Размер видео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показать панель управления
Автовоспроизведение
Автоповтор
Sound iri mukiganiro iri hejuru cyane ijwi rya Joseph riri hasi kandi ikiganiro ni cyiza rwose
Murakoze Bwana Joseph kugaruka kubijyanye nuko abantu babona amakuru. Uburyo bwo kubona amakuru mugihugu cyacu biracyagoye cyane atari ku ntambara gusa ahubwo no mubuzima busanzwe, inzego zagombye gutanga amakuru ziyatanga zikandagira nizitangaza amakuru zisesengura zihuhaho.
Joseph nazajya aba ari kuvuga ibyo biririmbo mujye mubikuraho rwose
Uyu ni umunyeshuli wiga kuvanga imiziki n'ibiganiro azabimenya
Divorce yose impamvu ingana ururo. Ibi biziki mwadukanye rwose biraza kudusenyera umuryango.
⛔ Iki kiganiro cari ciza ariko mwacishe mugishiramo imiziki kandi mwatubangamiye cane muradusakuriza iyi miziki muyihagariki bitaribyo muzatakaza abantu benshi bareba ibiganiro byanyu kuko abantu bose siko bakunda urusaku
Mubababarire siko basanzwe babigenza nyabuneka
Iyo back ground music ntiyar ngombwa. Dukeney kwumva Joseph
Umunyamakuru wa1 murwanda
Uyu miziki please 😢 ninde wakozi ibi bintu koko?😂
Brother Joseph uvuze kukintu cya Bank mondial !nange buriya nabyibajijeho icyo ikora hariya
Joseph bibaye byiza wazandika igitabo kubijyanye niyintambara ya congo.
Hii nkunda kubakurikira musesengura neza amakuru.Ariko uyu muziki mwashyizemo uratuma mutumvikana neza
Background music iraryana mu matwi. Biragoye kubakurikirana
Iyo music mwayikuyemo?!
Iyo music muyivanemo
Urasesengura pe nk'umunyabwenge kandi ukora kinyamwuga tuba dukeneye comments zawe
Ni byiza ark music bibaye byiza yajya ivamo mugihe muri kuvuga.murakoze
Iyi instrumental ni nziza ikibazo ni uko iturangaza.
Ese Joseph aka kaziki nako mu ntambara? Ko watuvangiye
arikose iki kiganiro gihuriyehe n,umuziki? icyambere intambara umuziki n,usinziriza bihuriye he?
ARIKO SE MWAVANYEMO. UWO MUZIKI?
Muvanemo uwo muziki urabangamye
Mwatubihirije iyonanga imazikikoko
Iyonanganiyikilko
Niyomubamwatugeneye itumatutabumvapeee
Ntakintu kibabaje nk'iminsi tumaze dutegereje iki kiganiro none aho kiziye dusanganiwe n'uyu muziki😢.Nibishoboka rwose muduhe iki kiganiro kitarimo uyu muziki. Kubumva harimo ibi bintu rwose biri gutera umutwe. Umuntu uri inyuma yo kutwicira ikiganiro rwose mudufashe yihanangirizwe 😢😢
Sound iri mukiganiro iri hejuru cyane ijwi rya Joseph riri hasi kandi ikiganiro ni cyiza rwose
Murakoze Bwana Joseph kugaruka kubijyanye nuko abantu babona amakuru. Uburyo bwo kubona amakuru mugihugu cyacu biracyagoye cyane atari ku ntambara gusa ahubwo no mubuzima busanzwe, inzego zagombye gutanga amakuru ziyatanga zikandagira nizitangaza amakuru zisesengura zihuhaho.
Joseph nazajya aba ari kuvuga ibyo biririmbo mujye mubikuraho rwose
Uyu ni umunyeshuli wiga kuvanga imiziki n'ibiganiro azabimenya
Divorce yose impamvu ingana ururo. Ibi biziki mwadukanye rwose biraza kudusenyera umuryango.
⛔ Iki kiganiro cari ciza ariko mwacishe mugishiramo imiziki kandi mwatubangamiye cane muradusakuriza iyi miziki muyihagariki bitaribyo muzatakaza abantu benshi bareba ibiganiro byanyu kuko abantu bose siko bakunda urusaku
Mubababarire siko basanzwe babigenza nyabuneka
Iyo back ground music ntiyar ngombwa. Dukeney kwumva Joseph
Umunyamakuru wa1 murwanda
Uyu miziki please 😢 ninde wakozi ibi bintu koko?😂
Brother Joseph uvuze kukintu cya Bank mondial !nange buriya nabyibajijeho icyo ikora hariya
Joseph bibaye byiza wazandika igitabo kubijyanye niyintambara ya congo.
Hii nkunda kubakurikira musesengura neza amakuru.Ariko uyu muziki mwashyizemo uratuma mutumvikana neza
Background music iraryana mu matwi. Biragoye kubakurikirana
Iyo music mwayikuyemo?!
Iyo music muyivanemo
Urasesengura pe nk'umunyabwenge kandi ukora kinyamwuga tuba dukeneye comments zawe
Ni byiza ark music bibaye byiza yajya ivamo mugihe muri kuvuga.murakoze
Iyi instrumental ni nziza ikibazo ni uko iturangaza.
Ese Joseph aka kaziki nako mu ntambara? Ko watuvangiye
arikose iki kiganiro gihuriyehe n,umuziki? icyambere intambara umuziki n,usinziriza bihuriye he?
ARIKO SE MWAVANYEMO. UWO MUZIKI?
Muvanemo uwo muziki urabangamye
Mwatubihirije iyonanga imazikikoko
Iyonanganiyikilko
Niyomubamwatugeneye itumatutabumvapeee
Ntakintu kibabaje nk'iminsi tumaze dutegereje iki kiganiro none aho kiziye dusanganiwe n'uyu muziki😢.
Nibishoboka rwose muduhe iki kiganiro kitarimo uyu muziki. Kubumva harimo ibi bintu rwose biri gutera umutwe.
Umuntu uri inyuma yo kutwicira ikiganiro rwose mudufashe yihanangirizwe 😢😢