungalea4424
      @mukampungalea4424 2 года назад

      Ntakintu wabakuraho ndabazi nibisambo bibi niyo haricyo mwashakanye mukakigeraho birangira babikuriganyije ugashiduka usohorwa munzu kdi waruziko uri nyirayo!

    • @gracemartine6814
      @gracemartine6814 2 года назад +2

      Yarafunzwe mumutwe mirimo aboyateretagabose yaboherezaga hanze uyuwe yirukiye za uganda na kenya atahiribyo

  • @bizimunguadolphe1973
    @bizimunguadolphe1973 2 года назад +25

    Sabin nawe rwose,ngo yari bushyiremo agafunguzo?
    Arikukujijisha bari babipanze.

  • @nyiranzabandorayvonne4842
    @nyiranzabandorayvonne4842 2 года назад +18

    5000milles muri2008 yyaguraga nikibanza cyiza cyane,ubwo se waruziko muzahorana,yewe yewe ,n'abandi bakobwa bumvireho mujye mubakuraho ibintu bifatika kuko nubundi muba mwiyemeje kubabera indaya

    • @mayramesalam7375
      @mayramesalam7375 2 года назад

      .

    • @rachelmukazayire8293
      @rachelmukazayire8293 2 года назад

      Niyo mpamvu ari byiza kugira properties zifatika 🚗 cg 🏡 kuko amafaranga ni Asset itabikika.

    • @SobhyWahba-n1p
      @SobhyWahba-n1p 10 месяцев назад

      Uzabeshye abandi ycakora umuntu yaguraga no kawunga25 kg

  • @nathanndamage173
    @nathanndamage173 2 года назад +21

    Mirimo yari umugabo wigihagararo cyiza , yari umukozi, ariko yasize umuryango we mubibazo.
    Kubera gutunga inzoka yi cyatsi cyibisi, ukananirwa kuyifata umunwa, bikarangira ikurumye.
    Iyi nzoka yicyatsi cyibisi yica abakire benshi.
    Umuryango wa Mirimo wihangane.
    Ubuzima butabamo Imana buragorana nubwo waba utunze ibyamirenge.

    • @indebakuresetu5203
      @indebakuresetu5203 2 года назад +1

      Iyo nzoka ubwo isobanuye iki gs ntamukire ugira umugore umwe kd bapfa nabi bagateza ibibazo umuryango

    • @nathanndamage173
      @nathanndamage173 2 года назад +1

      @@indebakuresetu5203 Inzoka yi cyatsi kibisi ni uburumbucye, muri macye ni ubucyire. It's just symbol of Greenland ,green grass, opposite of dry.
      Snake is a symbol.

    • @indebakuresetu5203
      @indebakuresetu5203 2 года назад

      @@nathanndamage173 ooh my god

    • @ellabenita7856
      @ellabenita7856 2 года назад

      Sha uvuze ukuri

    • @mukandayisengaclaudine6189
      @mukandayisengaclaudine6189 2 года назад

      @@indebakuresetu5203 ibyuvizenikokurip

  • @mucyowukurismith
    @mucyowukurismith 2 года назад +24

    Ibi nibyo bita "Kubaka ibimenyetso by'ubuhamya" , mugore mwiza se wavuguruzwa nande ko uwo ushinja yajyanye n'ibanga rye munda y'isi.
    Gusa ugende gake kuko ngo : UBESHYERA INTUMBI, UGAPFA NKAYO 🙏🏾🙏🏾🙏🏾😭

    • @ellabenita7856
      @ellabenita7856 2 года назад +8

      Hhhhhhh bazajya bivamo ashidhikajwe no kuvuga uko yasenye urugo rwabandi Imana izabahana

  • @amuramuzigirinshuti8523
    @amuramuzigirinshuti8523 2 года назад +7

    Icyo mbona cyo Mirimo ntacyo namushinja cyane kuribi bintu. Cyane ko yanigendeye atabasha kugaruka nawe ngo avuge uko byagenze ! Gusa ntiyarafite umutima mubi cyane. Burya harigihe umuntu ajya mubintu ntamugambi mubi afite arimpuhwe gusa ariko bitewe nuko umukobwa cyangwa se umugore amwitwaraho agahindura gahunda. Abagore ni incakura niyo wabafasha ntagahunda mbi ubafiteho bakora kuburyo babikugushamo Kandi bigira nyoni nyinshi ngo ntibabishaka bikosakosa ariko aribyo bashaka barakubaze cyane iyo uri umunyamafaranga. Ubwo se tuvuge ko kumyaka 30 aribwo bwambere warubikoze ? Niba arinabwo bwa mbere se ko wari mukuru ibintu byose yagukoreraga wabonaga ari so ,nyokorome, musaza wawe, sogokuru wawe cyangwa se iki kindi cyawe ? Warabibonaga ko ariyo maherezo. Aguhamagaye wagombaga kumenya ikikujyanye waba udashaka gusama cyangwa se kwandurindwara runaka ukitwaza udukingirizo ukamubwira uti sawa ndemera ariko ukoreshe agakingirizo niba utabufite natwizaniye sindindaya ariko ndi mukuru nabonye umpamagaye kurara hano menya gahunda ushaka Kandi ninabyo bibaye. Ukaba uririnze Kandi ukemuye n’ikibazo cy’umuntu waririye ibye. Abagore mwisubireho.

    • @nyandikira
      @nyandikira 2 года назад

      Abantu nkaba nibo barangiza bavuga ko bafashwe ku ngufu.......

    • @Sharon_Nimwiza
      @Sharon_Nimwiza 2 года назад

      ubagiriye inama pe,ubundi se wamugani yumvaga abimukorera nkande ibyo byose, ko wumva se ntawufata undi kungufu byagenze bite ?

    • @valensnkubana7905
      @valensnkubana7905 2 года назад

      Ubundi yarabishakaga kuryamana nawe kuko umukobwa iyashaka kugukuzaho yitwaza umuherekeza.

  • @ornella1800
    @ornella1800 2 года назад +18

    Ahaaaaa ,yarigendeye naruhukire mu mahoro .

  • @hopeministry2267
    @hopeministry2267 2 года назад +35

    Uyu mugore ni umwasama pe yari yararyohewe n'inoti z'umukire akishimira gutura muri étage ho atafashe utwo dufaranga ngo atubyaze umusaruro ahubwo akiririra gusa abanebwe niko bamera.

  • @km9737
    @km9737 2 года назад +39

    aba bakire bagiye bashukisha abana benshi b'impfubyi amafaranga, umwana akazisanga future ye yarangiritse kera. n'uyu nuko abivuga mukinyabupfura ariko birumvikana ko Mirimo yari sugar daddy rwose. kubeshya ni icyaha

    • @nzizabella8115
      @nzizabella8115 2 года назад +9

      Wabiyotse kabisa niko benci byagenze ubundi tukabacira imanza kakahava😔

    • @michelleumutoni9129
      @michelleumutoni9129 2 года назад +2

      igo rata munezero

    • @indebakuresetu5203
      @indebakuresetu5203 2 года назад +5

      Kd mirimo ngo yararwaye VIH 🤗🤗🤗🤗🤗🤗

    • @carinemanirambona2708
      @carinemanirambona2708 2 года назад +1

      Muratangiye kutavuze atarapfa.

    • @chefBlackbeauty03
      @chefBlackbeauty03 2 года назад +4

      Oooo les filles.umuntu ntakitwaze ubumpfubyi yabonaga bamuha for gratuit.twese turizo ariko ni wew wiha personnalité...

  • @karigirwamarieclaire3742
    @karigirwamarieclaire3742 2 года назад +5

    Yoooo! Nukuri Imana izakujye imbere ibyabaye byarabaye ariko abana bagomba kubaho .humura bizagenda neza

  • @dushimesofia1012
    @dushimesofia1012 2 года назад +40

    Yewe wagize ubwenge buke rwoseee! Kuba utaramukuyeho igishoro, sinibaza impamvu waje kubivuga hano kuri RUclips 🤔

    • @Sharon_Nimwiza
      @Sharon_Nimwiza 2 года назад +3

      nanjye ntyo,kubivuga bigamije iki?

    • @dusaberuth1709
      @dusaberuth1709 2 года назад

      Apuuu ntimukiteze ibibazo NGO mugaruke musebanya

  • @helenemarierobert8557
    @helenemarierobert8557 2 года назад +1

    Ariko Mana. Sha mbabwire niba Imana yarashyizeho itegeko ryo gukoresha ibitsina mu buryo bukwiye ni uko iziko harimo ingaruka zikomeye z’ibihe birebire zibyara ibibazo by’ibihekane bikagera ku buzukuru n’ubuvivi.

  • @bazamugangaofficial9447
    @bazamugangaofficial9447 2 года назад +19

    Umugore tutamenye se abandi bose babyaranye nawe turabazi? Ntabo tuzi di ! Ntanabo dushaka kumenya!

  • @herbertmusinguzi3427
    @herbertmusinguzi3427 2 года назад +1

    This lady is me in her conversation. I wld love to know what exactly she is saying as I don't understand Kinyarwanda. Someone plse advise.

  • @prideofburundiburundi7943
    @prideofburundiburundi7943 2 года назад +38

    Sabrin , wakoze ibiganiro byinshi ubu noneho uratuyobeye.
    Icyo kiganiro gifashije iki twe tukireba?

    • @ariellagirl4673
      @ariellagirl4673 2 года назад +10

      Tuzajya twirya twimare nitumara kugira icyo tugeraho indaya ziruke inyuma yabagabo bacu ark mana

    • @jeanmarienyamurangwa1753
      @jeanmarienyamurangwa1753 2 года назад

      B

    • @mamakensane8388
      @mamakensane8388 2 года назад +3

      Nange numiwe ntacyo mbonamo

    • @mppc3912
      @mppc3912 2 года назад +16

      Abo bagabo banyu c kuki ataribo biruka mundaya🤣🤣🤣wamudamu we sinkuzi ari umanure imyumvire pe kuko nubwo waba wubatse birashoboka ko ibi uyu yaciyemo wabicamo mugihe gito

    • @vennyblessed3813
      @vennyblessed3813 2 года назад

      Nta na kimwe!

  • @fortunecadette8919
    @fortunecadette8919 2 года назад +45

    Uyu mugore kombona yishimye ari kubara inkuru kd biteye isoni urakuze wokuza kuvuga ubuzima bwawe bwubusambanyi???

  • @uwimanajeannette4047
    @uwimanajeannette4047 2 года назад +1

    Yooo ! Ihangane mama. Aho ababyeyi batari n' inshuti Imana ijya ihaba ikarera kwifurije kuba muri Yes.

  • @sindayigayajeanmarievianne7690
    @sindayigayajeanmarievianne7690 2 года назад +10

    Gusa ntiwari incakura y'umukobwa pe, burya kugutuma za Uganda ni uko haribyo yatinyaga kandi aho nyine niho wari kumufatira nawe iyo utaza kuba umutesi...Gusa icyo nakubwira uzegere umugore mukuru umusabe imbabazi azagufasha ndamuzi Maman cedrick n'imfura cyane. Ibyabaye byose hagati ye n'umugabo we niyamambanga y'urugo...ariko bariya bantu baribeza bose haba Mirimo haba Umugore sha rwari urugo rw'abanyamahoro sinzi ibyitambitsemo pe.

    • @hategekimanajohn1132
      @hategekimanajohn1132 2 года назад

      Qqqqqqq@q

    • @uwasesifa7563
      @uwasesifa7563 2 года назад +2

      Umugabo yaratuje ariko akunda ijipo.wasanga ariyo yazanye sababu murugo.

    • @Bobajolie
      @Bobajolie 2 года назад +1

      Nizindaya zabavangiye wamuntuwe ubuse urabona uriya mumama atari yaragowe koko

    • @rachelmukazayire8293
      @rachelmukazayire8293 2 года назад +1

      @@uwasesifa7563 nibyabindi ngo ivu rihoze ryotsa inzu 😂😂😂😂 nta kwitonda kumugabo munsi yumukondo kubaho my dear, wanabona nuko kubeshyera umugore wa mbere ngo kwiyica byari ukureshya uno mu mama 😭😭 abagabo ni abanyamitwe 100%

    • @mukabahizijeannette1500
      @mukabahizijeannette1500 Год назад

      ni bene nkuyu nyuine

  • @niyonzimajeanpaul2613
    @niyonzimajeanpaul2613 2 года назад +10

    Ubu Ntiwanatekereza kumikurire Yabana wabyaye Ngo ubone ko Ibi bizabagiraho Ingaruka Ubwo Utangiye Gushyira Uburaya bwawe hanze Akaba Arinabwo Wababyariyemo kd Aribinege Barengana mwagize Ubwenge Koko Kizwa Imana Ikugirire Neza I've Muruwo mwijima Urimo

  • @aliceyamuragiye7583
    @aliceyamuragiye7583 Месяц назад

    Wowe wabuze ubwenjye kbs ucyimara kumenya nawe ukuntu numva yakwinjyingaga uba waremeye ibyaba byakuzanye kuko urumva yaragukundaga yashaka ibyinshimo ngo adasaza wenyine cyane nkumuntu ufite amafranga ijambo ryose yavuga waryemera mugihe wamaze kujyera iwe ntanubwiza warufite yagukuricyiragaho cg icyindi agukuricyiranaho ahubwo yaragucanuye wijyira umutesi urumva ukuntu yagufataga neza amafranga aguha urumva se utaramurakaje knd yarashakaga ibyishimo kuriwowe ubura ubwenge knd amafranga yarafite ntabwo yarikubura umukibwa mwiza hanyuma urijajishwa umwima icyakuzanye wabonaga se ari musaza wawe cg?ubu ntaba yaragusigiye umutungo ntube uri kuburana numugore mukuru

  • @donnauwase9119
    @donnauwase9119 2 года назад +5

    Imitwe iraha kbs . Ngo FARG yarabishyuriraga nimirima ntakibazo mufite kd Mirimo yaraje yabona ukomubayeho akagira agahinda?

  • @salisali5739
    @salisali5739 2 года назад +31

    Ese nk'ubwo uje kuvuga iki ku muntu witahiye?ariko abagore musigaye mwarasaze ?

  • @nadineninani9014
    @nadineninani9014 2 года назад +7

    Ahubwo ndumva waje gusebya umugore wa Mirimo!! Wamwangirije urugo none uje nokuvuga ububi bwe? Ubwose ikindi wamuvuga n iki? Rwose ndumva unteye ibihe bibi!!

  • @prime_a
    @prime_a 2 года назад +1

    MurasetsA cyane iyo muvuga ko umunyamasengesho yababwiye ibintu namwe ubwanyu mwatekereza mukareba. Yewe na Ababyeyi banyu babona mumasegonda huuuuuuuu

  • @Kajo_guitar
    @Kajo_guitar 2 года назад +6

    Ibi byitwa gushyekerwa🤦🏻‍♂️🤦🏻‍♂️🤦🏻‍♂️
    Warya se amafaranga y'umugabo inshuro imwe, ebyiri, eshatu bikarangira gutyo gusa. Noneho umugabo ufite umugore w'iseserano. Rwose uyu mu mama nawe yiriraga inoti gusa, ntacyo yanazikoreshagamo, 🤦🏻‍♂️🤦🏻‍♂️🤦🏻‍♂️
    Ndumva yari yararangije kwishyiramo ko ari umugore wa Mirimo. 🤦🏻‍♂️🤦🏻‍♂️🤦🏻‍♂️🤦🏻‍♂️

  • @umurimbotv304
    @umurimbotv304 2 года назад +10

    Yooo! Ndumiwe arasa nabantu biwabo na mama wange.😍

  • @petersonludoviko5007
    @petersonludoviko5007 2 года назад +27

    Sabin uzashake counseling team maze banjye bakuvomamo ibyo bibazo byose bitazakugiraho ingaruka mbi

  • @furahaaurelie2372
    @furahaaurelie2372 2 года назад +15

    Wafashe umwanzuro wo kwiyahura kubera umugabo w'abandi? ? ?? Ibaze noneho umugore we batangiranye ubuzima!

  • @rwirahiragauthier6010
    @rwirahiragauthier6010 2 года назад

    Mbese warugiye kumuvura ibikomere,indaya mbaya ubwo se ko wari wibye umugabo wabandi waramusigaranye !cyakora Imana yo mwijuru ninyembabazi

  • @phionamurekatete6466
    @phionamurekatete6466 2 года назад +2

    Ntimugace imanza kuko namwe ibyo muba mufite sibike gusa abana bafashe nkuko bikwiye kuko ntaruhare babifitemo kandi na mama wabo imana imuhe umugisha kutikuriramu umwana

  • @alphonsegahongayire9450
    @alphonsegahongayire9450 2 года назад +18

    ICyo bita kubura ubwenge......

  • @julesngendahimana7223
    @julesngendahimana7223 2 года назад +17

    Sabin ,ujya Uzana abantu batanga ibiganiro birimo amasomo afatika .
    Gusa kuri ubu uhuze imvugo yuyu mu maman mbona utari muto na gato wuzuye ibinyoma no kwitaka ,ikindi Sabin 70% bigitsina gore kiza cg kiba mubugande birangira bishoye muburaya .ntibakavangire Rurema (Imana) ngo barasenga ,nawe uri mukuru uhuze izi mvugo ze zuzuye ubwonko bucuye no gusenga yiyitirira !Gusa buri cyose kibaho kubw impamvu

  • @Rwanda.960
    @Rwanda.960 2 года назад +22

    💥💥💥iyo urebye ibyo umuryango wa MIRIMO uri gukorerwa muri iyi minsi (gusenyerwa,gutabururwa...) Wakwibaza impamvu uyu aribwo avuze ⁉️ ukibaza aho aturutse n'impamvu ibiri inyuma 🤷🏿‍♂️stay tuned ibyiwacu bisigaye biguruka nta mababa🏃‍♂️🏃‍♂️

    • @carinemanirambona2708
      @carinemanirambona2708 2 года назад +4

      Reba nkumugore nkuyu arya kukarubanda kwihaya ubusambanyi nugusenya ingo 🤭🤭🤭mwisubireho social media zirabasiga kumuhanda

  • @ancillamukarubuga1241
    @ancillamukarubuga1241 2 года назад +13

    Ooh! Impore Kibondo n'ubwo ibitutsi nduzi ari uruhuri. Warihambiriye none urahambutse. Imana humura ntiyanga abanyabyaha yanga ibyaha, nubwo byorohera mwene muntu guca imanza. Ibikomere biragatsindwa, ariko nta mvura idahita. Nyagasani abatabare, abomore kandi akurerere. Mirimo nawe kumutuka yaratashye nta nyungu. Imana ni Karuhura. Turi ku isi mu rugendo. Amahoro

  • @3bbrightbravebrain994
    @3bbrightbravebrain994 2 года назад +11

    Hello Sabin! Conseil d’ami: iyi nkuru uyikuyeho byaba byubatse umuryango nyarwanda kurutaho.

    • @KayitesiCharline
      @KayitesiCharline 6 месяцев назад

      Ayikurehose murumva ntacyo ivuze kumwanawimfubyi uwabigushyiraho nibwo wabyumva arashaka ubutabera kubanabe

  • @kidamage176
    @kidamage176 2 года назад +10

    Iki kiganiro harimo amabanga menshi cyane bikabije🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭

  • @alinemunezero5372
    @alinemunezero5372 2 года назад +2

    À bantu mukunda kuvuga nabi pe, uwobitarabako yivugira ibyashyatse, mama komera wirerebana nyagasani yaguhaye . Wariwarandikiwe kuzacya muribyo

  • @mamyephrsine553
    @mamyephrsine553 2 года назад +20

    Ngo yaragukundaga akubwira gukuramo inda! ahubwo wari impumyi ya amafranga satani ajya ahemba nabi, njye numva wari bubanze ukanumva nu uruhande rwu umugorewe mukuru mbere yo kumucira urubanza, ntukwiye kubabara kubwiyo nshoreke yakabiri kuko nawe wari warabikoze umugore mukuru. Inkoni ikubise mukeba uyirenza urugo.

    • @rachelmukazayire8293
      @rachelmukazayire8293 2 года назад +1

      Nta mugabo ugukunda ugusaba gukuramo inda ✋🏾✋🏾 abagore/abakobwa duhumuke

  • @ndamyumugaberegine7101
    @ndamyumugaberegine7101 2 года назад +1

    Ihangane ubuhamya bwawe njye bwambabaje cyane bigaragara ko yagufatiranye kubera ubuzima Gusa courage urebe ko qarenganurwa

  • @b.estherihirwe1266
    @b.estherihirwe1266 2 года назад +11

    Haricyo mbaza Sabin: Isimbi yahindutse Urukiko cg Office ya counseling ???Purpose yibi biganiro n'iyihe???

    • @b.estherihirwe1266
      @b.estherihirwe1266 2 года назад +2

      @@update653 Niba ari ubufasha bashaka, ntabwo ari ngombwa kuvuga ubuzima bwabo bwose kuri social media, kuvuga abo babyaranye nibindi bitari ngombwa.Nukuri ntacyo byungura audience, Sabin avugurure imikorere birakabije.

    • @3bbrightbravebrain994
      @3bbrightbravebrain994 2 года назад

      😁😁😁

  • @shemaauxiliatrice3285
    @shemaauxiliatrice3285 2 года назад +9

    Mwica urubanza,umucamanza ni umwe rukumbi"Yezu Kristu"

  • @nathalieikirezi6323
    @nathalieikirezi6323 2 года назад +12

    Njyewe rero nkunda ubuhamya bwaba bagore, ariko iyo batangiye kuvuga ibyukuntu babyaye rimwe, kabiri, gatatu numva binteye asyi. Ese ni gut umuntu atagufasha kumwana wambere ugakomeza kuryamana nawe ntunaboneze, nuko mwirirwa mubyara abana mudafitiye ubushobozi bwo kurera. Abagore ni mukanguke

  • @aliwest3507
    @aliwest3507 2 года назад +12

    Mbega, mbega Sabin ibiganiro nkibi bishishikariza abakobwa kuba indaya zisenya igo zabandi ntanyigisho zubaka zirimo,.
    Umuntu asenya urugo rw’abandi yarangiza akaza no kubirata 😭😭😭 biteye agahinda.

  • @gasiba1
    @gasiba1 2 года назад +13

    Indaya mbaya

    • @uwamaliyadorothy4549
      @uwamaliyadorothy4549 2 года назад +1

      @SASHA BANKS THE BOSS Yego mubwire nawe azabe indaya y'umuntu umwe!

  • @finleyainsleysmith8111
    @finleyainsleysmith8111 2 года назад +10

    Ariko Ubwo ntago ushaka gucisha umugore wisezerano umutwe koko? Ngo yashatse kukwicisha? Ubwo se ubifitiye gihamya?? Wamugore we Nizereko ko utari inkozi yikibi cya nawe hari uwagutumye? Sha niba ubeshyera uriya mugore uzabone ishyano. Kuko niba warabeshye Mirimo ngo umwana we wumuhungu yarapfuye nubundi ntawakwizera ko ibyo uvuga ari 100%

  • @fredinardkevin2138
    @fredinardkevin2138 2 года назад +38

    Nawe ntuzi kuzigama ayo mahoteli wirukagamo wangiza ama frw wabuzemo icyo wakora koko

    • @indebakuresetu5203
      @indebakuresetu5203 2 года назад +6

      Harayo yari yavunikiye c agombe asesagure

    • @niyonizeyechantal1366
      @niyonizeyechantal1366 2 года назад +1

      @@indebakuresetu5203 😅😅😅

    • @rurangwasylvia3954
      @rurangwasylvia3954 2 года назад +2

      Nibyo mugihe ubyaranye nu'mugabo nkowo ugombo gukoresha ubwenge ukumubonamo ibizatunga abana akiriho kuko iyo apfuye bibi birangiye gewe mbagomba kugushakamo ibyabana banjye ukiriho

    • @ibambe6565
      @ibambe6565 2 года назад +2

      Uriya mugore wundi yavuze Valentine we yamurushije ubwenge amakuraho ibyangombwa byo muri america

    • @solangeingabire4522
      @solangeingabire4522 2 года назад

      Cyakora uyu mudamu yabaye umwana pe, bibere isomo abandi iyo ufite ifashanyo nukuzigama da kuko ejo n ejobundi ifashanyo ishobora guhagarara.

  • @ancillamukarubuga1241
    @ancillamukarubuga1241 2 года назад +5

    Rwose Imana iruhure Mirimo imubabarire kandi ice inzira, ibibazo byakurikiye urupfu rwe bikemuke.

  • @cleopatra8481
    @cleopatra8481 2 года назад +23

    Sabin rero usigaye udutuburira…. Nkuyu aje kuvuga iki? Batangira ibyo bakora mwibanga, barangiza bakazana amabara yabo hano atari bugiririre abayunva akamaro. Uje kurata ko wasambanaga koko?🤔 Urashyira abana kugasozi gusaaa, ese uziko bizabagiraho ingaruka mumikurire yabo??

    • @alineonyango4208
      @alineonyango4208 2 года назад +1

      Iyi sinkuru rwose ,ahubwo wasandayeee

    • @nyakasimbijoseph6728
      @nyakasimbijoseph6728 2 года назад +1

      Izi nkuru si nziza pe cyane cyane ku bana. Bajye bajya mubupfayongo bwabo ariko bareke kwangiriza abana future.

  • @umuhozasandra2138
    @umuhozasandra2138 2 года назад +6

    Ihangane mubyeyi wiririye nabi..ntago warebye kure peee.iyo ugira ubwenge wari gu serving yaguhaye amafaranga menshi...wifashe nkumugore wumukungu ..wibagirwa ejo haza.

  • @k_____p
    @k_____p 2 года назад +1

    Ariko iyi TV yabaye urubiga rwinjajwa ziza kuvuga amahomvu yamahano zikora kuki muzikwiyani kukarubanda

  • @princiaPriscillah
    @princiaPriscillah 2 года назад +13

    Uyumugore anteye umujinya mwabantu mwe mungire Inama ubu uyu ntiyasenye urugo rwabandi Koko ntakwiye guceceka? Njyewe mufashe nkikozi zibibi pe, Imana imbabarire kuko mufashe nkumuhemu pe

    • @Mienne-
      @Mienne- 2 года назад +2

      Uziko isoni zashize mubantu koko🥺😭ubu abana nibo bazaharenganira pe...uziko yigamba amabi

    • @princiaPriscillah
      @princiaPriscillah 2 года назад +1

      @@Mienne- ibi nibibazo kbsa ntanisoni afite pe aha

    • @KayitesiCharline
      @KayitesiCharline 6 месяцев назад +1

      Isonizikise abandi bajagarara munkundo zabandi ntanicyo baribukuremo nkanswe umwana wimfubyi warubonye aho akinga umusaya

  • @nisawsawmoses8918
    @nisawsawmoses8918 2 года назад +4

    Mwese mwaringegera Niko twabyita uwabyumvishe ampe like

    • @KayitesiCharline
      @KayitesiCharline 6 месяцев назад

      Ntabugegera burimo niba urugo rwambere byari byaranze yari afite uburenganzira bwokugerageza andimahirwe

  • @nikkiiliza5988
    @nikkiiliza5988 2 года назад +27

    Wa muntu we wakagombye gusaba imbabazi umugore wa Mirimo. Kuvuga ko yatandukanye n' umugore ntibivuzeko ariwe munyamakosa. Ikigaragara mwe mwumvaga ko umugore we hari icyo mumurusha. None se ntubona ko uwo mugabo yabakinaga mwese mwese! Please women wake up and stop ruining other women's lives!

    • @kigalingali9883
      @kigalingali9883 2 года назад +4

      Sibyo se sha bano bagore bose baza bivugisha mirimoooo bose Ngo yabateye inda nubu Uyu Ubu aje gutaburuza umurambo
      Mana yanjye Mirimo Mirimo uri kumbabaza ndagusabira misa rwose urwamenyo usinzire kuko nturuhutse urabona igihe baguhereye mwaretse Uyu mugabo akaruhuka

    • @aliceniwemukobwa7844
      @aliceniwemukobwa7844 2 года назад

      Yeah true we need to wake up

    • @uwerapriscille7004
      @uwerapriscille7004 2 года назад +3

      biteye agahinda.hari abagore benshi bubashye imana bahuye nibibazo bikomeye ntibiyandarika,none ngo uri kuduha temoignage? ubwose harimo irihe somo? ntasoni mukigira?imana ntizakomeza kurebera pe ndakubwizaukuri. ngo yamana yange? egoooo

    • @francineka5790
      @francineka5790 2 года назад

      👌🏾👌🏾👌🏾👌🏾👌🏾👌🏾

  • @sanganopasteur3006
    @sanganopasteur3006 2 года назад +5

    Wakoresheje urugingo rumwe mungingo nyinshi,,mumutwe bwenjye ntayo.

  • @twagirimanapaul4229
    @twagirimanapaul4229 2 года назад +15

    Nkibona introduction na comments z'abandi iyi nkuru sinayikomeza rwose!

  • @evasmutesi6968
    @evasmutesi6968 2 года назад +1

    Sha iziningaruka zubupfubyi pe , kandi umuntu wese wamututse Imana izabiguhore kandi humura ukomere uzabaho

    • @uwase9068
      @uwase9068 2 года назад +1

      Mbonye umuntu ubyunvishe kimwe nanjye. Kuba impfubyi nukugorwa.

  • @mutungeprudence5334
    @mutungeprudence5334 2 года назад +14

    Ikitarakubaho ntukagire ngo ntikibaho madam.ntuzongere kuvuga ko nta muntu ufatwa ku ngufu kuko hari benshi ukomeretsa byabayeho.

    • @mukampabukaolive2114
      @mukampabukaolive2114 Год назад

      Suko se ahubwo uyu mudamu afite ibikomere byinshi pe.iburayi,mirimo ubupfubyi,ubukene.mbega yaragowe

  • @babungachantal8951
    @babungachantal8951 2 года назад +12

    Mbega umugore weeeee, tuza wicecekere ntabyubusa bibaho, wumva umugabo mutaziranye yakugirira imbabazi uri umukobwa winkumi akaguha cash ze!

  • @Brandon-vj9hq
    @Brandon-vj9hq 2 года назад +5

    Ati:Mirimo yarakundaga cyaneeee arongera yambwiye ngo nkuremo inda,ampa na mafaranga yo kuyikuramo 😳🤔 None umuntu ugukunda akubwira ate ngo wice umwana we? Ndahamya neza iyaza kuyigutera uru muntu usobanutse atari kukubwira ngo uyikuremo

    • @uwase9068
      @uwase9068 2 года назад

      Sha waruvuze neza UTI: umuntu ugukunda ntagusaba gukuramo Inda,👍👍 aho ubyiciye UTI; iyo Aza Kuba arumuntu usobanuste ( BURYA IYO URIPFUBYI NTABUSOBANUKIRE, UMUGABO/ UMUSORE ,ARAGUKUNDA ARIKO KUGIRANGO AGUKINISHE, KENSHI NTAGAHUNDA ABA AGUFITIYE) SUKO RERO WABA UTARI UMWANA MWIza ahubwo nuko UBA URI IPFUBYI

  • @jxftxvcg6784
    @jxftxvcg6784 2 года назад +1

    Muvyeyi Imana Ikuje imbere

  • @christineuwizera4927
    @christineuwizera4927 2 года назад +9

    Izina ryabaye umuntu kabisa mi travaux.

  • @itecltd8466
    @itecltd8466 2 года назад +28

    Kubaha Uwiteka nibwo bwenge kuva mu byaha niko kujijuka.

    • @prime_a
      @prime_a 2 года назад +1

      Ahaaaa mwakwiyubashye mukareka uwitekA ko ari mukazi ke mwa

    • @Rehema969
      @Rehema969 2 года назад

      Amém

  • @nadineninani9014
    @nadineninani9014 2 года назад +2

    Yegoko!!! Mushirika ubute pe, wariye ku mitungo ye rwose nubwo intego warumufiteho utayivuze ariko sanga Yesu wakire agakiza, agiraneza azaguha umugabo wawe. Ariko ntugasenge unasenya ingo zabandi

    • @tuyishimepeter4211
      @tuyishimepeter4211 2 года назад

      Nadi ugizengwiki ngo azabona undimugabo?Sha NGE ntawe nagirinama yo gushaka uyumugore

  • @shamismith8083
    @shamismith8083 2 года назад +4

    Ubwenge bucye bwo kutiga buragatsindwa!😪 nkubwo ko wabonaga ubyarira umuntu ugutesa gutyo kubera iki utamubwiye ngo nakugurire inzu ugumemo nabana ureke uruzerero koko?? Uranyumvira ukuntu wariwarabaye mobile woman kdi uhekeye umuherwe!injiji gusa! Waryaga amaraha yo muma appartement ukumva ugezweho ye! Ntasoni uravuga iki koko??

  • @bettymbabazi1486
    @bettymbabazi1486 2 года назад +3

    Subwo niba washakaga kubara inkuru z"ubupagane bwawe, iyo wicarana na Sabin ukazimubwira ntuteshe ababyeyi agaciro.Uragakizwa iyi ntankuru irimo rwose. Sabin izi nkuru ujye uzirinda zitazakwira izina rwose.

    • @sadianishimwe3156
      @sadianishimwe3156 2 года назад +2

      Ubundi s azareka gupagana afite abana bato ntanakazi afite ahubwo ubu urugamba nibwo rushyushye niyo yicecekera .

  • @catherinemurekatete1304
    @catherinemurekatete1304 2 года назад +1

    Ntacyo mvuze ariko ibyo dukora twihishe amaso yabantu imbere y'Imana ntuzayihisha. Ijisho ryayo rizagutamaza

  • @uwimanajamila8552
    @uwimanajamila8552 2 года назад +3

    Ariko ngo president abyinjiremo!! Mbega kugorwa!

  • @gatesiyvonne6017
    @gatesiyvonne6017 2 года назад +2

    Mbega ibi coment byakuze abantu bariye karungu🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣 ahwiiiiii ndapfuye mbega mirimo

  • @BetterSkillsTV
    @BetterSkillsTV 2 года назад +4

    Dukunda ibiganiro byanyu cyane 🎙️🎷🎙️📣🎶📢📢🎹🎹🎧🎼🔈🔈📯🎤🎧🎸🎹💕📢🎹

  • @sarabenza1784
    @sarabenza1784 2 года назад +22

    Umucyo waracitse nta soni bakigira. Mbese uyu arashaka imitungo. Nonese kuki ataje kubivuga mbere?igihombo cy,icyaha ni ?

    • @nathanndamage173
      @nathanndamage173 2 года назад

      @SASHA BANKS THE BOSS Ntabwo navuze ko Mirimo yaratunze inzoka.
      Iyo ni slogan yange bwite nkoresha kubantu bahiriwe , ariko bakananirwa kwifata.
      Ntabwo rero Mirimo yaratunze inzoka.
      Cyane ko ari mugabo nubahaga cyane.
      Kuko ndamuzi neza.

    • @uwishemalosine4252
      @uwishemalosine4252 2 года назад +1

      Azayikurahe se ko mbona ibyo kwa Mirimo imbwa zabirwaniyemo

    • @prime_a
      @prime_a 2 года назад

      Yaramunzwe ahubwo

  • @nicoleiranzi590
    @nicoleiranzi590 2 года назад +12

    Inkuru cg ibiganiro bikunda kunyura kwi simbi bikunze kubamo inyigisho cg isomo ryubuzima. Jye ndumva muriyi nkuru ntacyo iri kutwigisha🤷 usibye kutubwira ibyo yakoze isomo ryubuzima yakuyemo nirihe? Kd ntiyicuza kubyo yakoze yabikoze abizi. Opfubyi zose siko zishora muribyo wagize. Mumbabarire nigitekerezo cyajye.

    • @mugishad9669
      @mugishad9669 2 года назад +2

      Njye nigishijwe ko kontawapfa kukugirira impuhwe zimeze gutyo ntanyungu agutezeho

    • @nicoleiranzi590
      @nicoleiranzi590 2 года назад +2

      @@mugishad9669. Ncuti yajye nibake bakugirira impuhwe ntacyo agushakaho. Gusa nukuba maso ukagira nubwenge.

    • @KayitesiCharline
      @KayitesiCharline 6 месяцев назад

      Nawe sukontabwenge yarafite ahubwo yashakaga imibereho yejohazaza kuko ntanuwo yarafite yabwirako noneho byamushobeye ubwo yaraziko ubuzima buhindutse ubwo amenyanye numukire

  • @pamellaumuhoza968
    @pamellaumuhoza968 2 года назад +6

    Mbaye uwa 2

  • @rwandarwejo7760
    @rwandarwejo7760 2 года назад

    Ariko se mirimo akiri muzima warurihe mada mwagiye mureka Abantu bakiruhukira mumahoro koko. Jyewe narumiwe pe Umuntu uvugaho yarapfuye umugani wuwavuze ngo iyinkuru irateigisha iki ubwo ibyo wowe urabivuga utyo wajyaga kumusura wumvaga afite. Icyumba cyama sengesho cg Sabin ujye ubanza wumve inkuru yumuntu pe

  • @ukuriubumweubwiyunge3381
    @ukuriubumweubwiyunge3381 2 года назад +22

    Nuko MIRIMO adahari ngo twumve version ye

    • @mukampungalea4424
      @mukampungalea4424 2 года назад +1

      Bavandi musigeho kumuvuga nabi uyu muryango nawushatsemo ibyabo namateka,guta abana ningeso yabo uyu mugore ibye ndabizi yabyaranye na mirimo.

  • @reesedinero1145
    @reesedinero1145 2 года назад +22

    Wacyigore uteye iseseme KBS ntanubwenge nabucye ufite

  • @cleanandcleark.g
    @cleanandcleark.g 2 года назад +2

    Nkunze uburyo uri guharanira uburenganzira bwabana bawe, naho abagutera amabuye ubirengagize, Nshimire na Gouvernement yu Rwanda yahinduye byinshi kubashakanye bitemewe namategeko kugirangoa abana babone uburenganzira.

  • @cyusajohn6513
    @cyusajohn6513 2 года назад +2

    Ntautuka uwapfuye ariko ntawabura kuvuga ko MIRIMO yari ingegera n umugore we wisezerano Mayibobo yujuje ibyangombwa byose, ikinangaje n uyu w'inshoreke ye kabujiji wabyaranye nawe imbyaro zingahe atamwubakiye n'inzu🤔 nukuri biteye umujinya pe😭
    Mbabajwe nabo bana mwateye kubaho nabi bitari ngombwa.
    Nizere ko ubuyobozi buzafasha abana kugirango babone kimwe mubya papa wabo kizatabara abana, batitaye kubujiji bwa maman wabo

    • @berwacom8787
      @berwacom8787 2 года назад

      Nta ndaya yubaka inzu zirapangisha

  • @IMANA_NI_NZIZA_IBIHE_BYOSE
    @IMANA_NI_NZIZA_IBIHE_BYOSE 2 года назад +2

    NGEWE IKIMBABAZA MURI BYOSE NI ABANA MUZANA MWITANGAZAMAKURU😥 MUKEREKANA N'AMASURA YABO KD BATABIBASABYE KERA BIZABABAZA😥

  • @muhozamariegrace7534
    @muhozamariegrace7534 2 года назад +22

    Namafiyeri menshi erega nta n'isoni😏😏😏

  • @landryrukemampunzi8982
    @landryrukemampunzi8982 2 года назад +8

    Ubwo se uje gutera nde imbabazi,bura gukorera abana bawe naho kurata ngo abana bari hanze,umugore mukuru yararushye,uje kurata uburaya nwawe aho

    • @MMathy116
      @MMathy116 2 года назад

      Kuki ukunda kubwira abantu amagambo akakaye koko....

    • @always-online
      @always-online 2 года назад

      Niba utagira imbabazi ibyo ni ibyawe ariko ntidukwiye guca imanza twese duca muri byinshi. Uyu mubyeyi Imana izamutabara

  • @kamikazi6161
    @kamikazi6161 2 года назад +17

    Umugabo arasambana ku buryo atabururwa NGO apimwe kweli😀😀😀😀😀😀😀

    • @reinew007
      @reinew007 2 года назад

      🤣🤣🤣🤣🤦🏾‍♀️

    • @umuhozasandra2138
      @umuhozasandra2138 2 года назад +1

      Ingaruka zicyaha.

    • @uwasemignone1368
      @uwasemignone1368 2 года назад +3

      🤣🤣🤣🤣oh dear! Reka nkomeze nisomere comments.

    • @umuhozasandra2138
      @umuhozasandra2138 2 года назад +6

      Cyakora izi commentaire zirasekeje kweri abantu bariye karungu🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣

    • @mutimasarah1260
      @mutimasarah1260 2 года назад +1

      🤣🤣🤣🤣🤣🤣 numiwe

  • @bellab1924
    @bellab1924 2 года назад +1

    Uti ntamuntu ufata undi kungufu urangije uti twaragundaguranye!Uretse ko wagize imana se ugahura numuntu udatsimbarara iyo aba umugabo wakwitumye wari bumucike!Kucyi koko mukomeretsa abantu kandi namwe muba mwaje kuvuga akababaro kanyu!Ubu uzi abagore bafatwa ku ngufu ku iyi si uko bangana!Abaguteze amatwi byabayeho se uzi ukuntu ubakomerekeje!Imana ikubabarire

    • @nyandikira
      @nyandikira 2 года назад

      Hari ikintu kigomba gusobanuka! Uruhare rw uwiyita ko afashwe ku ngufu rugomba kugaragazwa rukajya no mu mategeko bigakuraho ababikoresha nk imitego. Kuki ntawe urarega motard ko yamufashe? Kuki ntawe ubirega uwamufashe amubinye yarakennye? Kuko icyo cyaha gishinjwa abifashije gusa? Ibi bihatse ? ....UMUNTU AFATIRWA HE ? GUTE ? KANDI RYARI ? ABA ARIHE ? AFATWA N UMUNTU BAHURIYE MU NZIRA Cg n UMUNTU ABA AMAZE IGIHE AMURYA UTWE AMWIZEZA NAWE IBINDI? ...IBI AMATEGEKO ABIVUGAHO IKI? ......HAGOMBA KUBAHO NGO cg URWEGO RUNDI RWARENGERA ABAGABO KI BINTU NK IBI BIRIMO AMANYANGA MENSHI,IMITEGO MYINSHI BYOSE BIRANGIRA BYISWE IHOHOTETWA RY ABAGORE...ESE ABAGABO BIBWA N ABAGORE"BASHUKWA NABO BAGATWARA IBYABO BITWAJE URUKUNDO RUHIMBANO"BANGAMBANIRA ABAGABO...BATEGA IMITEGO ABAGABO BARANGIZA NGO BAFASHWE...BO BAZAKURIKIRANWA RYARI....??? ABACAMANZA NIMUMARIRA ABAGABO MU MAGEREZA MUZASIGARANA BANDE KO ABENSHI BASHYIRWAHO IKI CYAHA BABAFA BADITE ICYO BAMARIYE SOSIYETE KININI! .......ESE AKO GAHINDA KEGURA ABAGORE BAKAREGA ARUKO UWO BAREGA BAMUBINA K URWEGO RWIZA KAVUGA IKI? KUKI BADASHOBORA KUREGA MASKINI NIBA ARI IKIBAZO CYA AGAHINDA KOKO !?????????

  • @niyonsengajoselyne3109
    @niyonsengajoselyne3109 2 года назад +8

    Mbaye uwambere 💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃

  • @claireinamahoro7912
    @claireinamahoro7912 2 года назад +10

    Sabin nukuri uwo mu fille mère agutesheje umwanya kuva kuntango niwe yishoye

  • @niyonzimajeanpaul2613
    @niyonzimajeanpaul2613 2 года назад +1

    Sha Nubwo Njyambona Abantu Babababi Bakabyitirira Ibikomera Bakabona Nababashyigikira Aho Kugirango Babahane Bage mumuronko Mwiza ark Uyu wee Aranyobeye pee Ibyaha Nibibi Koko Ubu Urimo Uravuga Ayamangambure Yibyaha wakoze no Kumuntu Utakiriho Koko Yewe Uvuye Uganda Koko

  • @iradukundahosiane1073
    @iradukundahosiane1073 2 года назад +4

    Ahaa 😏😏 Imana irihangana
    Narumiwe 😏🙄😏

  • @parfaituwimbabzi6539
    @parfaituwimbabzi6539 2 года назад +7

    Sabin, iyo ushyiraho Number ye, Umuntu yazamushakira Noel y Abana!!!Sha Ihangane Mubyeyi!!!Iy Isi yaratubabaj

  • @kigalingali9883
    @kigalingali9883 2 года назад +4

    DNA 🧬 zakozwe gute Kandi se yarapfuye?? Kandi akaba atwemereye ko we atari mubajije gutaburuza
    Yewe abarirwa abana ba Mirimo ni benshiii cyane urwo rubanza sinzi uzarutsinda
    Kuko buri munsi havumbuka abana ba Mirimo bagabo mureke gusambana kuko bizaba insigamigani ukurikije ibyabaye Kuri Mirimo mufunge risani kuko biteye isoni

  • @nadineninani9014
    @nadineninani9014 2 года назад +2

    Ndumva ahubwo urukundo mwararutangiye mugihura! Nibugande mwarakweganaga?Manawe! Ujyundindira umugabo pe!! Ndumva bikaze